Mfite imyaka 15, maze imyaka igera kuri 3 cg 4 narabaswe na filimi z’ubusambanyi no kwisuzugura. Data ni Pasiteri, ariko ntiwakumva uburyo ngiraga ipfunwe ryo guhagarara ku ruhimbi ndirimbira Imana mu rusengero, nkabikora nishushanya nk’aho nta kibi nakoze.
Umuntu wese undebye abona ndi umukobwa unezerewe, ariko ntibamenye ikimungu n’ipfunwe binshengura umutima. Filimi z’ubusambanyi (Pornography) zarambase ku buryo bushoboka bwose, ngira umushiha mwinshi kugeza ubwo nsigaye ndakarira buri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Mfite imyaka 15, nabaswe na filimi z’ubusambanyi (Pornography) ndabasaba inkunga y’amasengesho
24 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Kutizera birica Fidele Amani
7 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu buzima bwacu bwa buri munsi tugenda duhura n’ingorane zitandukanye, umwanditsi umwe we yaravuze ngo nk’uko inyoni ifatwa mu mu mutego n’uko ifi zifatwa mu rushundura niko ibyago bidutungura, ariko muri ibyo byose dufite Imana umugaba, niyo itugenda imbere, niyo ituyobora muri byose: dutunze, dukennye, turwaye, turi bazima, twize tukaminuza cyangwa tutize Imana ihora iri kumwe natwe.
Abantu benshi usanga hari aho bagera ntibabe bakibona Imana, bakagira ubwoba ndetse bakanayivuga nabi. Iri (...) -
Nyagatare: Korali Abakorerayesu mu giterane cy’ivugabutumwa muri paroisse ya Rukomo
7 February 2014, by Simeon NgezahayoChorale Abakorerayesu ikorera umurimo w’Imana mu Itorero ADEPR Rukurazo, kuri uyu wa Gatandatu no ku Cyumweru taliki 8-9 Gashyantare 2014 irerekeza mu ivugabutumwa mu Ntara y’Uburasirazuba.
Nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’iyi Korale Bwana Nduwimana Etienne, yagize ati « Twatumiwe mu ivugabutumwa ry’iminsi ibiri, kuva ejo ku wa Gatandatu tariki ya 8/02 no ku Cyumweru tariki ya 9/2/2014 i Nyagatare muri Paruwasi ya Rukomo. Umwigisha w’icyo giterane azaba ari Ev. Zigirinshuti Michel. »
Etienne (...) -
Bahati Alphonse yateguye igitaramo cyo gushaka amafaranga yo kubaka urusengero
11 July 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru tariki ya 14/07/2013, kuva saa saba z’amanwa mu rusengero rwa ADEPR Gisenyi umuhanzi Bahati Alphonse yateguye igitaramo cyo gusha amafaranga yo kubaka urwo rusengero, aho azanaboneraho gushira ahagaragara DVD « Mfite ibyiringiro » ndetse akanerekana ibihembo yahawe kuva muri Kenya bya « Groove Awards ».
Nkuko yabidutangarije ubwo twaganiraga nawe, Bahati akaba yatubwiyeko kwinjira muri iki gitaramo ari ubuntu ariko abantu bakazaboneraho kugura DVD ye kandi amafaranga yose (...) -
Waruzi ko hariho itorero rya Satani rikorera kw’isi k’umugaragaro?
20 October 2012, by UbwanditsiMu mujyi wa San Francisco, muri Leta ya California habarizwa itorero rya Satani (Church of Satan). Iri torero rimaze imyaka itari mike rikorera k’umugaragaro nk’ayandi yose abantu basanzwe bamenyereye. Ryatangijwe n’umugabo witwa Anton Szandor LaVey mu mwaka wa 1966. Uyu mugabo ni nawe waje kwandika bibiliya ya Satani bifashisha muri iryo torero; akaba yarayanditse mu mwaka wa 1969. Uyu mugabo yaje gupfa mu mwaka wa 1997. gushyingurwa kwe kukaba kwarakozwe mw’ibanga n’abantu bararitswe gusa. (...)
