Marijuana ni ikiyobyabwenge gikoreshwa cyane mu bihugu byo mu burengerazuba, cyane cyane muri Amerika. Bakinyuza mu mazuru cyangwa bakakirya.
50% by’Abakristo babarirwa hagati y’imyaka 18–29 bavuze ko bashaka kubona marijuana yemerwa n’amategeko kuko ngo iruhura mu mutwe, mu gihe abagera kuri 45% bavuze ko bayikoresha.
Ibyavuye mu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’ubushakashatsi cyitwa ‘Public Religion Research Institute’ bigaragaza ko 50% by’urubyiruko rw’Abakristo bafite imyaka 18-29 bavuze ko (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Urubyiruko rw’Abakristo rwo muri Amerika rurasaba ko Marijuana yemerwa n’amategeko
30 April 2013, by Simeon Ngezahayo -
Mu bibaho byose muhore mushima! – Greg Laurie
30 January 2014, by Simeon Ngezahayo“Mu bibaho byose muhore mushima, kuko ari byo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu” - 1 Abatesalonike 5:18.
Mu gitabo cye cyamenyekanye cyane yise “The Hiding Place” (Ubwihisho), Corrie T. Boom atubwiramo umumaro ukomeye wo kuba mu buzima bushima. Corrie na murumuna we Betsie batwaweho iminyago, babafungira mu nkambi izwi ku izina rya Ravensbrück, aho bafungiwe mu nkambi ya Gisirikare irimo inda.
Inda zari ahantu hosemu mutwe, no ku mubiri. Umunsi umwe, Betsie yabwiye Corrie ko bakwiriye (...) -
Abakurikiye Yesu Family Choir iramurika alubumu yayo ku Sabato yakino cyumweru
19 February 2013, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Aloys Bazambanza umwe mubagize comite nyobozi y’Abakurikiyeyesu Family Choir kuri uyu wagatandatu tariki ya 23/02/2013, ku rusengero rw’abadivantisiti w’umunsi wa karinndwi rwa Kacyiru nibwo iyi Kolare iramurika alubumu yabo ya 8 y’amajwi hamwe n’alubumu yabo ya kane y’amashusho.
Abakurikiye Yesu Family Choir ni Chorale ibarizwa mu Itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi ku Kacyiru. nimwe mu makorale akunzwe cyane muri uyu mujyi wa Kigali ndetse no mu ntara zose (...) -
Imiti ikoreshwa mu kuvura Diabete ishobora no gutuma umubare w’uturemangingo tw’ubwonko twiyongera
22 July 2012, by UbwanditsiUmuti witwa La Metformine, ukoreshejwe igihe kitari gito mu kuvura indwara ya Diabete yo mu bwoko bwa kabiri, bimaze kugaragara ko utera ubwiyongere bw’uturemangingo dufite akamaro k’ubwonko, bikaba bitanga ikizere mu guhangana n’indwara zibasiraga kwangirika k’uturemangingo tw’ubwonko (maladies neurodégénératives).
Nk’uko bitangazwa na le Figaro, ngo metformine ni wo muti magingo aya ukoreshwa cyane mu kuvura diabete yo mu bwoko bwa kabiri, ndetse n’imikorere yawo ikomeje gutungura abashakasahtsi. (...) -
Igihe ubona Imana nk’idahari cyangwa itakumva/Joyce Meyer
5 October 2015, by Innocent KubwimanaIbiri muri iki gitabo cy’amategeko ntukarorere kubihamisha akanwa kawe, ahubwo ujye ubitekereza ku manywa na nijoro kugira ngo ubone uko ukurikiza ibyanditswemo byose. Ni ho uzahirwa mu nzira zawe, ukabashishwa byose. Yosuwa 1:8
Murabizi umuntu wese agira igihe asenga Imana afite wenda ikintu runaka ashaka kuyibwira. Hari ubwo rero utegereza ko hari icyakoreka, ugaheba ukabona nta kiba. Ariko hari ijambo rimwe dukwiye kuzirikana, ni uko burya kuba ntacyo ubona gikoreka ntibivuze ko (...) -
Nyuma yo gutaramira abiga muri King David Academy, Freddy Don ahugiye mu gutegura Album ye
21 February 2014, by Simeon NgezahayoKu bwo gukundwa n’abanyeshuri biga mu ishuri rya King David Academy ndetse no kuba iki kigo gishyigikira ibikorwa bya Gikristo dore ko n’ukiyoboye ari Umukristo muri Zion TempleGatenga, Umuhanzi Freddy Don kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 22 Gashyantare 2014 kuva saa munani z’umugoroba azataramira abo banyeshuri mu gitaramo yise “Nezerwa Praise Concert.”
