Nyuma y’igihe kitari gito umuhanzi w’indirimbo zirimbirwa Imana, Alexis Dusabe, nta ndirimbo nshya asohora, aratangaza ko atazimye ko ari mu myiteguro yo kurangiza album ye ya kabiri yise “Njyana i Gologota”.
Alexis Dusabe yasohoye album ya mbere yise ”Byiringiro” mu mwaka wa 2010, album yariho indirimbo nyinshi zakunzwe cyane nk’Umuyoboro n’izindi.
Ariko kuva icyo gihe benshi mu banyarwanda batabasha guhurira nawe mu bitaramo akorera mu nsengero zitandukanye by’umwihariko izo muri ADEPR, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuhanzi Alexis Dusabe arahakana ko atazimye
8 December 2012, by Ubwanditsi -
Sobanukirwa n’ibijyanye no Kubatizwa mu Mwuka umenye n’uko bigenda..
12 May 2016, by UbwanditsiAriko kubatizwa mu mwuka byo ni iki ?
Kubatizwa mu mwuka ni ukureka uwo mwuka agakorera imirimo muri wowe. Mu gihe ubatizwa n’abapasiteri abantu bagutangira ubuhamya ko bakuzi ho ingeso nziza kandi kera bajyaga baguha izina rya Batisimu kuko uvutse ubwa kabiri.
Umubatizo w’umwuka wera nawo ni nkuko ugenda, Imana ubwayo niyo Ikubatiza mu mwuka wayo, Yesu yamaze kugutangira ubuhamya ko nta cyaha ufite (we ubwe yikoreye ibyaha byacu, ubu nta teka tuzacirwaho).Imana data iguha izina (Uyu munsi (...) -
Sobanukirwa icyo ushaka, umenye n’uburyo wakigeraho
21 March 2016, by Umugiraneza EdithNawomi abwira Rusi ati Mukobwa wanjye, sinagushakira uburuhkiro kugira ngo ugubwe neza? Nta muntu numwe utifuza uburuhukiro no kugubwa neza. Muyandi magambo ntawe utifuza amahoro n’amahirwe. Ariko tuzi neza ko ubitanga ari Imana yonyine. Kugirango tubigereho hari icyo bisaba. Nawomi yabwiye Rusi ati Wiyuhagire wihezure, wambare umanuke ujye ku mbuga, ariko ntumwimenyetseho atararangiza kurya no kunywa.
Aha twakwibaza tuti : Ese tujya imbere y’Imana gute? Rusi yabanje kwiyuhagira, bivuga (...) -
Ntacyo twasimbuza amasengesho!
9 May 2016, by Isabelle GahongayireNta kintu kibasha guhangara amasengesho. Arakora aho ibintu byose byananiwe. Igitangaje, nuko dushaka izindi nzira kugira tubashe kugera ku bintu twakagejejweho n’amasengesho gusa. Imana yaduhaye iyo ntwaro iyishira mu maboko yacu, ni ahacu ho kuyikoresha. Ni dutekereze uburyo byayibabaza mu gihe ibonye tuyishize ku ruhande tukishakira izindi nzira, kandi turi mu murimo wayo udusaba kwizera.
Mu kinjana cya 20, abantu bagiye bigiza kure amasengesho yo kwinginga bayasimbuza uburyo bwabo mu (...) -
IYO IMANA IKINZE NTAWUKINGURA, IYO IKINGUYE NTAWUKINGA Pastor KARURANGA Ephraïm
28 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyahishuwe 3:7-13 "Wandikire marayika w’Itorero ry’i Filadelifiya uti"Uwera kandi w’ukuri ufite urufunguzo rwa Dawidi, ukingura ntihagire ukinga kandi ukinga ntihagire ukingura, aravuga aya magambo ati “Nzi imirimo yawe. Dore nshyize imbere yawe urugi rukinguye kandi ntawubasha kurukinga, kuko ufite imbaraga nke nyamara ukitondera ijambo ryanjye, ntiwihakane izina ryanjye.Dore nguhaye bamwe bo mu isinagogi ya Satani biyita Abayuda nyamara atari bo, ahubwo ari abanyabinyoma. Dore nzabahata kuza (...)
