Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo yerekeze mu ivugabutumwa ku kirwa cy’I Wawa, korali Betaniya yo mu itorero ADEPR umudugudu wa Ruhangiro, Paruwasi ya Gisa muri Rubavu igeze kure imyiteguro.
Korali Betaniya yavutse mu mwaka wa 2006 itangijwe n’abaririmbyi 20, kuri ubu ikaba igizwe n’ abaririmbyi 60, mu kiganiro yagiranye na agakiza.org , Bwana Uwiringiyimana Eric Perezida w’iyi Korali, yadutangarije ko bateguye uru rugendo rw’ivugabutumwa ku ubufatanye bw’itorero rya ADEPR na (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ku ubufatanye na Minisiteri y’urubyiruko Korali Betanie iri mu nzira yerecyeza I wawa mu ivugabutumwa
28 June 2016, by Ernest Rutagungira -
Ubwo yababajwe no kugeragezwa abasha gutabara abageragezwa bose Pastor Desire
31 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKuko ubwo yababajwe no kugeragezwa ubwe, abasha no gutabara abageragezwa bose.(Abaheburayo 2:18)
Iyo umuntu yageragejwe aba afite umubabaro yumva wenyine nta wundi muntu yamenya uburemere bwawo ariko Yesu we kuko yababajwe no kugeragezwa yakumva akanagukiza intimba watewe n’ ibyakubayeho.
Dore ubuzima bwa Yesu twakwigiraho:
1. Yesu bamwanze ataravuka yitwa ikinyendaro: abavukiye mu miryango itabakunda cyangwa babaye ipfumbyi ari bato Yesu bamwibonamwo
2. Yavukiye mu muvure w’inka Mariya (...) -
Korali Elayo ya CEP_UNR mu giterane cy’ ivugabutumwa mu mujyi wa Kigali
10 July 2012, by Ernest RutagungiraMu mpera z’iki cyumweru guhera tariki ya 7 n’iya 8 Nyakanga, korali Elayo y’abanyeshuri b’abapantekote ( CEP ) bo muri kaminuza nkuru y’u Rwanda ikorera I Butare ( UNR), yakoze igiterane cy’ivugabutumwa cy’iminsi ibiri mu karere ka kicukiro mu mujyi wa Kigali, bakaba baraje ku butumire bwa bagenzi babo bo muri CEP ya kaminuza ya INILAK bafatanije n’itorero rya ADEPR KICUKIRO ari naho cyabereye, bakaba bari bihaye intego igira iti “ICYATUMYE NGUSIGA I KERETI NI UKUGIRANGO UTUNGANYE IBISIGAYE (...)
-
Ibura ry’abamisiyoneri ryashyize Abakristo mu kaga muri Syria
7 August 2013, by Simeon NgezahayoIbura ry’umumisiyoneri w’Umujezuwite (Jesuit) wabuze mu cyumweru gishize mu gihugu cya Syria ubuze nyuma y’ishimutwa ry’abandi bamisiyoneri 2 ryashyize Abakristo mu kaga muri icyo gihugu. Rev. Paolo Dall’Oglio wamaze imyaka 30 muri Syria mbere y’uko guverinoma ya Syria imuhambiriza mu mwaka ushize azira gufasha inkomere z’intambara mu ngabo za Perezida Bashar al-Assad, yagarutse mu gihugu mu kwezi gushize kwa karindwi afite mission yo gusaba ubuyobozi bwa Al Qaeda ikorera mu gihugu cya Iraq no (...)
-
Mutegarugori, Imana iragukunda - Dominique Dumond
29 July 2013, by Simeon NgezahayoWowe utekereza ko ntawe ukwitayeho,
Wowe uvuga ko ntawe ugukunda rwose,
Wowe uhamagaza ibirenge n’ibiganza ngo urebe ko hari uwagukunda,
Wowe ukunda abandi utegereje ko na bo bazagukunda,
Wowe wumva ko utazigera wongera gukundwa ukiri mu isi,
Nejejwe no kukubwira ko Imana igukunda.
Urukundo ruva mu ijuru rukwereka ko Imana ikuzi, kandi igukunda.
Uwiteka agukunda nk’uko uri, Imana yerekanye urukundo igukunda ubwo yoherezaga Umwana wayo w’ikinege ngo agukirishe urupfu rwe no kuzuka kwe (...) -
Mbese wavutse ubwa kabiri koko cyangwa warabatijwe gusa?
