Kuri iki Cyumweru taliki 23 Gashyantare 2014 kuri Hotel Umubano kuva saa munani z’amanywa (2:30PM-6PM) hazabera igikorwa cyiswe ‘Couples’ meeting’ kigamije gukangurira abashakanye kwirinda ubutane, cyateguwe n’umuryango AGLOW Rwanda kandi Kkwinjira bizaba ari ubuntu!
Iki gikorwa kizahuriza hamwe abashakanye, abayobozi b’amatorero na za minisiteri, abafiance, ndetse n’abibana n’abapfakazi kuko hakiri ibyiringiro by’uko bazashaka cyangwa bakaba bahugura abandi. Iki gikorwa gusanzwe kiba buri kwezi, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
“COUPLES MEETING,” IGIKORWA GIKANGURIRA ABASHAKANYE KWIRINDA UBUTANE KIZABA KURI UYU WA 23/02/2014
20 February 2014, by Simeon Ngezahayo -
Uyu mwisirayeli afatwa nk’umwe mu batasi kabuhariwe babayeho mu mateka y’isi. Ange Victor Uwimana
23 April 2014, by Ange Victor UWIMANAIbikorwa byo kuneka umwanzi byatangiye kera, ndetse mu bihe Abisirayeli bavaga muri Egiputa berekeza I Kanani byabaye ngombwa ko bakoresha ba maneko, “Uwiteka abwira Mose ati, ‘Tuma abantu batate igihugu cy’I Kanani, icyo mpa Abisirayeli.” (Kub.13:2), “Bari I Shitimu, Yosuwa mwene Nuni yohereza abagabo babiri rwihishwa ngo bajye gutata…” (Yos.2:1). Na n’uyu munsi, ibihugu byinshi bikaba bishora akayabo k’amafaranga mu bikorwa by’ubutasi. Imihanda imwe yo muri Isirayeli yitirirwa El Cohen, uyu (...)
-
AMARANGAMUTIMA Y’UWAMBAJE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) NYUMA Y’IGITARAMO YAKOZE!
3 March 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana UWAMBAE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) arashimira Uwiteka bikomeye ku bw’uko igitaramo cye cyagenze neza ku buryo atatekerezaga. Iki gitaramo cyabaye kuri iki cyumweru taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Muri iki gitaramo yateguye ku bufatanye n’itsinda risanzwe rikora ibitaramo ari ryo URUGERO MEDIA GROUP, cyabaye kuri icyi cyumweru dusoje taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Uyu (...) -
Nyuma y’imyaka 20, Korali Imihigo y’Abera isohoye Album y’amashusho!!!
22 July 2013, by Simeon NgezahayoKuri iki cyumweru taliki 21 Nyakanga, mu masaha ya saa munani ni bwo Korali Imihigo y’Abera yari itangiye igikorwa cyo gushyira ku mugaragaro album yayo y’amashusho.
Iki gikorwa cyari kiyobowe n’umuhanzi Mugabo Venuste, akaba ari President w’abahanzi ku rwego rw’igihugu mu itorero ADEPR. Cyari cyitabiriwe n’abandi bayobozi b’itorero rya Butare, n’abandi bari baherekeje ’Korali Ijwi Rirangurura’ yaturutse i Rubavu.
Amakuru dukesha Bazirake Thadee, umutoza wayo kuva yatangira kugeza ubu agira ati (...) -
Korali Jehovahjireh CEP-ULK ngo ntizibagirwa ibihe yagiriye mu rurembo rwa Cyangugu (Gashonga) kuva kuwa 17-19/08/2012.
24 August 2012, by VitalNi kuri iki cyumweru cyo kuwa 17/08/2012 ubwo Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening yari iri mu Rurembo rwa Cyangugu, Paruwasi ya Gashonga, abantu rero bakaba bari baje ari benshi ndetse rwose ubona banyotewe ijambo ry’Imana cyane cyane mu ndirimbo z’Imana iyi Korali ifite haba izisanzwe kuri album yayo ya 1 haba no kuya 2 irimo gutunganya ndetse yenda kurangira bikaba rero byaragaragariye mu ndirimbo nka: "Gumamo" na "Icyo gusa (ni nshya)".