-
ADEPR BYUMBA: CHRORALE TURI MU RUGENDO YATOYE ABAYOBOZI BASHYA
21 January 2014, by UbwanditsiNyuma y’uko taliki 03 Ugushyingo 2013 komite y’inzibacyuho y’iyi chorale yariho icyuye igihe hagatorwa komite nshya , ku cyumweru taliki 19 Mutarama 2013 ahagana saa tanu ni bwo ku rusengero rwa ADEPR ahari icyicaro cy’itorero ry’Akarere ka Gicumbi, umudugudu wa Bugunga habereye umuhango wo gusengera komite nshya ya korali TURI MU RUGENDO.
Mbere y’uko iyi komite isengerwa ikaba yarabanje kumurikira ubuyobozi bw’itorero hamwe n’abaterankunga ba Choale iteganyabikorwa bihaye (Plan of Action) (...) -
Byose ni Satani wabikoze:Theo n’umugore we
27 July 2012, by UbwanditsiNyuma y’amakuru yakwirakwiye ku mbuga za interineti hirya no hino ndetse no ku maradiyo avuga ko Theo Bosebabireba yatawe muri yombi azira guca inyuma umugore we, uyu muhanzi n’umugore we barahamya ko ibyabaye byose ku munsi w’ejo byakozwe na Satani bityo agasaba abakristu bose, abafana be n’abo basengana gusenga bashikamye kuko sekibi adashaka ko umurimo w’Imana ukorwa.
Mu kiganiro twagiranye na Theo n’umugore we nyuma y’amasaha make habaye ikibazo cy’ubwumvikane buke hagati ye n’umugore we (...) -
Intwaro utakekaga ko satani yakoresha ngo akuyobye
10 July 2015, by Innocent KubwimanaSatani ni umubi kandi ni umwanzi w’abantu bose berekeje mu ijuru, abantu mwese mufite umugambi wo kubaha Imana, wo kuba muri Yesu, mugomba kumenya ko mufite umwanzi, utabafitiye impuhwe udafite gahunda yo kujenjeka na buke kuko arakorana umwete nk’ufite igihe gito.
Satani azi ibiri muri Bibiliya kuko amakuru y’ijuru turirimba, tukabwiriza ni ku bwo kwizera ariko we yayabayemo. Iyo ashaka kukuyobya akoresha icyo wibwiraga ko ari inzira yo kukuyobora. Urugero Bibiliya ivuga ko ijambo ry’Imana (...) -
Si amagambo, Imana irumva igasubiza
2 October 2015, by Innocent Kubwimana“Uyu munyamibabaro yaratatse, Uwiteka aramwumva, amukiza amakuba n’ibyago bye byose.” Zaburi 34.7
Hari abahamya benshi b’iyi nteruro ko Imana yumva, nubwo turi bwifashishe ingero zanditse muri Bibiliya ariko mu by’ukuri, Imana yubatse amateka atandukanye haba mu gihe cya kera ndetse no muri iki turimo, ibasha kumva intore zayo ziyitakira ku manywa na nijoro, ngira ngo iyaba Bibiliya icyandikwa hari ibindi byajya kongerwamo kuko uko yahoze kera, uyu munsi niko iri kandi ijambo ryayo rihamya ko (...) -
Ntacyo tubasha gukora tudafite Yesu
31 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’,…….. kuko ari nta cyo mubasha gukora mutamfite.’’ Yohana 15:5 Twese mu buzima tuba dufite inzozi z’ibyo twifuza kandi mu buryo dutandukanye, aho twifuza kugera, ibyo twifuza gukora neza n’izindi ntambwe zitandukanye wifuza gutera.
Haba mu buryo bugaragara, mu rwego rw’ubukungu, mu kazi, n’ahandi mu by’ukuri niba turi abe ntacyo tubasha gukora tutamufite. Ubushake gusa ntibuhagije, wakwiha intego nyinshi ariko ntiwazigeraho Kristo atakubashishije.
Sinakwibagirwa umunsi umwe hashize imyaka (...)
0 | ... | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | ... | 1850