Imana yo mw’ ijuru izagufasha mu bibazo uhura nabyo. Itangiriro 28:10-17
Dukunze kugira akamenyero ko kwizera ko Imana yo mw’ ijuru itabara gusa abafitanye nayo umubano wihariye icyigisho cyo muri iki gitondo kiratwereka ko guseruka kw’ Imana ntaho guhuriye n’ ibyo umuntu akora ahubwo biterwa n’ubutware bw’iyi Mana ikora uko ishaka yabikoreye umusore wari ahunze ageze mu butayu, wenyine kandi kure y’ umuryango nyuma yo kubeshya se agatwara umugisha wa mukuru we.
Imana yamushyize hejuru
Ageze i (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imana yo mw’ ijuru izagufasha mu bibazo uhura na byo
23 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Mu kumurika alubumu yanjye ya mbere nahisemo gukorana n’abahanzi bake mu rwego rwo kuzafata umwanya uhagije wo gushimisha abazitabira kino gitaramo – Gaby
27 March 2013, by UbwanditsiUbwo twamusangaga mu mwitozo n’abacuranzi be, umuhanzi Gaby Irene Kamanzi yadutangarije ko yahisemo kuzakorana n’abahanzi bakeya kugirango azabone umwanya uahgije wo gushimisha abazaitabira ikigitarmo cye azakora kuri kino cyumweru tariki ya 31/03/2013 muri Serena Hotel.
Mu magambo ye yagize ati « Ntago byari byoroshye guhitamo abahanzi tuzakorana yewe no kubagira bakeya doreko mfite inshuti nyinshi z’abahanzi bagenzi banjye twari gukorana bakanshigikira muri iki gitaramo, ariko nahisemo Aime (...) -
KORALI ITABAZA (ADEPR TABA, HUYE) IRASHYIRA AHAGARAGARA ALBUM VIDEO YABO BISE “INSTINZI”
2 October 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y`igihe kitari gito bategura DVD yabo, noneho kuri iki Cyumweru tariki ya 6/10/2013 bateguye Launch yayo.
Itabaza choir ni imwe mu makorali akorera umurimo w’Imana muri ADEPR Paroisse Taba (Huye, Intara y’Amajyepfo) ikaba ahanini igizwe n`urubyiruko. Itabaza irashimira Imana ku bwa Album yabo INTSINZI izajya ku mugaragaro kuri icyi Cyumweru.
Mu kiganiro www.agakiza.org yagiranye na Barabwiwe Normand umuyobozi w`amajwi wungirije akaba n’ushinzwe itangazamakuru muri iyi chorale, (...) -
Mbese koko ndi umugore w’imico myiza? – (Igice cya 6)
2 July 2013, by Simeon Ngezahayo« Yitegereza umurima akawugura, awutezamo urutoki mu by’inyungu ivuye mu maboko ye. Akenyerana imbaraga, agakomeza amaboko ye » Imigani 31 : 16-17.
Nkiri umukobwa, numvaga nshaka kurongorwa, nkabyara abana, ndetse nkubaka inzu!
Ariko siniyumvishaga akazi kari nkantegereje! Abana banjye uko ari 4 ntibanyemereraga gukora akandi kazi, ni ukuvuga ko nta mushahara wageraga mu rugo rwacu. Ubwo n’icyizere cyo kubaka ya nzu cyahise kiyoyoka…
Nyamara jyewe n’umugabo wanjye twageze igihe tubona ikibanza (...) -
Ingingo 11 zigaragaza ko umuhamagaro wawe uva ku Mana. Rev Rurangirwa Emmanuel
29 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbintu 11 birera, bikubaka, bikanakomeza umuhamagaro wo gukorera Imana mu mukozi wayo yos.1-5-9.
1.Kwiyumvira wowe ubwawe no kumenya neza udashidikanya ko Imana ariyo yaguhamagaye, ukaba ufite ibihamya bifatika . Byaba ibyo watangamo ubuhamya ku mugaragaro (témoignage public), n’ibyo uziranyeho n’Imana mu ibanga.Automatic word wrap Mose, Kuva 3:1-12, Gidiyoni, Abac.6:11-24, Dawidi 16:1-13
2.Guhora wumvira Imana mu byo igutegeka kuyikorera byose kabone nubwo byaba bidasobanutse ku bantu bamwe (...) -
Ni nde Imana yatoranyije gusimbura Yuda Isikariyota nk’intumwa ya 12? Ni Matiyasi cyangwa ni Pawulo?
