Ibikorwa byo kuneka umwanzi byatangiye kera, ndetse mu bihe Abisirayeli bavaga muri Egiputa berekeza I Kanani byabaye ngombwa ko bakoresha ba maneko, “Uwiteka abwira Mose ati, ‘Tuma abantu batate igihugu cy’I Kanani, icyo mpa Abisirayeli.” (Kub.13:2), “Bari I Shitimu, Yosuwa mwene Nuni yohereza abagabo babiri rwihishwa ngo bajye gutata…” (Yos.2:1). Na n’uyu munsi, ibihugu byinshi bikaba bishora akayabo k’amafaranga mu bikorwa by’ubutasi. Imihanda imwe yo muri Isirayeli yitirirwa El Cohen, uyu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Uyu mwisirayeli afatwa nk’umwe mu batasi kabuhariwe babayeho mu mateka y’isi. Ange Victor Uwimana
23 April 2014, by Ange Victor UWIMANA -
AMARANGAMUTIMA Y’UWAMBAJE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) NYUMA Y’IGITARAMO YAKOZE!
3 March 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana UWAMBAE MARIE GRACE (a.k.a. GAGA GRACE) arashimira Uwiteka bikomeye ku bw’uko igitaramo cye cyagenze neza ku buryo atatekerezaga. Iki gitaramo cyabaye kuri iki cyumweru taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Muri iki gitaramo yateguye ku bufatanye n’itsinda risanzwe rikora ibitaramo ari ryo URUGERO MEDIA GROUP, cyabaye kuri icyi cyumweru dusoje taliki ya 02/03/2014 kuri GLORY TO GOD TEMPLE, Kicukiro-Centre.
Uyu (...) -
Korali Jehovahjireh CEP-ULK ngo ntizibagirwa ibihe yagiriye mu rurembo rwa Cyangugu (Gashonga) kuva kuwa 17-19/08/2012.
24 August 2012, by VitalNi kuri iki cyumweru cyo kuwa 17/08/2012 ubwo Jehovahjireh choir CEP-ULK Evening yari iri mu Rurembo rwa Cyangugu, Paruwasi ya Gashonga, abantu rero bakaba bari baje ari benshi ndetse rwose ubona banyotewe ijambo ry’Imana cyane cyane mu ndirimbo z’Imana iyi Korali ifite haba izisanzwe kuri album yayo ya 1 haba no kuya 2 irimo gutunganya ndetse yenda kurangira bikaba rero byaragaragariye mu ndirimbo nka: "Gumamo" na "Icyo gusa (ni nshya)".
Prezida wa korali Jehovahjireh Bwana Ndorimana (...) -
Korali Rangurura ya ADEPR Gihogwe iritegura kumurika Alubumu yayo ya 2 (DVD)
28 August 2015, by Innocent KubwimanaKorari Rangurura isanzwe ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Gihogwe ikomeje imyiteguro yo kumurika indirimbo zayo z’amashusho, Alubumu ya 2, igikorwa yitegura gukora tariki ya 6/9/2015, kikazabera ku rusengero rwabo aho isanzwe ibarizwa. . Iyi Alubumu bazamurika izaba yitwa ‘’Nzagendana nawe’’
Korali Rangurura yamenyekanye cyane mu bikorwa bitandukanye by’ivugabutumwa ndetse n’ibyo kwifatanya n’abanyarwanda cyane mu bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Iyi korari (...) -
Ubuhamya: Abana b’abantu banyitaga Papa BUSA ariko Imana yari iziko nzitwa Papa ZAWADI.
30 July 2012, by UbwanditsiNitwa HABIMANA Gerard, mwene KANYAMASHOKORO Isaie na MUKARUSHEMA Eleda.Navukiye mu Karere ka NYANZA , Umurenge wa CYABAKAMYI. Nashakanye na BAMUSONERE Gloriose .
Kuri ubu ntuye mu Karere ka RUHANGO, Umurenge wa Bweramana,Akagari ka Buhanda. Nsengera mu Itorero rya ADEPR MASANGO, Umudugudu wa BUHANDA, ndi umugabo w’umudamu umwe n’abana babiri b’abakobwa, umukuru afite imyaka 6, umutoya afite imyaka 3.
