,….Dutumbira Yesu wenyine, ari we Banze ryo kwizera kandi ari we ugusohoza rwose, yihanganiye umusaraba ku bw’ibyishimo byamushyizwe imbere ntiyita ku isoni zawo, yicara iburyo bw’intebe y’Imana. ‘’ Abaheburayo 12:2
Hashize imyaka myinshi nkoze urutonde rw’abantu bose bari bafite amatorero b’abapasiteri bakiri bato muri Amerika kuko numvaga bakeneye amasengesho menshi. Uko bisa kose nanjye hari abansengeye mu gihe natangizaga itorero rya Saddleback.
Iyo ndebye kuri urwo rutonde nsanga abarenga (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Muri byose dutumbire Yesu wenyine
5 August 2015, by Innocent Kubwimana -
Abavuga bati “Aragapfa!” - Sharmion
17 May 2013, by Simeon NgezahayoNarababaye ubwo numvaga radio, umunyamakuru akavuga uburyo abantu ibihumbi bafashe icyemezo cyo kwishimira urupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Margaret Thatcher. Niba nibuka neza, hashize imyaka nka 50 abayobozi b’ibihugu byinshi bishimiye n’urupfu rwa John Kennedy wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ibyo bintera ubwoba iyo mbonye abantu bitwara batya. Hari umurongo umwe wo muri Bibiliya nibutse ubwo natekerezaga ibyo, uvuga uti ’...uwishimira ibyago bya mugenzi (...) -
Chorale Louange (CEP-KIE) yateguye igitaramo cyo kwizihiza imyaka 15 imaze ivutse!
20 January 2014, by Simeon NgezahayoChorale Louange igizwe n’Abanyeshuri b’Abapantekonte biga muri Kaminuza y’u Rwanda mu ishuri rikuru Nderabarezi rya Kigali (Louange CEP-KIE). Kuri uyu wa 26 Mutarama 2014, Louange yateguye igitaramo gikomeye kigamije kwizihiza isabukuru y’imyaka 15 imaze ishinzwe aho muri KIE.
Nk’uko twabitangarijwe na Laurent Usanzumuhire ushinzwe itangazamakuru n’iterambere muri Chorale Louange, ni ubwa mbere umunsi nk’uyu ugiye kubaho ndetse bakaba bifuza ko byazakomeza bikajya biba buri mwaka.
Uwo muhango (...) -
Ubutumwa bw’abahanzi bw’umwaka wa 2014
31 December 2013, by UbwanditsiMu gihe hasigaye amasaha makeya ngo umwaka wa 2014 utangire, twaganiriye n’abahanzi batandukanye bagira ubutumwa baha abakunzi babo n’abaza gusoma iyi nkuru bose.
Aime Uwimana
“Shalom! Mbere na mbere ndabwira abantu nti “Mugire umwaka utatse ineza y’Imana nyinshi, kandi mbifurije guhazwa na yo. Ikindi navuga, igihe turimo abantu duhugijwe n’umuvuduko w’imibereho, Imana iduhe kumatana na yo, yo soko y’ubuzima bwuzuye”.
Bahati Alphonse
“Icyo navuga ku mwaka wa 2014 tugiye gutangira, ni uko Imana (...) -
Wari uzi ko umuntu afitanye isano n’Umuremyi we? (Igice cya 2)
30 August 2013, by Simeon NgezahayoMu gice cya mbere twasesenguye neza isano riri hagati y’umuntu n’Imana harebwa uburyo Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo, uko icyaha cyaje kigatandukanya umuntu nayo n’ukuntu Imana yatanze umwana kugirango uzamwizera wese agarukane ishusho yamuremanye kandi bimuheshe n’ubushobozi bwo guhabwa ubugingo buhoraho, azabeho iteka ryose nk’uko na Yo ibaho iteka ryose.
