Kuwa gatandatu, tariki ya 19 Gicurasi 2012, ku Kacyiru mu Mujyi wa Kigali ku cyicaro cy’ishyirahamwe ry’amatorero y’ababatisita mu Rwanda (AEBR), nibwo Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikorabuhanga mu Isakazabumenyi, Nsengimana Jean Philbert yashoje amarushanwa ku rwego rw’igihugu y’urubyiruko rw’ababatisita yari amaze amezi atanu dore ko yatangiye mu Kuboza 2011 agasozwa muri Mata 2012.
Nsengimana yasabye uru rubyiruko ko amakorali(chorale) guhindura imikorere agahinduka amakoperative, no kongera (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Minisitiri w’Urubyiruko arasaba amakorali kubyaza umusaruro ibyo bakora
21 May 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Tabaski umunsi ukomeye cyane
26 October 2012, by UbwanditsiMu byumweru nka bibiri bishize, umujyi wa Thies wose usa nkuwahinduye ibara. Ntimutekreze ko ari ukubera changement climatique (Global worming) ahubwo biraterwa n’aborozi bashoreye intama zabo bagaragara mu mujyi wose, iruhande rw’imihanda ahenshi hakaba hahindutse isoko kuko hari imyiteguro y’umunsi ukomeye cyane bita « fête du mouton », cyangwa se Tabaski. Ingoma zirimo kwitegurwa imyenda iragurwa ibintu birakomeye!
Tabaski, ni izina rihabwa umunsi abandi bita ’Aïd-el-Kébir, muri Afurika yose (...) -
Zimbabwe : Abanyarwanda n’Abanyekongo barasaba kwemererwa gusenga shitani
3 February 2013, by UbwanditsiUbwo mu minsi yashize havugwaga iby’Umunyarwanda witwa Bizimana Théoneste wandikiye Leta ya Zimbabwe asaba uburenganzira bwo gutangiza risenga shitani, akaza gutabwa muri yombi kimwe n’abandi bari barariyobotse mu nkambi, no muri gereza bakomeje kuzamura ijwi basaba uburenganzira bwo kwemererwa gusenga imyuka mibi.
Abayobozi ba gereza yo muri Zimbabwe icumbikiye Abanyarwanda n’Abanyekongo bari barayobotse iyo dini ya shitani, barakibaza niba babarekura cyangwa baguma kubafunga.
Abafunzwe bo (...) -
Umukobwa w’imyaka 16 yicujije kuba anywa amaraso y’abantu
16 October 2012, by UbwanditsiUmukobwa w’imyaka 16 aricuza bikomeye kuba akora imihango ya gishitani irimo cyane cyane kunywa amaraso y’abantu. Uyu mukobwa ukomoka mu gace ka Bulawayo muri Zimbabwe yicujije mu ruhame kuba anywa amaraso y’abantu ndetse anatangaza n’abantu bagera kuri 60 akorana nabo.
Uyu mukobwa yaboneyeho ndetse no kuvuga ku mugaragaro imyirondoro y’abantu bagera kuri 38 bagiye kuzicwa bahitanywe nabo akorera ndetse anavuga aho icyumba bakoreramo iyo mihango giherereye.
Stanley Kwashira ni umwe mu bayobozi (...) -
Umukongomani akurikiranyweho kuvuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda bukorana n’imyuka ya Shitani
6 September 2012, by UbwanditsiRusizi : Pasitori witwa Kimanuka Juvenal w’Umukongomani kuwa 04 Nzeri 2012 yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano, azira gutera imvururu n’imidugararo mu baturage akoresheje imvugo zisebya ubuyobozi bw’igihugu, aho avuga ko bukoreshwa n’imyuka ya sekibi ubu akaba ari kuri Sitatio ya Polisi y’i Kamembe.
Amwe mumagambo uyu Mupasiteri yakoreshaga, ngo yabwiraga abaturage ko ubuyobozi bw’igihugu cy’u Rwanda bukorana n’imyuka ya shitani.
