Umwe mu bavugabutumwa basakaza ijambo ry’Imana cyane kuri iyi Si, Umunyamerikakazi w’imyaka 70 y’amavuko Joyce Meyer umuyobozi wa Joyce Meyer Ministries uzwi nk’umwanditsi w’ibitabo by’ivugabutumwa ndetse akaba n’umuhanuzi ukongeraho no kuba afite ikiganiro cya buri munsi gica kuri Televiziyo ye.
Ku munsi w’ejo ku cyumweru nibwo yashyize ku rukuta rwe rwa Twitter amagambo akomeye aho yavugaga ko mu buzima bwa Muntu haba hakwiye kwicara ugatekereza neza icyo ugiye gukora ukabanza ukagisha Mutima (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Joyce Meyer ati “Nugira Amahitamo meza mu buzima bwawe Si wowe gusa bizagirira inyungu ”
31 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Igiterane cy’iminsi 3 cyateguwe n’umuryango uhuza urubyiruko CYOPSD gisize impinduka mu rubyiruko rw’Abakristo
13 January 2014, by Simeon NgezahayoIgiterane cy’iminsi 3 cyaberaga ku Itorero Inkuru Nziza i Kigali cyatangiye kuri uyu wa Gatanu taliki 10 Mutarama 2014, cyashojwe kuri iki Cyumweru taliki 12 Mutarama 2014 ahagana saa mbili z’ijoro.
Muri iki giterane, abahanzi bataramiye urubyiruko rwaturutse imihanda itari imwe barimo Albert Niyonsaba, Drama Team yaturutse La Colombiere… Umuvugabutumwa muri iki giterane Bard waturutse mu gihugu cya Norvege, yibanze ku guhugura urubyiruko ku bijyanye n’imyitwarire ikwiriye kururanga (...) -
Amerika: Barack Obama yatangaje ko kujya mu rusengero byatumye yakira Yesu Kristo, anatangaza ko ubwisanzure bw’amadini ari ishingiro ry’agaciro ka muntu
7 February 2014, by Simeon NgezahayoMu masengesho yo gusengera igihugu yabaye kuri uyu wa Kane, President Barack Obama yavuze ko ubwisanzure bw’amadini ari inkingi nyamukuru ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika muri politiki mpuzamahanga. President Barack yongeyeho ko kwishyira ukizana kw’amadini ari ishingiro ry’agaciro ka muntu.
Yagize ati "Uyu munsi turagendera ku mahame tuzi ko ari ay’ukuri. Turi yuko buri wese muri twe yaremwe mu buryo butangaje, mu ishusho y’Imana. ku bw’ibyo twemera ko umuntu wese avukana agaciro – agaciro umuntu (...) -
Babyeyi mufite inshingano zo kwita ku bana banyu
25 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana«Umwuga wanjye untera kwita ku babyeyi by’umwihariko mbabwira ku nshingano bafite ku burezi bw’abana mu miryango yabo mbafasha mu buryo bakita kuri abo bana». Aya magambo yavuzwe na Titi Alerte. Ariko iyo witegereje neza, wumva ndetse ubona kwinuba no kugaragaza umubabaro kw’abana bamwe na bamwe. Ibyo bigatera umuntu kwibaza ngo kuki bibaho?
Igisubizo nta kindi ni uko ababyeyi babo baba batarujuje inshigano zabo ku bana babo.
Nyuma yo kubona ko hari ibibazo biterwa no kutuzuza inshingano zimwe (...) -
Korale Kubwubuntu iramurika alubumu iritegura kumurika alubumu yayo ya mbere
13 October 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Hategekimana Innocent umuyobozi wa Korali Kubwubuntu ngo ni korali ikorera umurimo w’Imana muri AEP/UNR (association des etudiants presbterienne au Rwanda/a l’univeriste national du Rwanda) akaba ari ihuriro ry’abanyeshuri bo muri EPR(Eglise Presbterienne au Rwanda), yatangiye mu mwaka wa 2000, itangijwe ’abariribyi barindwi bo muri AEP. Yakomeje kugenda ikomera ari nako ibona abandi baririmbyi kugeza kuri uyu munsi aho ifite abaririmbyi 45.
