Itsinda ry’ibisambo rititwaje intwaro rimaze igihe ritangira imodoka ryibanze ku zitwawe n’abagore mu mihanda ya Nigeria. Uko ibi bisambo bikora, ngo bigonga igice cy’inyuma bikoresheje imodoka yabyo maze umugore bagongeye imodoka yasohoka ngo arebe ibibaye ibisambo 2 muri bitanu bigahita biyikubitamo bikayirukankana.
Ibi bisambo rero byatwaye imodoka byari bimaze kwiba, biyihisha mu rusengero ruherereye i Sangotedo muri Nigeria ariko ntibyamenya ko Pasiteri yabikenguye. Umwe muri ibi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nigeria: Ibisambo 5 byibye imodoka biyihisha mu rusengero
23 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Korali Salemu yo mu itorero rya ADEPR Gatsata mu myiteguro ikaze yo kumurika Album DVD yayo ya mbere
18 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comNyuma y’igihe kitari gito Salemu choir ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Gatsata aho bakunze kwita i Galilaya, iyi korali ikaba yari mu myiteguro yo gukora Album y’amashusho volume yayo ya mbere, ubu noneho iratangariza abakunzi bayo by’umwihariko ndetse n’abakunzi b’indirimbo za Gospel ko ubu igikorwa yar’imazemo igihe kitari gito cyo gutegura umuzingo w’indirimbo z’Imana mu buryo bw’amashusho ubu cyarangiye,ahasigaye akaba ari ukugishyira ku mugaragaro.
Nkuko Perezida wa Korali salemu (...) -
CEP INILAK yategute igiterane cyo gushima Imana kuri icyi cyumweru
30 June 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko bigaragara kuri affiche abo abanyeshuri biga muri INILAK basengera mu itorero ry’ADEPR bahuriye mu murwango CEP INILAK bateguye igiterane cyo gushima Imana mu cyumweru gitaha tariki ya 06-08/07/2012, ku rusengero rwa ADEPR kicukiro Shell.
Intego yacyino gikorwa nkutwa twabitangarijwe n’umuyobozi wa CEP INILAK ni ugushima Iama ibyo ibakorera kandi bagashishikariza n’abandi banyeshuri bagenzi babo kuza mri CEP kuko hari byinshi bahungukira kuva ku Mana.
Icyi gitaramo kizatangira saa tanu (...) -
USA: Ubushakashatsi bwakoze urutonde rw’imijyi ituwe n’Abakristo benshi
2 May 2013, by Simeon NgezahayoMuri ubu bushakashatsi bwakozwe n’itsinda Barna, umujyi wa Albany wo muri New York ni wo waje ku mwanya wa mbere mu mijyi ituwe n’Abakristo benshi.
Itsinda Barna rikora ubu bushakashatsi ryibanze ku batuye uwo mujyi, rigendera ku mpamvu 15 zirinmo “ntibizera Imana”, “ntibazi ko Imana ibaho”, “bahakana ko kwizera nta mumaro kubafitiye”, “ntibigeze basenga mu myaka ishize”, “ntibigeze bakurikira Yesu” n’ibindi. Imijyi ituwe n’Abakristo yagaragaje byibura 60% by’izi mpamvu zagenderwagaho bayishyira ku (...) -
Ibintu 10 umuvugabutumwa akwiye kwirinda kuvuga mugihe arimo kuvugubutumwa
3 October 2012, by Ubwanditsiibi byakozwe na Evangeliste Ndayishimiye Claude hamwe na Justin mugenzi basanzwe bazwi mukiganiro cyitwa umuhanzi w’icyumweru kiba buri wagatanu guhera i saa mbiri z’ijoro kugeza i saa ine z’ijoro kuri Radio Authentic 92.8 Fm.
1. Kuba yitwaje Biblia n’ ikaye ya notes ( Aha ntibibujije ko yakoresha power point)si byiza gutwara udupapuro kuko hari gihe rimwe na rimwe uriska kutubura cyangwa tukaguruka.
2. Kubahiriza igihe yahawe cyo gukoresha niyo mpamvu agomba kuba yambaye isaha atari iyo (...) -
Icyubahiro cye cyamwemeje ko ntawamusuzugura ngo aramukiza ibibembe bye!
