IMBARAGA Z’IBYIRINGIRO BYACU
Zaburi 20:8 - Bamwe biringira amagare, Abandi biringira amafarashi, Ariko twebweho tuzavuga izina ry’Uwiteka Imana yacu.
Muri iki gitondo nategereje cyane ku bidutera ibyiringiro nk’abantu. Ibiduha imigabo n’imigambi y’uko ibyo dukora bizacyamo, ko imigambi yacu ikomeye, ko ejo hacu ari heza.
Natekereje cyane cyane ku isoko y’ibyiringiro ku bizera Imana no kubatayizera nsanga hari itandukaniro rikomeye.
Iriya zaburi twasomye irimo ubutunzi n’amabanga akomeye buri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imbaraga z’ Ibyiringiro byacu Dr Masengo
17 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Urwandiko rwaturegega
14 June 2016, by Kiyange Adda-DarleneKandi ubwo mwari mupfuye muzize ibicumuro byanyu no kudakebwa kw’imibiri yanyu, yabahinduranye bazima na we imaze kutubabarira ibicumuro byacu byose, igahanagura urwandiko rw’imihango rwaturegaga ikarudukuzaho kurubamba ku musaraba (Abakolosayi 2 : 13-14.)
Imana imaze kurema umuntu yamuhaye amabwiriza. icya mbere ni uko atagombaga kurya ku giti kimenyesha icyiza n’ikibi. Imana yamubwiye ko nakirya azapfa (itangiriro 2 : 15). Umuntu yashutswe na satani arya kuri cya giti, Imana na yo ihitamo (...) -
Atlanta: Iyimikwa rya Pastor Jared Sawyer, Jr. w’imyaka 16 ryateye benshi impungenge
16 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuvugabutumwa Jared Sawyer, Jr. w’imyaka 16 gusa y’amavuko yimikiwe ubushumba mu itorero rye ry’Ababatisita. Iri yimikwa ryateye benshi impungene, bibaza icyo bisaba kugira ngo umuntu abwirize ku ruhimbi.
Pastor Jared Sawyer, Jr.
Jared umaze igihe gisaga 1/2 cy’imyaka ye ari umuvugabutumwa, ubu noneho ni Pasiteri wungirije mu Itorero Center Hill Baptist Church, Atlanta nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru The Christian Post. Benshi mu bumvise iyi nkuru bashimye Imana, ariko abandi baterwa (...) -
“Sinahinduye idini,” Dorcas, THE BLESSED SISTERS
24 September 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi Dorcas wamenyekanye cyane mu minsi yashize ubwo itsinda The Blessed Sisters ryasohoraga album yabo ya mbere yiswe GIRA INTEGO aranyomoza amakuru aheruka kumuvugwaho ngo ko yaba yarahinduye idini.
The Blessed Sisters
Ni nyuma y`uko arangije amashuri ye yisumbuye, akaba yarakundaga kugaragara afite umusatsi udefirije ku mutwe ariko muri iyi minsi akaba agaragara afite umusatsi wa naturelle.
Mu kiganiro twagiranye n`uyu muhanzikazi, yadutangarije ko akiri mu itorero rye rya (...) -
Igihangange muri muzika DON MOEN muri Afurika
13 December 2012, by UbwanditsiUmugabo wamenyekanye cyane kubera uburyo indirimbo ze zifasha benshi, akaba aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Don Moen kuri uyu wa Gatatu araba ataramana n’abakunzi be mu mugi wa Accra uri muri Ghana hano muri Afurika aho azava ajya i Lagos ho muri Nigeria.
