Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda (BSR) watanze amahugurwa ku iyogezabutumwa ry’ijambo ry’Imana ku banyeshuri bagera kuri 80, biga mw’Ishuri Rikuri ry’Amabanyi (SFB) hamwe n’abanyashuri biga mu Ishuri Rikuru ry’Ikoranabuhanga rya Kigali ( KIST).
Mu kiganiro abanyamakuru bagiranye n’Umuyobozi ushinzwe itumanaho n’ikwirakwiza Bibiliya mu muryango wa Bibiliya mu Rwanda Pastor Gasare Michel, yavuze ko mu ntego z’umuryango wa Bibiliya mu Rwanda harimo guhindura ibyanditswe biziranenge mu rurimi rwa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Kigali : Abagera kuri 80 bahuguwe kuri Bibiliya
10 September 2012, by Ubwanditsi -
China: Pasiteri Gong Shengliang aratotezwa azira guhamya Yesu Kristo
28 May 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha ‘Morning Star News’ aravuga ko Pasiteri Gong Shengliang ufungiwe mu gihugu cy’Ubushinwa kuva mu w’2001 azira kuyobora itorero rinini ryasengeraga iwe mu rugo avuga ko uyu mugabo yenda kunogoka kuko nyuma yo gukubitwa ibiboko byinshi yaje kuremba bakamwima imiti. Ibi bitangazwa n’umukobwa we. Mu ibaruwa ndende yandikiye Perezida w’igihugu cy’Ubushinwa Xi Jinping igashyirwa no ku mbuga za internet z’ivugabutumwa za ‘China Ministries International’ na ‘China Aid Association’, Gong (...)
-
Moriah irategura amarushanwa y’ama drama team
11 July 2013, by UbwanditsiCompany izwi mu Rwanda, mu karere u Rwanda ruherereyemo no hanze yarwo irategura amarushanwa yiswe “Dance Competition 1st Editon 2013”.
Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi wa Moriah Entertainment Group, Eric Mugisha, aya marushanwa agamije guteza imbere amadarama timu (drama team) akorera mu nsengero, ibi bikaba bijyana n’uko zishobora kubona ubushobozi bwo gukora birushijeho mu murimo w’ivugabutumwa.
Nk’uko Eric Mugisha abisobanura ngo aya marushanwa ateganijwe mu kwezi kwa munani cyangwa mu kwezi (...) -
Imbaraga z’ amasengesho.
14 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMBARAGA Z’AMASENGESHO
AMASENGESHO NTABORA
Gushima Imana twibuka aho yadukuye ari ukuzirikana ko byose tubikesha Yo, igahabwa icyubahiro. Amasengesho ni urufunguzo rukinga kandi rugakingura kandi Imana yumva amasengesho. Uwasenze yasaza akavaho akanibagirana ariko amasengesho ye agumaho.
1. IYO AMASENGESHO ABAYE MENSHI, IJURU RIRATWISHAKIRA
Ibyak.10:1-3 Hariho umuntu w’i Kayisariya witwaga Koruneliyo, umutware utwara umutwe w’abasirikare wo mu ngabo zitwa Italiyana. Yari umuntu (...) -
Ibyo kwitondera mu gihe umuntu ashaka kurushinga Pasteur Desire Habyarimana
9 June 2013, by UbwanditsiMbere yo gushyingirwa, ni ngombwa kubanza gutekereza neza no kwitonda mbere yo gutangira uwo mushinga kuko utabyitondeye wazakwicyuza.
Kubw’ izo mpamvu, ugiriwe inama yo kutiyemeza gushaka utarabitekerezaho neza. Timoteyo wa 1, 5:8 haranditse ngo: ”Ariko niba umuntu adatunga abe, cyane cyane abo mu rugo rwe, aba yihakanye ibyizerwa, kandi aba abaye mubi hanyuma y’ utizera”, ni ukuvuga ngo ukoze gutyo arutwa n’ umuntu utarakira agakiza. Umuntu wese uvuga ko akijijwe akaba adatunze umuryango we (...) -
Abarinzi APADE bakoze igiterane cyo guserera abarangiza.