16 July 2013, by Simeon NgezahayoYuda amaze kugambanira Kristo akiyahura, intumwa 11 zisigaye zafashe umwanzuro wo gushaka intumwa ya 12 yo gusimbura Yuda (Ibyak. 1:16-20). Ibyagenderwagaho mu gutora iyi ntumwa, ni uko yagombaga kugendana na bagenzi be mu gihe cyose bakora umurimo wo kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Kristo, no guhamya kuzuka kwa Yesu no kuzamurwa mu ijuru kwe (Ibyak. 1:21-22).
Abigishwa 11 bafashe abantu babiri ngo babashakemo umwe: Yozefu witwaga Barisaba (bishoboka ko ari we Barinaba), na Matiyasi (Ibyak. (...) -
Nari nihebye, Imana impa umunezero: Ngicecetse, amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira… Lortuges
20 May 2013, by Simeon NgezahayoNari nka Dawidi wavuze ati “Ngicecetse, amagufwa yanjye ashajishwa no kuniha kwanjye umunsi ukira” Zaburi 32:3. Kuva mu bwana bwanjye, nabayeho mu kwizera Imana. nari Umukristo usanzwe, nta bibazo nahuye na byo byabashaga guhungabanya kwizera kwanjye. Hashize imyaka mike, nagize ikibazo gikomeye kigamije guhungabanya kwizera kwanjye. Uko ibihe byagiye bihita, natangiye gushidikanya Imana no kuyitera icyizere muri jyewe no mu bandi.
Nisanze ngeze aha Eliya ubwo yari mu butayu atagishaka (...) -
N’ iki cyatuma Imana yishimira Umutima wawe? Edith Umugiraneza
12 September 2015, by Umugiraneza EdithYesu ashimwe Bane Data, ndabaramukije mw’izina rya Yesu. Maze iminsi nibaza ku Mwami Dawudi uwo yari iwe n’impamvu Imana yamukunda akaba inshuti Yayo ikishimira umutima we.
Umwami Dawudi. Mu gihe Samuel yajyaga kwa Yesayi nkuko yari yatumwe n’Uwiteka ngo yimike Dawudi. Uko bigaragara Dawudi yari yibereye mu ntama abandi bari mu minsi mikuru, ndetse banahabwa agaciro na se kurusha Dawudi.
Nibajije nti Dawudi wasanga yarimo aragira yiririmbira ahimbaza Imana atunganye mu mutima adatekereza (...) -
GILGAL CHOIR BATI “NTITUZACECEKA”
7 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKuri uyu 05/06/2016 Chorale Gilgal ikorera umurimo w’Imana muri CEP UR NYARUGENGE yagize urugendo rw’ivugabutumwa mu ntara y’amajyaruguru mu itorero ry’akarere rya Gicumbi ,ADEPR paroisse Byumba umudugudu wa Kamitsinga.Nkuko icyishongoro cyabo kibivuga “NTITUZACECEKA” ngo intego yabo ni ukutiyumanganya ngo ahubwo bazavuga ibyo babonye kandi bumvanye Kristo.( Ibyak 4:20) .
Iri vugabutumwa ryaranzwe n’amateraniro na concert aho abantu bagera kuri 40 bemeye kwakira Yesu Kristo nk’Umwami n’umukiza (...) -
Rinda umutima wawe Pastor Desire
30 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaRinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa, Kuko ari ho iby’ubugingo bikomokaho.(Imigani 4:23)
Kuba mu isi umuntu aba afashe igihe mu ntambara ariko abanzi 3 bakomeye dufite n’isi, Satani n’ umubiri ibindi byose biturwanya byiyongera kuri aba banzi. Bibiliya itubwiye ko dukwiriye kurinda Umutima kuko niwo uhirwa bitewe n’uko ubitse ubutunzi bukomeye (ubugingo)
Mu isi ahantu hari ubutunzi harindwa mu buryo bwizewe ese natwe dushira imbaraga mu kurinda imitima yacu?
Uramutse ubashije (...)
0 | ... | 1030 | 1040 | 1050 | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | ... | 1850