Nk’uko bitangazwa na NBC dukesha aya makuru, mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu Pastor yasuye inzu y’ububiko bw’Amadorali ‘Dollar General Store’ iherereye mu mujyi wa Evansville, atesha igisambo cyagenzwaga no kwiba ayo madorali ubwo yasohoraga imbunda ye agendana.
Police iratangaza ko iki gisambo cyitwa Jermaine Dewayne Marshall cy’imyaka 25 cyari cyitwikiriye bandanna mu maso, cyasabye ukora kuri guichet kugiha amadorali kikamutera ubwoba kizunguza igipupe kizingiye mu mwenda.
Pastor Carl (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Indiana, USA: Pastor yatesheje igisambo akoresheje imbunda ye!
25 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
CEP INILAK yategute igiterane cyo gushima Imana kuri icyi cyumweru
30 June 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko bigaragara kuri affiche abo abanyeshuri biga muri INILAK basengera mu itorero ry’ADEPR bahuriye mu murwango CEP INILAK bateguye igiterane cyo gushima Imana mu cyumweru gitaha tariki ya 06-08/07/2012, ku rusengero rwa ADEPR kicukiro Shell.
Intego yacyino gikorwa nkutwa twabitangarijwe n’umuyobozi wa CEP INILAK ni ugushima Iama ibyo ibakorera kandi bagashishikariza n’abandi banyeshuri bagenzi babo kuza mri CEP kuko hari byinshi bahungukira kuva ku Mana.
Icyi gitaramo kizatangira saa tanu (...) -
India: Israel Mbonyi arashyira ahagaragara album ye yise "Yesu ni Number One"
19 March 2014, by UbwanditsiISRAEL MBONYI, umwe mu banyeshuri b’Abanyarwanda biga mu gihugu cy’Ubuhinde amaze gutunganya album ye ya mbere y’amajwi igizwe n’indirimbo umunani yise NUMBER ONE.
Uyu munyeshuri wiga mu gihugu cy’Ubuhinde, muri Kaminuza ya Anamalai University iherereye mu majyepfo y’Ubuhinde, umuririmbyi aririmba indirimbo zihimbaza Imana, akaba anaririmba muri Owrship Team yitwa The Lamstand.
Nk’uko abitangaza, igitaramo cyo kumurika album ye ya mbere kizaba taliki ya 22/03/2014, ubu imyiteguro yo kuyimurika (...) -
Irari nari mfite ryaratwise ribyara ibyaha nabyo bigiye kubyara urupfu mbona gutabarwa.
8 June 2012, by UbwanditsiIRARI RIRATWITA RIKABYARA IBYAHA NABYO BIGATWITA BIKABYARA URUPFU
Ndashimira cyane Nyagasani wankijije icyaha cy’ubusambanyi cyari cyarangize imbata yacyo. Kuva cyera nkiri umwana muto nakundaga kureba cyane Firime ya Porno, nyuma aho mariye gukura nsanga byangiye mu mutwe, Biranyangiza cyane.
Maze kugira imyaka 16 nemeye ko Yesu ambera umwami n’umukiza ariko sinamenya ibyo ngomba kwirinda.Uko niko nakomeje kujya nirebera Firime za Porno bigatuma nikinisha (Mensturbation).
Nubwo najyaga (...) -
Intwaro utakekaga ko satani yakoresha ngo akuyobye
10 July 2015, by Innocent KubwimanaSatani ni umubi kandi ni umwanzi w’abantu bose berekeje mu ijuru, abantu mwese mufite umugambi wo kubaha Imana, wo kuba muri Yesu, mugomba kumenya ko mufite umwanzi, utabafitiye impuhwe udafite gahunda yo kujenjeka na buke kuko arakorana umwete nk’ufite igihe gito.
