Umwana w’imfubyi w’imyaka 15 yagiye ku ruhimbi mu rusengero rw’itorero St. Mark Missionary Baptist mu mujyi wa St. Petersburg, Fla., asaba ko hagira umwe mu baterabiye aho wamujyana iwe akamurera (adoption).
Amakuru dukesha The Naples Daily News aravuga ko uwo mwana witwa Davion Navar Henry Only yagize igitekerezo cyo gusaba ababyeyi ku ruhimbi rw’itorero rye, abifashijswemo na Connie Going wari usanzwe amurerera mu rugo iwabo atarapfusha ababyeyi.
Mu ikositimu y’umukara, Davion yahagaze ku (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
St. Petersburg: Imfubyi y’imyaka 15 yashakiye ababyeyi ku ruhimbi
17 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Si ku bw’amaboko, si kubw’imbaraga ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye”
4 April 2016, by Ernest RutagungiraSi ku bw’amaboko, si kubw’imbaraga ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye”
Zakariya 4: 6-7 Aransubiza ati “Ijambo Uwiteka atumye kuri Zerubabeli ngiri ati ‘Si ku bw’amaboko kandi si ku bw’imbaraga, ahubwo ni ku bw’Umwuka wanjye.’ Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga“Wa musozi munini we, wiyita iki? Imbere ya Zerubabeli uzaba ikibaya….
Tugendeye ku bitabo bitandukanye nk’icy’umuhanuzi Hagayi na Ezira, Zerubabeli yari mwene Sheyalutiyeli, akaba yari umwe mu bayoboye abayuda, avugwaho byinshi ariko cyane cyane avugwa (...) -
Uyu musore arimbutse yaba azize iki?
29 May 2013, by Simeon NgezahayoUyu musore yitwa Amely. Yahuye n’ibigeragezo bikomeye nk’uko abyivugira mu buhamya bwe. Kurikira uko byagenze:
Ubwo jyewe n’umuryango wanjye twabaga i Quebec, ababyeyi banjye bahinduye idini bashakisha ahari ukuri. Icyo gihe nari mfite imyaka nk’irindwi. Nari mfite umukobwa wari incuti yanjye yo mu bwana, ikajya ishaka kungusha mu byaha by’ubusambanyi uko bukeye n’uko bwije. Ndibuka twimukiye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, hari ibaruwa yanyandikiye ariko nanga kumusubiza ahubwo mbwira (...) -
Mu madini : Ntimwavura ibikomere by’Abanyarwanda na mwe murwaye – Amb. Fatuma
28 August 2013, by UbwanditsiUmuyobozi mukuru wungirije w’Ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere (RGB),Ambasaderi Fatuma Ndangiza, yabwiye abakuriye amadini mu Rwanda ko badashobora gusana ibikomere by’imitima y’Abanyarwanda, mu gihe hari abayobozi bayo bakomeje kugaragaza ko barwaye muri bo ntibakemure amakimbirane arangwa mu madini yabo.
Amb. Fatuma yakebuye abanyamadini mu nama inama imiryango ishingiye ku idini yagiranhye na RGB ku bufatanye na Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge.
Amb.Fatuma yabwiye abayobozi bakuru (...) -
Korale Yasipi yateguye igiterane cy’ivugabutumwa muri Nyagatovu, uwahoze ari umu Padiri nawe akavugamo ijambo ry’Imana
2 July 2013, by UbwanditsiNkuko twabitangarijwe na Kanani Viyane kuri icyi cyumweru tariki ya 7/07/2013 kuva saa saba z’umugoroba Korale Yasipi yateguye igiterane cy’ivugabutumwa muri Nyagatovu muri Paroise ya Rukurazo.
Iki gikorwa cyikazaba ari igitaramo doreko uretse iyi Korali Yasipi izakiririmbamo hakazanabonekamo Korale Rangurura, Korale Gologota n’umuhanzi Murwanashyaka Faustin. Birumvikana ko ivugabutuma rigendana n’Ijambo ry’Imana ryo rikazabwirizwa n’umuvugabutumwa Singirankabo Boniface hamwe na Joseph Sibomana (...) -
Intagondwa z’Abislam zishe Abakristo bagera kuri 71 muri Nigeria!