Prezida wa korali Jehovahjireh Bwana Ndorimana (...) -
Korali Rangurura ya ADEPR Gihogwe iritegura kumurika Alubumu yayo ya 2 (DVD)
28 August 2015, by Innocent KubwimanaKorari Rangurura isanzwe ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Gihogwe ikomeje imyiteguro yo kumurika indirimbo zayo z’amashusho, Alubumu ya 2, igikorwa yitegura gukora tariki ya 6/9/2015, kikazabera ku rusengero rwabo aho isanzwe ibarizwa. . Iyi Alubumu bazamurika izaba yitwa ‘’Nzagendana nawe’’
Korali Rangurura yamenyekanye cyane mu bikorwa bitandukanye by’ivugabutumwa ndetse n’ibyo kwifatanya n’abanyarwanda cyane mu bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi korari (...) -
Ubuhamya: Abana b’abantu banyitaga Papa BUSA ariko Imana yari iziko nzitwa Papa ZAWADI.
30 July 2012, by UbwanditsiNitwa HABIMANA Gerard, mwene KANYAMASHOKORO Isaie na MUKARUSHEMA Eleda.Navukiye mu Karere ka NYANZA , Umurenge wa CYABAKAMYI. Nashakanye na BAMUSONERE Gloriose .
Kuri ubu ntuye mu Karere ka RUHANGO, Umurenge wa Bweramana,Akagari ka Buhanda. Nsengera mu Itorero rya ADEPR MASANGO, Umudugudu wa BUHANDA, ndi umugabo w’umudamu umwe n’abana babiri b’abakobwa, umukuru afite imyaka 6, umutoya afite imyaka 3.
Nashatse mu mwaka wa 1995 mbyara umwana wa mbere mu mwaka wa 2006 . Muri iyo myaka 11 nari (...) -
Igiterane Women And Destiny In Divine Connection, Kitabiriwe cyane kandi kerekana ubumwe mugore ba ba gospel
8 January 2013, by Patrick KanyamibwaKuri iki cyumweru dusoje tariki ya 06.01.2013, muri Serena Hotel habereye igiterane kigamije kwerekana umugore mu muhamagaro.
Ukinjira mu marembo ya Serena Hotel, wabonaga abantu ari benshi bitabira kwinjira mu cyumba cyari giteganijwe kuberamo igiterane cy’umunsi umwe. Ugeze mu cyumba (salle) imbere, wabonaga hatatse hateguye neza, indangururamajwi na zo ziri ahantu zitabangamiye abitabiriye iki giterane. Abakristu baturutse mu matorero atandukanye, wabonaga bicaye, bamwe bahagaze mu (...) -
Iyaba byashobokaga ubutumwa bwiza bw’ijambo ry’Imana bwajya butangirwa no mu tubari kugira ngo abakiri mu byaha babivemo bakire agakiza.
20 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIREItorero rya ADEPR mu Karere ka Nyanza ryahereye umubatizo abayoboke baryo muri piscine y’akabari ka Dayenu Hotel tariki ya 17 Kanama muri uyu mwaka.
Amakuru dukesha Kigali today avuga ko abahawe umubatizo uko ari 50 kimwe n’abari babaherekeje muri uwo muhango bari bazengurutse ubwogero bwa “Dayenu Hotel” baririmba indirimbo zihimbaza Imana muri icyo gikorwa cyo kugera ikirenge mu cya Yesu.
Mu gihe ibyo byakorwaga abanywi nabo bari mu nkengero z’iyo piscine bifatira ku binyobwa bisembuye, (...) -
Kwigunga ku murwayi w’umutima bituma apfa vuba
22 June 2012, by UbwanditsiUshakashatsi bwakorewe muri Kaminuza ya Brigham iherereye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bugaragaza ko kwigunga ku muntu ufite ikibazo cy’indwara y’umutima ashobora gupfa vuba.
Amakuru dukesha Aljazeela.com avuga ko abantu barenga 44,573 nibo bakoreweho ubu bushakashatsi aho bwerekanye ko abantu bafite ikibazo cy’umutima badakwiye kwiheza kuko byabagiraho ingaruka zirimo no gupfa.
Kuri aba barwayi bwerekanye ko abenshi muri bo bari bafite ibibazo byo gufatana kw’imitsi ijyana amaraso mu (...)
0 | ... | 1210 | 1220 | 1230 | 1240 | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | ... | 1850