Umuhanzi w’icyamamare mu ndirimbo zihimbaza Imana Don Moen, mu mpera z’uku kwezi kwa Gashyantare ari mu gikorwa cyo kuzeguruka imigi y’ubuhinde(tour India) avuga ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo aho kuri uyu wa gatanu kuwa 22 no nuwa gatandatu kuwa 23 yari muri State ya Tamil Nadu mu mugi wa Coimbatore mu gitaramo cyo guhimbaza Imana, akaba yarazanye n’ibindi byamamare mu ndirimbo zo guhimbaza Imana aribo Paul Baloche na Lenny Le Blanc. Muri icyi gitatamo, Don Moen akaba yaratangaje ko igihugu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Icyamamare mu ndirimbo zihimbaza Imana Don Moen n’inshuti ze bari gukora ibitaramo mu Buhinde!
26 February 2013, by Ubwanditsi -
Inyanya ziriwe ari mbisi zigirira umubiri akamaro
13 September 2012, by UbwanditsiMu bihugu bitandukanye usanga abantu benshi barya inyanya babanje kuzikaranga mu mavuta no kuzikuraho igishishwa, mu gihe abahanga mu by’imirire bo bavuga ko iyo ziriwe ari mbisi aribwo zigirira umubiri akamaro.
Inyanya kandi ngo ku bantu bazirya ari mbisi zishobora kubafasha guhorana itoto, kubera ko zikungahaye ku byitwa ”lycopène” bituma uruhu rudasaza imburagihe.
Amakuru dukesha urubuga rwa interineti tomate-de-France.com, aratangaza ko Inyanya zigira vitamine zitandukanye, harimo (...) -
Frere Manu yateguye igiterane cyiswe WOKOVU Celebration Gospel Concert!
19 September 2013, by UbwanditsiMurwego rwo Kwishimira insinzi y’Agakiza hazamurwa ibendera ryo kunesha k’umwami Yesu mu intara y’I Burengerazuba mu karere ka Rubavu harimo gutegurwa igitaramo gikomeye cyiswe WOKOVU celebration Gospel Concert!
Iki gitaramo kikaba cyarateguwe n’ubuyobozi bw’umudugudu wa Gisenyi k’ururembo rwa Gisenyi k’ubufatanye n’umucuranzi FRERE Manu wabashije gusohora indirimbo z’ Agakiza mu giswahili Wokovu umaze kugira inararibonye mu gutegura ibitaramo byo guhimbaza Imana cyane cyane muri uyu mujyi wa (...) -
Bahati Alphonse yateguye igitaramo cyo gufasha impfubyi
31 August 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Bahati Alphonse usanzwe umenyerewe mu ndirimbo zo guhimbaza Imana(Gospel)ndetse no mu bikorwa byo gufasha cyane cyane impfubyi yateguye igitaramo cyo gufasha abana icyenda basigaye nyuma y’uko se wari n’umwalimu mu idini rya ADPR Paroisse Gisenyi yitabye Imana.
Mu kiganiro uyu muhanzi yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane yatangaje ko nyuma y’uko uyu mugabo yitabye Imana agasiga abana icyenda badafite aho bikinga, ibi byatumye Bahati ahita afata icyemezo cyo gutegura igitaramo (...) -
Nari umusazi none nyuma yo gusengerwa narakize
15 June 2012, by MUHAYIMANA VincentUyu mubyeyi witwa Jeanne uvuka mukarere ka Gisagara umurenge wa Gishubi avugako yamaze igihe kinini ari umusazi,akajya agenda yambaye ubusa,arwana ndetse abana be bose akajya abuhagiza amazi yarangiza akabasiga amase avuga ko ari amavuta;muri icyo gihe yagendaga yambaye ubusa umukobwa we mukuru niwe wirirwaga amugendaho kugirango nata imyenda ayitore yongere amwambike.nyuma yaje gufatwa n’abanyamasengesho baramusengera maze arakira. ubu agenda ashima Imana yamukijije akaba yarasubiye murugo (...)
