Gushaka umunezero
Ubwo nasohokaga mu rusengero, nahuje amaso n’umugabo n’umugore we bari mu myaka ya za 40 barandasa. Hashize akanya, mbona baraseka banezerewe. Bitewe n’uko rero nari nkiri ingaragu, umunezero bari bafite warantangaje ni ko kwibaza nti “Abantu bari muri iki kigero babasha bate kuba bagikundana bene aka kageni? Ndamutse ntahuye ibanga ryabo, ni ko nibwiraga, nazaharanira kubaho nka bo!”
Ubu maze imyaka 20 nshatse, ariko nabonye ko urushako rwuje umunezero rushoboka kandi ari (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Uko waba incuti y’umugabo wawe (Igice cya 1)
13 May 2013, by Simeon Ngezahayo -
Ubuhamya: Joyce Meyer na Dave baratugezeho uko umurimo w’ Ivugabutumwa bakora watangiye
15 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu mwaka w’ 1976,igihe Imana yavuganye n’umutima wa Joyce ko umunsi umwe azagira“inyigisho yagutse y’ivugabutumwa ”Yahise atekereza ikizabaho nyuma y’imyaka mirongo ine yari imbere.
Bivuye mu nyigisho za Bibiliya mu rugo rwabo…kumvikana ku ma radiyo make yavugiragaga mu gace k’iwabo…kugera ku mbaga y’abantu ingana na bibiri bya gatatu by’isi biciye mu kiganiro cyo kuri televiziyo kitwa:kunezererwa ubuzima bwa buri munsi(Enjoying Every day Life)
Dave na Joyce babonye Imana ikoresha Minisiteri yabo (...) -
Imana ibasha kongera kubumba bundi bushya. Pasitori Bimenyimana J. Claude
6 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaYeremia 18:1-6 Ijambo ryaje kuri Yeremiya rivuye ku Uwiteka riti "Haguruka umanuke ujye mu nzu y’umubumbyi, ni ho nzakumvishiriza amagambo yanjye." Nuko ndamanuka njya mu nzu y’umubumbyi, ndebye mbona arakorera umurimo we ku ruziga. Nuko ikibindi yabumbaga mu ibumba gihombera mu ntoki z’umubumbyi, maze aribumbisha ikindi kibindi kimeze uko ashaka. Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho riti "Yemwe ab’inzu ya Isirayeli mwe, mbese sinabasha kubagenza nk’uyu mubumbyi ? Ni ko Uwiteka abaza. Dore uko ibumba (...)
-
ADEPR irasabwa gukorera mu mucyo
19 October 2012, by UbwanditsiItorero ADEPR rirasabwa gukorera mu mucyo mu rwego rwo gukosora ibibazo ryari rimazemo iminsi byanatumye abagize biro ya komite nyobozi yaryo bahagarikwa ku mirimo yabo muri uyu mwaka.
Ibi ni ibyagarutsweho n’umuyobozi w’intara y’amajyepfo, Alphonse Munyantwari mu nteko y’iri torero yateraniye i Muhanga ku wa kane 18 Ukwakira 2012 ihuje abapasitoro bagize indembo 12 zigize igihugu.
Sheik Saleh Habimana, umukozi mu kigo cy’igihugu cy’imiyoborere myiza (RGB), yagaragarije abari aho amwe mu (...) -
Uziko”Guseka” biha umutima umutuzo bikanarinda Stress
14 November 2012, by UbwanditsiMu bushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika, bagaragaje ko ”Guseka” bigabanya guteragura cyane k’umutima kandi bigafasha kwirinda Stress, bikaba ari ibyatangajwe muri ”Psychological Science” muri Amerika.
Sarah Pressman, umushakashatsikazi wo muri Kaminuza ya Kansas [Kansas University] avuga ko igihe uri mu bintu bituma ugira Stress nyinshi, jya ugerageza useke (umwenyure), yavuze ko guseka bidafasha gusa mu buryo bw’imibereho myiza [kubaho wishimye] ko ahubwo binarinda ihungabana ry’umutima. Mu (...) -
Hatahuwe indi ndwara idasanzwe imeze nka SIDA ku mugabane wa Asia
25 August 2012, by UbwanditsiKu mugabane wa Asia kuri ubu hamaze gutahurwa indwara ifite ibimyetso byenda kumera nk’ibya SIDA, gusa itandukaniro ni uko iyi ndwara kugeza ubu itarabonerwa izina idaterwa na Virus kandi yo ikaba itandura nkayo.
