Yifashishije abandi banyamakuru, Kanyamibwa Patrick yakoze urutonde rw’indirimbo 50 zihimbaza Imana zakunzwe kurusha izindi mu myaka 13 ishize
Nk’umuntu umenyereye ibya muzika ihimbaza Imana, umunyamakuru Patrick Kanyamibwa yashyize ahagaragara uko atekereza indirimbo 50 zihimbaza Imana zakunzwe kandi zigikunzwe kurusha izindi kuva mu mwaka w’2000 kugeza muri uyu mwaka dusoza wa 2013.
Tumubajije niba ataba yaragendeye ku marangamutima ye, Kanyamibwa Patrick yagize ati "Oya, nifashishije (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Yifashishije abandi banyamakuru, Kanyamibwa Patrick yakoze urutonde rw’indirimbo 50 zakunzwe kuruta izindi muri 2013
11 December 2013, by Ubwanditsi -
Duharanire kureba Yesu
7 October 2015, by Innocent KubwimanaHariho abagiriki mu baje gusenga mu minsi mikuru, basanga Filipo w’i Betsayida y’i Galilaya, baramwinginga bati ‘’ Mutware turashaka kureba Yesu.’’ Yohana 12:21
Yaba muri iki mu gihe cyashize, ubu ndetse n’ikizaza mu buryo butandukanye, abantu bifuza buri gihe kureba Yesu. Hari abamushaka ngo abakize indwara, abamushaka mu buzima bwabo mu bindi, abakeneye kubohorwa ingoyi zitandukanye, abifuza amahoro yo mu mutima baruhijwe, abakeneye imbabazi ze, abakeneye kugirirwa neza n’Imana mu buzima bwabo (...) -
Bibiliya iratubwira ngo Mbese ntimuzi ko imibiri yanyu ari insengero z’Imana,
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmuhanuzi w’Imana Hagayi ijambo ry’Imana ryamuje, Imana iravuga iti Ubu bwoko buravuga buti igihe cyo kongera kubaka inzu y’Uwiteka ntikiragera Imana iri kukubaza iti ese birakwiriye ko uba munzu yawe wahinduye ikitabashwa inzu y’Imana ikaba umusaka, cg itongo, Aha suko Imana yari inaniwe gusenya izo nzu bubatse, ahubwo itwarana ubugwaneza sema amen
Inzu ivuga hano y’umusaka cg ikitabashwa niyihe, muburyo bw’Umwuka ntago izi nzu tubona ahubwo wowe imbere hameze gute? Hari ibyo wubatse bikujyana (...) -
Ibintu 3 abari mu marushanwa bazi
2 February 2016, by Ubwanditsi1 Abakorinto 9:24 - Ntimuzi yuko mu birori abasiganwa biruka bose, ariko ugororerwa akaba umwe? Namwe abe ari ko mwiruka kugira ngo mugororerwe.
Nk’uko nabibaseranije ku wa Gatandatu nkomeje kuvuga ku marushanwa turimo nk’abagenzi bajya mu ijuru ndetse n’ibikombe tubikiwe.
Iyo tureba amarushanwa abera mu isi, by’umwihariko amarushanwa tumaze iminsi twakira mu Rwanda harimo ay’amagare, ndetse n’aya ya CHAN, numva ari ngombwa ko nibutsa abantu andi marushanwa akomeye buri wese arimo. Buri mu (...) -
Muharire Umurimo Wawe
31 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMuharire Umurimo Wawe
Imirimo yawe yose uyiharire Uwiteka, Ni ho imigambi yawe izakomezwa (Imigani 16:3).
Kenshi, abantu biha intego kandi bagafata ibyemezo bitandukanye mu buzima bwabo, byaba mu butunzi bwabo, mu muryango wabo, mu kazi kabo cyangwa mu mishinga yabo; ariko n’ubwo ari ngombwa kugira intego, ntukishyirireho intego biturutse mu marangamutima. Shyiraho intego binyuze mu Mwuka. Iki nicyo benshi batamenya.
