Nk’uko tubisoma mu Isezerano Rishya rya Bibiliya, Pantekote ni Umunsi Mukuru Abakristo bizihizaho igihe Umwuka Wera yamanukiye abigishwa ba Yesu Kristo. Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rero barawizihiza, ukaba uzwi ku izina rya Whitsunday cyangwa Whit Sunday.
Abakristo benshi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika baha agaciro umunsi wa Pantekote, bagateranira hamwe bawizihiza.
Iyo bateranye bakora iki?
Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Abakristo baganira ku byabaye kuri Pantekote n’icyo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Pantekote muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
17 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Imbaraga z’amasengesho… ! – Jeremy
5 August 2013, by Simeon Ngezahayo“Icyo muzasaba Data cyose mu izina ryanjye nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu Mwana we” Yohana 14:13.
Munyemerere mbahe ubuhamya bwanjye, mbabwire uburyo navuye mu bubata mbifashijwemo na Yesu Kristo Umukiza wanjye wenyine. Nizeye Yesu Kristo ubwo ibitekerezo byari byarandenze, ngeze aho gutekereza kwiyahura.
Maze kurambirwa ubuzima nari mbayemo, nasenze Imana ndayibwira nti “Mana, ubasha kunkiza.” Maze gusenga ntyo, Imana yahinduye ubuzima bwanjye bwose. Ubu mfite ibyiringiro, (...) -
Mutegarugori, Imana iragukunda - Dominique Dumond
29 July 2013, by Simeon NgezahayoWowe utekereza ko ntawe ukwitayeho,
Wowe uvuga ko ntawe ugukunda rwose,
Wowe uhamagaza ibirenge n’ibiganza ngo urebe ko hari uwagukunda,
Wowe ukunda abandi utegereje ko na bo bazagukunda,
Wowe wumva ko utazigera wongera gukundwa ukiri mu isi,
Nejejwe no kukubwira ko Imana igukunda.
Urukundo ruva mu ijuru rukwereka ko Imana ikuzi, kandi igukunda.
Uwiteka agukunda nk’uko uri, Imana yerekanye urukundo igukunda ubwo yoherezaga Umwana wayo w’ikinege ngo agukirishe urupfu rwe no kuzuka kwe (...) -
Ntitukiri imbata z’icyaha ahubwo turi iza Kristo
9 October 2015, by Innocent KubwimanaUbundi iyo umuntu ari imbata y’ikintu nicyo kiba kimutegeka, urugero umuntu ashobora kuba imbata y’ibiyobyabwenge, aho hakaba ariho umutima we wibera, nubwo yashaka kubireka kuko biba byaramubase ntabwo bimworohera ahubwo agengwa nabyo.
‘’Babasezeranya umudendezo nyamara ubwabo ari imbata z’ibiboze, kuko icyanesheje umuntu kiba kimuhinduye imbata yacyo.’’ 2Petero 2:16
Yesu rero yabonye ko ubwo bubata bumereye nabi umwana w’umuntu nicyo cyamuteye kuza mu isi kugira ngo adukure mu bubata bw’icyaha (...) -
Ukwiye gukomera ku gakiza kawe!
28 March 2016, by Ngarambe Damascene“…Biragatsindwa n’Uwiteka kuguha gakondo yaba sogokuruza banjye.”(1 Abami: 21:3)
Aya ni amagambo Naboti w’i Yezereri yashubije umwami Ahabu ubwo yamusabanaga umuhati uruzabibu rwe kuko rwari hafi y’Ibwami. Nk’umwami, yarafite byose; bityo ahitishamo Naboti kumuguranira akamuha urundi ruzabibu rururuta ubwiza cyangwa akamuha ibiguzi byarwo nk’ ifeza (n’ukuvuga amafaranga yose yakwifuza. 1 Abami 21:2)
Aha natangajwe cyane n’igisubizo Naboti nk’umuntu wohasi cyane, yatinyutse gusubiza Umwami (...) -
Umuhanzi Musabe Dieudonne akomeje gahunda yo gutaramira abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye
2 November 2012, by Patrick KanyamibwaUbwo twahuraga mu mugi wa Kigali, ava ku kazi dore ko ubu ari gukora ibijyanye n’ubugeni, umuhanzi Musabe yadutangarije ko kuwa gatanu tariki 2/11/2012 azatarami abanyeshuri bo mu Academy Secodary school, ku cyumweru tariki 4/11/2012 ataramire abanyeshuri bo muri LDK hanyuma tariki 8/11/2012 azataramire abanyeshuri bo muri Agahozo Shalom Rwamagana icyigo cy’abana b’imfubyi. Nkuko yakomeje abidutangari, ngo kuriwe abona Imana yaramuhaye umuhamagara wo gukorana n’abanyeshuri cyane ko abiyumvamo (...)
