1. Banza ushyireho amahame yo kwera, uyandike.
2. Ba umunyakuri kandi ufate ibyemezo – ganira n’abandi amahame yawe.
3. Hitamo incuti mu bwenge – hitamo izo muhuje indangagaciro – winjire mu itsinda ry’urubyiruko.
4. Shaka uko wamenya niba uwo ugiye gushaka muhuje indangagaciro.
5. Mubanze mube incuti bihagije. Umuntu mwiza ukwiriye kurambagiza agomba kuba ari incuti yawe y’amagara! Shyira ku ruhande ibigaragarira amaso, wibande ku rukundo – banza ube incuti na we – muvugane.
6. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Amahame 10 agenga kurambagiza – Pastor Chris Jordan
9 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Kubwira Imana ngo “ hoya”
2 March 2016, by Kiyange Adda-Darlene« Nuko Yona yiyemeza guhunga Uwiteka, arahaguruka ngo ajye i Tarushishi. Yerekeza ku cyambu cy’i Yopa ahasanga ubwato bwaganaga i Tarushishi, amaze gutanga ihoro abujyamo ahungiyeyo uhoraho. » Yona 1:1-3.
Ku bantu benshi, igitabo cya Yona bakibona nk’igitabo kivuga ibitarabayeho. None se Imana yaba yaremeye ko kijya mu bindi kugira ngo irangaze abantu? Abayuda bo bafata ibyanditswe nk’ukuri ku buryo igitabo cyose gisomerwa mw’isinagogi ku munsi wa Yom Kippour, kuko bavanamo inyigisho nyinshi : (...) -
Mu ijuru imbere y’Imana mfite umuntu umvugira!
14 April 2016, by Alice Rugerindinda“My dear children, I am writing this to you so that you will not sin. But if anyone does sin, we have an Advocate who pleads our case before the Father. He is Jesus Christ, the one who is truly righteous” 1 John 2:1 Amen
“Bana banjye bato, mbandikiye ibyo, kugirango mudakora icyaha. Icyakora nihagira umuntu ukora icyaha, dufite Umurengezi kuri Data wa twese, ariwe Yesu Kristo ukiranuka” 1 Yohana 2:1
Imana ishimwe cyane. Nasanze mu rurimi rw’icyongereza ariho hari ijambo rikomeye, ngo Yesu ni (...) -
Sobanukirwa neza n’igikorwa cyo Kurambagiza.
3 October 2013, by UbwanditsiNi iyihe ntego yo kurambagiza?
Kurambagiza byagombye kuba bifite intego nziza bigamije. Byagombye gufasha umusore n’umukobwa kureba niba bashobora kuzabana.
Icyakora, hari abo mu rungano rwawe bashobora kudaha agaciro ibyo kurambagiza. Bashobora gushimishwa no kugirana ubucuti n’umuntu badahuje igitsina, ariko nta ntego bafite yo gushakana na we. Hari n’abashobora kugira incuti nk’iyo bagamije gusa kugaragaza ko hari icyo bagezeho, cyangwa bakumva ko iyo ncuti yabo ari nk’ikintu bakwiratana (...) -
Ni koko nta munyabwoba wabona ijuru, Soma ubuhamya……
24 September 2015, by Innocent KubwimanaNuramuka usomye ubu buhamya, urasobanukirwa neza uburyo satani ashobora gukingiranira umuntu mu kazitiro, ko kumutinyisha urupfu, agahanagura kwizera mu buzima bwawe bikagutandukanya n’Imana kuko Bibiliya iravuga ngo umuntu utizera ntibishoboka ko anezeza Imana. Abaheburayo 11:6
Uyu dusoma ubuhamya bwe, arisobanurira uburyo satani yamutinyisha gupfa kandi bidakwiye, Umuririmbyi yaravuze ngo twajyaga dutinya Yesu arugira irembo. Imana ibahe gufashwa n’ubu buhamya:
Ntabwo nagize amahirwe yo (...) -
So wo mu ijuru aziko mubikeneye!