Ubu uko umwaka ushize (...) -
Dukwiriye kuba maso kugeza ku mperuka/Ev.Donath
14 December 2015, by Innocent KubwimanaMatayo 25:1-13” icyo gihe ubwami bwo mu ijuru buzagereranywa n’abakobwa cumi bajyanye amatabaza yabo, bajya gusanganira umukwe………Nuko mube maso kuko mutazi umunsi cyangwa igihe”.
Imana ishaka ko tuba maso mu bihe byose, mu bigaragara n’ibitagaragara. Kuba maso mvuga ni ugukanguka mu mwuka kuko hari igihe abantu bicara ngo barakijijwe ntibabere maso ubwo butunzi bukomeye bakiriye.
Aba bakobwa hari ibintu byiza kandi by’ingenzi bari bahuriyeho:
Intumbero imwe: aba bakobwa bari bafite intumbero yo (...) -
Mu Buhinde hagiye kubera igiterane cy’ivugabutumwa cyiswe “GRACIOUS WOMEN CONFERENCE”
13 August 2013, by UbwanditsiMinisiteri (Ministry) yivugabutumwa Lord’s Light Fellowship, LLF mumagambo ahinnye y’icyongereza, y’abanyarwanda biga mu majyepfo y’igihugu cy’Ubuhinde, umujyi wa Chidambaram, mu ishuri rikuru ry’ Annamalai, (Annamalai University), bateguye igiterano cy’ivugabutumwa cyitwa “GRACIOUS WOMEN CONFERENCE”.
Icyi giterane kikaba gisanzwe kiba buri mwaka kuri iyi nshuro kizaba ku itariki ya 16, 17, 18 ukwezi kwa munani 2013, kigahuza abari n’abategarugori bavuye impande zose z’isi ubu akaba ari kunshuro (...) -
Abanyamadini na Leta bavugutiye umuti umwe ibibazo byugarije Umuryango Nyarwanda
7 March 2013, by UbwanditsiMinisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango yahuje abanyamadini mu rwego rwo kureba ibyo bazafatanya mu guteza imbere uburinganire n’ubwuzuzanye mu muryango Nyarwanda, ndetse no gushaka umuti urambye w’ibibazo bigaragara mu Muryango Nyarwanda.
Minisiti Odda Gasinzigwa yavuze ko abanyamadini ari urwego rukomeye rukorana na Leta, by’umwihariko muri gahunda yo guteza imbere ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye, bakanabishyira mu bikorwa.
Yavuze gukorana n’amadini bifasha mu kugera kubyiza mu (...) -
Rusi: icyitegererezo cyo kwiyemeza - Bernard Emkeyes
23 April 2013, by Isabelle GahongayireMu kwiyemeza kwacu, dukomeze gukorera Imana twihanganye
“Rusi aramusubiza ati ‘Winyinginga kugusiga, no gusubirayo ngo noye kugukurikira, kuko aho uzajya ari ho nzajya, kandi aho uzarara ni ho nzarara. Ubwoko bwawe ni bwo buzaba ubwoko bwanjye, Imana yawe ni yo izaba Imana yanjye’” Rusi 1 : 16.
Iyi myitwarire ya Rusi ni yo buri mwana w’Imana wese yakagombye kugira: Kwiyemeza. Uko kwiyemeza guturuka ku rukundo yumvaga afitiye nyirabukwe Nawomi, ku buryo yari yiteguye gusiga igihugu cye no (...) -
Abantu 12 ni bo bakiriye Yesu mu giterane “Korali Ijwi Rirangurura” yakoreye i Kigali
22 July 2013, by Simeon NgezahayoKuva ku wa gatandatu taliki 20-21 Nyakanga, Korali “Korali Ijwi Rirangurura” yo muri Paroisse Gisa mu Itorero ry’Akarere rya ADEPR Rubavu yakoze urugendo rw’ivugabutumwa ku mudugudu wa Karama, Paroisse Butare, Itorero ry’Akarere ka Gasabo.
Icyo giterane cy’iminsi 2 cyari giherekejwe n’imbaraga z’Umwuka Wera, kuko cyihannyemo abantu bagera kuri 12.
Umuvugabutumwa Past Nzamutuma Sarathiel uri mu kiruhuko cy’izabukuru mu Itorero rya Gisa yatanze inyigisho ifite umutwe uvuga ngo “Yesu amenya byose (...)
0 | ... | 1000 | 1010 | 1020 | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | ... | 1850