-
Umuhanzi Sendegeya Jean Paul yashyize ahagaragara indirimbo yise “KURA AMASO KU BANTU”
27 January 2014, by Simeon NgezahayoNyuma yo kumara igihe kinini adasohora indirimbo, Umuhanzi Sendegeya Jean Paul ubarizwa mu itorero Christian Fellowship rya Gisozi , kuri uyu wa mbere ni bwo indirimbo ye ya gatandatu yise Kura Amaso ku Bantu yageze ahagaragara.
Iyi ndirimbo yakorewe muri studio Gates Music Studio ikorwamo na Producer Mulumba John Gates. Jean Paul yadutangarije ko agiye kugaruka mu buhanzi bwe, akongera akiyegereza abakunzi be dore ko iyo aheruka gukora cyane mu mwaka w’2013.
Muri iyi ndirimbo y’uyu musore (...) -
Umuhanzi Alfred Gaga arahagararira u Rwanda gitaramo mpuzamahanga i Kampala ”Namboole Passover Festival”
27 December 2013, by Simeon NgezahayoTaliki ya 31 Ukuboza 2013 kuri Sitade Nambolee i Kampala muri Uganda hategamijwe igitaramo mpuzamahanga cyitwa “Namboole Passover Festival” gihuza abahanzi n’abashumba b’amatorero akomeye batandukanye baba baturutse mu bihugu bitari bike.
Umuhanzi Alfred Gaga wo mu itorero Rwanda Victory Mission i Kanombe ni ku ncuro ya kane agiye kwitabira iki gitaramo mpuzamahanga.Kur’uyu wa gatandatu, Alfred Gaga nibwo ahaguruka i Kigali yerekeza I Kampala mu gitaramo kizaba kur’uyu wa Kabiri taliki ya 31 (...) -
Ese guhamya ko uri Umukristo biteye isoni?
23 May 2016, by Alice Rugerindinda“ Kuko umuntu wese ugira isoni zo kunyemera no kwemera amagambo yanjye, Umwana w’umuntu nawe azagira isoni zo kumwemera, ubwo azaza afite ubwiza bwe n’ubwa se n’ubw’ abamarayika bera” Luka 9:26
Aya magambo yavuzwe na Yesu Kristo ubwe, ari nacyo cyemeza rwose ko hari abantu bagira isoni zo guhamya ko ari abakristo wenda bitewe n’ahantu umuntu ari, igihe urimo cyangwa se bitewe n’abantu umuntu ari kumwe nabo! Imana itugirire neza. Ariko Yesu akavuga ngo ubwo ugira isoni zo kumwemera, nawe azagira (...) -
Umunyamakuru Patrick Kanyamibwa ngo yaba agiye kureka gukora kuri radiyo Isango Star akerekeza kuyindi radiyo.
15 September 2013, by UbwanditsiAmakuru dukesha inshuti ya hafi y’uyu munyamakuru itarashatse ko izina ryayo ritangazwa, ni uko yaba ari muri gahunda yo kuva kuri radiyo Isango Star gusa niba harindi radio azerekezaho cyangwa ikindi gitangazamakuru azakorera bikaba bikiri ibanga. Twifuje kumenya impamvu yaba imuteye guhindura radiyo adutangariza ko nta byinshi abiziho cyane ariko ko icyo azi ari uko uyu munyamakuru bishoboka ko harindi radiyo ashobora kuzajyaho.
Mu rwego rwo kumenya neza ibijyanye n’aya makuru, twahamagaye (...) -
Chorale Evangelique Cyarwa yakoreye ivugabutumwa muri ADEPR Kamembe
18 June 2013, by UbwanditsiMu mpera z’icyumweru dusoje nibwo chorale Evangelique yo muri ADEPR Paruwase ya Cyarwa yagiye mu giterane mu Karere ka Rusizi muri ADEPR Kamembe ku mudugudu wa Bethel ahahoze hitwa mu Burunga. Icyo giterane cyari gifite intego iri mu Abefeso 5.15 “Nuko mwirinde uko mugenda mutagenda nk’abatagira ubwenge ahubwo mugende nk’abanyabwenge” Mu ijambo umuyobozi wa Paruwase ya Kamembe yavuze afungura igiterane kumugaragaro yavuze ko mugihe turikugera mu iterambere ryihuse ari ngombwa ko umukiristo (...)
0 | ... | 1160 | 1170 | 1180 | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | ... | 1850