Mu gihe cyose umubyeyi amara atwite usanga yigengesera mu mirire, isuku, ndetse no mubindi bikorwa bitandukanye, bagafata amafunguro arimo intungamubiri zose zifasha umwana n’umubyeyi kugira ubuzima bwiza, ariko nyuma yo kubyara gahunda zose zigasa nkaho zirangiriye aho.
Nkuto Topsante ibigaragaza, igihe umubyeyi yabyaye ntago ari igihe cyo kureka kwita kubyo yitagaho ko ahubwo aba ari igihe cyo kugira byinshi witwararika mu mirire , mu isuku ndetse no mu mibereho rusange ya buri munsi, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibyo umubyeyi akwiriye kwirinda mugihe atwite ndetse na nyuma yo kubyara
21 July 2015, by Umumararungu Claire -
Igiterane ngarukamwaka cyiswe "Women Destiny” cyitezwemo impinduka
7 January 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 12 Mutarama 2014 harategurwa igiterane kizabera muri Kigali Serena Hotel cyiswe “Women Destiny.” Nk’uko bitangazwa n’umwe mu bategura iki giterane Nkusi D. Rebeccah, gifite intego yo gukangurira abagore kwigirira icyizere.
Nkusi yavuze ko iki giterane kigiye kuba ku ncuro yacyo ya kabiri, kuko ubwa mbere cyabereye muri Serena Hotel ku wa 06 Mutarama 2013, kikaba cyari gifite intego yo kureba agaciro k’umugore mu bintu bitandukanye. yagize ati "Ubushize twashakaga kureba agaciro (...) -
Bene data dukaze amasengesho Satani arikutumaraho abantu biyahura
4 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANA, UbwanditsiMuri ibi bihe hirya no hino ku isi hagenda havugwa abantu benshi biyahura, urugero ni mugihugu cya Aligerie ,mu makuru dukesha urubuga rwa interineti hogra centerblog ruratangaza ko kuri iki cyumweru tariki ya 1 no ku wa mbere tariki ya 2/7/ 2012 mu gace ka Tizi Ouzou abana 3 baherutse gupfa biyahuye barihagati y’imyaka 11 na 12 biyahuye.
Simumahanga gusa kuko naha mu Rwanda ariko bimeze, mu kagari ka Kibu mu murenge wa Mugombwa ho mu karere ka Gisagara haravugwa ikibazo cy’abantu biyahura (...) -
“COUPLES MEETING,” IGIKORWA GIKANGURIRA ABASHAKANYE KWIRINDA UBUTANE KIZABA KURI UYU WA 23/02/2014
20 February 2014, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru taliki 23 Gashyantare 2014 kuri Hotel Umubano kuva saa munani z’amanywa (2:30PM-6PM) hazabera igikorwa cyiswe ‘Couples’ meeting’ kigamije gukangurira abashakanye kwirinda ubutane, cyateguwe n’umuryango AGLOW Rwanda kandi Kkwinjira bizaba ari ubuntu!
Iki gikorwa kizahuriza hamwe abashakanye, abayobozi b’amatorero na za minisiteri, abafiance, ndetse n’abibana n’abapfakazi kuko hakiri ibyiringiro by’uko bazashaka cyangwa bakaba bahugura abandi. Iki gikorwa gusanzwe kiba buri kwezi, (...) -
Ni gute warushaho kubana neza n’uwo mwashakanye?
30 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUrukundo rurenga ibigeragezo, gukunda uwo mwashakanye bisaba kuba inyangamugayo no gufashanya, birashoboka ko uwo mwashakanye adaha agaciro uburyo umufasha, ariko n’ubwo ibyo bibaho icy’íngenzi ukwiriye kumenya ni uko uri umuntu wo kumufasha kumuteza imbere kandi ukamufasha gufata umwanya we ukwiriye mu buzima. Bibaho ko umwe mu bashakanye yita ku byifuzo bye kuruta uko yakwita ku bya mugenzi we aribyo twakita nko kwikunda no kwihugiraho.
