‘’Nuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira,..’’ Abefeso 3:20
Imana ifite ubushobozi bwo gukora ibintu birenze cyane ibyo tuyisaba n’ibindi byinshi twibwira mu bitekerezo byacu, cyane ko iyo tuyisaba tubihuza n’ubuzima bwacu tubamo, inzara y’akanya gato, ibyo dukennye umunsi turimo nk’abantu, ariko kuko Imana irenza amaso kubyo tureba, iba izi ibiri mu bukene bwacu kandi bidukwiye, akaba aribyo iduha.
Iyo tuyisaba dusabwa kuzana imitima yo gutegereza kandi iyifitiye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibikomeye kuri twe, ku Mana ni uburyo bwo kugaragaza imbaraga zayo!
2 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Ihuriro ry’Abisilamu n’Abakristo mu mujyi wa Lahore, Pakistan
10 October 2013, by Simeon NgezahayoAbakristo amagana n’amagana batonze umurongo hanze y’urusengero rw’i Lahore bibuka Abakristo baguye mu gitero cyibasiye urusengero mu byumweru bibiri bishize kigahitana abagera ku 100. Muri iri huriro ryabereye mu busitani bw’itorero ‘St. Anthony’s Church,’ abantu babarirwa hagati ya 200-300 bari bateze amatwi inyigisho ya Mufti Mohammad Farooq, aho yavuze amagambo aboneka muri Korowani yigisha ubworoherane bw’abadahuje imyizerere.
Father Nasir Gulfam yari ahagararanye na Mufti Farooq ikiganza mu (...) -
Kuba yarigiriye inama nziza byamugaruriye agaciro!
27 March 2016, by Isabelle GahongayireNuko yisubiyemo aribwira ati:” Abagaragu ba data ni benshi kandi bahazwa n’imitsima bakayisigaza, naho jye inzara intsinze hano. Reka mpaguruke njye kwa data mubwire nti data, nacumuye kuyo mw’ijuru no mu maso yawe. Ntibinkwiriye kwitwa umwana wawe, mpaka mbe nk’umugaragu wawe”. Arahaguruka ajya kwa se.Luka 14:17
Ayo magambo yavuzwe n’umwana w’ikirara dusanga mu mugani Yesu yaciriye abigishwa be. Uwo mwana yasabye se umugabane w’ibintu bye maze ajya mu gihugu cya kure. Amaze gukena ibintu (...) -
Mu giterane gihuje abanyeshure bo mu mashuri yisumbuye na Kaminuza hamwe nabarangije kwiga kiri guhindura imyumvire y’ urubyiruko.
8 August 2015, by UbwanditsiKuri uyu wa gatandatu taliki ya 08/08/2015 muri ADEPR Paroisse Ntura hateraniye urubyiruko rwiga mu mashuri yisumbuye na Kaminuza hamwe nabarangije kwiga.
Iki giterane kandi cyitabiriwe n’abakozi b’ Imana batandukanye aha twavuga nk’ itsinda ry’ agakiza family riyobowe na Pasitori Habyarimana Desire, hari kandi umuhanzikazi Claudine Giramahoro, Umushumba Kanezius n’ abandi batandukanye.
Mu buhamya bwatanzwe na Mwalimu Kiyange Adda yagarutse ku buhamya bw’ uko yakijijwe yifuza kuba umubikira (...) -
Umuhanzi Bobo Bonfils arategura concert yo guhumuriza imitima!
18 September 2013, by UbwanditsiUmuhanzi Bobo Bonfils Mutabazi usengera mu itorero ADEPR Nyarugenge arategura concert yo guhumuriza imitima. Uyu muhanzi yatangarije agakiza.org ko iyi concert izabera mu itorero Glory to God Kicukiro Centre izaba ifite intego yo guhumuriza abantu no kubabwira ko hari ibindi byiringiro.
Bobo n’abazamufasha gutarama muri concert
Iyi concert izaba ku wa 29 Nzeli izitabirwa n’abahanzi batandukanye kandi bakunzwe muri iki gihe, barimo Dominic Nic, Serge, Emile Nzeyimana, Bright, MD, Yves (...) -
Abanyeshule baba Kristo biga mu buhinde batangiye umuryango w’ivugabutumwa rihindura!