Akamaro ko kwiyiriza no gusenga, ku bijyanye n’ibi, ni ntagereranywa. (...) -
Amasengesho akwiye kuba ubuzima bwa buri munsi bw’ Umukristo
23 August 2015, by Claudine KAGAMBIRWAMu masengesho niho umuntu asabanira n’Imana akayibwira,irumva,irareba iranavuga ibyo byose ubimenya cyangwa se ubibona iyo usenga.
Urwandiko rwa mbere Pawulo yandikiye Abateseloniki yabasabye gusenga ubudasiba. 1Teselonik5:17, bene data birakwiye ko dusenga ubudasiba,aho uri hose wumve ko uri mu bihe byo gusenga, ufitanye ubusabane n’Imana.
Imana yaduhaye amasezerano menshi ariko tuzayageraho ni dusenga.
Yeremiya33:3 Ntabaza ndagutabara,nkwereke ibikomeye biruhije utamenya iryo ni (...) -
Ni ahacu ho guhitamo - Kenneth et Gloria Copeland
30 May 2013, by Isabelle Gahongayire“Kandi niba mutekereza ko ari bibi gukorera Uwiteka, uyu munsi nimwitoranyirize uwo muzakorera, niba ari izo mana ba sogokuruza bakoreraga zo hakurya ya rwa ruzi, cyangwa imana z’Abamori bene iki gihugu murimo, ariko jye n’inzu yanjye tuzakorera Uwiteka” Yosuwa 24 : 15.
Guhitamo kugendera mw’ijambo ry’Imana ni ikintu umuntu yiyemeza buri munsi. Ntabwo ari ikintu umuntu akora rimwe gusa. Bifata intera, kubera ko bikora muri buri rwego rw’ubuzima.
Ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Hashize imyaka (...) -
Imana Iragushoramo imari!
5 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIyo umubyeyi yohereje umwana we muri Kaminuza, aba amushoramo ubutunzi. Uwo mubyeyi aba yiringiye mu byukuri ko umwana we azatozwa kandi akabigendera. Uti Kuki? Ubwo se yaba yiringiye ko umwana we azagaruka mu rugo yabonye impamyabushobozi, akayimanika ku ruhome ubundi akicyara akirebera televisiyo? Oya da! Uwo mubyeyi yiringira ko ubumenyi umwana we yahawe agiye kububyaza umusaruro, ndetse akaba umuntu ukomeye.
Ni nako bimeze, iyo igisirikare cya Amerika kirimo gitoza abasirikare bacyo, (...) -
WABA WARASOBANUKIWE IBIJYANYE NI UMUZUKO W’ABAPFUYE? Rev. Henry SEBUGORORE
30 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNtimutangazwe n’ibyo kuko igihe kizaza, ubwo abari mu bituro bose bazumva ijwi rye ( Yohana 5:28) Ijambo kuzuka ni urufatiro rw’ubutumwa bwiza, 1Abakorint 15:14.
I. Kuzuka k’umwami Yesu kwamuhesheje:
* kwemerwa ko ari umwana w’Imana, Matayo 27:54; Abaroma 1:4. * kwamuhesheje ubutware n’ububasha bwose, Matayo 28:18-20. * kwamuhaye gutsinda urupfu na Satani, Abaroma 6:9; Ibyak 13:34; Abakolosayi 2:15. * Yesu amaze kuzuka, yazukanye umubiri w’umwuka, abonekera hose, Mariko 16:9; Ibyak 7:55. (...) -
Yasanze ari amababi masa nta mbuto ufite !
7 March 2016, by Alice Rugerindinda“Bukeye bwaho mu gitondo kare asubira mu murwa, arasonza. Abona umutini iruhande rw’inzira arawegera asanga utariho imbuto keretse ibibabi gusa arawubwira ati: “ Ntukere imbuto iteka ryose” Muri ako kanya uruma. Matayo 21: 18-19
Hari ibigaragarira amaso y’abantu hakaba n’ibintu by’ukuri biriho. Yesu ngo abonye icyo giti akirebeye kure yakibeshyeho! Yabonye ibyo bibabi bitoshye , birebetse neza uri kure, akeka ko ari igiti cyagira umumaro, akeka ko kiriho imbuto zaribwa, ariko akegereye, abura (...)
0 | ... | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | ... | 1850