20 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu benshi bitiranya umubatizo no kuvuka ubwa 2 ariko sibyo kuko nta muhango n’umwe mu isi wahesha umuntu kuvuka ubwa 2. (kubatizwa, gukomezwa, etc…) Ikindi bamwe bibwira ko umubatizo ukuraho ibyaha (harimo n’icy’inkomoko) ariko Petero yabwiye itorero ko ari isezerano ku mana ry’umutima uticira urubanza (umutima wababariwe utiyiziho icyaha) 1Petero3:21. Bityo nk’uko Yesu yabatijwe nta cyaha iyo bigenze neza habatizwa umuntu wamaze gukurwaho ibyaha kubwo kwihana guhesha no kumva ukizera.
1. (...) -
Umuhanzi Iyamuremye Serge ageze kure imyiteguro yo kumurika albumu ye ya mbere
15 August 2012, by Patrick KanyamibwaSerge Iyakaremye wamenyekanye cyane ku ndirimbo “Uwiteka mwungeri wange” ubwo yaririmbanaga na mugenzi we Vincent, aratangazako imyiteguro ayigeze kure yo kumurika alubumu ye ya mbere ari wenyine, iyi alubumu y’amajwi akaba yarayise « Ntamvura idahita », ikazabaho indirimbo 8.
Igikorwa cyo kumurika iyi alubumu giteganyijwe ku cyumweru tariki ya 2/09/2012 ku rusengero rwa Omega Church ruri hejuru mu nyubako ya Rubangura, akaba ateganya ko kwinjira bizaba ari ukugura CD yuwo muhanzi gusa kuri uwo (...) -
Imana ishaka ko twitandukanya n’isi nubwo tukiyituyemo?
26 August 2015, by Innocent KubwimanaNiba dushaka guhuza ibyo dukora no kwizera Kristo, tukaba dushaka kubaho ubuzima bwubaha Imana, tugomba kwiga kubaho uburyo butandukanye n’ubw’isi idusaba, twenyine tugatandukana nayo kandi tukiyituyemo.
Iyo utemeye kubaho gutya uba wiyemeje kuvanga agakiza n’isi, bigatuma uba muri ba bandi ngo bavuga ko bazi Imana ariko bakayihakanisha ibyo bakora. Bibiliya ivuga ngo ‘’Bavuga yuko bazi Imana, ariko bayihakanisha ibyo bakora. Bene abo ni abo kwangwa urunuka, ni abatumvira Imana, no ku mirimo (...) -
Muhima: Abahanzi 13 bashoje igiterane !
23 October 2013, by Simeon NgezahayoIgiterane cyari cyateguwe n`abahanzi 13 babarizwa kuri ADEPR umudugudu wa Muhima cyashojwe kuri iki cyumweru. Iki giterane cyatangiye ku wa gatandatu w`icyumweru turangije.
Gusa Iki giterane ariko ngo cyaranzwe n’ubwitabire buke ugereranije n’uko bisanzwe bimenyerewe kuri uru rusengero ubusanzwe rurangwa no kwitabira ibiterane cyane, ndetse n’uburyo cyari cyatangarijwe benshi. Mu kiganiro n`abari bateguye iki giterane, batubwiye ko bakoze uko bashoboye ngo babyamamaze, ariko bitewe n’ubukwe (...) -
IBANGA RYAGUFASHA KWEZA INZIRA YAWE NO KUVA MU UBUSORE UNESHEJE.
20 May 2016, by Ernest Rutagungira"Umusore azeza inzira ye ate? Azayejesha kuyitondera nk’uko ijambo ry’Imana ritegeka (Zaburi 119:9)"
Tugiye kwiga ijambo nahaye intego ivuga ngo: IBANGA RYAGUFASHA KUVA MU UBUSORE UNESHEJE.
Ubusore ni igihe cy’imbaraga, igihe cy’ibitecyerezo byinshi kandi bishya, ni igihe isi iba igucyeneye ngo umusanzu wawe ufashe benshi mu kubaka iterambere, n’ibindi bikorwa birambye, hari bamwe bagiye batsindwa mu busore bwaho ariko hari n’abandi bagiye banesha, uyu munsi rero nkufitiye ijambo ry’ihumure ko (...)
0 | ... | 1690 | 1700 | 1710 | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | ... | 1850