Dufatanye gusoma ijambo ry’Imana mu bice bikurikira:
Itangiriro 1:26-27; Yohana 2:23-24
Nk’uko tubisoma mu gitabo cy’Itangiriro, (...) -
Incamake y’ibyaranze Gospel mu Rwanda muri 2013
2 January 2014, by Simeon NgezahayoUko umwaka utangiye, kubakunda gusubiza amaso inyuma bakamenya uko byagenze, tubakorera ikusanyamakuru hamwe n’ibikorwa mu ncamake. Nk’uko byagaragaye, mu ntangiriro z’uwa 2013 nta bikorwa byinshi bya gospel byagaragayemo, ariko mu isozwa ryawo hagaragaye ibikorwa bitari bike kandi bikurikirana kugeza ku munsi wa nyuma usoza uyu mwaka.
Reka turebere mu ncamake bimwe mu bikorwa bya gospel byaranze uyu mwaka dushoje wa 2013: Uyu mwaka ku, bijyanye n’
1. Abahanzi: Abahanzi batandukanye yaba (...) -
Ibiranga umuntu usaba
12 October 2015, by Innocent KubwimanaHariho umucamanza mu mudugudu umwe, utubaha Imana ntiyite ku bantu. Muri uwo mudugudu harimo umupfakazi, aramusanga aramubwira ati ‘Ndengera ku mwanzi wanjye.’ Amara iminsi atemera, ariko aho ageze aribwira ati ‘Nubwo ntubaha Imana kandi sinite ku bantu, ariko kuko uyu mupfakazi anduhije ndamurengera, ngo adahora aza iminsi yose akandushya.’ ” Luka 18:2-5
Muri iyi nyigisho tugiye kugaruka ku ijambo risanzwe rimenyerewe kandi rikoreshwa kenshi mu buzima bwa buri munsi ari ryo ‘’Gusaba’’. Iki ni (...) -
Ni mugabane ki wo mu isi ukwiye kudutandukanya na Krisito
12 July 2016, by Ernest RutagungiraNdabasuhuje mu izina rya yesu, amahoro y’Imana abe muri mwe. Nk’uko dusanzwe dusangira ijambo ry’Imana, uyu munsi turarebera hamwe icyo Bibiliya ivuga kuri iyi nsanganya matsiko igira iti “Ni mugabane ki wo mu isi ukwiye kudutandukanya na Krisito? muvandimwe ndakwifuriza ko wagirira umugisha muri iri jambo ry’Imana, kandi ukarushaho kubakwa naryo.
Umunsi umwe yigisha abigishwa be, Yesu yasubije umwe mu batunzi bari bamubajije icyo yakora ngo aragwe ubugingo buhoraho, ati “Erega biraruhije ko (...) -
ADEPR Nyarugenge mu gitaramo cyo kurwanya ibiyobyabwenge ku Gitega
1 July 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y’igitaramo cyabereye ku Muhima ahazwi ku izina rya de bandi (soma do bandi), itorero rya ADEPR Nyarugenge n’ubuyobozi bw’akareree ka Nyarugenge bakomeje urugamba rwo kurwanya ibiyobyabwenge babinyujije mu bitaramo by’ivugabutumwa.
Kuri iki cyumweru tariki ya 30/06/2013 ni bwo igitaramo cya kabiri cyabereye kuri Ecole Primaire Gitega gifite intego igira iti “Ni iki gituma mutanga ifeza mukagura ibitari ibyo kurya nyakuri? Ni iki gituma mukorera ibidahaza? Mugire umwete wo kunyumvira, (...) -
Itorero rya ADEPR Butare ryafunguye umudugudu bise ‘Rehoboth’, 4 bakira Kristo!
4 November 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 02/11/2013, Itorero rya ADEPR Paruwasi ya Butare ryafunguye umudugudu mushya witwa Rehoboth.
Umuhango wo gufungura uyu mudugudu mushya wari uyobowe na Rev. Pasteur Ruganza Emmanuel, witabirwa n’abayobozi batandukanye bo muri Paroisse ya Butare barimo Pasteur Segatarama Faustin na Pasteur Mulisa Augustin. Hari amakorali nka Korali Bumbogo, Wisigara, Voix de la Paix, En-hakkore, Abategereje Yesu na korali ikorera umurimo w’Imana kuri uyu mudugudu.
Uyu mudugudu utangiranye (...)
0 | ... | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | ... | 1850