“Dore mu mpinga z’imisozi amaguru y’uzanye inkuru nziza, akamamaza iby’amahoro! Yuda we, komeza ibirori byawe byera, higura imihigo yawe kuko umunyakibi atazongera kunyura iwawe, yatsembweho pe” Nahumu 2:1.
Abisirayeli bagiraga inkuru nziza eshatu: Iyo umuntu wari imbata yahabwaga umudendezo Bavuye i Babuloni mu bunyage bari bamazemo imyaka 70 Yesu Umwana w’Imana yavutse
Yakomeje agira ati: Ndashaka kubabwira inkuru nziza mu buryo butatu: * Umuntu utarakira Kristo, nta byiringiro aba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nyarugenge: Mu giterane Pst Desire yigishijemo amagambo agira ati “Inkuru Nziza,” abagera kuri 37 bakiriye Kristo naho abasaga 150 barabohoka!
21 August 2013, by Simeon Ngezahayo -
Ibimenyetso 8 bizabanziriza kugaruka kwa Yesu!
22 November 2013, by Simeon NgezahayoKristo agiye kugaruka! Ntimuyobe, Kristo ntazaza mu ibanga cyangwa mu gihe abantu badatekereza. Azaba aje gutegeka isi yose! Bizaba bimeze bite rero? Kugaruka kwa Yesu kuvugwa cyane mu Isezerano Rishya, mu butumwa bwiza bwose uko ari bune, mu Byakozwe n’intumwa, mu nzandiko za Pawulo, muri Yakobo, Petero na Yohana, ndetse ni yo nsanganyamatsiko nyamukuru y’igitabo cy’Ibyahishuwe. Twari dukwiriye rero kumwitegura guhera none, kuko ari icyemezo kigomba guhindura ubuzima bwacu bwose. Tugomba (...)
-
“Impamvu 3 zishobora gutuma Umukristo atinda gusubizwa” Rev. Pasteur Harerinka Faustin
2 December 2013, by Simeon NgezahayoKu munsi wacyo wa kabiri, kuri iki cyumweru taliki 1 Ukuboza 2013 ni bwo Umushumba w’itorero rya ADEPR Akarere ka Ruhango yigishije aya magambo mu giterane cyaberaga mu itorero rya ADEPR Nyarugunga, umudugudu wa Rwimbogo. Amaze gusoma amagambo aboneka muri Luka 18:1-5, yavuze impamvu zigera kuri 3 zituma Abakristo batinda gusubizwa. Izo mpamvu ni izi zikurikira:
1. Igipimo cyo kwizera
Imana iba ishaka kureba ibiro byawe, ntishobora kugusubiza utarashyika. Satani yapinze gukiranuka kwa (...) -
Ubuhamya: Mama ubyara niwe yaragiye kunyiyicira Imana irantabara. Jean Claude HAGENIMANA
20 May 2013, by UbwanditsiYesu ashimwe, nagirango mbagezeho ubuhamya bwanjye muri make ninshobozwa nzabagezaho n’ibindi : Nitwa Jean Claude HAGENIMANA , mfite imyaka 23, navukiye mu Ntara y’Amajyepfo, Akarere ka Nyanza, gusa navutse nk’abandi bana bose ariko sinagira amahirwe yo kumenya Papa, sinagira amahirwe yo kubona urukundo rw’ababyeyi kugeza aho Mama umbyara yashatse kunta muri WC ariko Imana irantabara ntiyanjugunyamo ariko haburaga gato cyane ngo birangire.
Icyo gihe cyabayeho kirarangira ubuzima burushhao kuba (...) -
Hunga irari rya gisore!
20 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaI.UBUSOBANURO BW’IJAMBO IRARI(RYA GISORE) :
Ubundi umuntu ni inyamaswa ifite indangagaciro.
Ijambo irari rikomoka mu nshinga kurarikira (kwifuza)
Mu muntu habamo kamere ihora irarikira.
“ndavuga nti “muyoborwe n’umwuka”,kuko aribwo mutazakora ibyo kamere irarikira”(Abagalatiya 5:16)
Zimwe mu ngero z’irari rya gisore :
Irari ryo gukunda iby’isiIrari ryo kwamamara mu isiIrari ry’ubutunziIrari ry’ubusambanyiIrari ry’ubusinzi…
(Abako losayi 3:5 )”Nuko noneho mwice ingeso zanyuz’iby’isi:gusambana no (...) -
Umuhanzi MUTUYIMANA Leonille yiyamamarije kuba Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda
20 August 2013, by UbwanditsiUmuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana Mutuyimana Leonille wamenyekanye mu ndirimbo nka “Witinya, Timoteyo…” agiye kwiyamamariza umwanya w’ubudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda.
