‘’Ibyo mukora byose mubikorane urukundo.’’ 1 Abakorinto 16:14
Intumwa Pawulo hano ntabwo atoranya ibyo dukora, ahubwo aravuga ko ibyo dukora byose dukwiye kubikorana urukundo.
Pawulo ahamya ko ibyo umuntu yakora byose biramutse bidashingiye ku rukundo nta gaciro. Aragira ati ‘’Kandi nubwo natanga ibyanjye byose ngo ngaburire abakene, ndetse nkitanga ubwanjye ngo ntwikwe ariko singire urukundo, nta cyo byamarira.’’ 1 Abakorinto 13:3
Birashoboka ko waramya Imana mu bintu byose ukora. Umurimo wose (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ese byashoboka ko ndamya Imana mu byo nkora byose?
26 August 2015, by Innocent Kubwimana -
Turi impumuro nziza ya Kristo ku Mana hagati y’abakira n’abarimbuka
8 February 2016, by Alice Rugerindinda“Kuko turi impumuro nziza ya Kristo ku Mana hagati y’abakira n’abarimbuka. Kuri bamwe turi impumuro y’urupfu izana urupfu ariko ku bandi turi impumuro y’ubugingo izana ubugingo.” 2 Abakorinto 2: 16
Nasanze mu mahanga yose nta muntu udakunda guhumura neza. Iyo umuntu yiteye parfum ihumura neza (umenya bayita imibavu mu Kinyarwanda), sinzi niba arijye bibaho jyenyine , buri muntu wese amukurikiza amazuru kugirango yumve iyo mpumuro!!!
Hari abantu bagira impumuro mbi kuburyo iyo binjiye aho (...) -
ADEPR yubakiye umukecuru w’imyaka 74 utagiraga aho yikinga kuva Jeniside yarangira
13 April 2014, by Kwizera EmmanuelUmwe muri benshi ADEPR imaze kubakira, yashyikirijwe inzu ye ku mugaragaro nyuma y’imyaka 20 atagira inzu ye, anahabwa umuganda n’abakozi ba ADEPR. Nakure Anastasie w’imyaka 74, yatangaje ko aho yakomangaga hose ngo bamufashe kubaka, bamutereranaga bikamushegesha nk’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Uyu mukecuru wari warabuze urwego rwamutabara ngo rumukemurire ikibazo mu myaka 20 ishize atagira inzu ye, yaje kwegera ADEPR, ayigezaho ikibazo amaranye igihe kiremereye umutima we, (...) -
Itorero ry’ADEPR Gahogo ryatashye insengero
31 July 2012, by UbwanditsiItorero rya ADEPR Gahogo riherereye mururembo rwa Gitarama muntara y’amajyepfo, kuri iki cyumweru tariki ya 29/7/2012 ryatashye kumugaragaro insengero 2, rumwe ruherereye kumudugudu wa Ruvumera urundi kumudugudu wa Gahogo.
Azifungura kumugaragaro , umuvugizi wa ADEPR mu Rwanda nyakubahwa USABWIMANA Samuel, yavuzeko nabatubanjirije Biblia igaragaza nk’icyitegererezo nka Salomon bagize ishyaka ryinshi ryokubaka inzu y’Imana(urusengero) kandi baranabikora. Ati: Namwe rero ibimwakoze mwubaka (...) -
Komera, wiva mu masezerano Imana izakugarukaho
31 August 2015, by Innocent KubwimanaNubwo isi tuyishakiramo ubuzima tukanayibamo, rimwe na rimwe tukayiboneramo n’ibitunezeza ariko kandi na none yuzuyemo byinshi bisenya imitima yacu. Ibi bituma abantu bagendana ibibakomeretsa bitari bimwe. Ntacyo wakora ngo bishire, umuririmbyi yaravuze ngo ntihazabura intambara ntabwo amahoro azabura keretse gusa Yesu atsembyeho urupfu n’ibyaha.
