“Narwanye intambara nziza, narangije urugendo, narinze ibyo kwizera.’’ 2 Timoteyo 4:7
Intambara yose iba ifite impande ihanganishije, kandi buri ruhande ruba rushaka kubona intsinzi. Mu isi iyo umuntu arwana yitwa intwari ari uko atahukanye intsinzi, uko wakwitwara kose umusaruro w’ibyo wakoze ugaragara nyuma y’urugamba.
Pawulo yandika yivuzeho. Ahagaragara haruguru yabwiraga Timoteyo ko we yarwanye intambara kandi nziza, ageze aho arangiza urugendo kandi yarinze ibyo kwizera.
Mu rugendo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Haranira kurwana intambara nziza
22 July 2015, by Innocent Kubwimana -
Umugabo n’umugore Imana yabaremye kimwe, bityo bagomba kugira uburenganzira n’amahirwe bingana!
23 December 2013, by Simeon NgezahayoUmugabo n’umugore Imana yabaremye kimwe (bombi ni abantu), bityo bagomba kugira uburenganzira bungana n’amahiwe angana (gender equality & equal opportunities). Dukurikije amateka atandukanye yaranze ibihugu byinshi birimo n’u Rwanda, usanga abagabo benshi bagira uburenganzira buruta ubw’abagore mu ngo, mu kazi, muri Leta no mu yindi myanya y’ubuyobozi itandukanye cyane cyane mu bucuruzi. Ibi byemerwa nk’ukuri, ariko abagabo bakiregura bavuga yuko imirimo imwe n’imwe abagore batayishoboye, (...)
-
Ibikomeye kuri twe, ku Mana ni uburyo bwo kugaragaza imbaraga zayo!
2 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Nuko ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira,..’’ Abefeso 3:20
Imana ifite ubushobozi bwo gukora ibintu birenze cyane ibyo tuyisaba n’ibindi byinshi twibwira mu bitekerezo byacu, cyane ko iyo tuyisaba tubihuza n’ubuzima bwacu tubamo, inzara y’akanya gato, ibyo dukennye umunsi turimo nk’abantu, ariko kuko Imana irenza amaso kubyo tureba, iba izi ibiri mu bukene bwacu kandi bidukwiye, akaba aribyo iduha.
Iyo tuyisaba dusabwa kuzana imitima yo gutegereza kandi iyifitiye (...) -
Umuhanzi Albert NIYONSABA yateguye igitaramo kuri iki cyumweru 27/10/2013 ku itorero rya ADPR-KACYIRU(Kanserege)
24 October 2013, by Simeon NgezahayoAlbert NIYONSABA ni umuhanzi umaze iminsi muri muzika, aho yakunze kugaragara mu biterane no mu bitaramo bitandukanye. Kuri ubu umuhanzi Albert NIYONSABA azanye imbaraga zidasanzwe mu ruhando rwa muzika mu ndirimbo zaririmbiwe Imana (Gospel Music).
Twegereye uyu muhanzi, tuganira nawe atubwira bimwe mu byo arimo gutegurira abakunzi be n’abakunda indirimbo zihimbaza Imana muri rusange. Yadutangarije ko kuri iki cyumeru yateguriye abakunzi be igitaramo yise “Ku bw’amaraso ya Yesu”, kandi ko (...) -
Indege nyamunini “Malaysia Airlines Flight MH370” yaburiwe irengero nyuma y’aho Prophet TB Joshua (Nigeria) abihanuriye muri 2013!
14 March 2014, by Simeon NgezahayoMuri uyu mwaka ushize, Umuhanuzi T.B. Joshua ukomoka muri Nigeria ngo yahanuye yuko indege nini izaba itwaye abasaga 200 izaburirwa irengero, kandi bikabera mu gihugu cya Asia. Bidatinze rero, indege nyamunini Malaysia Airlines Flight MH370 yaburiwe irengero.
