Umuhanzi Mahoro Isaac yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana, Iki gitaramo agiteguye Nyuma y’uko Imana yagiye imwigaragariza mu bihe bitandukanye, nawe asanga adakwiye kwiyumanganya.
Iki giterane giteganijwe kuba ku itariki 12 Ukuboza 2015, guhera saa Munani, kikazabera ku urusengero Nyamata SDA Church ari naho asanzwe asengera, akazaba ari kumwe n’abaririmbyi batandukanye nka Munyampeta Jean Luc, Karangwa Apollinaire, Ntwari Kayihura Didier, Uwase Yvonne, Korali Abungeri, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuhanzi Mahoro Isaac yateguye igitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana
3 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ababyara abana bakabata bafatiwe ibyemezo
14 August 2012, by Emmanuel KANAMUGIREHashyizweho ingamba nshya zo guhashya no gukumira ko abana bava mu miryango bajya mu bigo birera impfubyi, ni muri urwo rwego n’ababyara abana bakabata bafatiwe ingamba, zirimo kubagira inama.
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko nyuma yo gufunga kimwe mu bigo birera imfumbyi cyitwa Mpore-PEFA, ihuriro ribifite mu nshingano rigizwe n’abayobozi bahagarariye imirenge, abahagarariye amadini, inzego z’umutekano, abayobozi b’ibigo nderabuzima n’abayobozi bashinzwe imibereho myiza, mu Rwanda ryahereye mu (...) -
Ibyo kwitondera mu gihe umuntu ashaka kurushinga Pasteur Desire Habyarimana
9 June 2013, by UbwanditsiMbere yo gushyingirwa, ni ngombwa kubanza gutekereza neza no kwitonda mbere yo gutangira uwo mushinga kuko utabyitondeye wazakwicyuza.
Kubw’ izo mpamvu, ugiriwe inama yo kutiyemeza gushaka utarabitekerezaho neza. Timoteyo wa 1, 5:8 haranditse ngo: ”Ariko niba umuntu adatunga abe, cyane cyane abo mu rugo rwe, aba yihakanye ibyizerwa, kandi aba abaye mubi hanyuma y’ utizera”, ni ukuvuga ngo ukoze gutyo arutwa n’ umuntu utarakira agakiza. Umuntu wese uvuga ko akijijwe akaba adatunze umuryango we (...) -
Igiterane cy’ababyeyi bibana bo mu itorero rya Kibungo
28 August 2012, by Jost UwaseIki giterane cyateguwe n’ubuyobozi bw’itorero rya Kibugo, paruwasi ya Kibungo, ku bufatanye na komite z’abagore mu itorero, nyuma y’aho baboneye ko kizafasha ababyeyi bibana (bahimbwe Rusi na Naomi) bo muri iryo torero, baganira ku ijambo ry’Imana ryo kubakomeza, kubahumuriza, kubafasha no kubereka urukundo nk’uko Ijambo ry’Imana ribivuga. Icyo giterane cyabanjirijwe n’amasengesho yatangiye kuwa gatanu taliki ya 17/08/2012, cyaranzwemo gusenga, ijambo ry’Imana, ubuhamya, gufashanya no guhana (...)
-
Ruhango : Amadini n’amatorero agiye kumvisha abo ayobora gahunda za leta
17 September 2012, by UbwanditsiMu gihe uturere twakunze kuvuga ko twatengushywe n’abafatanyabikorwa mu mihigo twahize bikanagena imyanya twabonye mu mihigo y’umwaka ushize, amadini n’amatorero akorera mu karere ka Ruhango aravuga ko agiye kurushaho kunoza gahunda za leta akangurira abakirisitu gukangukira gahunda za leta.
Zimwe muri gahunda bashishikariza abayoboke bababo, harimo ubwisungane mu kwivuza, kuboneza urubyaro no gutanga umusanzu wabo mu kigega Agaciro.