Mugihe rero Yesu atarabitembaho nta kindi twakora uretse kubibamo. Ese biramutse bibaye byinshi twakora iki? Twava mu nzu y’Imana? Imana (...) -
Brazil : Umupasiteri yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya abakirisitu be 6 barimo 3 bakiri abana
9 May 2013, by UbwanditsiUmuyobozi w’itorero “Assemble de Dieu” yatawe muri yombi mu gace kamwe ko mu mujyi wa Rio, akurikiranyweho gusambanya abakirisitu be batandatu barimo abana b’abakobwa 3 batarageza imyaka y’ubukure, n’abakobwa 3 bakuru, nk’uko bitangazwa n’inzego za Polisi kuwa gatatu w’iki cyumweru tariki ya 8 Gicurasi.
Marcos Pereira umuyobozi w’itorero Assemble de Dieu muri iyi minsi ya nyuma mu myaka 20 iri torero rimaze, yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuwa kabiri tariki ya 7 Gicurasi.
Marcio Mendonca (...) -
Uganda : Pasitori yafashwe akekwaho kunyereza Amashilingi miliyoni 100
28 October 2012, by UbwanditsiKu wa Gatatu w’icyumweru dusoza, Pasitori John Ofumbi, Umuyobozi nshingwabikorwa w’itorero Nagongera Gospel Centre ryo mu gace ka Budama mu Majyaruguru y’Akarere ka Tororo muri Uganda yafashwe n’inzego za Polisi akekwaho kunyereza amashilingi ya Uganda miliyoni 100 yari agenewe ikigo cy’imfubyi.
Ifungwa rya Pasitori John Ofumbi w’imyaka 56 nk’uko tubikesha urubuga rwa interineti rwa www.monitor.co.uk, ryemejwe na Robert Katuramu umuyobozi w’igipolisi cy’Akarere Tororo.
Katuramu yagize ati (...) -
Duhe Imana Umwanya wa mbere (mwiza) mu munsi wacu
31 March 2016, by Umugiraneza Edith"Nuko mu museke arabyuka , arasohoka ajya mu butayu asengerayo". Mariko 1:35
Umwanya mu marana n’Imana ni umwanya ukomeye cyane w’umunsi. Niyo mpamvu guhitamo isaha n’ahantu ho gusengera ari ibintu by’ingenzi cyane. Niyo mpamvu kugira gahunda ihoraho idahindagurika ari ingenzi cyane.
Muze imbere yayo buri munsi ku isaha imwe. Mu ijambo ry’Imana muri Mariko 1:35 haratubwira ngo: "Mu museke, arabyuka arasohoka ajya mu butayu gusengarayo".
Ntabwo ari uko Yesu yabyukaga kare ajya gusenga nawe (...) -
Detroit: Pastor Marvin Winans yanze gusabira umugisha umwana kuko nyina atasezeranye imbere y’Imana
18 October 2013, by Simeon NgezahayoUmupasiteri w’icyamamare akaba n’umuhanzi Marvin Winans uyoboye itorero mu mujyi wa Detroit, Mich. ubu ntacirwa akari urutega n’umugore wo muri uwo mujyi nyuma y’aho uyu mushumba yangiye gusabira umugisha umwana we w’umuhungu w’imyaka 2.
Uyu mupasiteri rero ngo wasabwaga gusabira uyu mwana umugisha nimbere y’iteraniro, ngo yaje kubyanga. Ubu benshi bavugishijwe amagambo atari make n’ubwenge bw’uyu mupasiteri ku mbuga za enterineti.
Uyu mugore witwa Charity Grace w’imyaka 39 ngo amaze iminsi mike (...) -
WASHINGTON: Icyumweru cyahariwe kwibuka Martin Luther King, Jr.
27 August 2013, by Simeon NgezahayoMuri Kanama 1963, abantu bagera kuri 250,000 baturutse mu mihanda yose y’Amerika bishyize hamwe i Washington, bakora urugendo rwo kwamagana ivanguramoko ryakorerwaga abirabura bo muri Amerika, bayobowe na Dr martin Luther King, Jr. wanashinze amatorero y’Abaporotesitanti (Protestants).
Uru rugendo rwagizwemo uruhare n’abantu nka Eleanor Holmes Norton, ubu akaba ari umwe mu bagize congré (congress) y’Amerika, mu w’19863 akaba yarakoraga muri New York City ahamagarira abantu kwitabira urwo (...)
0 | ... | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | ... | 1850