Ni kuri uyu wa gatandatu taliki 18 Kanama guhera saa munani z’amanywa kugeza ku cyumweru taliki 19 Kanama 2012, aho Chorale y’ikirangirire Bethlehem ikomoka mu Karere ka Rubavu izataramira abakunzi ba yo ku mudugudu (Chapelle) wa ADEPR Rwimbogo, Paroisse ya Kanombe, ku bufatanye na Chorale Elayono isengera kuri uyu mudugudu. Iyi chorale izasesekara i Rwimbogo mu ma saa sita z’amanywa, maze saa munani itangire igiterane. Bethlehem ifite abakunzi batari bake muri iki gihugu cyacu ubu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Chorale Bethlehem mu Giterane cyo Guhimbaza Imana i Rwimbogo
15 August 2012, by Ubwanditsi -
Muharire Umurimo Wawe
31 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMuharire Umurimo Wawe
Imirimo yawe yose uyiharire Uwiteka, Ni ho imigambi yawe izakomezwa (Imigani 16:3).
Kenshi, abantu biha intego kandi bagafata ibyemezo bitandukanye mu buzima bwabo, byaba mu butunzi bwabo, mu muryango wabo, mu kazi kabo cyangwa mu mishinga yabo; ariko n’ubwo ari ngombwa kugira intego, ntukishyirireho intego biturutse mu marangamutima. Shyiraho intego binyuze mu Mwuka. Iki nicyo benshi batamenya.
Akamaro ko kwiyiriza no gusenga, ku bijyanye n’ibi, ni ntagereranywa. (...) -
Dore ibiribwa byiza mu gihe ufite Stress
6 September 2012, by UbwanditsiBuri muntu wese agira umunaniro cyangwa se Stress mu buryo butandukanye kuko hari abaryama cyane, abandi bararira cyangwa se bagatera induru, abandi bakagira akazi kenshi gatuma bananirwa gusa abantu benshi baba bafite inzira nyinshi banyura muri iyi nzira y’umunaniro bitabateye ingorane nk’uko bitangazwa n’urubuga blogs.webmd.commu bitekerezo rwakusanyije mu bantu batandukanye.
Muri uku kurwanya Stress rero hakaba harimo gukora imyitozo ngororamubiri, mu gihe abandi bo bashobora kwifashisha (...) -
Amasengesho akwiye kuba ubuzima bwa buri munsi bw’ Umukristo
23 August 2015, by Claudine KAGAMBIRWAMu masengesho niho umuntu asabanira n’Imana akayibwira,irumva,irareba iranavuga ibyo byose ubimenya cyangwa se ubibona iyo usenga.
Urwandiko rwa mbere Pawulo yandikiye Abateseloniki yabasabye gusenga ubudasiba. 1Teselonik5:17, bene data birakwiye ko dusenga ubudasiba,aho uri hose wumve ko uri mu bihe byo gusenga, ufitanye ubusabane n’Imana.
Imana yaduhaye amasezerano menshi ariko tuzayageraho ni dusenga.
Yeremiya33:3 Ntabaza ndagutabara,nkwereke ibikomeye biruhije utamenya iryo ni (...) -
Iki ni cyo gihe cyo gushaka Uwiteka!
14 November 2013, by Ubwanditsi“Mwibibire mukurikiza gukiranuka, musarure mukurikiza imbabazi, murime imishike yanyu kuko ari igihe cyo gushaka Uwiteka, kugeza igihe azaza akabavubira gukiranuka” Hoseya: 10: 12.
Abantu barakataje mu bushakashatsi butari bumwe:
• Ubushakashatsi bw’imiti ku ndwara zidakira
• Ubushakashatsi kuri petrole
• Ubushakashatsi bwo gutura ku yindi mibumbe
• Ubushakashatsi ku byogajuru
• N’ibindi
Ubushakashatsi buruta ubundi ni ugushaka Uwiteka (Hoseya: 6: 3). Imana yari yaratoranyije Isirayeli kuba (...) -
Burundi: Polisi yarashe abantu 6 mu bajyaga gusengera k’umuhanuzi Zebiya.