Nyuma y’umwanya munini imbaga y’abaturage yaje kumwumva (...) -
Abahanzi Nyarwanda bari guhugurwa ku kugurisha ibihangano byabo kuri internet
12 September 2012, by UbwanditsiGuhera kuri uyu wa Mbere tariki 10 Nzeri, abahanzi nyarwanda 120 bari guhabwa amahugurwa ku kugurisha ibihangano byabo ku murongo wa internet, binyuze ku isoko ry’imiziki ryo ku murongo wa internet ryitwa Guhaha Music Store, riri ku rubuga rwa Guhaha.com.
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Ntigurirwa Peter uyobora Isange Corporation iri gutanga aya mahugurwa, yasobanuye ko bari guha amahugurwa aba bahanzi kugira ngo bage babasha kwigurishiriza no kwamamaza ibihangano byabo hirya no hino ku Isi (...) -
Apotre Paul Gitwaza ngo yaba agiye kwimukira I Burundi
15 April 2013, by UbwanditsiAmakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko intumwa Dr. Muhirwa Paul Gitwaza agiye kwimukira mu gihugu cy’u Burundi ndetse ko ariho agiye gukomereza umurimo we w’ivugabutumwa.
Mu kiganiro uyu muvugabutumwa yagiranye na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu harimo REMA TV, yavuze ko igihe cye cyigeze kugira ngo abe mu mutima w’Afurika. Aha umutima w’Afurika yavugaga akaba ari igihugu cy’u Burundi.
Apôtre Dr. Paul Gitwaza ubusanzwe akunze gutumirwa cyane na Perezida w’iki gihugu dore (...) -
Umuvugo: Mukundane mujye Inama. Umusizi Jyamubandi Deo
25 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUMUVUGO: MUKUNDANE MUJYE INAMA
RUKUNDO MBUTO ITARUMBA NZIRA Y’ IBYEZA HORANA IJAMBO IMBADUKO UMPUNDA NDAYIBATURA BAMENYE UBWAWE KO URI RUKUNDO NJE NKUCURANGA NCINYA AKADIHO NJE NDURIRIMBA NGO NDUBATURE NAMENYE URUKUNDO RWANYU U RWANDA NDUHA IBIRENGE IMANA NYIHA AMASHIMWE 10.U RWANDA NDUHOZA INTAMBWE MBWIRA INSHUTI N’ABAVANDIMWE NGO TWESE TUBABE HAFI DUSHOZA IMBYINO IBAKWIYE MUZAHORANE IBIBONDO MUBITOZE GUSENGA BYOSE BIVA MU GUSENGA MUKUNDANE MUJYE INAMA
MWANYUZE MURI BYINSHI IBIBAGERA (...) -
Kurikirana ikiganiro Korali Mamajusi yabyaye Rose Muhando yagiranye na agakiza.org
13 September 2015, by Ernest RutagungiraMamajusi Choir ni Korali ikorera umurimo w’Imana mu itorero ry’abangilikani mu gihugu cya tanzaniya, ikaba ari imwe mu zimaze kuba ubukombe dore ko yatangiye umurimo w’Imana mu mwaka wa 1975, yatangijwe n’abaririmbyi 11 kuri ubu ifite abasaga 55.
Mu kiganiro kirambuye agakiza.org yagiranye n’umutoza w’iyi korari yatubwiye byinshi bamwe batari bayiziho, mukaba mugiye gukurikirana ikiganiro cyose,
Ag: Twagirango mutangire mutwibwira, amazina yanyu n’imirimo mukora muri Korali?
Mamaj: Amazina (...) -
Amateka y’uko Umwuka Wera yamanukiye bwa mbere mu Bigutu - Yubile
16 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIbanga itorero rya pentekote rishingiyeho ryahishuriwe bwa mbere mu bigutu. Ibanga rikomeye ryatumye umurimo w’Imana ukomezwa ukagera mu bice byose by’u Rwanda ni “Imbaraga z’Umwuka Wera”. Muri Paruwasi ya Bigutu niho abakristo ba mbere baherewe Umwuka Wera.
Icyo gitangaza cyasohoye mu mwaka wa 1948. Mbere y’umwaka wa 1948 Abanyarwanda bumvaga Umwuka wera mu magambo. Bake cyane bari bazi gusoma kandi bari bamaze kuba abakristo nibo bashoboraga kubisoma mu bitabo, cyane cyane muri Biblia. Ibyo (...)
0 | ... | 1110 | 1120 | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | ... | 1850