Mu buzima iyo ubereye inyangamugayo uwo mwashakanye (...) -
Gusaba uko Imana ishaka/EV.Donath
27 November 2015, by Innocent Kubwimana1yohana 5:14-15; kandi icyo nicyo kidutera gutinyuka imbere ye: ni uko atwumva iyo dusabye ikintu nk’uko ashaka, kandi ubwo tuzi ko yumva icyo dusabye cyose, tuzi n’uko duhawe ibyo tumusabye.”
Bene data nejejwe no gusangira namwe amagambo meza agira ati” Gusaba uko Imana ishaka.”
Abantu benshi barasaba, cyangwa batakishwa n’ibibazo bitandukanye, ariko se byose niko Imana ibyumva, mbese byose bisabwa mu buryo Imana ibyumva cyangwa mu buryo Imana ishaka? Ibi ni bimwe mu bibazo nibaza kandi kenshi (...) -
Chorale Abatoranijwe ADEPR Nyarugenge bagiye kumurika Album yabo ya mbere y’indirimbo z’amajwi, izaba yitwa « Dufite Imana »
2 November 2012, by Patrick KanyamibwaChorale Abatoranijwe ni Chorale yaba Mama ibarizwa mwitorero rya ADEPR Nyarugenge, iyi Choral ikaba iririmba indirimbo zihimbaza Imana ndetse bakaba bamaze igihe mu murimo w’Imana dore ko batangiye gukora umuziki wabo no kuvuga ijambo ry’Imana ibingibi bakaba barabitangiye ahagana muwi 1987 kugeza ubungubu, iyi Choral ikaba yaragiye ikora ibikorwa bitandukanye nko gusura abarwayi, gufasha abatishoboye n’ibindi bikorwa bitandukanye by’urukundo.
Kuri ubungubu iyi Choral Abatoranijwe ikaba igiye (...) -
ADEPR yatanze miliyoni 5 zizishyurira Abarimu n’Abigishwa ubwisungane mu kwivuza
25 March 2014, by Kwizera EmmanuelItorero rya ADEPR ryatanze amafaranga miliyoni 5 z’u Rwanda, zizagurwamo ubwisungane mu kwivuza bw’abigisha n’abigishwa batishoboye bo mu masomero ari mu gihugu yigisha Gusoma, kwandika no kubara. Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, Odette Uwamariya yashimye ADEPR kubwo gushyigikira gahunda yo kurwanya ubujiji ishyigikiwe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame.
Nyuma y’aho ADEPR itsindiye ibihembo bya UNESCO inshuro ebyiri byatsindiwe mu mwaka wa 2001 na 2012, habayeho gushyigikira amasomero ya (...) -
Epinari, uruboga rutanga ingufu rukanarinda imboni y’ ijisho.
17 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaEpinari iri muri bimwe mu biribwa bikoreshwa nk’ imboga, ikaba ikungahaye cyane ku ntungamubiri. Byongeye kandi ikaba inafite ibivumbikisho bingana na 22(kilocalories) mu magarama 100 zayo. Epinari, irusha poroteyine izindi mboga ku rugero rungana na 2.82%, ariko ikagira ibinyabisukari bingana na 0.8%, n’ amavuta angana na 0.35%.
Igitangaje kuri epinari:
Amagarama 100 zayo afite 2/3 bya vitamini A ikenewe n’ umubiri w’ umuntu ku munsi, akagira aside forike zikenewe zose, akagira ½ cya (...) -
Abantu Bibiliya yita “Abakristo gito” ni bantu ki?
17 November 2013, by UbwanditsiIbyo kwitandukanya n’abakristo gito
“Nabandikiye muri rwa rwandiko ko mutifatanya n’abasambanyi. Ariko sinavuze yuko mudaterana rwose n’abasambanyi bo mu b’iy’isi, cyangwa abifuza ibibi cyangwa abanyazi cyangwa abasenga ibishushanyo, kuko iyo biba bityo mwari mukwiriye kuva mu isi. Ahubwo none nabandikiye ko mutifatanya n’uwitwa mwene Data, niba ari umusambanyi cyangwa uwifuza ibibi,cyangwa usenga ibishushanyo cyangwa utukana cyangwa umusinzi cyangwa umunyazi, umeze atyo ntimugasangire nawe” 1 (...)
0 | ... | 1130 | 1140 | 1150 | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | ... | 1850