Nashatse mu mwaka wa 1995 mbyara umwana wa mbere mu mwaka wa 2006 . Muri iyo myaka 11 nari (...) -
Iyaba byashobokaga ubutumwa bwiza bw’ijambo ry’Imana bwajya butangirwa no mu tubari kugira ngo abakiri mu byaha babivemo bakire agakiza.
20 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIREItorero rya ADEPR mu Karere ka Nyanza ryahereye umubatizo abayoboke baryo muri piscine y’akabari ka Dayenu Hotel tariki ya 17 Kanama muri uyu mwaka.
Amakuru dukesha Kigali today avuga ko abahawe umubatizo uko ari 50 kimwe n’abari babaherekeje muri uwo muhango bari bazengurutse ubwogero bwa “Dayenu Hotel” baririmba indirimbo zihimbaza Imana muri icyo gikorwa cyo kugera ikirenge mu cya Yesu.
Mu gihe ibyo byakorwaga abanywi nabo bari mu nkengero z’iyo piscine bifatira ku binyobwa bisembuye, (...) -
Kwigunga ku murwayi w’umutima bituma apfa vuba
22 June 2012, by UbwanditsiUshakashatsi bwakorewe muri Kaminuza ya Brigham iherereye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bugaragaza ko kwigunga ku muntu ufite ikibazo cy’indwara y’umutima ashobora gupfa vuba.
Amakuru dukesha Aljazeela.com avuga ko abantu barenga 44,573 nibo bakoreweho ubu bushakashatsi aho bwerekanye ko abantu bafite ikibazo cy’umutima badakwiye kwiheza kuko byabagiraho ingaruka zirimo no gupfa.
Kuri aba barwayi bwerekanye ko abenshi muri bo bari bafite ibibazo byo gufatana kw’imitsi ijyana amaraso mu (...) -
Ibinyamavuta bikwiye kuribwa ku rugero ruto
27 May 2012, by UbwanditsiIbinyamavuta bigereranije birakenewe mu mirire kuko ari ibiribwa bifasha gushyushya ndetse bigatera imbaraga umubiri. Muri ibyo biribwa harimo ubunyobwa, sesame, inzuzi, ibihwagari, noix de cajou, amande, pignons, pistaches, soya n’ibindi.
Mu gitabo Les Délices du potager batangaza ko Ubunyobwa bukize kuri lizine. Ibyo bigatuma bugira uruhare mu gukomeza imitsi yumva n’ingirangingo zo mu bwonko. Kuva ku myaka 3 burakenewe kugikuriro cy’umwana kuko bukungahaye mu byubakumubiri. Nicyo gituma (...) -
UMUHANZIKAZI GAGA GRACE MU GIKORWA CYO GUSURA ABARWAYI MURI CHUK
28 October 2013, by Simeon NgezahayoMu kiganiro na UWAMBAJE Marie Grace usanzwe azwi ku izina ry’ubuhanzi nka Gaga Grace, ndetse akaba azwi ku ndirimbo nka UMPE AKANYA na ARANYUZE yadutangarije ko nyuma yo kuririmba hari igikorwa we n’itsinda ayoboye ari ryo GIRA IMPUHWE barimo gitegura cyo gusura abarwayi bo muri CHUK.
Gaga Grace
Iki gikorwa kije gikurikira ibindi byagiye bibanza birimo gufasha imwe mu miryango 2 yo mu murenge wa Ndera. Ubu noneho kuri iki cyumweru taliki ya 27/10/2013 itsinda Gira Impuhwe ryerekeje muri (...) -
62.5% by’Abapasiteri ntibashyigikiye ibitero kuri Syria - NAPP NAZWORTH
6 September 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi buherutse gukorwa n’umuryango w’abavugabutumwa muri Amerika (NAE) mu bapasiteri bibumbiye muri uyu muryango bwagaragaje ko 62.5% badashyigikiye ibitero bya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kuri Syria bigamije guhosha intambara.
Amakuru dukesha Ikinyamakuru ‘The Christian Post’ avuga ko muri ubu bushakashatsi bwari bufite umutwe ugira uti "Mbese Congré y’Amerika ikwiriye kwemeza ko ingabo z’Amerika zigaba ibitero kuri Syria?", abagera kuri 37.5% gusa ari bo bashubije ‘Yego’ kuri iki (...)
0 | ... | 1260 | 1270 | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | ... | 1850