Kuri ADER Muhima komite mpuzamakorali ifatanije n’ubuyobozi bw’umudugudu wa Muhima bateguye gahunda y’ibitarabo bihoraho bizajya biba buri wa gatanu w’Icyumweru.
Nyuma y’ibitaramo biherutse kuba kuva taliki ya 16/09/2013 kugeza 22/10/2013 kuri ADEPR Muhima abantu benshi bakabihembukiramo, kuri ubu komite mpuzamakorali ifatanije n’ubuyobozi bw’uyu mudugudu bateguye gahunda y’ibiterane bihoraho buri wa gatanu w’icyumweru.
Nk’uko twabitangarijwe na Pst Thegene KANAMUGIRE wo kuri uyu mudugudu, ibi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
ADEPR Muhima: Igiterane ngarukacyumweru kiratangira kuri uyu wa 10 Ukwakira
8 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Umuryango Compassion International wasoje amahugurwa yagenewe abarera abana badafitanye isano n’amatorero muri rusange.
14 August 2013, by UbwanditsiAyamahugu yatangiye kuwa kabiri tariki 13 akaba yaragenewe abayobozi b’amatorero afite umushinga wa Compassion, abayobozi b’umushinga,ndetse n’ababyeyi barera abana badafitanye isano! Umubyeyi NYIRABAHUTU Speciose utuye mu karere ka Musanze mu murenge wa Gashaki akagari ka Bwe, n’umwe mu bahuguwe akaba ari umubyeyi urera umwana w’umuhungu badafitanye isano, ubu bakaba bamaranye imyaka irenga 12 ngo uyu mwana yamutoraguye ahantu mu kinani arwaye bwaki ndetse arimo aribwa n’ibisiga nyuma Imana (...)
-
Uburyo Imana irenze cyane imitekerereze y’abantu
22 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Nuko Ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo.’’Abefeso 3:20
Imana ifite imbaraga zirenze cyane uko abantu bazibwira n’uko bazitekereza. (...) -
Icyo Bibiliya ivuga kuri politiki yo kubabarira no kwibuka
18 April 2013, by UbwanditsiNyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Leta y’u Rwanda yakajije umurego mu gushaka uko Abanyarwanda bakongera kwiyunga, abakoze icyaha bakabisabira imbabazi, ariko kwibuka inzirakarengane bigakorwa na bose ; si politiki ya Leta gusa hari n’icyo bibiliya ibivugaho.
Bibilya ivuga ku kubabarira no kwibuka, nk’uko bigaragarira mu nyandiko Pasiteri Uwambaje Emmanuel, wigisha mu ishuri rya ADEPR ritanga inyigisho z’imyigishirize y’iyobokamana rikorera mu murenge wa Muhima mu ka Nyarugenge (...) -
Igiterane ngarukamwaka cyiswe "Women Destiny” cyitezwemo impinduka
7 January 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 12 Mutarama 2014 harategurwa igiterane kizabera muri Kigali Serena Hotel cyiswe “Women Destiny.” Nk’uko bitangazwa n’umwe mu bategura iki giterane Nkusi D. Rebeccah, gifite intego yo gukangurira abagore kwigirira icyizere.
Nkusi yavuze ko iki giterane kigiye kuba ku ncuro yacyo ya kabiri, kuko ubwa mbere cyabereye muri Serena Hotel ku wa 06 Mutarama 2013, kikaba cyari gifite intego yo kureba agaciro k’umugore mu bintu bitandukanye. yagize ati "Ubushize twashakaga kureba agaciro (...) -
Bene data dukaze amasengesho Satani arikutumaraho abantu biyahura
4 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANA, UbwanditsiMuri ibi bihe hirya no hino ku isi hagenda havugwa abantu benshi biyahura, urugero ni mugihugu cya Aligerie ,mu makuru dukesha urubuga rwa interineti hogra centerblog ruratangaza ko kuri iki cyumweru tariki ya 1 no ku wa mbere tariki ya 2/7/ 2012 mu gace ka Tizi Ouzou abana 3 baherutse gupfa biyahuye barihagati y’imyaka 11 na 12 biyahuye.
