Mu giterane cy’urubyiruko “Youth in Revival time” ku nshuro ya kane kibaye muri uyu mwaka, kiri kubera kuri Healing Centre Church Remera, aho cyatangiye ku cyumweru tariki ya 22/07/2012 cyikazasozwe ejo ku cyumweru tariki ya 29/07/2012, umuhanzi Dudu Niyukuri Theophile ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi yaraye ataramiye abantu benshi bari baje mu ijoro ryo kuramya no guhimbaza Imana ryagejeje mu gitondo ibyo abarokore bakunda kwita “Gukesha”, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo kuwa 27 kugeza mu gitondo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Dudu Niyukuri yataramiye abitabiriye ijoro ryo gukesha ryabereye kuri Healing Centre
28 July 2012, by Patrick Kanyamibwa -
Kugona bishobora kongera ibyago byo kurwara kanseri
4 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAAmakuru dukesha urubuga rwa Atlantico.fr avugako abantu bagira ibibazo mu myanya y’ubuhumekero cyane cyane igihe basinziriye, aho bamwe bibaviramo no kugona ngo baba bafite inshuro 5 z’ibyango byo kurwara kanseri kurenza abandi.
Ubu bushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Wisconsin-Madison ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwagaragaje ko ibi biterwa n’uko abagira ibibazo mu myanya yabo y’ubuhumekero igihe basinziriye batabasha kwinjiza umwuka mwiza (oxygene) uhagije. Aba (...) -
Sinteganya gucuranga cd ( play back), mu kumurika indirimbo zanjye « umuhanzi Ntirugirimbabazi Jean Pierre ».
9 August 2012, by Ernest Rutagungira« Mu kumurika indirimbo zanjye sinteganya gucuranga CD ( Play back), ngo mbeshye abazaza ko arinjye urimo kuririmba ahubwo nariteguye bihagije kuburyo nzaririmba imbona nkubone ( live), ikindi yaba ari ku ruhande rwanjye cyangwa se ku rw’abazamfasha gucuranga nta kibazo na kimwe » Aya ni amagambo twatangarijwe n’umuhanzi NTIRUGIRIMBABAZI Jean Pierre umwe mu bahanzi b’indirimbo z’Imana akaba asanzwe ari n’umurirrimbyi muri Korali Sion yo mu itorero rya ADEPR KICUKIRO umudugudu wa NYAKABANDA (...)
-
Florida: Pastor yatawe muri yombi ubwo yari mu nzira ajya gutwika Korowani (Qurans)
17 September 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha USA Today aravuga ko Pastor Terry Jones wo muri Leta ya Florida yatawe muri yombi kuri uyu wa 11 Nzeli ubwo yari mu modoka yerekeza muri gare, aho yagombaga gutwikira ibitabo bya korowani. Jones ngo yari yitwaje icyokezo (barbecue) cyuzuye ibitabo bya korowani na essance yo kubitwikisha.
Ibi bibaye nyuma y’iminsi mike Pastor Jones yivugiye ko ku wa gatatu taliki 11 Nzeli azatwika korowani 2,998. Buri korowani imwe ngo yashushanyaga abamugajwe n’ibitero by’iterabwoba byo ku wa (...) -
Ibyiringiro by’ejo hazaza – Victor Shepherd (Igice cya 2)
15 April 2014, by Simeon NgezahayoMu myaka ishize hariho umushinga wo kubaka amacumbi mu mujyi wa Don Valley, ku muhanda wa Bayview. Iyo nzu yari ndende cyane, kandi byavugwaga ko izaba ari amacumbi agezweho, atari muri uwo mujyi gusa ahubwo no muri Ontario hose. Haje rero kubaho amakimbirane hagati y’uwayubakaga n’umukoresha we, ayo makimbirane atuma imirimo y’inyubako ihagarikwa. Buri munsi abamotari bahanyuraga, abamanuka n’abazamuka baribwiraga bati “Iyi nyubako izarangira vuba. Sinshobora kuyihagarara iruhande.”