13 March 2013, by UbwanditsiBuri tariki ya 12 uko igeze Umuhanuzi w’umurundi witwa Zebiya yemeza ko abonekerwa na Bikira Maria bityo abantu batandukanye bakajya gusengera iwe, ku itariki ya 12 werurwe 2013 ntibyaje kubahira kuko ubwo bazaga ari ikivunge baje gutanwa mu mitwe na polisi ikorera muri iki gihugu , muri iyi mirwano yiganjemo amasasu ku ruhande rw’aba polisi n’amabuye ku ruhande rw’abayoboke ba Zebiya yaje guhitana nibura abantu batandatu
Amakuru dukesha urubuga rwa BBC ko muri iyi nkundura hakomeretse (...) -
Imbaraga umuntu ashyira mu kubwiriza abantu benshi ni nazo akwiye gukoresha mu gihe abwiriza umuntu umwe. Misiyoneli Kazura Jules
21 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUmurimo muri Senegal ni mugari kandi abakozi baracyari bake, kuburyo bagomba kuvunika cyane no kwitanga mu mpano zitandukanye kugirango umurimo w’Imana ukorwe.
Mu minsi ishize nahamagawe n’umuryango wa Bibiloya muri Senegali ngo mbafashe guhugura abakozi b’Imana. Ubutumire bungezeho numvise nishimye cyane, nitegura guhura n’abo banyeshuri.
Nk’umuntu wakoze umurimo mu Rwanda, nibwiraga ko ubwo ari ishuri ubwo nyine n’abanyeshuri ari benshi. Isaha yo kwigisha iragera, hari saa yine za mugitondo (...) -
Ni ahacu ho guhitamo - Kenneth et Gloria Copeland
30 May 2013, by Isabelle Gahongayire“Kandi niba mutekereza ko ari bibi gukorera Uwiteka, uyu munsi nimwitoranyirize uwo muzakorera, niba ari izo mana ba sogokuruza bakoreraga zo hakurya ya rwa ruzi, cyangwa imana z’Abamori bene iki gihugu murimo, ariko jye n’inzu yanjye tuzakorera Uwiteka” Yosuwa 24 : 15.
Guhitamo kugendera mw’ijambo ry’Imana ni ikintu umuntu yiyemeza buri munsi. Ntabwo ari ikintu umuntu akora rimwe gusa. Bifata intera, kubera ko bikora muri buri rwego rw’ubuzima.
Ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Hashize imyaka (...) -
Imana Iragushoramo imari!
5 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIyo umubyeyi yohereje umwana we muri Kaminuza, aba amushoramo ubutunzi. Uwo mubyeyi aba yiringiye mu byukuri ko umwana we azatozwa kandi akabigendera. Uti Kuki? Ubwo se yaba yiringiye ko umwana we azagaruka mu rugo yabonye impamyabushobozi, akayimanika ku ruhome ubundi akicyara akirebera televisiyo? Oya da! Uwo mubyeyi yiringira ko ubumenyi umwana we yahawe agiye kububyaza umusaruro, ndetse akaba umuntu ukomeye.
Ni nako bimeze, iyo igisirikare cya Amerika kirimo gitoza abasirikare bacyo, (...) -
Daniel Niyingiyimana yateguye igitaramo cyo gushima Imana yamwomoye igikomere cy’urushako rubi
20 January 2014, by Simeon NgezahayoDaniel Niringiyimana bakunze kwita Svensson ni umuhanzi akaba n’umuterankunga ushinzwe itangazamakuru muri Korale Bethlehem yo ku Gisenyi.
Ubwo twaganiraga na we yadutangarije ko afite ishimwe rikomeye mu mutima we, ry’uko Imana yamukijije igikomere yari amaranye hafi imyaka 12 atewe n’urushako rubi yagize, dore ko byaje gutuma atandukana burundu n’umugore we bafitanye abana 3, ubu imyaka itanu ikaba ishije bakoze Divorce dore ko batandukanye mu w’2009.
Tumubajije impamvu imutera gushima (...)
0 | ... | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | ... | 1850