Satani azi ibiri muri Bibiliya kuko amakuru y’ijuru turirimba, tukabwiriza ni ku bwo kwizera ariko we yayabayemo. Iyo ashaka kukuyobya akoresha icyo wibwiraga ko ari inzira yo kukuyobora. Urugero Bibiliya ivuga ko ijambo ry’Imana (...) -
Gusomana byanduza SIDA
4 September 2012, by Emmanuel KANAMUGIREUrubyiruko rumwe ruvuga ko rukunda gusomana n’abakunzi babo. Ibi akenshi babikora batazi uko ubuzima bwabo buhagaze ndetse n’ubwa bagenzi babo, bityo bikaba byatuma bandura indwara ya SIDA ishobora kwandurira mu gusomana bitewe n’uburyo bikozwemo. Amakuru dukesha urubuga positive.org avuga ko rimwe na rimwe gusomana byanduza SIDA, mu gihe abasomana umwe yogeje amenyo akikomeretsa mu kanywa, cyangwa mu gihe amaze kwihaganyura akaba yakwikomeretsa.
Aya makuru avuga ko gusomana byateza ibyago (...) -
ADEPR Muhima irategura igiterane cy’iminsi 4
11 June 2013, by UbwanditsiKu bufatanye na Komite mpuza-makorali yo kumudugudu wa Muhima, Itorero rya ADEPR Nyarugenge, umudugudu wa Muhima ryateguye igiterane cy’iminsi ine. Iki giterane kizatangira taliki ya 13/06/2013, kigeze taliki 16/06/2013.
Iki giterane gifite intego igira iti “Nimuze Twubake” (Nehemiya 2:17) kizaba cyitabiriwe n’abakozi b’Imana batandukanye barimo abavugabutumwa nka Pst Desiré Habyarimana, Ev. SEMAJERI … Hazaba kandi hari abahanzi ku giti cyabo nka Alexis DUSABE, Simon KABERA, MUGABO Venuste. (...) -
Uganda : Umugabo akurikiranyweho kwiba bibiriya 50 muri rumwe mu nsengero z’I Kampala
26 August 2013, by UbwanditsiUmugabo witwa Albert Musinguzi ari mu maboko ya polisi ya Uganda azira kwiba bibiriya 50 mu rusengero ruri ahitwa Nakulabye hafi y’umurwa mukuru Kampala.
Uyu mugabo ngo yakunze kwitabira amasengesho yo muri uru rusengero kenshi yaba aya kumanywa na nijoro ariko agambiriye kwiba nk’uko bitangazwa n’umwe mu bayobozi ba station ya polisi ya Nakulabye.
Musinguzi akaba yarafashwe kuri uyu wa Kane ubwo yasanganwaga bibiriya 50 yari yakuye muri uru rusengero.
Uyu akaba yaremeye ko yibaga izi (...) -
Bahati Alphonse yakoresheje igitaramo cyyavuyemo amafaranga ibihumbi y’u Rwanda 870.000 yo kubaka urusengero
15 July 2013, by Patrick Kanyamibwa, UbwanditsiKuri iki cyumweru tariki ya 14/07/2013, kuva saa munani z’amanwa mu rusengero rwa ADEPR Gisenyi umuhanzi Bahati Alphonse yakoresheje igitaramo cyyavuyemo amafaranga ibihumbi y’u Rwanda 870.000 yo kubaka urwo rusengero, aho yanaboneyeho gushira ahagaragara DVD y’indiirmbo z’igitaramo yakoreye muri ULK Gisenyi ndetse akanerekana ibihembo yahawe kuva muri Kenya bya « Groove Awards ».
Kwinjira muri iki gitaramo bikaba byari ubuntu ariko abantu bakaba baguze DVD za Bahati Alphonse amafaranga yose (...) -
Bikwiye kumenyekana ko Uwiteka ari we Mana yonyine!
1 September 2015, by Ubwanditsi…..Aravuga ati” Uwiteka Mana ya Aburahamu na Isaka na Yakobo uyu munsi bimenyekane ko ariwowe Mana.’’ 1Abami 18:36b
Mu isi habaho ibyo abantu bita imana bakabisenga ndetse bakabiramya, mu bihugu bimwe na bimwe hari naho buri kintu cyose kiba gifite imana yacyo, urugero: imana y’izuba, imana y’imvura, imana itanga urubyaro n’ibindi byinshi, nyamara nubwo izi mana ziriho ntibibuza bene zo guhura n’ibi bibazo.
Hari izigira amaguru zitava aho ziri, izifite amaso zitamenya ibipfa n’ibikira, bifite (...)
0 | ... | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | ... | 1850