Amatorero yibumbiye mu ihuriro ry’amatorero y’ivugabutumwa (...) -
Past. Desire yibukije abanyeshuri b’abakristo biga muri Kaminuza ya IPRC-Kigali icyo basabwa ngo babashe guhindura abandi
10 October 2015, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 09/10/2015, nibwo muri Kaminuza ya IPRC-Kigali (Eto Kicukiro), habereye igiterane cyateguwe n’ihuriro ry’imiryango ya Gikristo ikorera mu iyi kaminuza. Iki giterane kikaba cyari gifite intego yo kubaho ubuzima buhindutse.
Umwigisha Pasiteri Desire Habyarimana yongeye kwibutsa abanyeshuri b’abakristo biga muri Kaminuza ya IPRC-Kigali ko nubwo bifuza guhindura abandi bakwiye kubanza kubaho ubuzima buhindutse nk’uko babishyize mu nsanganyamatsiko y’iki (...) -
Kugona bishobora kongera ibyago byo kurwara kanseri
4 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAAmakuru dukesha urubuga rwa Atlantico.fr avugako abantu bagira ibibazo mu myanya y’ubuhumekero cyane cyane igihe basinziriye, aho bamwe bibaviramo no kugona ngo baba bafite inshuro 5 z’ibyango byo kurwara kanseri kurenza abandi.
Ubu bushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Wisconsin-Madison ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwagaragaje ko ibi biterwa n’uko abagira ibibazo mu myanya yabo y’ubuhumekero igihe basinziriye batabasha kwinjiza umwuka mwiza (oxygene) uhagije. Aba (...) -
Wigeze ukundwaho, Dore umukunzi nyawe !
23 May 2016, by Innocent KubwimanaUwo data yampaye wese aza aho ndi, kandi uza aho ndi sinzamwirukana na hato (Yohana 6 :37)
Hano Yesu yavuze amagambo meza ngo abo se yamuhaye bose baza aho ari ariko igikomeye ngo ntazabirukana na hato, ubu ni ubwishingizi bukomeye.
Akenshi umuntu ashobora kuvukira mu muryango ababyeyi be bose ntibamwiteho bikamubabaza kuko atahabonye ibyo akeneye byose, bene uyu ashobora gukurana icyizere gike afitiye umuryango we, ashobora no guhitamo kureka umuryango we akigira kubana n’abandi, ibi (...) -
RCA: Mu gihe imirwano hagati y’Abakristo n’Abisilamu ikomeje guca ibintu, urusengero rwahungishije Abisilamu 700
22 January 2014, by Simeon NgezahayoUmupasiteri ukomoka mu gihugu cya Centre Afrique yakinguye urusengero ngo ahishe Abisilamu bahungaga ingabo z’Abakristo.
Amaze kubakingurira ngo sihishe, Xavier Fagba yatangarije France 24 ati "Sindi bwemere ko hari ugirira nabi abantu bahungiye mu rusengero rwanjye, ikibazo si uko ari Abisilamu cyangwa Abakristo.” Xavier ayoboye itorero mu mujyi wa Boali, ho mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’umurwa mukuru Bangui.
Mu materaniro yo kuri iki cyumweru, Xavier yabwiye abayoboke be b’Abakristo ko (...) -
P100 yateguye igiterane cyiswe “Bazakwibukira kuki ?”
27 March 2014, by Niyitegeka AuroreItsinda ryitwa P100 (Psalms 1oo) bisobanura Zaburi 100 , rigizwe n’abasore babiri ari bo Nzabandora Emmanuel na Philino Philbert Niyotwizera, ryateguye igitaramo gifite intego igira iti “ Bazakwibukira kuki?Iyi ntego bakaba barayiteguye bagendeye ku nkuru ya Tabita yanditswe muri Bibiriya mu gitabo cy’ibyakozwe n’intumwa 9:36-41”
Iki giterane kizabera ku rusengero rwa Faith Center kuri iki cyumweru tariki ya 30 /03/2014 i Masaka kuva saa munani kugeza saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.
Nk’uko (...)
0 | ... | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | ... | 1850