Mu gikorwa cyo gufasha abatishoboye basigajwe iheruheru na Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994,igikorwa cyateguwe na Choral Duhuzumutima ibarizwa muri ADEPR Muhima.Imiryango igera kuri 50 ikennye niyo yahawe imfashanyo aho buri muryango wahawe umufuka umwe w’umuceri,umufuka umwe w’isukari,amasabune abiri afura,amavuta (ubuto)Litiro 3,hakiyongeraho n’imyambaro.
“Iyo dusenga buri munsi tuba dusingiza urukundo rw’Imana,iyi Korali ikwiye gushimwa kuko ibi bakoze bigaragaza urukundo bafitanye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuyobozi mukuru w’Akarere ka Nyarugenge arashimira byimazeyo Abaririmbyi ba Chorale Duhuzumutima
30 October 2012, by Ubwanditsi -
Amashusho ya NYIMBO ZA WOKOVU yashyizwe k’umugaragaro!
25 September 2012, by Frere ManuKuri iki cyumweru cya 23 /09/ umuhanzi FRERE Manu yashimishije abakunzi b’indirimbo za Wokovu mu muhango wo kubamurikira DVD amashusho y’izi ndirimbo. Hashize igihe kingana n’umwaka n’igice uyumusore w’umucuranzi akora amajwi ndetse n’amashusho y’indirimbo z’agakiza mu giswahili NYIMBO ZA WOKOVU Frere Manu amurika ayamashusho yavuze ko gutinda kwayo harimo kuyakora neza ndetse no kuba yarayakoreye muri studio zitandukanye nabyo biri mubyamukereje!
Muri uyumuhango Frere Manu yasobanuye impamvu (...) -
Umusalaba ni iki ?
31 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneIjambo ry’umusaraba ku barimbuka ni ubupfu, ariko kuri twebwe abakizwa ni imbaraga z’Imana. (1 abakointo 1 : 18) Kera mu ba Isiraheri, kubambwa cyari igihano cy’inkozi z’ibibi cyangwa se cy’abagome. Iyo umuntu yahamwaga n’icyaha cy’ubugome yarabambwaga.
Yesu Kristo yaciriwe urubanza rwo kubambwa ku musaraba atari uko ari umunyabyaha ahubwo ari ukugira ngo ibyanditswe bisohore, apfe, amaraso ye acungure umwana w’umuntu.Yarasuzuguwe, abambanwa n’ibisambo kimwe i buryo ikindi i bumoso bwe kugira ngo (...) -
Ese waruzi icyo Bibiliya ivuga k’Ubutinganyi ?
28 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIsi igeze ku ndunduro yayo aho ibizira byinjiye ahera ha hera; Itorero rya Kristo murusheho kuba maso; ibyo turi kubona n’ibimenyetso byanyuma byo gukora ku mugaragaro kwa Anti Kristo no kugaruka kwa Yesu Kristo; Abasoma neza Bibiliya; ibi byose byarahanuwe kandi bigomba gusohora.
Ubutinganyi Imana yagiye iburwanya yivuye inyuma; nawe soma iki cyanditse wiyumvire; kandi aha byari kubafata gusa baryamanye; noneho ibaze bibaye kubana bihoraho?
” Umugabo naryamana n’undi mugabo bazaba bakoze (...) -
Film ya Yesu yiswe “Son of God” yaguzwe asaga $25.6 Million muri weekend ishize!
7 March 2014, by Simeon NgezahayoFilm nshya Son of God yakinwe hakurikijwe ubuzima bwa Yesu Kristo muri iyi si nk’uko tubisanga mu byanditswe byera. Iyi film rero yashyizwe ahagaragara ku ncuro ya kabiri muri weekend ishize, yaguzwe amafaranga asaga $25.6 million. Uwari uyoboye igikorwa cyo kugurisha iyi film Liam Neeson yagishoje imaze kugera kuri $28.8 million.
Ibi ngo byatangaje benshi, kuko mu zindi films zabanje nka Courageous, Fireproof, Facing the Giants na Left Behind zose hamwe zaguzwe $19.4 million.