Iyigwa ryakozwe kuri iyi ndwara kuwa Kane tariki ya 23 Kanama 2012, ryagaragaje ko iyi ndwara imeze nka SIDA, nk’uko ikinyamakuru Lexpress.fr cyabitangaje.
Ikinyamakuru Le New England Journal of Medecine cyandikirwa mu Bwongereza, kuri uyu wa Kane cyagaragaje ko iyi ndwara (...) -
Kuri iki cyumweru Korale Hyssop yabateguriye igiteramo
6 December 2012, by UbwanditsiHyssop choir nimwe muri chorale za ADEPR ikaba ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Muganza ku mudugudu wa Kiruhura . Hyssop choir (iryo zina ryavuye kugati kitwa Ezobu kakoreshwaga n’abatambyi iryo jambo mwarisanga muri Zaburi 51:9 )yatangiye gukora umurimo w’Imana mu mwaka wa 2004 ,itangijwe n’abanyeshuri 15 gusa ,iyo chorale yakomeje gukura mu mubare w’abaririmbyi no muburyo bw’imiririmbire,ikaba arimwe mu machorale aririmba neza .
Ubu bakaba bageze ku baririmbyi 40 benshi muri bo (...) -
Papa Francis aratangaza ko “atazaciraho iteka” abapadiri babana bahuje ibitsina
31 July 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa mbere ubwo Papa Francis yavaga mu gihugu cya Brazil yerekeza i Burayi, yatangarije ibitangazamakuru ko “atazaciraho abapadiri n’abasaseridoti babana bahuje ibitsina, mu gihe bagaragaza ubushake bwo gushaka Imana.”
Urubuga “The CNN Belief Blog” rwanditse ko iyi ari intambwe Papa ateye ava ku mahame abamubanjirije bari batsimbarayeho. Uru rubuga kandi rwatangaje ko iki ari ikimenyetso cy’uko niba atari ukwivugira, Papa atangiye gutezuka ku myumvire ya Kiliziya Gatolika ku bijyanye (...) -
UBURYO BWA KABIRI BWO GUSHIMA IMANA. Pastor Gatanazi
12 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : UBURYO BWA KABIRI BWO GUSHIMA IMANA
1 abatesalonike 5 :18, mu bibaho byose muhore mushima, kuko ari byo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu.
Yobu 1 :20-22 , Maze Yobu aherako arahaguruka ashishimura umwitero we, arimoza yikubita hasi arasenga ati 21.“Navuye mu nda ya mama nambaye ubusa, nzasubira mu nda y’isi nta cyo nambaye. Uwiteka ni we wabimpaye, kandi Uwiteka ni we ubintwaye. Izina ry’Uwiteka rishimwe.” 22.Muri ibyo byose Yobu ntiyakoze icyaha, haba no kubiherereza ku Mana.
Ejo (...) -
Ubundi impamvu yo gushinga urugo ikwiye kuba iyihe?
1 October 2015, by Innocent KubwimanaHari ikibazo kimaze kuba nk’icyorezo kitwa gutandukana kw’abashakanye. Ntibikiri ibidasanzwe kuko ijanisha ry’ingo zitandukana rirushaho kuzamuka uko iminsi igenda ishira. Mu by’ukuri ugenekereje wavuga ko igisata cy’ingo kirarwaye ku buryo bugaragarira umuntu wese, kuko abajya kwandikisha ingo bahurira hamwe n’abajya gusaba ubutane.
Ibi ntibiri mu mugambi w’Imana na gato. Ubusanzwe twari tumaze kumenyera ko wenda biba mu bihugu bindi ariko n’iwacu bimaze gufata indi ntera. Biba agahomamunwa rero (...)
0 | ... | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | ... | 1850