Mbese ufite ibikugerageza uhura na byo? Ibyanditswe byera bibereyeho kugufasha. Ifashishe imirongo ikurikira yo muri Bibiliya kimwe n’indi ushobora kwishakira ubwawe.
“Ibisigaye mukomerere mu mwami no mu mbaraga z’ubushobozi bwe bwinshi mutware intwaro zose z’Imana kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n’uburiganya bwa Satani.Nuko rero mutware intwaro zose z’Imana kugira ngo mubashe gukomera ku munsi mubi kandi murangije byose mubashe guhagarara mudatsinzwe.Muhagarare mushikamye mukenyeye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ni gute wanesha ibikugerageza?
29 February 2016, by Emmanuel KANAMUGIRE -
Mu rugendo rw’ Ivugabutumwa Korare Iriba irimo i Meshero (Gicumbi) abagera ku 185 bakiriye agakiza
5 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaChorale Iriba kuri uyu wa gatandatu yahagurutse i Huye yerekeza muri Paroisse ya Meshero (Gicumbi).
Nyuma yo kwakirwa, Imana yatangiye kubakoresha mu buryo butangaje dore amwe mu magambo yigishijwe kuri uyu wa gatandatu: Mbese umugore yakwibagirwa umwana yonsa, ntababarire uwo yibyariye? Icyakora bo babasha kwibagirwa, ariko jye sinzakwibagirwa. Dore nguciye mu biganza byanjye nk’uca imanzi, kandi inkike zawe ziri imbere yanjye iteka. (Yesaya 49:15)
Ntibibaho ko Imana yibagirwa uwo (...) -
Nabonye Data!
7 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNabonye Data,
nakuze ntazi data mpinduka nyamwigendaho, mpinduka umugome kandi nashakaga kugirira nabi buri wese, abantu benshi bakanteragirana bashingiye ku nkomoko yajye..
Mu rwego rwo gusimbuza Data ntigeze menya nihaye isi,nabonaga amafaranga menshi ariko nahoraga mbabaye kandi ndi njyenyine kandi iy isi yari yarangize umucakara w’ ibiyobyabwenge, inzoga, kubeshya n’ ubugome sinabirabukwa ….nubwo mu muryango harimo abakirisitu sinashakaga kuvuga ku byerekerenye na Yesu ahubwo (...) -
Adda Darlene ahamya ko ubwo yashyaga Imana yohereje Malayika wayo akarara amuvura amaguru...
7 August 2013, by UbwanditsiNitwa KINYANGE Adda Darlene. Ngiye kubabwira igitangaza Imana yankoreye, Umunsi umwe, hari saa kumi n’ebyiri n’igice, ubwo nari mu gikoni ndi guteka. Nari ndi gutegura ifunguro ryitwa amafiriti (Fritte) y’ibirayi. Isafuriya yari iteretse ku mbabura ihengetse ariko ntabyo nari nabonye.
Narategereje amavuta arashya neza, nterura ibirayi nshyira muri ya mavuta. Isafuriya yahise ihirimira ku birenge byanjye amavuta yose yisuka ku birenge. Navugije induru ndatabaza, abari mu nzu bose bahururira (...) -
Igitekerezo: Yarakajwe nuko se atamuhaye impano yifuzaga
24 February 2013, by UbwanditsiUmusore umwe yari mu myiteguro yo guhabwa impamyabumenyi ye ya Kaminuza, hari hashize igihe yifuza imodoka nziza ya siporo yagurishwaga mu iduka ry’imodoka (wenda ni nko mu Kagera motors ngereranyije no mu Rwanda), kandi yari azi neza ko SE afite ubushobozi bwo kuyimugurira akayimuha nka cadeau ku munsi wo guhabwa diplome ye (GRADUATION day),kandi yari yarabwiye se ko icyo aricyo kintu akunda cyane! Uko iminsi yahitaga isatira umunsi wa graduation,uwo musore yategerezanyaga amatsiko menshi (...)
-
Umuhanzi Samuel Niyigaba agiye kumurika DVD ye yise "Irakwiye !"
