Tariki ya 30 Kamena 2013 muri Selena Hotel I Kigali, umuhanzi umenyerewe mu ndirimbo zihimbaza Imana, Alex Dusabe aritegura gushyira ahagaragara umuzingo (Album) wa kabiri w’indirimbo.
Uyu muzingo yawise “Jyana I Gologota”, ukazaba ukurikiye uwa mbere yise ‘Mfite ibyiringiro’ yasohoye mu myaka 10 ishize.
Alexis Dusabe yatangarije IGIHE ko yatangiye imyiteguro yo gushyira ku mugaragaro uyu muzingo. Dusabe avuga ko yawushyizemo imbaraga nyinshi kugirango indirimbo ziwubumbiyeho zizafashe (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nyuma y’imyaka 10, Alexis Dusabe agiye kumurika umuzingo wa kabiri
28 May 2013, by Ubwanditsi -
Dore ni ubwoko butura ukwabwo!
8 February 2016, by Alice Rugerindinda“ Kuko nitegeye ubwo bwoko ndi hejuru y’ibitare, nkabwitegera ndi mu mpinga z’imisozi. Dore ni ubwoko butura ukwabwo ntibuzabarwa mu mahanga” Kubara 23:9
Aya magambo yavuzwe na Balamu umuhanuzi, ubwo balaki yamusabaga kuvuma ubwoko bwa Isirayeri. Balamu yamushubije ko icyo Imana iribumushyire mu kanwa aricyo aribuvuge. Agiye kuvuga aterura abahesha umugisha kandi mu magambo menshi yavuze aravugango ni ubwoko butura ukwabwo! Amen
“Hanyuma Hamani abwira Umwami Ahasuwerusi ati “ Hariho ubwoko (...) -
KICUKIRO SHELL: HABATIJWE ABAGERA KU 112
20 April 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu taliki 19 Mata, kuri ADEPR Kicukiro-Shell habereye umubatizo wahuje Abakristo baturutse mu maparuwasi 2, Nyarugunga na k-Shell babarurirwa mu midugudu 8 igize ayo maparuwasi ndetse na CEP INILAK, bose hamwe bagera ku 112.
Abantu benshi bitabiriye uyu mubatizo, n’amakorali yitabira mu rwego rwo guhimbaza Imana bishimira umusaruro w’ubutumwa bwiza. Mu makorali yahimbaje Imana harimo SHEKINAH (ADEPR Rwimbogo) na BETESIDA (ADEPR Nyarugunga).
Mu ijambo ry’Imana ryavugiwe (...) -
Evangelical Restoration Church yongeye gutegura igiterane ngarukamwaka cy’urubyiruko
11 August 2012, by Patrick KanyamibwaIntumbero y’icyi giterane cy’urubyiruko uyu mwaka iboneka muri Bibiriya mu gitabo cya Zaburi 85:6 havuga ngo “ Ntuzagaruka ubwawe ngo utuzure, kugirango ubwoko bwawe bukwishimire?”
Iki giterane gihuza urubyiruko rwa Evangelical Restoration Church District Centre, igizwe na paroisses 15 arizo : Kimisagara, Remera, Kicukiro, Gikondo, Muhanga, Rusororo, Nyamata, Nyacyonga, Gashora,Kacyiru, Kimihurura , Nyarutarama ,Gicumbi, Nyabisindu, Gisoro. Nkuko twabitangarijwe na Christian Kajeneri umwe (...) -
Diane Nkusi yateguye igiterane cy’abari n’abategarugori umwaka wa 2013 ugitangira
25 December 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Diane nkusi wamenyekanye ku ndirimbo nyisnhi zitandukanye harimo nka “Mukunzi mwiza” hamwe n’izindi nyinshi zitandukanye zihimbaza Imana, ndetse wanasohoye igitabo yise “La folie de la foi”, yateguye igiterane yise Women and Destiny in divine connection kizaba ku cyumweru tariki ya 6/01/2013 muri Serena Hotel, kwinjira bikaba ari ubuntu.
Nkuko yabidutangarije mu magambo ye akaba yagize ati “Mukobwa, Mudamu...nabatumiye mwese muri iki giterane Women and Destiny ku tariki 6 Mutarama 2013 (...) -
Dusengere iyisi igeze kure, noneho abantu bageze aho gusambanya inkoko!