27 November 2013, by Simeon NgezahayoInkuru dukesha Morning Star News iravuga ko kuri uyu wa 26 Ugushyingo intagondwa z’Abislam bo mu mutwe wa Fulani zishe Abakristo 37 muri Leta ya Plateau, Nigeria mu bitero byagabwe n’umutwe a’Abislam Boko Haram mu mujyi wa Borno.
Rev. Ayo Oritsejafor, president w’umuryango "Christian Association of Nigeria" (Photo Morning Star News)
Nk’uko bitangazwa n’umuvugizi w’umutwe udasanzwe w’ingabo zirinda umutekano (TF) Bwana Salisu Mustapha, mu bitero byagabwe mu duce twiganjemo Abakristo mu ma saa (...) -
Mbese na Dawidi yagwa mu cyaha? (Igihanda cyagushije Dawidi) 1 Abakorinto 10:13
7 November 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Nta kigeragezo kibasha kubageraho kitari rusange mu bantu, kandi Imana ni iyo kwizerwa kuko itazabakundira kugeragezwa ibiruta ibyo mushobora, ahubwo hamwe n’ibibagerageza, izajya ibacira akanzu kugira ngo mubashe kucyihanganira.”
Dore ubuhamya bw’umuvugabutumwa Johnny Creasong:
“Michael ni umusore wakoze umurimo w’Imana igihe kirekire. Yari umusore ugira amakenga kandi ufite umuhamagaro ku rubyiruko. Yakundaga abana na bo bamukunda. Yakoreye umurimo w’Imana mu ngando z’urubyiruko rwacu, ku (...) -
KICUKIRO SHELL: HABATIJWE ABAGERA KU 112
20 April 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu taliki 19 Mata, kuri ADEPR Kicukiro-Shell habereye umubatizo wahuje Abakristo baturutse mu maparuwasi 2, Nyarugunga na k-Shell babarurirwa mu midugudu 8 igize ayo maparuwasi ndetse na CEP INILAK, bose hamwe bagera ku 112.
Abantu benshi bitabiriye uyu mubatizo, n’amakorali yitabira mu rwego rwo guhimbaza Imana bishimira umusaruro w’ubutumwa bwiza. Mu makorali yahimbaje Imana harimo SHEKINAH (ADEPR Rwimbogo) na BETESIDA (ADEPR Nyarugunga).
Mu ijambo ry’Imana ryavugiwe (...) -
Alexis Dusabe ni muntu ki?
17 June 2013, by UbwanditsiAlexis DUSABE ni umuririmbyi w,indirimbo z’ubutumwa bwiza bwa Kristo YESU, Umuhimbyi ,umwanditsi kandi ni umucuranzi wa clavier. Yavutse mu 1978 avukira i kigali/Nyarugenge afite abavandimwe 2,Alexis ni uwa 2 mubo bavukana. Alexis DUSABE ntiyahiriwe no gukomeza kubana n’ababyeyi kuko yakuriye muri Orphelinat !
Arubatse akaba afitanye abana 4 na Carine INGABIRE ,bombi ni abakristo b’itorero rya ADEPR/NYARUGENGE. Alexis DUSABE mu buzima busanzwe akora mu kigo cy’ubwishingizi kitwa CORAR (muri (...) -
Ibyiza bizanwa no kunyuzwa mu mibabaro. (igice cya 1)
8 April 2016, by Kiyange Adda-DarleneI. Imibabaro ya Yobu. Itangiriro 31-41/42 Iyo myaka uko ari 20 nabaga iwawe, nagutendeyeho abakobwa bawe bombi imyaka 14, mara imyaka 6 nkorera umukumbi, wahinduye ibihembo byanjye imyaka 10. Laban yari nyirarume wa Yakobo, musaza wa nyina. Ariko ntiyatinye kubabaza umwishywa we Jacob. Labani yari umuntu wikundaga cyane, yarirebaga ubwe, akareba n’umutungo we yirengagije ko uwo mutungo waturukaga mu mugisha yabonaga kubwa Yakobo yari acumbikiye. Ariko ntiyatinyaga kumubeshya no (...)
0 | ... | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | ... | 1850