-
Umusalaba ni iki ?
31 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneIjambo ry’umusaraba ku barimbuka ni ubupfu, ariko kuri twebwe abakizwa ni imbaraga z’Imana. (1 abakointo 1 : 18) Kera mu ba Isiraheri, kubambwa cyari igihano cy’inkozi z’ibibi cyangwa se cy’abagome. Iyo umuntu yahamwaga n’icyaha cy’ubugome yarabambwaga.
Yesu Kristo yaciriwe urubanza rwo kubambwa ku musaraba atari uko ari umunyabyaha ahubwo ari ukugira ngo ibyanditswe bisohore, apfe, amaraso ye acungure umwana w’umuntu.Yarasuzuguwe, abambanwa n’ibisambo kimwe i buryo ikindi i bumoso bwe kugira ngo (...) -
Ese waruzi icyo Bibiliya ivuga k’Ubutinganyi ?
28 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIsi igeze ku ndunduro yayo aho ibizira byinjiye ahera ha hera; Itorero rya Kristo murusheho kuba maso; ibyo turi kubona n’ibimenyetso byanyuma byo gukora ku mugaragaro kwa Anti Kristo no kugaruka kwa Yesu Kristo; Abasoma neza Bibiliya; ibi byose byarahanuwe kandi bigomba gusohora.
Ubutinganyi Imana yagiye iburwanya yivuye inyuma; nawe soma iki cyanditse wiyumvire; kandi aha byari kubafata gusa baryamanye; noneho ibaze bibaye kubana bihoraho?
” Umugabo naryamana n’undi mugabo bazaba bakoze (...) -
Laos : Umuryango uri gutotezwa kubwo gukizwa.
20 February 2013, by Isabelle GahongayireLaos : Umuryango wahungaga itotezwa -
Muri Laos, umuntu wahoze ari umu bouddhiste nyuma aza kuba umukristo, byabaye ngombwa ko ahunga n’umuryango we kubera gutotezwa.
Hari haciye ibyumweru bibiri Kapono n’umuryango we bihanye ; tariki ya 6/1/2013, ubwo Kapono yavaga ku rusengero ruri mu wundi mudugudu, abaturanyi babo bafatanije na babyara babo nibwo batangiye kubatoteza : Babambura inka zabo, hanyuma barabirukana.
Nyuma y’imisi itatu, bakomeje gutotezwa, barahunze bava mu mudugudu (...) -
Chorale Louange CEP/KIE ikomeje ingendo z’ivugabutumwa
20 December 2012, by BYABEZA Levis PasteurNyuma y’aho ishyiriye ahagaragara umuzingo wayo ugizwe n’indirimbo zigaragaraza amashusho, Korali LOUANGE yo muri KIE ikomeje gukora ingendo hirya ni hino.
Kuri iki cyumweru taliki ya 23/12/2012 izaba iri mu ntara y’iburasirazuba, umudugudu wa RWIKUBO muri paruwasi ya RWIKUBO aho bazafatanya n’aba Kiristu baho guhimbaza Imana guhera saa tatu kugera saa kumi n’ebyiri.
Twegereye umuyobozi w’iyo korali HABINEZA Theogene adutangariza ko intego bafite ari ukugeza ubutumwa bwiza bwumvikana mu (...)
0 | ... | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | 1710 | 1720 | 1730 | ... | 1850