Nk’uko byari biteganijwe mu mpera z’iki cyumweru gishize, kuva kuwa Gatandatu kugeza ku cyumweru taliki ya 27 Ukwakira 2013, ku butumire bw’itorero rya ADEPR kabarondo umudugudu w’Ishimwe, Jehovahjireh choir ya Cep/Ulk yari mu ivugabutumwa kuri uyu mudugudu bimwe mu byagize umusaruro ushimishije.
Nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi w’uyu mudugudu w’Ishimwe Ev. RUZIBIZA Jean, ngo nk’uko bisanzwe ari inshingano zabo kugeza ubutumwa bwiza bwa Yesu kuri benshi, ni muri urwo rwego bagize (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
KABARONDO: MU GITERANE HAMWE NA JEHOVAH JIREH CHOIR YA CEP/ULK, BENSHI BAKIRIYE KRISTO
1 November 2013, by Simeon Ngezahayo -
Muri urumuri rw’isi!
24 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana« Muri urumuri rw’isi. Umujyi wubatse mu mpinga y’umusozi ntushobora kwihisha. Kandi ntawacana itara ngo aryubikeho akabindi , ahubwo aritereka ahirengeye maze rikamurikira abari munzu bose. Mube ariko mumurikira abantu, kugirango barebe ibyiza mukora bahimbaze so wo mu ijuru » Matayo 5 :14-16
Urumuri ni ikintu gikomeye mu buzima. Isi ni nini, ituweho n’abantu benshi umubare ntazi, bavuga indimi nyinshi zitandukanye. Imana ikadusaba ko twe abakijijwe tuba urumuri muri iyo si y’umwijima (...) -
Perezida Petero Nkurunziza : Ukwemera kutagira ibikorwa nta kamaro kuba gufise
26 August 2013, by UbwanditsiMu nyigisho za mbere zari zigenewe abarongozi n’abajejwe intwaro, mu masengesho y’iminsi ine yateguwe n’umuryango w’umukuru w’igihugu mu Rumonge mu ntumbero yo gushimira Imana no gusengera igihugu, Petero Nkurunziza yasiguye ko ukwemera kutagira ibikorwa ataco kuba kumaze.
" Muhamagariwe kugaragaza ukwemera kwanyu mu bikorwa kuko kuba indongozi ari umuhamagaro uva ku Mana. Nimwitondere uburongozi bwanyu kugira mubere akarorero abari inyuma yanyu, maze mwifashishe umuhamagaro mwahawe kugira (...) -
Esther Wahome w’imyaka 38 ni we uzahagararira Kenya mu marushanwa ya Mrs Universe.
31 July 2012, by UbwanditsiUmuhanzikazi wo mu gihugu cya Kenya ,Esther Wahome ni we wambitswe ikamba ry’umugore uzahagararira igihugu cya Kenya n’Africa y’Uburasirazuba mu marushanwa y’ubwiza azaba ku rwego rw’isi.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28/7/2012 muri Hotel Hilton mu mujyi wa Nairobi, nibwo Esther Wahome yatorewe kuzahagararira igihugu cye mu marushanwa ya Mrs Universe azabera mu Burusiya. Esther Wahome azwi cyane mu ndirimbo yo kuramya kandi ihimbaza Imana yitwa Kuna Dawa. Ni we muhanzikazi rukumbi ugiye muri (...) -
Amashusho ya NYIMBO ZA WOKOVU yashyizwe k’umugaragaro!
25 September 2012, by Frere ManuKuri iki cyumweru cya 23 /09/ umuhanzi FRERE Manu yashimishije abakunzi b’indirimbo za Wokovu mu muhango wo kubamurikira DVD amashusho y’izi ndirimbo. Hashize igihe kingana n’umwaka n’igice uyumusore w’umucuranzi akora amajwi ndetse n’amashusho y’indirimbo z’agakiza mu giswahili NYIMBO ZA WOKOVU Frere Manu amurika ayamashusho yavuze ko gutinda kwayo harimo kuyakora neza ndetse no kuba yarayakoreye muri studio zitandukanye nabyo biri mubyamukereje!
