Kuba umugabo yaba afite mu nda hato ni ikimenyetso cy’ubuzima bwiza. Kugira mu nda hanini, ni kimwe mu bintu bigaragaza ko hashobora kuba ingaruka z’uburwayi butari bumwe, nk’indwara z’umutima ndetse na diabete ndetse bikaba byanaziramo n ;uburwayi bw’umugongo. Kugira mu nda hato ku bagabo birashoboka mu gihe habayeho kubishakisha ndetse bakagira n’uko bagenda birinda. INAMA.
1. Kurya indyo nziza kandi irimo amavuta make. Ushobora gukora imyitozo ngororangingo wicaye cyangwa wihina nkuko ushaka. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Mbese kugira munda hanini (nyakubahwa) ni ishema nkuko bamwe babivuga ?
31 August 2012, by Kiyange Adda-Darlene -
Mu giterane cyaberaga i Huye, abatari bake basobanukiwe imikorere y’Itorero rya mbere ry’Intumwa
1 April 2014, by UbwanditsiKuri iki Cyumweru muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye (UR-Huye Campus) habereye igiterane cyahuje abanyeshuri na VUMILIA, ELAYO, … akorera mu muryango CEP-UR Huye. Abashyitsi bakuru muri iki giterane bari Bwana Damascene Ngarambe na Pasteur Desire Habyarimana. Mu ijambo Bwana Damascene yagejeje ku bari bateraniye aho, yababwiye ko dukwiriye kugira umwete wo gushaka Yesu no kumumenya, tukiga no kugikiranuka (Yohana 20:1-18).
Hakurikiyeho indirimbo z’amakorali, Elayo na Vumilia. Nyuma (...) -
Ushaka kuba mukuru mu bwami bw’Imana?
29 September 2015, by Innocent KubwimanaUshobora kwibaza ikibuza abantu benshi gukorana n’Imana, abandi bagahora mu ntambara zidashira n’ibibatanya bitari bimwe. Imwe mu mpamvu zitera ibi ni uko buri wese yifuza kuba mukuru, kugira icyubahiro, mbese kuba uw’imbere muri byose. Ibi bituma ibyo bakora aho kugira ngo biheshe Imana icyubahiro, tubeho mu bumwe, barushaho kutumvikana.
Imana idusaba guca bugufi, tukamera nk’abana, tukaba abagaragu nibwo tuzitwa bakuru mu bwami bw’Imana.
Ubusanzwe ubwiye umuntu uti ’’witwara nk’umwana!” (...) -
Las Vegas: Umujura yagaruje Laptop 2 yibye mu rusengero ziri kumwe n’ibaruwa isaba imbabazi
25 October 2013, by Simeon NgezahayoUmujura utashatse kwivuga amazina yibye Laptops 2 mu rusengero rw’itorero ‘Central Christian’ mu mujyi wa Las Vegas, nyuma aza kuzigarura ku bushake bwe ziherekejwe n’ibaruwa isaba imbabazi ko yibye.
Laptop 2 zizingiye mu mupira, gigeretseho ibaruwa isaba imbabazi
Ubuyobozi bw’itorero buratangaza ko izo computers ngendanwa zibwe mu gitondo cyo ku cyumweru, ubwo Pastor Jud Wilhite yigishaga ijambo ry’Imana ku ntego yo gusaba imbabazi. Nyuma izo machine zaje kuboneka zizingiye mu mupira (...) -
Dudu Niyukuri yataramiye abitabiriye ijoro ryo gukesha ryabereye kuri Healing Centre
28 July 2012, by Patrick KanyamibwaMu giterane cy’urubyiruko “Youth in Revival time” ku nshuro ya kane kibaye muri uyu mwaka, kiri kubera kuri Healing Centre Church Remera, aho cyatangiye ku cyumweru tariki ya 22/07/2012 cyikazasozwe ejo ku cyumweru tariki ya 29/07/2012, umuhanzi Dudu Niyukuri Theophile ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi yaraye ataramiye abantu benshi bari baje mu ijoro ryo kuramya no guhimbaza Imana ryagejeje mu gitondo ibyo abarokore bakunda kwita “Gukesha”, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo kuwa 27 kugeza mu gitondo (...)