Mu (...) -
Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwacu! Pastor Desire
19 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIjambo ry’Imana: Ibyo twahawe byose ni ku bwa Yesu no ku bwawe
“Ariko kugira ngo tutababera igisitaza, jya ku nyanja ujugunyemo ururobo, ifi uri bubaze gufata uyende, uyasamure urasangamo sitateri uyijyane uyibahe ku bwanjye no ku bwawe” (Matayo 17:27).
Biragaragara ko Petero yari mu kibazo cyo kubura umusoro ariko kuko Yesu atabura uko abigenza amwereka uko akivamo umusoro ukaboneka.
Birashoboka ko nawe Yesu hari ibibazo yagukuyemo bikomeye ntiwari kuhikura iyo atagutabara. Yesu sinzi (...) -
Wari uzi ko umwana muto niyo yaba asinziye aba yumva ababyeyi be iyo bari gutongana ?
7 August 2015, by UbwanditsiNgo impinja zumva neza ababyeyi bazo nubwo zaba zisinziriye cyane cyane iyo bari mu ntonganya. Igikomeye ni uko ababyeyi iyo bari gutongana bigira ingaruka zitari nziza na gato ku buzima bwazo bwo mu mutwe.
Abantu benshi bakunze gutekereza ko kuba umwana atarakura ngo amenye ubwenge bagomba kwivugira cyangwa bagakora ibyo bashatse. Ariko baba bibeshya cyane kuko birengagiza ko niyo akiri mu nda ataravuka hari aho agera akaba ashobora kumva urusaku ruri hanze, umuziki n, ibindi ari byo bita (...) -
Muharire Umurimo Wawe
31 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMuharire Umurimo Wawe
Imirimo yawe yose uyiharire Uwiteka, Ni ho imigambi yawe izakomezwa (Imigani 16:3).
Kenshi, abantu biha intego kandi bagafata ibyemezo bitandukanye mu buzima bwabo, byaba mu butunzi bwabo, mu muryango wabo, mu kazi kabo cyangwa mu mishinga yabo; ariko n’ubwo ari ngombwa kugira intego, ntukishyirireho intego biturutse mu marangamutima. Shyiraho intego binyuze mu Mwuka. Iki nicyo benshi batamenya.
Akamaro ko kwiyiriza no gusenga, ku bijyanye n’ibi, ni ntagereranywa. (...) -
Mu rwego rwo kumenyekanisha album yabo, Singiza Music Ministry yakoze igitaramo mu itorero New Life Bible Church, Kigali!
13 November 2013, by UbwanditsiKuri iki cyumweru kuva saa kumi n’imwe z’umugoroba, Singiza Music Ministry yakoze igitaramo cyo kumurika album yayo mu itorero New Life Bible Church. Singiza Music Ministry ni group yo kuramya no guhimbaza Imana (Worship Team) ikorera muri Kaminuza nkuru y’u Rwanda. Yakoze igitaramo mu mujyi wa Bujumbura kuri icyi cyumweru, imurika album yayo igizwe n’indirimbo zigera kuri 14. Iyo album bise “Tukumenye” iriho indirimbo nka Tukumenye (ari na yo yitiriwe iyi Album), Duhimbaze, Wera, Ni Muzima… (...)
-
Amasengesho akwiye kuba ubuzima bwa buri munsi bw’ Umukristo
23 August 2015, by Claudine KAGAMBIRWAMu masengesho niho umuntu asabanira n’Imana akayibwira,irumva,irareba iranavuga ibyo byose ubimenya cyangwa se ubibona iyo usenga.
Urwandiko rwa mbere Pawulo yandikiye Abateseloniki yabasabye gusenga ubudasiba. 1Teselonik5:17, bene data birakwiye ko dusenga ubudasiba,aho uri hose wumve ko uri mu bihe byo gusenga, ufitanye ubusabane n’Imana.
Imana yaduhaye amasezerano menshi ariko tuzayageraho ni dusenga.
Yeremiya33:3 Ntabaza ndagutabara,nkwereke ibikomeye biruhije utamenya iryo ni (...)
0 | ... | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | 1710 | ... | 1850