-
Simon Kabera agiye kumurika Album y’ amashusho
13 August 2013, by UbwanditsiSimoni Kabera avuga ko agiye kumurika album ye ya mbere y’amashusho izamutwara amafaranga arenga miliyoni eshatu mu kuyitegurira neza abakunzi be.
Nyuma yo gutumirwa ahantu henshi hatandukanye akitabira ubutumire bwaho dore ko we ubwe nta biterane yateguraga, Simoni ngo igihe cye cyo gutaramira abakunzi be ni kuri tariki ya 18 Kanama 2013 ku Gicumbi cy’umuco kuri Stade Amahahoro.
Simoni avuga ko kuba yaratinze kumurikira abakunzi be izi ndirimbo icumi z’amashusho ziganjemo iziri mu njyana (...) -
Nigeria : Boko Haram yahitanye abakirisitu 15
31 December 2012, by UbwanditsiAbakirisitu 15 bahitanywe n’igitero cyagabwe mu majyaruguru ya Nigeria, hafi y’agace kigaruriwe n’umutwe wa Boko Haram ku wa gatanu w’icyumweru dushoje.
Inkuru dukesha Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa AFP, ivuga ko imiryango yita ku burenganzira bwa muntu yatangaje kuri iki cyumweru ko iki gitero cyahitanye abantu 15, nyamara Leta ya Nigeria yo ikemera batanu bonyine.
Muri abo bapfuye harimo umupolisi wo mu muhanda n’abasivile 14, bose b’abakirisitu.
AFP bivuga ko ubu bugizi bwa nabi bwashyize (...) -
Abahanzi bo mu itorero rya ADEPR ngo baba bagiye guseka nyuma y’igihe kirekire ntawe ubitayeho!
11 July 2013, by Simeon NgezahayoBurya koko ngo nta gahora gahanze! Nyuma y’imyaka itari mike ikitwa umuhanzi wigenga mu itorero rya ADEPR gifatwank’ikintu kizira cyananiye itorero, kuri ubu ngo siko bikiri kuko kuva aho ubuyobozi bushya bugiyeho. Ibi ni ibyagaragariye mu nama yahuje abahanzi basaga 100 bo mu itorero rya ADEPR ku rwego rw’umujyi wa Kigali, iki gikorwa kikaba cyarabereye kuri ADEPR Kagarama kuri uyu wa 9/7/2013.
Bimwe mu byaranze iyi nama harimo inyigisho zibahwiturira guhindura imyitwarire yabo zatanzwe na (...) -
Kuri iki cyumweru Korare Betelhemu iramurika album ya 6 muri SERENA Hotel i Gisenyi
27 August 2013, by UbwanditsiChoral Bethlehem ibarizwa mu itorero ry’ADEPR mu karere ka Rubavu umujyi wa Gisenyi kuri iki cyumweru iramuriikira abakunzi b’indirimbo zihimbaza Imana by’umwihariko abakunzi bayo Album ya 6 igizwe n’indirimbo 12.
Iki gitaramo kizabera muri Hotel Serena kuva ku isaha ya saa munani kugeza isaa kumi n’ebyiiri z’umugorobo. Umuyobozi w’iyi Choral bwana MUHIRE Innocent yatangarije ikinyamakuru agakiza.org ko iyi concert izaba ari idasanzwe kuko ri ku inshuro ya mbere iyi korari izaba ikoreye (...) -
Iyo aba yaritwaye nabi mbere yo gupfa kwe umwenda yasize atishyuye wari urikoze
16 January 2016, by Ernest RutagungiraKugira umwenda mu buzima bwa muntu ni ibisanzwe ariko noneho bihindura isura iyo ubwishyu bubuze, bikaba akumiro nyir’ukwikopesha aramutse apfuye atishyuye aha biba ikibazo gikomenye kubasigaye, akaba ariyo mpamvu bavuga ngo ngo akaryamyenda gashima kishyuye, aka kaga rero akaba ariko kabaye kuri uyu muryango.
Inkuru zo muri bibiliya 2 abami 4:1-7 zivuga inkuru z’umugore wari warashakanye n’umugabo wari umukozi w’Imana, akaba n’umwe mu bahanuzi, Nyuma rero yo kuguza umwenda utari muto uyu (...)
0 | ... | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | 1840 | 1850