27 November 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Samuel Niyigaba ukorera umurimo w’Imana mu itorero ry’Ababatisita (AEBR) agiye kumurika album Video (DVD) ye mu gitaramo kizaba kuri iki cyumweru taliki ya 1 Ukuboza 2013 kuva saa munani kugeza saa kumi n’ebyiri ku rusengero rw’AEBR Kacyiru hafi ya MINAGRI.
Nk’uko Niyigaba yabidutangarije, muri icyo gitaramo azacuranga imbonankubone (Live) akaba azafatanya n’abaririmbyi batandukanye nka Cubaka, Eddy Mico na Rajabu. Hazaba hari n’amatsinda nka Narada Worship Team yo kuri AEBR abereye (...) -
Alabama: Pasiteri yasimbutse igipangu cya metero zisaga 13 acika polisi
28 August 2013, by Simeon NgezahayoPastor Matt Pitt washinze imwe mu maminisiteri y’urubyiruko manini muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika yise ‘The Basement’ yafashwe mu cyumweru gishize ashinjwa kwiyita umupolisi, no gutoroka agasimbuka igipangu cya metero 13.71 (45foot).
Amakuru dukesha The Christian Post avuga ko polisi yari imaze igihe igerageza gufata Pastor Pitt kubera igihuha cyavugaga ko akoresha ibiyobyabwenge, ariko akayica mu myanya y’intoki. Polisi ya alabama yatangaje ko Pitt ari umunyamugisha kuba atishwe n’icyo (...) -
ETHIOPIA: Nyuma yo kureba Film ya Yesu akakira Kristo nk’Umukiza we, amaze gushinga amatorero 3!
12 March 2014, by Simeon NgezahayoDawit ukomoka mu gihugu cya Ethiopia yanywaga ibiyobyabwenge byinshi by’uruvange, arwaye n’abadayimoni ku buryo benshi mu baturanyi be bari bamuzi nk’ubana n’ubumuga bwo mu mutwe, ndetse n’umuryango we wajyaga umubohesha ingoyi zikomeye bakanamujyana mu bapfumu. Mu buhamya bwe, Dawit yagize ati "Nari umwe mu bantu barwaye abadayimoni muri aka gace, kandi bajyaga bambabaza. Nakundaga kandi gusinda, abantu bakanyita ‘umusazi’. Umuryango wanjye wakundaga kumboha, ukanjyana mu bapfumu ngo bamvure.” (...)
-
Menya impamvu 5 zituma abantu b’igitsinagore aribo bitabira ubuhanuzi cyane kurusha abagabo!
22 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comNi kenshi usanga abantu b’igitsinagore aribo baba biganje mu nsengero kuruta abagabo.Iyo urebye kandi abitabira imirimo iba mu matorero usanga na none umubare w’igitsinagore uba uri hejuru ugereranije n’uw’abagabo.
Hano mu Rwanda, usanga kandi abitabira cyane gahunda z’amasengesho y’iminsi myinshi cyangwa mikeya ari ab’igitsinagore.Iyo witegereje kandi usanga abagore aribo bakunda gushaka kumenya icyo Imana iba ivuga ku itorero cyangwa se ku buzima bwabo bw’ibiba bizababaho ndetse n’ibizaba ku (...) -
Nimutabare, abana bari mu kaga! - Eveline Simonnet
9 December 2013, by Simeon Ngezahayo« Nta cyantera umunezero waruta uwo kumva ko abana banjye bagendera mu kuri » - 3 Yohana 1 : 4
Muri iki gihe umwanzi Satani yasutse byinshi byangiza abana. Umwanzi afite umugambi wo gukura abana bacu mu mugambi w’Imana, ndetse uko tugenda turushaho kurangara no guhuga ni ko arushaho kubona urwaho rwo kubangiza. Ababyeyi bamwe bashwana n’abana babo bibwira yuko ari cyo kizatuma bikosora, abandi baramanjiriwe. Twakora iki? Reka tujye inama!
Ikibabaje ni uko abana bacu banyura mu ngorane (...)
0 | ... | 1280 | 1290 | 1300 | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | ... | 1850