Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 14 September 2013 kuri Lemigo Hotel nibwo habaye umuhango wo kwereka abanyamakuru bose abahanzi baririmba ibihimbano by’Imana barimo guhatanira ibihembo mu irushanwa rya Groove Awards Rwanda 2013. Uyu muhango wari witabiriwe n’abanyamakuru benshi cyane ndetse n’abahanzi bari biyandikije nabo ni benshi bikaba bigaragara ko ngo bizagira umusaruro ukomeye kuko no muri Kenya bigitangira bititabirwagagutyo.
Akanama nkemurampaka kakimara gutangaza abahanzi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abahatanira Groove Awards Rwanda 2013 bamenyekanye,gutora nabyo byatangiye!!
15 September 2013, by Ubwanditsi -
KORALI ITABAZA (ADEPR TABA, HUYE) IRASHYIRA AHAGARAGARA ALBUM VIDEO YABO BISE “INSTINZI”
2 October 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y`igihe kitari gito bategura DVD yabo, noneho kuri iki Cyumweru tariki ya 6/10/2013 bateguye Launch yayo.
Itabaza choir ni imwe mu makorali akorera umurimo w’Imana muri ADEPR Paroisse Taba (Huye, Intara y’Amajyepfo) ikaba ahanini igizwe n`urubyiruko. Itabaza irashimira Imana ku bwa Album yabo INTSINZI izajya ku mugaragaro kuri icyi Cyumweru.
Mu kiganiro www.agakiza.org yagiranye na Barabwiwe Normand umuyobozi w`amajwi wungirije akaba n’ushinzwe itangazamakuru muri iyi chorale, (...) -
Amateka ya chorale Itabaza yo ku mudugudu wa Taba, paruwasi ya Taba ADEPR
7 October 2013, by UbwanditsiItabaza yavutse mu 1997, itangirira ku Mudugudu wa Taba ari naho ikorera umurimo w’Imana kugeza uyu munsi. Yatangijwe n’abaririmbyi 18 bari bagizwe ahanini naba kadogo bigaga mu Kigo cya ESO/Butare. Abaririmbyi bagiye biyongera kugeza ubu Chorale Itabaza igizwe n’abaririmbyi 84 harimo abagabo, abagore, abasore n’inkumi.
Intego ya Chorale Itabaza ni ukwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo mu Gihugu cy’u Rwanda no mu Mahanga.
Mu gihugu Chorale Itabaza imaze gukora ingendo nyinshi mu Gihugu (...) -
Billy Graham yigishije inyigisho ye ya nyuma mu isabukuru y’imyaka 95 y’amavuko!
11 November 2013, by Simeon NgezahayoMu munsi mukuru we wo kwizihiza imyaka 95 y’amavuko witabiriwe n’abantu basaga 900, umuvugabutumwa Billy Graham yatanze inyigisho ye yiswe iya nyuma abinyujije muri video yamaze iminota igera kuri 30.
Amakuru dukesha urubuga USA Today aravuga ko Billy Graham yatanze ubutumwa bujyanye n’iby’agakiza, akavuga ko amaze igihe arizwa n’inzira y’agakiza k’Amerika.
Yagize ati "Igihugu cyacu gikeneye cyane gukanguka mu buryo bw’umwuka. Maze igihe ndira, kuko nazengurutse imijyi myinshi mbona uburyo abantu (...) -
Chorale Abatoranijwe ADEPR Nyarugenge bagiye kumurika Album yabo ya mbere y’indirimbo z’amajwi, izaba yitwa « Dufite Imana »
2 November 2012, by Patrick KanyamibwaChorale Abatoranijwe ni Chorale yaba Mama ibarizwa mwitorero rya ADEPR Nyarugenge, iyi Choral ikaba iririmba indirimbo zihimbaza Imana ndetse bakaba bamaze igihe mu murimo w’Imana dore ko batangiye gukora umuziki wabo no kuvuga ijambo ry’Imana ibingibi bakaba barabitangiye ahagana muwi 1987 kugeza ubungubu, iyi Choral ikaba yaragiye ikora ibikorwa bitandukanye nko gusura abarwayi, gufasha abatishoboye n’ibindi bikorwa bitandukanye by’urukundo.
Kuri ubungubu iyi Choral Abatoranijwe ikaba igiye (...) -
Dukwiye kwiga guha imbabazi nabatazidusabye.