Abinyujije ku mbuga-nkoranyambaga facebook na twitter, Don Moen yagize ati “ Nishimiye cyane kuba mu mugi utuje wuzuye ubwiza wa Accra ho muri Ghana ,aho ngirana ibihe byiza n’incuti zanjye mu gitaramo cyo kuwa Gatatu (...) -
Nyuma yo kuva muri Canada mu giterane cy’ivugabutumwa, Eunice Njeri yerekeje muri RDC
25 October 2013, by Simeon NgezahayoEunice Njeri ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya. Uyu muhanzikazi rero wari umaze iminsi mu gihugu cya Canada mu giterane cyo kwitanga mu nyubako z’insengero, ubu aritegura kwerekeza muri
Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Nyuma yo kuva mu ruzinduko rw’ivugabutumwa mu gihugu cya Canada, Njeri yafatanije na bagenzi be Lady Bee na Grace Mwai kwamamaza ubutumwa bwiza mu mashuri yisumbuye.
Kuva taliki 24 Ugushyingo kugeza taliki 1 Ukuboza uyu mwaka, Eunice Njeri azataramira (...) -
NIGERIA: Umuryango uhuza Abakristo urashima icyemezo cya Guverinoma y’Amerika cyo kubohoza abakobwa b’abanyeshuri bashimuswe na Boko Haram
9 May 2014, by Simeon NgezahayoUmuryango uhuza Abakristo bakomoka muri Nigeria baba muri Amerika arashima Guverinoma y’Amerika nyuma y’aho itangarije ko igiye kohereza ingabo muri Nigeria mu rwego rwo gukiza abanyeshuri b’abakobwa basaga 270 bashimuswe n’umutwe w’intagondwa z’Abisilamu Boko Haram. Uyu muryango ngo wahise utabaza byihuse ukimara kumva iyi nkuru y’incamugongo. Aba bana b’abanyeshuri ngo basaga 270 bose hamwe ngo bashimuswe nyuma y’aho uyu mutwe w’iterabwoba w’Abisilamu Boko Haram wagotaga ikigo bigaho giherereye (...)
-
ADEPR yafashije Abagororwa 806 hihana abashya 48
4 March 2014, by UbwanditsiItorero rya ADEPR ryasuye Abakristo baryo 806 b’Abagororwa bari muri Gereza ya Ntsinda, rivugayo ubutumwa, rinagenera Abagororwa muri rusange inkunga irimo ibiribwa nk’umuceri, isukari, amoko atandukanye y’ifu, amavuta, imiti y’amenyo, amasabune, n’ibindi, hihana abashya 48, habatizwa 25.
Gereza ya Ntsinda iherereye mu Karere ka Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba, kuwa 1 no kuwa 2 Werurwe 2014 yasuwe n’Inzego z’Ubuyobozi bw’Itorero rya Pentekote ryo mu Rwanda ADEPR ku ntego y’Ivugabutumwa muri (...) -
Ibintu icumi bidasanzwe byagaragaye mu gitaramo cya Patient Bizimana
4 October 2012, by Patrick KanyamibwaIgitaramo cyo kuramya no guhimbaza cya Patient Bizimana yise “Poetic Evening of Praise and worship” cyabaye kuri icyi cyumweru, ni kimwe mu bitaramo bya gospel byiza bikozwe muri uyu mwaka, dore ko cyitabiriwe cyane kandi abenshi mubacyitabiriye twaganiriye bakaba badutangarije ko bishimiye iko byagenze.
Nyuma yaho dukurikiye iki gitaramo, twabashakiye ibintu icumi byagaragaye muri kino gitaramo bidakunze kugaragara mu bitaramo, ibyo abenshi bita « Udushya », muri byo harimo ibyiza byo gushima (...) -
Hari icyo ugomba guhomba kubwa Yesu Kristo.
11 May 2016, by Ernest RutagungiraNyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo, ndetse n’ibintu byose mbitekereza ko ari igihombo ku bw’ubutunzi butagira akagero, ari bwo kumenya Kristo Yesu. Ku bw’uwo nahombye ibyanjye byose, ndetse mbitekereza ko ari amase kugira ngo ndonke Kristo ( Abafiripi 3:7).
Kubaho mu ubuzima bw’ibyaha bitsikamira benshi ndetse bamwe bakaba imbata yabyo, rimwe na rimwe iyo umaze kugikora uricuza, uti nabikoreye iki, nyamara ntacyo kwicuza bikumarira, kuko iyo ako gahinda (...)
0 | ... | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | ... | 1850