Nk’uko tubikesha komisiyo y’igihugu y’amatora, urutonde rwa nyuma rw’abazahatanira imyanya mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hagaragayemo Mutuyimana Leonille, akaba aziyamamaza mu bakandida bigenga.
Ibi bikaba bibaye nyuma y’aho amariye iminsi azenguruka mu gihugu hose ashaka abantu 600 bamusinyira ku kugira (...) -
Isengesho rya “Dawe uri mu Ijuru” mu gifaransa ryahindutseho gato
17 October 2013, by UbwanditsiInama y’Abepisikopi bo mu gihugu cy’u Bufaransa, batangaje ko isengesho rya “Dawe uri mu ijuru” rizahindukaho gato, nk’uko byemejwe n’inama nkuru ya Vatikani ya kabiri.
Iki cyemezo ariko Abafaransa batinze kugishyira mu bikorwa, kuko inama nkuru ya vatikani ya kabiri yari yarabyemeje. “Dawe uri mu ijuru” mu Kinyarwanda yo ntizahinduka.
“Dawe uri mu Ijuru” ni isengesho Yezu/Yesu yigishije abigishwa be ubwo bamusabaga ko yabigisha gusenga (Matayo 6, 9-13). Muri iri sengesho, aho bavugaga ngo (...) -
Amerika : Pasiteri yaciwe mu rusengero kuko yitabiriye igitaramo cya Rick Ross
13 August 2013, by UbwanditsiUmupasiteri witwa Wills Rodney usengera mu itorero ry’Ababatisita mu Mujyi wa Winston Salem mu Majyaruguru ya Leta ya Carolina muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaciwe mu itorero kubera kwitabira kimwe mu bitaramo by’umuhanzi wa Hip Hop ariwe Rick Ross.
Pasiteri Wills Rodney w’imyaka 26 yari amaze imyaka igera kuri itandatu ayobora uru rusengero rw’Ababatisita ruherereye mu mujyi wa Winston Salem.
Umudiyakoni wo muri uru urusengero witwa Miles Langley asobanura ko umupasiteri nk’uyu atagombye (...) -
CEP-ULK mu gikorwa cyo gusura abamugariye ku rugamba rwo kubohoza igihugu bubakiwe mu Kagali ka Kamashashi-Nyarugunga-Kicukiro kuwa 31-08/07/2013.
28 August 2013, by UbwanditsiUmuryango w’abanyeshuri b’abapantekote b’itorero ADEPR biga muri Kaminuza yigenga ya Kigali Communauté des Etudiants Pentecotistes de l’ULK ariwo CEP ULK mu magambo ahinnye, ukaba ugizwe n’abanyeshuli biga nimugoroba ndetse n’abiga ku manywa nkuko usanzwe ubifite mu nshingano zawo zo kuvuga ubutumwa bwiza bwa Yasu kristo nta mupaka, ubu uratangaza ko wamaze gutegura igikorwa cy’ivugabutumwa bwiza ariko mu buryo bwo gusura abamugariye ku rugamba rwo kubohoza igihugu batuye mu Kagari ka (...)
-
Muri byose dutumbire Yesu wenyine
5 August 2015, by Innocent Kubwimana,….Dutumbira Yesu wenyine, ari we Banze ryo kwizera kandi ari we ugusohoza rwose, yihanganiye umusaraba ku bw’ibyishimo byamushyizwe imbere ntiyita ku isoni zawo, yicara iburyo bw’intebe y’Imana. ‘’ Abaheburayo 12:2
Hashize imyaka myinshi nkoze urutonde rw’abantu bose bari bafite amatorero b’abapasiteri bakiri bato muri Amerika kuko numvaga bakeneye amasengesho menshi. Uko bisa kose nanjye hari abansengeye mu gihe natangizaga itorero rya Saddleback.
Iyo ndebye kuri urwo rutonde nsanga abarenga (...)
0 | ... | 960 | 970 | 980 | 990 | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | ... | 1850