Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeza kubera bimwe mu byo bamwe bita ibyo mu minsi y’imperuka, hari ibirushaho kwigaragaza kurusha ibindi kuburyo kubyita ibyorezo byo mu isi ya none bitagishidikanywaho. Kimwe muri ibi harimo nko guramo inda kubushake birushaho kugenda bifata indi ntera.
Ibi byakunze kuvugwa cyane mu bihugu bigaragara ko biteye imbere cyane ku mugabane w’Amerika ndetse no mu bihugu by’Uburayi, ariko kugeza ubu biragenda byigaragaza no mu bihugu bya Afurika, aho kugeza ubu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Gukuramo inda ku bushake kimwe mu byorezo cyugarije isi ya none
10 July 2015, by Innocent Kubwimana -
Igihe ubona Imana nk’idahari cyangwa itakumva/Joyce Meyer
5 October 2015, by Innocent KubwimanaIbiri muri iki gitabo cy’amategeko ntukarorere kubihamisha akanwa kawe, ahubwo ujye ubitekereza ku manywa na nijoro kugira ngo ubone uko ukurikiza ibyanditswemo byose. Ni ho uzahirwa mu nzira zawe, ukabashishwa byose. Yosuwa 1:8
Murabizi umuntu wese agira igihe asenga Imana afite wenda ikintu runaka ashaka kuyibwira. Hari ubwo rero utegereza ko hari icyakoreka, ugaheba ukabona nta kiba. Ariko hari ijambo rimwe dukwiye kuzirikana, ni uko burya kuba ntacyo ubona gikoreka ntibivuze ko (...) -
Abagore n’abagabo bibumbiye muri AGLOW Rwanda barakangurira bagenzi babo kubisunga,bakubaka ingo bukaba n’igihugu
9 September 2013, by UbwanditsiAGLOW Rwanda ni umuryango wa Gikristo udashamikiye ku idini uhurirwamo n’abashakanye hagamijwe guhuriza hamwe abagore n’abagabo babo bakiga ku byateza imbere imiryango yabo kandi banubaha Imana.Ibi babikoze nyuma y’aho basanze hari ingo nyinshi zihora zicuze umwijima kandi zimwe murizo ugasanga ari iz’abakristo nyamara nta kumvikana no guhuza bibaranga.
Kuri iki cyumweru taliki ya 08 Nzeri 2013 kuri Hotel Merdien nibwo AGLOW yari mu nama isanzwe iba buri kwezi,aho benshi batanze ubuhamya (...) -
Ubuhamya: Imana yankuye mu rupfu nongera kubaho
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Ntakirutimana Francois navutse taliki ya 27 Gicurasi 1990 mvukira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kicukiro nkaba nsengera mu itorero rya E.P.R (Remera Kicukiro). Mfite ubuhamya bwinshi ariko reka mbabwire uburyo Imana yankuye mu rupfu ikanyongera iminsi yo kubaho.
Burya iyo Imana igufiteho umugambi irakurinda n’ ubwo wanyura mu rupfu. Aho mariye kuvuka banyise “Ntakirutimana” ariko sinari nzi ko byari mu mugambi w’Imana kuko no mu kuvuka kwanjye Imana yahakoze (...) -
Wafasha ute umwana ufite ikibazo cyo gutinya (Timidite).
13 June 2012, by Kiyange Adda-DarleneGutinya bigaragarira abadafite icyo kibazo nk’ikintu kidafite icyo gitwaye. Kandi ni ikibazo gishobora kubangamira ubuzima, gishobora kuzanira umwana ubwoba budasanzwe, kugira isoni mu buryo budasanzwe ( panique), Noneho rero, ababyeyi bose bakunda abana babo baba bashaka kubafasha kugira ngo bave muri icyo kibazo cyo gutinya kandi batazi uburyo bakoresha kugira ngo babigereho.
Si byizan,guha akato umwana ufite ikibazo cyo gutinya. Hari ijambo ribi umubyeyi aba akwiye kwirinda : kubwira (...) -
Ibintu by’Ingenzi Umukristo ushaka kubaka urwe yakwitondera...