16 May 2016, by Ernest RutagungiraMu nkuru dusanga mu gitabo cy’ 2 Abami 5, Bibiliya itubwira mo umugaba w’ingabo z’ isiriya witwaga Naamani wari intwari cyane, umunyacyubahiro, umutoni kuri shebuja ( ariwe umwami w’I Siliya) ndetse ngo Uwiteka niwe yahesherezaga mo abasiriya kunesha, gusa n’ubwo igihugu cye n’amahanga bamwemeraga, bakanamwubaha, uyu mugabo yari umubembe, ndetse yifuzaga gukira ariko habuze gato icyubahiro cye cyari gitumye yibanira n’ibibembe ubuzira herezo.
Usomye “2 Abami 5:10” Hagira hati: Elisa aherako (...) -
Naphtal Hategekimana aramurika alubumu ye ya kabiri kuri icyi cyumweru
29 November 2012, by Patrick KanyamibwaNaphtal wamenyekanye kundirimbo zitandukanye zirimo “Ntugira uko usa”, “Tabara”, “Turagukunda” na “Yabihindura” kuri icyi cyumweru tariki ya 2/12/2012, muri Salle ya St Paul kuva saa cyenda z’umugoroba, nibwo aramurika alubumu ye ya kabiri y’amajwi.
Muri icyi gitarama nkuko Naphtal yabidutangarije azakorana n’abandi batandukanye barimo Emile Nzeyimana kuva Nairobi Kenya, Rugema Emmanuel, Papa Maurice umuyobozi wa Radiyo Umucyo, Bobo, Goreth, Serge na Ndabara John.
Mu rwego rwo gufata neza bakunzi be (...) -
Abahanzi Goreth na Rachel bateguye igitaramo cyo gufasha imfubyi.
25 July 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Goreth, nyuma yo kumurika alubumu ye, ubu afatanyije n’umuhanzi mugenzi Rachel bari gutegura igitaramo cyo gufasha imfubyi kuri icyi cyumweru tariki ya 29/07/2012, ku rusengero rwa Bethesaida Holy Church, kuva saa munani kugeza saa kumi n’ebyiri zumugoroba.
Goreth yatubwiyeko batekereje bakareba ku bana b’imfubyi bajya baza mu biruhuko by’amasomo, ubuzima bukabakomerera, yewe no gusubira ku ishuri ntibyorohe kubera ubushobozi n’ibikoresho, bo nk’abahanzi baririmba (...) -
Women Foundation Ministries yateguye Ibitaramo bise “Umuyaga wu Mucyo” mu mwego Kwibuka ku nshuro ya 20 Genoside yakorewe abatutsi
10 April 2014, by Patrick KanyamibwaMu rwego rwo gufataniriza hamwe n’abandi banyarwanda mu gutegura ibihe by’ icyunamo cyo kwibuka imyaka makumyabiri ya Jenoside ya korewe abatutsi mu gihugu cyacu, umuryango wa Women Foundation Ministries wakoze gahunda y’ivugabutumwa yise “Umuyaga w’umucyo” mumagambo y’icyongereza “Wind of Light” mu rwego rwo gutanga ihumure, n’isana imitima ry’abana b’igihugu, ndetse n’ibikorwa byo gufasha imiryango y’ababuze ababo muri genocide. Ubuyobozi bwa WFM bwadutangarijeko iryo vugabutumwa ryakorewe mu duce (...)
-
Ibinyamavuta n’ibinyasukari biratugwa agatoki ku gutuma abantu basaza imburagihe
25 January 2013, by UbwanditsiAbahanga mu by’imirire bagaragaza ko hari ubwoko bw’ibiribwa umuntu ashobora gufata bigatuma asaza mu gihe gito, bitewe n’imihindagurikire y’umubiri.Muri ibyo biribwa, ibinyasukari n’ibinyamavuta biza ku isonga.
Amakuru atangazwa n’urubuga TrustAboutAbs, avuga ko hari ubushakashatsi bwagaragaje ko hari ibiribwa abantu bafata ugasanga bagaragara nk’abashaje kandi bakiri bato ; hakaba n’ibindi umuntu afata agakomeza kugumana itoto.
Mu bintu bitatu bijya mu mubiri w’umuntu bikagira uruhare ku buryo (...)
0 | ... | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | 1710 | ... | 1850