18 August 2015, by Umugiraneza EdithMatayo 18:21 Nuko Petero aramwegera aramubaza ati "Databuja, mwene data nangirira nabi nzamubabarira kangahe? Ngeze karindwi?" Petero yabajije Yesu inshuro ashobora kubabarira mwene se. Igisubizo Yesu yamusubije cyari cyoroshye (simple) : Uzageze karindwi mirongo irindwi.( Matayo 28:22) mu yandi magambo ni ukubabarira igihe cyose.
Yego Pastor Prince, Ntabwo rwose agomba imbabazi zanjye ( Sinshobora kumubabarira)
Nawe ubwawe ntiwari ukwiriye imbabazi z’Imana. Nta muntu numwe muzima (...) -
ADEPR Muhima: Igiterane ngarukacyumweru kiratangira kuri uyu wa 10 Ukwakira
8 October 2013, by Simeon NgezahayoKuri ADER Muhima komite mpuzamakorali ifatanije n’ubuyobozi bw’umudugudu wa Muhima bateguye gahunda y’ibitarabo bihoraho bizajya biba buri wa gatanu w’Icyumweru.
Nyuma y’ibitaramo biherutse kuba kuva taliki ya 16/09/2013 kugeza 22/10/2013 kuri ADEPR Muhima abantu benshi bakabihembukiramo, kuri ubu komite mpuzamakorali ifatanije n’ubuyobozi bw’uyu mudugudu bateguye gahunda y’ibiterane bihoraho buri wa gatanu w’icyumweru.
Nk’uko twabitangarijwe na Pst Thegene KANAMUGIRE wo kuri uyu mudugudu, ibi (...) -
Korali Iriba yashoje igiterane yakoreraga mu Nyakabanda
22 July 2013, by Simeon Ngezahayo, UbwanditsiKuri iki cyumweru ku wa 21 Nyakanga 2013, mu itorero rya ADEPR Nyakabanda habereye igiterane cy’ivugabutumwa cyiswe “Igiterane cyo guhembuka.”
Iki giterane cyari gifite intego igira iti “Ni uko mwihane muhindukire, ibyaha byanyu bihanagurwe, ngo iminsi yo guhemburwa ibone uko iza…” (Ibyakozwe n’Intumwa 3: 19). Iki giterane cyateguwe na Groupe y’Abanyamasengesho bo kuri uyu mudugudu wa Nyakabanda.
Umuvugabutumwa Ev. Edouard Munyembabazi waturutse i Ndera yigishije abari bateraniye aho, abaganiriza (...) -
Martin Luther: umwe mubazanye idini ya Giporotesitanti (Protestantism) ni muntu ki?
13 January 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAMartin Luther ni umwe mu bazanye impinduka mu iyobokamana Abakristu bamwe biyomora ku idini Gaturika(catholic church) bashinga idini y’Abaporotesitanti (Protestant).Yavutse ku wa 10/11/1483 mu gace ka Eisleben mu cyahoze ari ubwami bw’Abaroma (Roman Empire) ariho ubu muburasirazuba bw’Ubudage (eastern Germany).
Amakuru dukesha urubuga rwa Christian Classics Ethereal Libraly avugako uyu Luther wari umuhungu wa kabiri mu muryango wa Hans Luther na Magarete , amaze kuvuka iwabo bimukiye mu (...) -
“YARATUZIGAMYE”NI ALBUM YA MBERE UMUHANZI EDOUARD ARIMO KWITEGURA GUSHYIRA KU MUGAGARARO
4 March 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzi Edouard GASHIRABAKE ni umwe mu bahanzi batangiye kugenda bigaragaza muri iyi minsi.
Eduard arategura arategura gahunda zitandukanye muri ubu buhanzi bwe, ariko zizibanda ku ivugabutumwa ryagutse abinyujije muri iyi mpano y’ubuhanzi.
Uyu muhanzi ni umusore ukomoka mu karere ka Karongi, ariko ubarizwa i Kigali ku bw’impamvu z’akazi kandi akora katajyanye n’ubuhanzi. Gusa nk’uko yabidutangarije, ngo ni uko yifuza ko mu bihe biri imbere iyimpano ye yayibyaza umusaruro bityo ikaba (...)
0 | ... | 1310 | 1320 | 1330 | 1340 | 1350 | 1360 | 1370 | 1380 | 1390 | ... | 1850