Muri uyumuhango Frere Manu yasobanuye impamvu (...) -
Umuryango wa Kazura Jules Imana ikomeje kuwukoresha ibitangaza muri Senegal
25 April 2013, by UbwanditsiTurashimira Imana mu bitangaza byinshi ikomeje kudukorera mu murimo w’ivugabutumwa mu gihugu cya Senegal. Turashimira kandi Itorero ryo mu Rwanda uko ryakomeje kudufasha mu buryo bwose mu masengesho, Turashima Imana kandi ko nubwo Umuhamagaro w’Imana igihe cyose utaburamo intambara ariko mu ruhande rwacu nta kibazo dufitanye n’umuntu uwari we wese cyangwa umuryango cyangwa Itorero, tumeze neza kandi Yesu aradufasha nkuko yasezeranije ko azabana n’abajyana ubutumwa bwiza kugeza ku mperuka (...)
-
Ubuhamya: Imana yankuye mu rupfu nongera kubaho
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Ntakirutimana Francois navutse taliki ya 27 Gicurasi 1990 mvukira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kicukiro nkaba nsengera mu itorero rya E.P.R (Remera Kicukiro). Mfite ubuhamya bwinshi ariko reka mbabwire uburyo Imana yankuye mu rupfu ikanyongera iminsi yo kubaho.
Burya iyo Imana igufiteho umugambi irakurinda n’ ubwo wanyura mu rupfu. Aho mariye kuvuka banyise “Ntakirutimana” ariko sinari nzi ko byari mu mugambi w’Imana kuko no mu kuvuka kwanjye Imana yahakoze (...) -
Film ya Yesu yiswe “Son of God” yaguzwe asaga $25.6 Million muri weekend ishize!
7 March 2014, by Simeon NgezahayoFilm nshya Son of God yakinwe hakurikijwe ubuzima bwa Yesu Kristo muri iyi si nk’uko tubisanga mu byanditswe byera. Iyi film rero yashyizwe ahagaragara ku ncuro ya kabiri muri weekend ishize, yaguzwe amafaranga asaga $25.6 million. Uwari uyoboye igikorwa cyo kugurisha iyi film Liam Neeson yagishoje imaze kugera kuri $28.8 million.
Ibi ngo byatangaje benshi, kuko mu zindi films zabanje nka Courageous, Fireproof, Facing the Giants na Left Behind zose hamwe zaguzwe $19.4 million.
Gary (...) -
Wari uzi ibiranga umukozi w’ Imana w’ ukuri?
18 August 2015, by Ubwanditsi1 Timoteyo 3.1-7, Tito 1.5-9 Inyigisho ya Pasteur RUKUNDO Octave
Igihe abagize akanama k’ Abepisikopi (abayobozi bakuru b’itorero) bateranijwe no gusenga cyangwa indi nama, bashobora kuganira ku nsanganyamatsiko zinyuranye :
Intege nke zabo (uburakari, kwifuza, gusinda, kutagira ibanga, n’ibindi.) Ibibazo byabo, Intambara bahura nazo, inzitizi zo mu buryo bw’umwuka, kugira ngo babone uko bikorereranira iyi mitwaro.
Icyitonderwa : Ntabwo ukwiye gufata igihe cyo kwiga umuyobozi mukuru (...) -
Christian Youth in Promises (CYP) Ministry yateguye igiterane yise "Inyungu yo kumenya imana"
7 March 2014, by Simeon NgezahayoMinistère y’ivugabutumwa Christian Youth in Promises (CYP) kuri iki Cyumweru taliki ya 9/03/2014 yateguye igiterane gifite intego igira iti “Ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo” Abafilipi 3:7.
Iki giterane kizabera kuri Eglise Vivante mu Gatenga guhera saa munani. Aganira n’agakiza.org, Visi Perezida w’iyi ministere Bwana MUNYANTORE Justin yahereye ku mateka yabo, by’umwihariko anadutangariza zimwe muri gahunda anibanda cyane ku giterane cyo kuramya no guhimbaza (...)
0 | ... | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | ... | 1850