Mu kiganiro twagiranye na Freddy Don, yadutangarije ko muri icyo gitaramo azaba ari hamwe n’abahanzi nka Bright Karyango, Esther Umwiza, Alfred (...) -
Ibintu by’Ingenzi Umukristo ushaka kubaka urwe yakwitondera...
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Migani 13:20 haratubwira hati "Ugendana n’abanyabwenge azaba umunyabwenge na we, ariko mugenzi w’abapfu azabihanirwa." Ubushakashatsi bwerekanye ko umusore cyangwa inkumi wubaka urugo rwiza umubona kare, ibyo ahanini bikagaragarira mu mibereho ye akiri n’iwabo. Ubwo bushakashatsi bwerekanye bimwe mu bintu wakwitondera niba ushaka kuzubaka urwawe rugakomera.
Dore bimwe mu byo ubwo bushakashatsi bwerekanye:
1.Nubona umusore cyangwa inkumi uba ahandi ugasanga hamuguye neza kuruta iwabo, (...) -
Byenda gusetsa: umwana w’imyaka itatu yabwiye nyina ati mama, ubwo ndibwa mu nda ngiye kubona umugore!!
31 October 2012, by Ubwanditsi1.Rimwe ababyeyi bakijijwe bari bibereye mu rugo baganira bavuye ku meza kandi ubwo abana babo nabo bari bahari.Umugabo atangira kuganirira umugore we uburyo ku urusengero rwabo bafite ikibazo cy’uko Pasiteri wabo akennye cyane ku bijyanye n’imyigishirize.Ngo ku cyumweru bagere mu materaniro,Akana kabo kitwa Jottz kabonye uwo mupasiteri iwabo baganiragaho karamubwira ngo”Pastor ninkura nzaguha amafaranga”,Undi ati “Yego sha”,Pasteri abajije Jottz impamvu azamuha amafaranga,Jottz ati”Papa na Mama (...)
-
Kumenya umugambi w’ Imana no kuwugenderamo
2 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKUMENYA UMUGAMBI W’IMANA NO KUWUGENDERAMO
‘Nawe Betelehemu ho mu gihugu cya Yuda, Ni ukuri nturi mutoya mu midugudu ikomeye ya Yuda, Kuko muri wowe ari ho hazaturuka umutware, Uzaragira ubwoko bwanjye bw’Abisirayeli.’ (Matayo 2:6)
Benedata dusangiye ukwizera, mugihe maze mugakiza namaze kumenya meza ko bishoboka ko bamwe babaho bazi umugambi w’Imana kuribo ariko kuwugenderamo bikabananira, abandi ntibawumenye bigatuma babaho nabi bitewe n’impamvu nyinshi tuza kurebera hamwe.
Gusa ndaza kuvuga (...) -
Korare Messengers yateguye igiterane kidasanzwe kuri iki cyumweru kuri ADEPR Gahanga
25 July 2012, by UbwanditsiKorari Messengers yateguye igiterane kudasanzwe kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru byatumye twegera umuyobozi wayo Flavien Yadusoneye adutangariza uko iyi Korare yavutse adusubiza muri aya magambo: Korari messengers yavutse kw’italiki 08/10/2011, ivukira ku rusengero rwa ADEPR Gatare ( i Gahanga). Ni ukuvuga ko itaramara umwaka ivutse. Ibyo ariko ntibivuga ko abayigize batari basanzwe ari abaririmbyi kuri urwo rusengero, ahubwo bahoze mu makorari 3 mato yarubagaho ari yo Siyoni, (...)
0 | ... | 1250 | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | ... | 1850