Amakuru dukesha ‘Morning Star News’ aravuga ko Pasiteri Gong Shengliang ufungiwe mu gihugu cy’Ubushinwa kuva mu w’2001 azira kuyobora itorero rinini ryasengeraga iwe mu rugo avuga ko uyu mugabo yenda kunogoka kuko nyuma yo gukubitwa ibiboko byinshi yaje kuremba bakamwima imiti. Ibi bitangazwa n’umukobwa we. Mu ibaruwa ndende yandikiye Perezida w’igihugu cy’Ubushinwa Xi Jinping igashyirwa no ku mbuga za internet z’ivugabutumwa za ‘China Ministries International’ na ‘China Aid Association’, Gong (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
China: Pasiteri Gong Shengliang aratotezwa azira guhamya Yesu Kristo
28 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Moriah irategura amarushanwa y’ama drama team
11 July 2013, by UbwanditsiCompany izwi mu Rwanda, mu karere u Rwanda ruherereyemo no hanze yarwo irategura amarushanwa yiswe “Dance Competition 1st Editon 2013”.
Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Moriah Entertainment Group, Eric Mugisha, aya marushanwa agamije guteza imbere amadarama timu (drama team) akorera mu nsengero, ibi bikaba bijyana n’uko zishobora kubona ubushobozi bwo gukora birushijeho mu murimo w’ivugabutumwa.
Nk’uko Eric Mugisha abisobanura ngo aya marushanwa ateganijwe mu kwezi kwa munani cyangwa mu kwezi (...) -
Wari uzi ko ibyiza biri imbere yawe?
11 April 2016, by Umugiraneza EdithBene Data , sinibwira ko maze kugifata, ariko kimwe cyo nibagirwa ibiri inyuma, ngasingira ibiri imbere." Abafilipi 3:13-14
Mu minsi ishize, mu Itorero rya Bordeuax Rive Droite nagiriwe ubuntu bwo kwigisha ku nyigisho. Umukobwa muto witwa Debora Perraud mu iteraniro yandika umuvugo nifuza kubagezaho: Ibyiza biri imbere yawe Wicaye, uratekereza watwawe n’ibitekerezo bikuremereye, urareba inyuma ibyashize. Wareba hasi ukabona intege nke zawe. Urarota, ugasubira mu mateka yawe (...) -
Nari Umugome nuko impa Yesu ngo ambambirwe ku musaraba (Ubuhamya bwa Cedrick Kanana)
27 August 2012, by UbwanditsiNARI UMUGOME NUKO IMPA YESU NGO AMBAMBIRWE KU MUSARABA
Amazina yanjye bwite ni Cedric KANANA ,nkora umurimo w’ibarura n’icungamari mu itorero ry’abangrikani diocese ya Rubavu. Nakijijwe mu mwaka wa 2004 nibwo nakiye Yesu nk’umwami n’umukiza w’ubugingo bwanjye .Byari bikomeye cyane ari nayo mpamvu nifuza kubibabwira.
Njye navukiye mu muryango w’aba islamu ntabwo nigeze menya Yesu cyangwa se ngo mukunde. Mu busore bwanjye natunzwe n’ibiyobyabwenge kuva ku myaka 8 ibyo nabitewe n’uko data yantaye (...) -
Kuri iki cyumweru mu majyepfo y’Ubuhinde, muri Kaminuza ya Chidambaram-Annamalai hashojwe igiterane cy’iminsi 3 cyiswe “Gracious Women Conference.”
20 August 2013, by UbwanditsiIki giterane cyateguwe n’abari n’abategarugori bibumbiye mu muryango ‘Lord’s Light Fellowship (LLF),’ cyari gifite intego iboneka muri Luka 1:28 “Amusanga aho yari ari aramubwira ati ‘Ni amahoro uhiriwe, Umwami Imana iri kumwe nawe”.
Iki giterane cyaranzwe no kuramya no guhimbaza Imana, impuguro nyinshi mu ijambo ry’Imana zigenewe abari n’abategarugori by’umwihariko, no kumva ijambo ry’Imana muri rusange.