Gary (...) -
Christian Youth in Promises (CYP) Ministry yateguye igiterane yise "Inyungu yo kumenya imana"
7 March 2014, by Simeon NgezahayoMinistère y’ivugabutumwa Christian Youth in Promises (CYP) kuri iki Cyumweru taliki ya 9/03/2014 yateguye igiterane gifite intego igira iti “Ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo” Abafilipi 3:7.
Iki giterane kizabera kuri Eglise Vivante mu Gatenga guhera saa munani. Aganira n’agakiza.org, Visi Perezida w’iyi ministere Bwana MUNYANTORE Justin yahereye ku mateka yabo, by’umwihariko anadutangariza zimwe muri gahunda anibanda cyane ku giterane cyo kuramya no guhimbaza (...) -
Umuhanzikazi Gahongayire Cynthia agiye kumurika alubumu ye ya mbere y’amashusho
27 March 2013, by Patrick KanyamibwaGahongayire Cynthia agiye kumurika alubumu ye ya mbere y’amashusho yise “Munzu y’Imana”, Iki gikorwa kizaba ku cyumweru tariki ya 31/03/2013 bibere kuri ADEPR Kicukiro Shell kuva saa munani z’umugoroba.
Nkuko Cynthia abitangaza ngo muri iki gitaramo azaba ari kumwe n’abandi bahanzi barimo Gonzague Abingenzi, Naphtal Hategekimana na Kolare Yakini kandi bizaba ari ubuntu kwinjira muri icyo gitaramo.
Ubusanzwe Gahongayire asengera ku rusengero rwa ADEPR Kicukiro Shell, akaba yaratangiye (...) -
Ibintu 3 Imana igirira abantu bikwiye gutuma bayubaha uko umutima uteye/ Ev. Jotham
10 July 2015, by Ubwanditsi1.URUKUNDO: Abaroma 5:8 ariko Imana yerekanye urukundo rwayo idukunda,ubwo Kristo yadupfiraga tukiri abanyabyaha.
Paul we yavuze ko uru rukondo rw’Imana rurenze uko rwamenywa kuko Imana yakunze isi kandi ari mbi kubw’icyaha yari yakiriye muri Adamu. Urukundo nirwo rwayiteye kwiyunga natwe muri Kristo tutabisabye ahubwo kuko idukunda (2 Abakorinto5:19).
Ntabwo Imana idukunda kuko twakiranutse kuko nta nuko tugira ahubwo urwo rukundo rusumba ububi bwacu, kuko iyo umwana wumuntu yananiranye (...) -
Igiterane cy’abari n’abategarugori nicyo kirafungura umwaka wa 2013 muri gospel
3 January 2013, by UbwanditsiIgiterane cyise Women and Destiny in divine connection kizaba ku cyumweru tariki ya 6/01/2013 muri Serena Hotel, aho kwinjira bizaba ari ubuntu, ni kimwe mu bikorwa binini bigiye gutangira umwaka wa 2013, ibi bikaba ari nk’agashya doreko ubusanzwe imyaka ibiri ishize wasangaga ibiterane n’ibitaramo bikomeye bitangira kugaragara mu kwezi kwa gatatu.
Muri iki giterane cy’abarin’abategarugori kizamara umunsi umwe ngo hazabaho inyigisho, ubuhamya ndeste n’ijambo ry’Imana bazagezwaho n’abakozi (...) -
Apotre Paul Gitwaza ngo yaba agiye kwimukira I Burundi
15 April 2013, by UbwanditsiAmakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko intumwa Dr. Muhirwa Paul Gitwaza agiye kwimukira mu gihugu cy’u Burundi ndetse ko ariho agiye gukomereza umurimo we w’ivugabutumwa.
Mu kiganiro uyu muvugabutumwa yagiranye na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu harimo REMA TV, yavuze ko igihe cye cyigeze kugira ngo abe mu mutima w’Afurika. Aha umutima w’Afurika yavugaga akaba ari igihugu cy’u Burundi.
Apôtre Dr. Paul Gitwaza ubusanzwe akunze gutumirwa cyane na Perezida w’iki gihugu dore (...)
0 | ... | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | ... | 1850