Simumahanga gusa kuko naha mu Rwanda ariko bimeze, mu kagari ka Kibu mu murenge wa Mugombwa ho mu karere ka Gisagara haravugwa ikibazo cy’abantu biyahura (...) -
“COUPLES MEETING,” IGIKORWA GIKANGURIRA ABASHAKANYE KWIRINDA UBUTANE KIZABA KURI UYU WA 23/02/2014
20 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru taliki 23 Gashyantare 2014 kuri Hotel Umubano kuva saa munani z’amanywa (2:30PM-6PM) hazabera igikorwa cyiswe ‘Couples’ meeting’ kigamije gukangurira abashakanye kwirinda ubutane, cyateguwe n’umuryango AGLOW Rwanda kandi Kkwinjira bizaba ari ubuntu!
Iki gikorwa kizahuriza hamwe abashakanye, abayobozi b’amatorero na za minisiteri, abafiance, ndetse n’abibana n’abapfakazi kuko hakiri ibyiringiro by’uko bazashaka cyangwa bakaba bahugura abandi. Iki gikorwa gusanzwe kiba buri kwezi, (...) -
Ni gute warushaho kubana neza n’uwo mwashakanye?
30 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUrukundo rurenga ibigeragezo, gukunda uwo mwashakanye bisaba kuba inyangamugayo no gufashanya, birashoboka ko uwo mwashakanye adaha agaciro uburyo umufasha, ariko n’ubwo ibyo bibaho icy’íngenzi ukwiriye kumenya ni uko uri umuntu wo kumufasha kumuteza imbere kandi ukamufasha gufata umwanya we ukwiriye mu buzima. Bibaho ko umwe mu bashakanye yita ku byifuzo bye kuruta uko yakwita ku bya mugenzi we aribyo twakita nko kwikunda no kwihugiraho.
Mu buzima iyo ubereye inyangamugayo uwo mwashakanye (...) -
Gusaba uko Imana ishaka/EV.Donath
27 November 2015, by Innocent Kubwimana1yohana 5:14-15; kandi icyo nicyo kidutera gutinyuka imbere ye: ni uko atwumva iyo dusabye ikintu nk’uko ashaka, kandi ubwo tuzi ko yumva icyo dusabye cyose, tuzi n’uko duhawe ibyo tumusabye.”
Bene data nejejwe no gusangira namwe amagambo meza agira ati” Gusaba uko Imana ishaka.”
Abantu benshi barasaba, cyangwa batakishwa n’ibibazo bitandukanye, ariko se byose niko Imana ibyumva, mbese byose bisabwa mu buryo Imana ibyumva cyangwa mu buryo Imana ishaka? Ibi ni bimwe mu bibazo nibaza kandi kenshi (...) -
GASABO: UMUSHUMBA MUSHYA WA ADEPR ITORERO RY’AKARERE KA GASABO YAKOZE URUGENDO RWA MBERE ASURA AMAPARUWASE 19!
28 April 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa gatanu tariki 25/04/2014, Umushumba mushya wa ADEPR Itorero ry’Akarere ka Gasabo Rev Pasteur KABOYI NDATABAYE Hagayo, yatangiye ingendo zo gusura amaparuwase 19 agize iryo torero.
Ifoto y’urwibutso n’abayobozi bose, Umushumba hagati inyuma
Uruzinduko rwa mbere yarukoreye muri Paruwase ya Butare, aherekejwe na bamwe bo mu bayobozi b’Itorero ry’Akarere ka Gasabo.
Igiterane cyo kwakira uwo mukozi w’Imana muri Paruwase Butare , cyabereye ku mudugudu wa Bumbogo, kitabiriwe n’abayobozi, (...)
0 | ... | 1060 | 1070 | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | ... | 1850