Nk’uko umuyobozi w’abari n’abategarugori muri LLF abivuga, ngo barashima Imana cyane kuko (...) -
Korari Besaleli, Jehovah Jireh ULK hamwe na Simon Kabera baritegura igitaramo cyateguwe ku bufatanye n’inshuti za Besalel
22 January 2016, by UbwanditsiKorari Besaleli isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR, Paruwasi ya Nyanza-Kicukiro, ku mudugudu wa Murambi, Korari Jehovah Jireh ya CEP-ULK, hamwe n’umuririmbyi Simon Kabera, ndetse n’umwigisha Pastor Etienne Rusingizandekwe bari mu myiteguro aho bazahurira mu gitaramo cyateguwe na Korari Besaleli ku bufatanye n’inshuti zayo.
Iki gitaramo kizaba ku cyumweru tariki 31 Mutarama 2015, kizabera ku rusengero rwa ADEPR-Murambi aho Besaleli isanzwe ibarizwa, kikazatangira sa munani z’amanywa (...) -
Ikigeragezo! - Michel Sommel
7 August 2013, by Simeon NgezahayoUbuzima ni ikigeragezo.
Imibabaro yacu iratugerageza.
Igituma tubinyuramo byose,
Tukageragezwa byihariye,
Ni ukugira ngo bidusunikire
Ku byiza biri imbere.
Ni iki twakora?
Mbese twabihunga?
Mbese twakwipfumbata?
Mbese twabihunga,
Cyangwa twahangana na byo?
Igisubizo kiroroshye kukivuga,
Ariko kirakomeye kugishyira mu bikorwa.
Ni uko rero, ni iki wakora?
Mbese uzemera kuyoborwa n’Imana?
Mbese uzemera guhora uyizeye?
Uzakomeza kuyizera?
Uzabyirengagiza se?
Nanjye nabinyuzemo,
Ni (...) -
Ese ko twizeye Yesu Kristo umwe, andi makimbirane akomoka he ?
31 January 2016, by Ernest RutagungiraMu rwandiko rwa mbere Pawulo intumwa yandikiye Abakorinto 3:1-8, yabandikiye ababaza impamvu ibatera amakimbirane, ishyari n’amahane ndetse na kamere nyamara bapfa impamvu zidafatika ndetse zitakagombye kuba intandaro yo guhangana.
Abivuga agira ati “Bene Data sinabashije kuvugana namwe nk’uvugana n’ab’umwuka ahubwo navuganye namwe nk’uvugana n’abakamere cyangwa abana b’impinja bo muri Kristo…,ubwo umuntu umwe avuga ati :“Njyewe ho ndi uwa uwa Pawulo undi akavuga ati ndi uwa Apolo” ntibigaragaza ko (...) -
Yesu yanyogeje ibyaha byanjye byose!
16 April 2013, by Simeon NgezahayoYesu Kristo ni Umwami wanjye n’Umukiza wanjye. Ndashima Imana ko yantoranyije, igahindura ubuzima bwanjye bwose. Ijambo ryayo ryakoze umurimo mu buzima bwanjye. Nakunze kurererwa mu miryango y’Abagatolika, ariko sinigeze menya icyo umusaraba usobanura, haba no kumenya agakiza. Nibeshyaga ko ndi umuhanga, nkibwira nti: "Mfite umunezero, ubwo kuki narimbuka?" (1 Yohana 1.8).
Ariko Imana mu rukundo rwayo rwinshi ntiyandetse ngo mpfire muri ubwo butamenya. Mu by’ukuri, ubuzima bwanjye bwari (...) -
Ni gute nakwakira impano y’Imana?
7 December 2015, by Innocent KubwimanaHari umuntu waba yarigeze aguha impano mu buzima bwawe? Hari ibintu byinshi tubona mu buzima bwacu bwa buri munsi nabyo tukabyita impano Imana iduhaye bitewe n’uburyo twabibonyemo, ariko si ibyo tuvugaho hano, ahubwo turagaruka ku mpano y’Imana ari yo ‘’Agakiza.’’
Ubusanzwe iyo umuntu agiye kuguha impano ntakubaza icyo ukeneye ahubwo aragutekerereza akaguha icyo yaguhitiyemo, aha ndashaka kuvuga ku mpano umuntu wese yaba abizi cyangwa atabizi, yaba ayishaka cyangwa atayishaka arayikeneye, iyo (...)
0 | ... | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | ... | 1850