Kuri iki Cyumweru tariki ya 05 Gicurasi 2013 muri HOTEL UMUBANO ahazwi ku izina rya Meridien, iherereye ku Kacyiru, habereye igiterane gikomeye cyateguwe n’Umuryango AGLOW-RWANDA , uwo muryango ukaba ari umuryango wa Gikristo uharanira Iterambere ry’Umugore. icyo giterane cyikaba cyarizihijwe na Chorale AMAHORO yo muri ADEPR REMERA ndetse n’Umuhanzi Captain Simon KABERA.
Mu gutangira icyo Giterane, Umuyobozi wa AGLOW-RWANDA ariwe Madame MUNARA NASTA yatangiye asobanura umuryango AGLOW icyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
KACYIRU : Umuryango AGLOW wakoreye amahugurwa y’abubatse ingo muri HOTEL UMUBANO (Meridien)
7 May 2013, by Ubwanditsi -
Imana yampaye umwana narameze imvi ari uruyenzi nka Sara
24 May 2012, by UbwanditsiAmazina nitwa TWAHIRWA Marthe ariko banyita Bibi kuko ndi Umukecuru.Ntuye ku musozi wa NYARUTOVU aho bita ku MUYOGORO, Mu Ntara y’Amajyepho. Nabaye TANZANIA njyayo kubw’Umwami RUDAHIGWA ngenda ndi Akangavu.
Uwanjyanye yagiye ambwira ko agiye kunshakira akazi, naho yari agiye kunshakira umugabo ntabizi.Yaraje ati:”Dore uri imfubyi, ngwino njye kugushakira imibereho.”
Mu kugenda yampaye izina rya GATORANO TWAHIRWA, Naho ubwo hari undi mugabo ku ruhande nawe witwa GATORANO nawe wari wiswe (...) -
CEP/ULK mu giterane cyo gukusanya inkunga yo gufasha bagenzi babo badafite Minerval (school fees)
14 July 2012, by VitalCEP/ULK rero ikaba igizwe ahanini n’abanyamuryango ubu bakabakaba 440 baba abiga ku manywa ni ukuvuga CEP/ULK Jour (Day) na CEP/ULK Soir (Evening), ubu rero bakaba babarura abagera kuri 27 batarabasha kurangiza kwishyura [Minerval (School fees)], ibi rero ngo bikaba biteye ikibazo mu migendekere myiza y’umurimo ndetse n’amasomo.
Prezida wa CEP/ULK Jour (Day) Bwana Jackson Uwimana avuga ko ngo kuvuga ubutumwa mu buryo busanzwe bw’imiririmbire ndetse n’ijambo ry’imana ngo bidahagije, ati (...) -
Imigenzo 13 y’amatorero akundana ku rwego rwo hejuru - Brian Dodd
16 July 2013, by Simeon NgezahayoIsomo rikomeye twigira ku matorero y’ukuri
Iyi ni inkuru yanditswe na Brian Dodd nyuma y’aho itorero rye ryitwa Piedmont Church riherereye mu mujyi wa Marietta muri Amerika habereye umunsi w’abubatse ingo ukamunezeza.
Yagaragaje imigenzo 11 yavuze y’amatorero akundana ku rwego rwo hejuru. Yabivuze muri aya magambo ati “Nyemerera dusangire isomo nakuye mu migenzo y’amatorero akundana ku rwego rwo hejuru!”
1. Abashumba bayakuriye bagira urukundo rwo ku rwego rwo hejuru.
Ni abantu bahorana isura (...) -
Umuntu uwo ari we wese ashobora kubona bimwe mu bimenyetso bya Kanseri ifata Ubwonko
1 September 2012, by UbwanditsiIyi ndwara ikunda kwivugana umubare munini w’abatuye isi itaretse n’ibikomerezwa nk’abayobozi bamwe na bamwe b’ibihugu ndetse n’abantu bazwi cyane batari bake, bituma ifatwa nk’indwara ikomeye cyane.
Nyamara urubuga rwa quickyeasyfit.com ruratugaragariza bimwe mu bimenyetso buri muntu wese yabasha kwibonera bitanasabye gukoresha ikindi kintu.