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Migani 13:20 haratubwira hati "Ugendana n’abanyabwenge azaba umunyabwenge na we, ariko mugenzi w’abapfu azabihanirwa." Ubushakashatsi bwerekanye ko umusore cyangwa inkumi wubaka urugo rwiza umubona kare, ibyo ahanini bikagaragarira mu mibereho ye akiri n’iwabo. Ubwo bushakashatsi bwerekanye bimwe mu bintu wakwitondera niba ushaka kuzubaka urwawe rugakomera.
Dore bimwe mu byo ubwo bushakashatsi bwerekanye:
1.Nubona umusore cyangwa inkumi uba ahandi ugasanga hamuguye neza kuruta iwabo, (...) -
Imbaraga z’ijambo
12 November 2015, by Innocent KubwimanaIkintu cyose Imana yaremye yaravugaga ngo habeho Urugero: Itangiriro 1:3 - Imana iravuga iti "Habeho umucyo", umucyo ubaho. Ariko igeze kumuntu iravuga iti "Tureme" umuntu mu ishusho yacu,ase natwe Itang1:26
Aha Imana yaduhaga ububasha bwo kuvuga bikaba, nkuko nayo ivuga bikaba niyo mpamvu nk’umukristo udakwiye kwitesha agaciro wivugaho, amagambo adafite aho ahuriye n’umugambi w’Imana kuri wowe!
Kristo iyo yageraga aho bapfushije yavugaga ijambo rizura,yageraga aho bababaye agasiga baseka (...) -
Imiti ikoreshwa mu kuvura Diabete ishobora no gutuma umubare w’uturemangingo tw’ubwonko twiyongera
22 July 2012, by UbwanditsiUmuti witwa La Metformine, ukoreshejwe igihe kitari gito mu kuvura indwara ya Diabete yo mu bwoko bwa kabiri, bimaze kugaragara ko utera ubwiyongere bw’uturemangingo dufite akamaro k’ubwonko, bikaba bitanga ikizere mu guhangana n’indwara zibasiraga kwangirika k’uturemangingo tw’ubwonko (maladies neurodégénératives).
Nk’uko bitangazwa na le Figaro, ngo metformine ni wo muti magingo aya ukoreshwa cyane mu kuvura diabete yo mu bwoko bwa kabiri, ndetse n’imikorere yawo ikomeje gutungura abashakasahtsi. (...) -
Nzahora ntanga ubu buhamya iminsi yose nkiriho … – Cindy
30 May 2013, by Simeon NgezahayoNarahiye ko igihe cyose nkiriho nzahora ntanga ubu buhamya. Musaza wanjye mukuru witwa Jonah ni umubyeyi w’abana 3 beza. N’ubwo afite umugisha mwinshi kuruta uko yabyibwira, yanze gukizwa. Ndamwibuka rimwe ambwira ko aramutse asenze byamuzanira ibyago. Ku wa 12 Nzeli 2012, yakoze impanuka y’imodoka ikomeye. Imodoka yaramugonze imumena ubugabo.
Nahagaze mu kwizera, n’ubwo abaganga bihereranye ababyeyi banjye mu cyumba bakabasaba kwitegura ko agiye gupfa [kuko ingingo ze n’umubiri bitari (...) -
Korare Messengers yateguye igiterane kidasanzwe kuri iki cyumweru kuri ADEPR Gahanga
25 July 2012, by UbwanditsiKorari Messengers yateguye igiterane kudasanzwe kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru byatumye twegera umuyobozi wayo Flavien Yadusoneye adutangariza uko iyi Korare yavutse adusubiza muri aya magambo: Korari messengers yavutse kw’italiki 08/10/2011, ivukira ku rusengero rwa ADEPR Gatare ( i Gahanga). Ni ukuvuga ko itaramara umwaka ivutse. Ibyo ariko ntibivuga ko abayigize batari basanzwe ari abaririmbyi kuri urwo rusengero, ahubwo bahoze mu makorari 3 mato yarubagaho ari yo Siyoni, (...)
0 | ... | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | ... | 1850