2 June 2016, by Alice Rugerindinda“ Kuko ibyo byose abapagani babishaka, kandi so wo mu ijuru aziko mubikwiriye byose” (Matayo 6:32)
Iri jambo rifite imbaraga mu buzima bwanjye, kandi ni intwaro ikomeye watsindisha satani. Kubibwira satani, ninko kumubwira ngo “ subira inyuma yanjye satani kuko papa wanjye arabizi” Imana ishimwe. Kuba abizi, nabyo bifite ikindi bisobanuye gikomeye kuko Data niwe utwara abatware, ni Umwami, yitwa Imana ishobora byose, ni Umufasha utabura kuboneka mu byago no mu makuba, ntajya abura uko (...) -
Nyarugunga: Abadiyakoni 15 n’abavugabutumwa 2 bahawe inshingano
20 January 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu taliki 18 Mutarama 2014, mu Itorero rya ADEPR Nyarugunga hasengewe abadiyakoni 15, bakorera umurimo w’Imana ku midugudu 2 igize iyi paroisse. Muri abo, 2 bakorera umurimo w’Imana ku mudugudu wa Rwimbogo, naho 13 bakorera ku mudugudu wa Nyarugunga. Kuri uyu wa Gatandatu kandi abavugabutumwa 2 bimitswe ku mugaragaro ngo batangire umurimo w’ivugabutumwa. Abo ni Madamu GASENGAYIRE Philomene ukorera umurimo w’Imana mu Itorero rya ADEPR Umudugudu wa Nyarugunga, na Madamu (...)
-
Ese iyo habaye ikosa, Umukristo yitwara ate?
16 January 2016, by Gloriose IsugiAbantu bifuza kubana mu mahoro, nta mahane n’amatiku ariko uhereye igihe isi yaremewe abantu bajya bahura n’ibibashyamiranya, ibyo bigatera umuntu kwibaza ngo uko gushyamirana guturuka he? Urubuga topchretien.com rutangaza ko ibi byatangiye mu gihe cya cyera, mwibuke mu busitani bwa Eden igihe Adamu yabwiraga Imana ngo «Umugore wampaye yatumye ndya urubuto watubujije». Adamu yashatse kwikuraho icyaha avuga ko uwo yitaga umugore (Eva) ari we wamushutse; Ibi biboneka no mu miryango y’abantu (...)
-
Ruhango - "Nta madayimoni arangwa muri GS Indangaburezi"
17 October 2012, by UbwanditsiAbanyeshuri biga mu Rwunge rw’Amashuri Indangaburezi bikanze amagini ku cyumweru bituma abagera kuri barindwi bajyanwa mu bitaro. Ubuyobozi bw’iki kigo ariko buvuga ko atari amagini yabakanze, ko ahubwo ari ukwikanga.
Abanyeshuri bavuga ko mu masaha ya saa sita z’ijoro zishyira saa saba ari bwo humvikanye urusaku mu nzu abakobwa bararamo, bavuga ko batewe n’amagini . Ubwo babiri muri aba bakobwa bari bavuye hanze barinjiranye nk’uko babyivugiye, nyuma yaho ngo ni bwo umwe muri aba bari bavuye (...) -
Rehoboth Ministries kunshuro ya kabiri yongeye gutegura igitaramo yise “Praise and worship Explosion”
19 February 2013, by Patrick KanyamibwaKunshuro ya kabiri, Rehoboth Ministries yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza yise “Praise and worship Explosion .” Icyo gitaramo kizaba ku cyumweru, tariki ya 24/02/2013, muri salle ya Sportsview Hotel kuva saa cyenda z’amanywa kugeza saa mbiri z’ijoro (15h00’-20h00’/pm).
Abo tuvugana mubabashije kwitabira “ Praise and Worship Explosion” yambere yabaye ku ya 28/10/2012 bose barahamyako iki gitaramo cyagenze neza cyane kandi ko umuntu wese wahageze yasabanye n’Imana biciye mundirimbo. (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850