-
GAHANGA: URUBYIRUKO RUTURUTSE MU MATORERO ATANDUKANYE RWIFATANIJE NA BAGENZI BABO KWIBUKA ABAZIZE JENOSIDE YAKORWEWE ABATUTSI MU W’1994 [AMAFOTO]
5 May 2014, by Simeon NgezahayoKu wa 29/04/2014,mu murenge wa Gahanga ni bwo urubyiruko ruturuka mu matorero atandukanye rubarizwa muri uwo murenge rwifatanije na bagebzi babo mu gikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Urwibutso rw’Akagari ka Gahanga, ari na ho urugendo rwo kwibuka rwatangiriye
Isengesho ribanziriza urugendo rwo kwibuka, ryayobowe na Kwizera Didier usengera muri EAR GAHANGA
Nyuma y’isengesho, hakurikurikiyeho urugendo rwo kwibuka berekeza kuri Kiliziya ahashyinguwe (...) -
Sinteganya gucuranga cd ( play back), mu kumurika indirimbo zanjye « umuhanzi Ntirugirimbabazi Jean Pierre ».
9 August 2012, by Ernest Rutagungira« Mu kumurika indirimbo zanjye sinteganya gucuranga CD ( Play back), ngo mbeshye abazaza ko arinjye urimo kuririmba ahubwo nariteguye bihagije kuburyo nzaririmba imbona nkubone ( live), ikindi yaba ari ku ruhande rwanjye cyangwa se ku rw’abazamfasha gucuranga nta kibazo na kimwe » Aya ni amagambo twatangarijwe n’umuhanzi NTIRUGIRIMBABAZI Jean Pierre umwe mu bahanzi b’indirimbo z’Imana akaba asanzwe ari n’umurirrimbyi muri Korali Sion yo mu itorero rya ADEPR KICUKIRO umudugudu wa NYAKABANDA (...)
-
Florida: Pastor yatawe muri yombi ubwo yari mu nzira ajya gutwika Korowani (Qurans)
17 September 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha USA Today aravuga ko Pastor Terry Jones wo muri Leta ya Florida yatawe muri yombi kuri uyu wa 11 Nzeli ubwo yari mu modoka yerekeza muri gare, aho yagombaga gutwikira ibitabo bya korowani. Jones ngo yari yitwaje icyokezo (barbecue) cyuzuye ibitabo bya korowani na essance yo kubitwikisha.
Ibi bibaye nyuma y’iminsi mike Pastor Jones yivugiye ko ku wa gatatu taliki 11 Nzeli azatwika korowani 2,998. Buri korowani imwe ngo yashushanyaga abamugajwe n’ibitero by’iterabwoba byo ku wa (...) -
Chorale Bethlehem mu Giterane cyo Guhimbaza Imana i Rwimbogo
15 August 2012, by UbwanditsiNi kuri uyu wa gatandatu taliki 18 Kanama guhera saa munani z’amanywa kugeza ku cyumweru taliki 19 Kanama 2012, aho Chorale y’ikirangirire Bethlehem ikomoka mu Karere ka Rubavu izataramira abakunzi ba yo ku mudugudu (Chapelle) wa ADEPR Rwimbogo, Paroisse ya Kanombe, ku bufatanye na Chorale Elayono isengera kuri uyu mudugudu. Iyi chorale izasesekara i Rwimbogo mu ma saa sita z’amanywa, maze saa munani itangire igiterane. Bethlehem ifite abakunzi batari bake muri iki gihugu cyacu ubu (...)
-
Muharire Umurimo Wawe
31 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaMuharire Umurimo Wawe
Imirimo yawe yose uyiharire Uwiteka, Ni ho imigambi yawe izakomezwa (Imigani 16:3).
Kenshi, abantu biha intego kandi bagafata ibyemezo bitandukanye mu buzima bwabo, byaba mu butunzi bwabo, mu muryango wabo, mu kazi kabo cyangwa mu mishinga yabo; ariko n’ubwo ari ngombwa kugira intego, ntukishyirireho intego biturutse mu marangamutima. Shyiraho intego binyuze mu Mwuka. Iki nicyo benshi batamenya.
Akamaro ko kwiyiriza no gusenga, ku bijyanye n’ibi, ni ntagereranywa. (...)
0 | ... | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | ... | 1850