13 October 2012, by UbwanditsiKuri uyu wagatandatu, tariki ya 13/10/2012 mw’itorero rya ADEPR Kicukiro habaye igiterane cyo kurangiza umwaka w’ishuri 2012 cyateguwe n’abanyeshuri biga mu kigo cya APADE, muri icyo kigo harimo groupe yitwa ABARINZI, igizwe n’abahiga bakijijwe ndetse na korari irimo n’abaharangije.. Icyo giterane cyateguwe mu rwego rwo gusezerera abarangije ndetse no gusengera komite nshya igiye kuyobora umwaka w’amashuri utaha.
Icyo giterane cyari cyitabiriwe n’abanyeshuri biga muri icyo kigo ndetse (...) -
Film nshya ya Yesu yiswe ’Son of God’ irashyirwa ahagaragara kuri uyu wa Gatanu, + 1,000,000,000 ni bo bitezwe kuyigura !
28 February 2014, by Simeon NgezahayoProducer Mark Burnett wakoze iyi film aratangaza yuko yiteze ko "miliyari" y’abantu izareba iyi film ye ubu yageze ku isoko.
Burnett wakinanye iyi film n’umufasha we Roma Downey, yatangarije ikinyamakuru The Wrap ko yishimiye uburyo iyi film yakunzwe na benshi. yagize ati “Iyi film izarebwa n’abantu bagera kuri +1,000,000,000 mu myaka 3 cg 4 iza. Ni byiza rero ko dutangiye neza.”
Burnett n’umufasha we bamaze iminsi basura amatorero atandukanye muri Amerika, bagerageza kwamamaza no kugurisha (...) -
Chorale Duhuzumutima iri mu giterane cyo gufasha abatishoboye ba jenocide yakorewe abatutsi
29 October 2012, by UbwanditsiK’urusengero rw’Itorero ADEPR Muhima hari kubera igiterane cy’iminsi itatu cyateguwe na Choral Duhuzumutima kizamara iminsi itatu kikaba kigamije gukusanya inkunga izahabwa abatishoboye basizwe iheruheru na Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 babarizwa muri iryo torero ndetse n’abandi baturage babuze ababo kandi batishoboye bahaturiye .Nk’uko muri Yakobo 1:27 havugako Imana yishimira gufasha imfubyi n’abapfakazi,iyo niyo mpamvu Choral Duhuzumutima ifashe iyambere mu gufata mu mugongo (...)
-
Ijoro ryo kuramya no guhimbaza ni kuri uyu wa gatanu 23/11/2012
22 November 2012, by Patrick KanyamibwaIjoro ryo kuramya no guhimbaza Imana bita Africa Let’s Worship mu cyongereza – Aflewo mumagambo ahinnye riba buri mwaka, kuri ubu rigiye kongera kuba, aho rizaba kuri uyu wa gatanu tariki ya 23 Ugushyingo 2012 i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali, akaba ari ku inshuro ya kabiri rizaba ribaye mu Rwanda. Mu kiganiro Christian yavuze ko bateganya gukora ijoro ryo kuramya no guhimbaza mu Gushyingo 2012 riba buri mwaka.
Christian Kajeneli umwe mu bashizwe gutegura iryo joro yagize ati “iki gikorwa ni (...) -
Korari Besaleli, Jehovah Jireh ULK hamwe na Simon Kabera baritegura igitaramo cyateguwe ku bufatanye n’inshuti za Besalel
22 January 2016, by UbwanditsiKorari Besaleli isanzwe ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR, Paruwasi ya Nyanza-Kicukiro, ku mudugudu wa Murambi, Korari Jehovah Jireh ya CEP-ULK, hamwe n’umuririmbyi Simon Kabera, ndetse n’umwigisha Pastor Etienne Rusingizandekwe bari mu myiteguro aho bazahurira mu gitaramo cyateguwe na Korari Besaleli ku bufatanye n’inshuti zayo.
Iki gitaramo kizaba ku cyumweru tariki 31 Mutarama 2015, kizabera ku rusengero rwa ADEPR-Murambi aho Besaleli isanzwe ibarizwa, kikazatangira sa munani z’amanywa (...)
0 | ... | 1080 | 1090 | 1100 | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | ... | 1850