Prophet T.B. Joshua/Photo CP/Facebook
Mu gihe benshi barimo kwibaza iby’ubu buhanuzi T.B. Joshua yahanuye ku cyumweru taliki 28 Nyakanga 2013, benshi baribaza niba ari iriya ndege yeretswe dore ko adakunda kwatura ngo avuge ikintu mu (...) -
Chorale Bethesida mu ivugabutumwa i Nyarubuye
30 August 2012, by Jost UwaseGuhera kuri uyu wa gatandatu ku wa 25-26 Kanama 2012, mu Rurembo rwa Kibungo, paruwasi ya Nyarubuye, Umudugudu (Chapelle) wa Mareba habaye igiterane cy’ivugabutumwa mu ndirimbo no mu ijambo ry’Imana. Muri iki giterane, umuvugabutumwa Eliezer HABYALIMANA uyobora umudugudu wa Rubimba muri paruwasi ya Kibungo yaganirije abari bateraniye aho ijambo ry’Imana dusanga mu Byakozwe n’Intumwa 4 :11-12 rigira riti: «Yesu ni we buye ryahinyuwe namwe abubatsi, kandi ryahindutse irikomeza imfuruka. Kandi (...)
-
Waba uzi impamvu zitera abantu kugwa ?
23 May 2016, by Pastor Rukundo Octavea) Bubaka inyubako zitagira urufatiro (1Abakorinto 3 :10)
Akenshi abantu birengagiza ko dukizwa kubwo kwizera Kristo no kwihana ibyaha, arirwo rufatiro nyakuri rw’ubukristo kandi rukaba ari narwo twubakiraho imirimo yose dukora.
Bityo rero bamwe bagwa mu byaha ariko kubwo gutinya gutakaza icyubahiro,titres z’akazi bakishimira gukomeza gukora imirimo y’Imana nyamara nta ngororano kuko bayikorera hejuru y’umutima ubacira urubanza ariko ntibemere kwihana ngo basubire kurufatiro. Umurimo wose (...) -
Ibyakorwa n’ukoresha mudasobwa yirinda kurwara amaso
23 July 2015, by Umumararungu ClaireAbantu batandukanye bakoresha za mudasobwa usanga akenshi bahura n’ikibazo cyo kugira uburwayi bw’amaso biturutse ku kunanirwa k’udutsi two mu mutwe bityo amaso akagira ikibazo cy’igabanuka ry’amatembabuzi ibyo bikabangamira imikorere yayo ndetse umuntu akagira n’ububabare igihe akomanya ingohe, hakaziramo n’indwara zitandukanye z’amaso. Ariko hari ibyakorwa ukoresha mudasobwa akirinda kurwara amaso.
Mumakuru dukesha imvaho nshya, ukoresha mudasobwa agomba kwirinda kuyishyira hafi cyane y’amaso, (...) -
Ibintu 5 abakristo bakunda kunenga abashumba babo rwihishwa!
8 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comKimwe mu bintu bigaragaza ko itorero ritangiye gukura ni umubare utubutse w’abayoboke b’idini cyangwa se itorero runaka.Kuba kandi itorero ribyara andi matorero hirya no hino usanga birushaho guha uruvugiro itorero riba ryayibarutse, dore ko akenshi unasanga abayoboye amatorero nk’aya bakunze kugenda bahindura inyito bitewe n’urwego itorero baba barashinze rigenda rigezeho umunsi ku wundi.
Aha twatanga nk’urugero rw’uko utangiye itorero rishya usanga yitwa Pastor, nyuma yamara kugira abakristo (...) -
Burundi : Avuga ko amaze imyaka 22 abonekerwa ariko arashinjwa ivangura
30 October 2012, by UbwanditsiPolisi mu Ntara ya Kayanza mu Burundi, iratangaza ko yahagaritse ibikorwa by’uwitwa Zeriya uvuga ko amaze imyaka 22 abonekerwa imuziza ko atera amacakubiri mu idini ry’Abanyagatorika.
Amakuru dukesha radiyo Ijwi rya Amerika aravuga ko polisi muri iyi Ntara yagose inzu uyu Zeriya akoreramo igata muri yombi abantu barenga 50 bavugaga bari iwe.
Impamvu y’ihagarikwa ry’uyu mutegarugore ngo ni uko mu cyumweru gishize abayoboke b’uyu Zeriya binjiriye ku ngufu mu rusengero rwa Gatolika ruri muri aka (...)
0 | ... | 1190 | 1200 | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | ... | 1850