(1Tim.4:12)”Ntihakagire uhinyura ubusore bwawe ,ahubwo ube icyitegerezo cy’abizera ku byo uvuga,no ku ngeso zawe no kurukundo ,no ku kwizera no kumutima uboneye.”
Kuba icyitegererezo ni ukuba umuntu abandi bose bareberaho gukora imirimo myiza yose.
“wiyerekane muri byose nk’icyitegererezo cy’imirimo myiza,kandi mw’iyigisha ryawe ugaragaze uko uboneye udapfa gutera waraza”(Tito2:7)
Yesu ajya gusubira mu ijuru yaravuze ngo “Mbahaye icyitegererezo ,kugira ngo mukore nkuko mbakoreye.”(Yohana13:15) (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ni gute wagira umutima uboneye?
15 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Umuhanzi Bizimana Patient nyuma y’igitaramo cye yakoze impanuka
1 October 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Bizimana Patient yakoze impanuka ikomeye ubwo bamugongaga n’imodoka, saa yine z’ijoro atashye i Gikondo, nyuma y’igitaramo cye cyagaragayemo n’abandi bahanzi bagenzi be ku Cyumweru.
Iki gitaramo cy’uyu muhanzi cyari cyabereye muri Hotel Sport View i Remera kuri icyi Cyumweru tariki ya 30 Nzeri 2012, aho cyari cyatangiye saa kumi z’umugoroba.
Ubwo Bizimana Patient yari atashye, bageze i Gikondo Nyenyeri, bahagaze agiye gusohoka mu modoka, indi modoka yaje igonga iyo yari arimo, ku (...) -
Ntitwakwiyumanganya tudashimye Imana kubyo yadukoreye : Korali Galeedi ya ADEPR Nyakabanda.
26 March 2014, by Ernest RutagungiraNyuma yo gusubiza amaso inyuma bakabona imirimo ikomeye Imana yabakoreye, abaririmbyi ba Korali Galeedi bateguye igiterane cy’iminsi ibiri, iki giterane kikazabera ku mudugudu wa Nyakabanda aho iyi Korali korera umurimo w’Imana.
Bwana NSABIMANA BASEKA Isaac umuyobozi wa Korali Galeedi, yagize ati “Ntibikwiye ko Imana yadukorera ibikomeye ngo twiyumanganye”, ni muri urwo rwego ngo hamwe na Korali ayoboye bicaye bagasanga hari byinshi Imana yabakoreye bibatera kuzura amashimwe, bityo bategura (...) -
Ngiri itegeko ryanjye : mukundane nk’uko nabakunze.
15 February 2016, by Innocent KubwimanaNgiri itegeko ryanjye : mukundane nk’uko nabakunze. (Yohana 15 : 12) Aya magambo yivugiwe na Yesu ubwe agaragaraza itegeko riruta ayandi, ndetse ukurikije uko yigishaga n’uburyo yasabaga gukunda Imana ndetse n’abantu usanga yarafashe amategeko yose ayabumbira muri rimwe ryo gukundana. Urukundo Yesu yadukunze rufite umwihariko kuko si urw’inshuti zisanzwe zikundana, si urukundo abashakanye bakundana, yewe si n’urwa kivandimwe kuko aba bose hari igihe murukundana rukagira iherezo kubera impamvu (...)
-
Korali Duhuzumutima ya ADEPR Muhima ibaye intangarugero kubera igikorwa cyo gufasha abatishoboye bakozweho na Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994.
23 October 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comMu gihe muri iki gihe usanga amakorali amwe n’amwe ahangayikishijwe no gushakisha ikintu cyatuma agaragaza ubushongore n’ubukaka bwayo mu byo kwemeza abantu ko azi kuririmba cyangwa se ko amaze kwiteza imbere, ni nako usanga hari andi makorali afite andi maso yihariye ayerekeza mu kureba icyateza imbere abantu babayeho nabi biturutse ku mpamvu zitandukanye.
Nyuma ya Korali Jehovajireh ya CEP ULK/Soir, kuri ubu Korali Duhuzumutima ya ADEPR Muhima ije mu gikorwa gikomeye cyo gutaramira abantu (...) -
Kigali: ADEPR Gasave hasojwe igiterane cyahuzaga ibihugu bigize Akarere u Rwanda ruherereyemo
12 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKuri iki cyumweru tariki ya 11/10/2015 kuri ADEPR-Paruwasi ya Gasave hasojwe igiterane cyari gihuje abanyamasengesho baturutse mu bihugu byose bigize Akarere u Rwanda ruherereyemo birimo nka Tanzaniya, u Burundi, Kenya, Uganda, Congo ndetse n’u Rwanda. Iki giterane mpuzamahanga kikaba cyari gifite intego iboneka mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa 3:19 hagira hati ‘’ Nuko mwihane muhindukire, ibyaha byanyu bihanagurwe ngo iminsi yo guhemburwa ibone uko iza ituruka ku Mmwami Imana,"
Umuvugizi (...) -
Itorero rya pentecote ADEPR i Rubavu ryizihije umunsi mukuru wa Pentecote.
28 May 2012, by Frere ManuKu cyumweru tariki 27 /05 wari umunsi mukuru itorero rya pentecoste wizihiza wibuka umunsi umwuka wera wamanukiye intumwa za Yesu Christo ubwo bari hamwe mu mwanya umwe kandi bahuje umwuka .
Mukarere ka Rubavu intara y’I burengerazuba muri Stade Umuganda habereye iteraniro ryahuje abayoboke b’idini rya Pentecote muri aka karere nkuko twabitangarijwe na bwana BUSHAYIJA Jean Baptiste umushumba mukuru w’itorero rya Pentecote muri aka karere avugako bitari bisanzwe ku munsi mukuru nkuyu (...) -
Ibintu bitanu byafasha umwana kubaho neza igihe ababyeyi be batandukanye
21 February 2013, by UbwanditsiBishobora kubaho ko abashakanye batandukana kandi bafitanye abana. Kenshi na kenshi iyo hatabayeho kwitonda bishobora gutera inkurikizi ku bana babo mu gihe kizaza. Akaba ari yo mpanvu tugira ngo turebere hamwe inama zadufasha kubarinda izo nkurikizi hifashishijwe urubuga rwa “Webmed”.
1. Irinde guhindura umwana wanyu intumwa iri hagati yanyu nyuma yo gutandukana
Ibi bikunda gukorwa n’ababyeyi bashaka kugira bimwe mu byo bamenyeshanya kandi kubonana bigoranye, bityo bakaba bahitamo (...) -
Kumenya umugambi w’ Imana no kuwugenderamo
2 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKUMENYA UMUGAMBI W’IMANA NO KUWUGENDERAMO
‘Nawe Betelehemu ho mu gihugu cya Yuda, Ni ukuri nturi mutoya mu midugudu ikomeye ya Yuda, Kuko muri wowe ari ho hazaturuka umutware, Uzaragira ubwoko bwanjye bw’Abisirayeli.’ (Matayo 2:6)
Benedata dusangiye ukwizera, mugihe maze mugakiza namaze kumenya meza ko bishoboka ko bamwe babaho bazi umugambi w’Imana kuribo ariko kuwugenderamo bikabananira, abandi ntibawumenye bigatuma babaho nabi bitewe n’impamvu nyinshi tuza kurebera hamwe.
Gusa ndaza kuvuga (...) -
Uburyo Imana irenze cyane imitekerereze y’abantu
22 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Nuko Ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo.’’Abefeso 3:20
Imana ifite imbaraga zirenze cyane uko abantu bazibwira n’uko bazitekereza. (...)
0 | ... | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | ... | 1850