22 October 2012, by Olivier TuyishimeAbanyeshule babakristo bagiye kwiga mugihugu cy’ Ubuhinde, bamaze kugerayo bagasanga abantu benshi basenga ibigirwamana bahisemo gushinga umuryango w’ Ivugabutumwa kugira ngo bikomeze ku Mana kandi babashe no kubwiriza abene gihugu bagiye basanga ubutumwa bwiza nkuko badutangarije uko uwo muryango w’ ivugabutumwa wavutse:
SGM (Seek God Ministries) ni Ministry ibarizwa mu gihugu cy’Ubuhinde mu karere ka Salem mu ntara ya Tamilnadu (South India), ifite mu nshingano “Guhindura Ubuzima mu (...) -
RUKUNDO ETIENNE YASHYIZE AHAGARAGARA INDIRIMBO 9 ZIHIMBAZA IMANA
21 June 2016, by Simeon NgezahayoUyu muhanzi uvuka mu ntara y’Iburasirazuba mu karere ka Nyagatare ni umunyeshuri muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyarugenge mu mwaka wa kane w’amategeko, akaba n’umuyobozi ushinzwe imiririmbire mu itsinda ry’abaramyi “Elim Worship Team” mu muryango w’abanyeshuri b’Abapantekote (CEP UR NYARUGENGE).
Rukundo Etienne yakunze kuba mu matsinda yo kuramya no guhimbaza nk’irya CEP UR HUYE na ryo yabereye umuyobozi w’imiririmbire mu mwaka w’amashuri 2014/2015, aza gutorerwa uwo mwanya na none murindi (...) -
Kuri ADEPR Nyarugunga, umudugudu wa Rwimbogo hashojwe igiterane cy’ivugabutumwa cy’iminsi 2
26 August 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki Cyumweru, kuri ADEPR Nyarugunga, Umudugudu wa Rwimbogo hashojwe igiterane cy’iminsi 2. Iki giterane cyatangiye ku wa gatandatu taliki 24, gifite intego y’ivugabutumwa. Umwigisha muri iki giterane Pasiteri Biziamana Celestin uyoboye itorero ADEPR Paroisse Kivuye yigishije abari bateraniye aho ijambo ry’Imana rifite intego igira iti “Ingabo idukingira” Itangiriro 15:1.
15 “Hanyuma y’ibyo, ijambo ry’Uwiteka riza kuri Aburamu, mu iyerekwa riti ‘Aburamu, witinya ni jjye ngabo igukingira, (...) -
Ubuhanuzi bwa Malakiya na Yohani bugaragaza ko uzasimbura Benedigito ari we Papa wa nyuma
11 March 2013, by UbwanditsiNyuma y’aho Papa Benedigito wa XVI yeguriye, byatumye benshi bagaruka ku buhanuzi bwa Mutagatifu Malakiya ndetse n’ubwa Papa Yohani wa XXIII.
Ubuhanuzi bwa Mutagatifu Malakiya bukubiye mu nyandiko yanditswe mu kinyejana cya 16 igaragaza uko abapapa bari kugenda bakurikirana kugeza kuwa nyuma. Nk’uko bigaragazwa n’ubu buhanuzi, umupapa uzakurikira Benedigito wa XVI azaba ari uwa nyuma ubayeho.
Ubu buhanuzi nanone bakunze kwita ubuhanuzi bw’abapapa, bukubiye mu nyandiko ya paji eshanu yanditswe (...) -
Ubuhenebere : Mu gihe abanya SUWEDI aribo bambere bazanye Inyigisho za Pentekote mu Rwanda, kuri ubu noneho bageze aho gusezeranya abahuje ibitsina...
19 February 2013, by UbwanditsiNk’uko amateka abivuga, Ubutumwa bwiza bwageze mu Rwanda buzanywe n’Abavugabutumwa baturutse mu bihugu cy’i Burayi. Ibi bikaba byerekana ko bari baramenye Imana cyera, biyemeza kujya kuyimenyesha abanyafurika kuko babitaga Abapagane icyo gihe.
Amateka kandi akomeza avuga ko Abamisiyoneri ba mbere bazanye Itorero rya Pentekote mu Rwanda bakometse mu gihugu cya SUWEDI, bakaba aribo bazanye inyigisho zo kuzura Umwuka, guhanura, kuvuga mu ndimi, n’indi mico igaragara kuba Pentekote.
Nyamara muri (...)
0 | ... | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | ... | 1850