9 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANANubwo ibyaha byagwiriye mubantu muburyo bikabije, ariko dusanzwe tumenyereyeko n’abasambanye basambana n’abantu bagenzi babo nubwo nabyo ari ibyaha.
Ariko noneho kuba abantu batakinyurwa n’abandi bakaba basigaye basambanya amatungo biragaragazako isi igeze aharindimuka.
Amakuru dukesha urubuga rwa 7sur7 aravugako umugabo w’imyaka 73 ukomoka mu gihugu cya Zimbabwe kuri uyu wagatandatu tariki ya 7/7/2012 yaguwe gitumo ubwo yari arimo gusambanya inkoko, nyuma y’uko bimenyekanye yahise yiyahura. (...) -
Bahati Alphonse arasaba abakunzi be kumuba hafi mu marushanwa ya Groove Awards 2013
23 September 2013, by UbwanditsiBahati Alphonse arasaba abakunzi b’ibihangano bye kumutora no gukomeza gushishikariza abandi kumuha amahirwe mu marushanwa ya Groove Awards ahatanirwa n’abahanzi bahize abandi mu ndirimbo zihimbaza Imana buri mwaka.
Ibihembo bya Groove Awards byari bisanzwe bimenyerewe kubera ku rwego rwa Afurika y’uburasirazuba muri Kenya, kuri iyi nshuro birimo kubera ku rwego rw’igihugu cy’u Rwanda. Abahanzi batandukanye barimo na Bahati Alphonse wamenyekanye cyane mu ndirimbo Urupfu nari gupfa na (...) -
Umubyibuho ukabije ku bana ubatera ikibazo cy’umutima
31 July 2012, by UbwanditsiUbusanzwe indwara y’umutima ikunze gufata abantu bari mu myaka ya 35 kuzamura, ariko nkuko tubikesha urubuga rwa BBC, ngo ubushakashatsi bwakorewe ku bana 307, bitatu bya kane byagaragaje bimwe mu bimenyetso by’indwara y’umutima.
Ubundi bushakashatsi bwakorewe mu ishuri rikuru ry’ubuzima mu mujyi wa Amsterdam mu mwaka wa 2005 na 2007 bwagaragaje ko 62% by’abari bafite umubyibuho ukabije bari munsi y’imyaka 12 bari bafite kimwe mu bimenyetso by’indwara y’umutima, aho 1/2 gifite umuvuduko wamaraso (...) -
Nyuma yo kuribwa n’urufi rukamuca akaboko k’ibumoso, Imana yamushumbushije umugabo w’Umupasiteri!
19 August 2013, by Simeon Ngezahayo“Uyu ni umunsi mwiza kuruta iyindi, wambereye umunsi uruta iyindi yose mu buzima bwanjye! Imana irenze kuba nziza (: Nejejwe cyane no kubana n’umugabo wanjye Adam Dirks ubuzima bwanjye bwose!”
Ubu ni ubutumwa bw’umunezero bwanditswe ku rubuga rwa Twitter muri iyi weekend, bwanditswe n’umukobwa uherutse kuribwa n’urufi runini rwo mu bwoko bwa shark Bethany Hamilton. Ibi yabitangaje nyuma y’aho akoreye ubukwe na Pastor ushinzwe urubyiruko, Adam Dirks.
Ubukwe bwabo bwabereye mu mujyi wa Kauai, ho (...) -
RCA: Mu gihe imirwano hagati y’Abakristo n’Abisilamu ikomeje guca ibintu, urusengero rwahungishije Abisilamu 700
22 January 2014, by Simeon NgezahayoUmupasiteri ukomoka mu gihugu cya Centre Afrique yakinguye urusengero ngo ahishe Abisilamu bahungaga ingabo z’Abakristo.
Amaze kubakingurira ngo sihishe, Xavier Fagba yatangarije France 24 ati "Sindi bwemere ko hari ugirira nabi abantu bahungiye mu rusengero rwanjye, ikibazo si uko ari Abisilamu cyangwa Abakristo.” Xavier ayoboye itorero mu mujyi wa Boali, ho mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru Bangui.
Mu materaniro yo kuri iki cyumweru, Xavier yabwiye abayoboke be b’Abakristo ko (...)
0 | ... | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | ... | 1850