1. Haba ukugabanuka k’ubushake bwo gufata amafunguro bikurikiwe n’iseseme ndetse no kuruka bihita bishyira kw’igabanuka ry’ibiro by’umuntu.
2. Kuribwa (...) -
Amerika: Pastor Jim Garlow wo mw’itorero ryitwa Skyline yagaragaje uwo azatora mwiteraniro ryo kucyumweru
12 October 2012, by UbwanditsiNkuko bimaze igihe bivugwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hamaze igihe havugwa kwiyamamaza kwaba kandida babiri umwe womuba Republican nundi womuba Democrate aba akaba ari Mitt Romney na Barack Obama ari nawe warusanzwe ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Mubihe byo kwiyamamaza muri Leta Zunze z’Amerika biba bishyushye cyane kuko nabamwe mubakozi b’Imana usanga berekana uruhande bashyigikiye kumugaragaro.
Kuri kino cyumweru gishize taliki ya 7/10/2012 i San Diego nibwo Pastor Jim Garlow (...) -
Ntukwiye gucika intege kubera hari ibyakunaniye
11 December 2015, by Innocent KubwimanaNubwo mu buzima tubaho haba havanzemo ibibi n’ibyiza, ibyo dushobora n’ibitunanira rimwe na rimwe satani agahora atwereka ibitagenda ariko burya ibyatunaniye naho twatsinzwe ntihabereyeho kuduca intege, ahubwo habereyeho kuduha amasomo no kumenya uko twategura ibikurikira.
Bibiliya iravuga ngo umuntu uhora yitegereza umuyaga ntabiba kandi uhora areba ibicu ntasarura. Umubwiriza 11:4 Iyo utindije amaso kubaguca intege utinda kugera kuri byinshi.
Iyo ubanye n’umuntu, ukabona aguhozaho amagambo (...) -
Umugisha uva ku Mana! - Dorothée Rajiah
14 June 2016, by Simeon NgezahayoAbwira umugaragu we ati “Mubwire uti ‘Dore ineza watugiriye yose, mbese twakwitura iki? Urashaka kumenyekana ku mwami cyangwa ku mugaba w’ingabo?’” Aramusubiza ati “Oya, nibera mu bacu.” Elisa ati “ Twamugirira dute?” Gehazi aramusubiza ati “ Icyakora nta mwana w’umuhungu agira, kandi umugabo we arashaje.” 2 Abami 4 : 13-14
Bibiliya itubwira umugore wabaga i Shunemu. Uwo mugore yari yarabonye ko umuntu w’Imana witwa Elisa akunze kunyura iwabo. Ni bwo yaje gufata icyemezo cyo kumutumira ngo aze (...) -
Mwambare Gukiranuka nk’Icyuma gikingira igituza
18 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmusirikare w’Umunyaroma yagiraga intwaro imurinda imeze nk’ishati idafite amaboko, ikoze mu cyuma, bityo agashobora kwikingira imyambi cyangwa ikindi cyose cyashoboraga kumufata mu gice cyose cy’imbere kuva mu ijosi kugeza mu rukenyerero.
Icyo cyuma cyari ngombwa cyane kuko ako gace k’umubiri ariko karimo ibice by’ingenzi byinshi by’umubiri nk’umutima, ibihaha n’izindi nyama zo mu nda.
Paulo avuga ko umukristo yagombye guhora yambaye icyo cyuma ku buryo bw’umwuka, kandi atubwira ko “ Gukiranuka” (...) -
Ibyiza byo gukorera Imana Pastor Sebugorore
7 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIBYIZA BYO GUKORERA IMANA UKIRI MUTO ( Inyisho y’urubyiruko).
" Samweli arakura, Uwiteka abana nawe ntiyakunda ko hagira ijambo na rimwe rya Samweli rigwa hasi, 1 Samw 3:19".
1) Gukorera Imana ukiri muto bizatuma wera imbuto nyinshi. Urugero: umuntu wahamagawe n’Imana afite imyaka 12, undi agahamagarwa n’Imana afite imyaka 65, bombi bakarama imyaka 80, uzaba yarakoreye Imana byinshi ni uwuhe?. Ngirango nibyo Umwami Yesu yasobanuye mu mugani w’umubibyi muri Mt 13:8.
2) Gukorera Imana ukiri (...)
0 | ... | 1710 | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | ... | 1850