Ibi ni amwe mu magambo yavuzwe na Perezida Barack Obama wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku munsi wa Pasika ubwo yari mu giterane cy’amasengesho y’abayobozi n’abanyamadini ya Gikristu yo muri iki gihugu.
Iki giterane cyabereye muri White House akaba ariyo nzu Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika abamo.
Ku cyumweru tariki ya 27 Werurwe uyu mwaka nibwo Barack Obama yavuze amagambo akomeye yatunguye benshi ubwo yari mu masengesho ya Pasika asanzwe amuhuza n’abanyamadini bo muri iki gihugu,aya (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Abakora ibikorwa by’iterabwoba barashaka guca intege ukwizera kwacu nyamara twe ntituzahwema kubakunda:Perezida Obama
4 April 2016, by Nicodem -
Menya kubaho mu migisha y’Imana (Inyigisho ya Past.Antoine RUTAYISIRE)
18 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKUBAHO MU MIGISHA Y’IMANA ( TO LIVE IN FAVOR OF GOD
Zaburi 15, 1-5 : Uwiteka ni nde uzahagarara mu ihema ryawe ? ....
Zaburi 1, 1 : Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi y’ababi, ntahagarare mu nzira y’abanyabyaha kandi ntiyicarane n’abakobanyi...
Imirongo myinshi muri Bibliya ikunda kugaragaza imigisha Imana igenera umwana w’ umuntu. Mu gitabo cyo Gutegeka kwa 2 hatubwira Imigisha yose Imana igenera abantu bayo ariko ikabaha condition ngo :" Nugira umwete wo kumvira Amategeko nguhaye". Ibi (...) -
Urugendo rwa Chorale Evangelique rwagenze neza
23 August 2012, by MUHAYIMANA VincentNkuko twari twabibabwiye,kuwa gatandatu w’icyumweru gishize saa mbiri za mugitondo nibwo chorale evangelique Cyarwa yahagurutse yerekeza mu itorero rya ADEPR MUTOVU ho mururembo rwa Gikongoro,aho yakoreye ivugabutumwa mundirimbo no mu ijambo ry’Imana kuri uwo munsi ndetse no kucyumweru.
Muri iryo vugabutumwa abantu benshi bemeye kwakira Yesu nk’umwami n’umukiza maze Barasengerwa nyuma bagirwa n’inama z’uko bakwitwara munzira y’agakiza batangiye.
Bimwe mubyaranze uru rugendo byatonze abaririmbyi (...) -
Imbere yawe urareba iki? (Igice cya 1) Pasteur Desire Habyarimana
9 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaEzekiyeli 37:1-14
Imana yasohoye Ezekiyeli ari mu mwuka nk’uko igice gitangira kibivuga. (Ibibazo byacu dukwiriye kubirebera mu mwuka, kuko ibibazo duhura na byo bibera mu isi y’umwuka kandi na Satani muzi ko ari umwuka mubi). Twe dushaka gukemura ibibazo by’umwuka mu mubiri, ni cyo gituma tuvunika cyane (Abefeso 6:10-18).
Imana imaze gusohora Ezekiyeli, yamweretse amagufwa yumye atatanye cyane. None wowe imbere yawe urareba iki? Ushobora kuba ureba amagufwa yumye nka Ezekiyeli, ukaba ureba (...) -
‘Outreach Magazine’ yasohoye urutonde rw’amatorero 100 manini kandi arimo gukura vuba - Michael Gryboski
26 September 2013, by Simeon NgezahayoIkinyamakuru cya Gikristo ‘Outreach Magazine’ gikorera muri Leta ya California gisohora ibitekerezo, inyigisho n’ibiganiro n’abapasiteri cyasohoye intonde ebyiri muri uku kwezi.
Itorero Lakewood Church of Houston (Texas) riyobowe na Pastor Joel Osteen, risengeramo Abakristo bagera kuri 43,500 ni ryo ryaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’amatorero manini. Itorero ryaje ku mwakya wa kabiri kuri uru rutinde ni Triumph Church of Detroit, Mich. Iri torero ni ryo ryagaragaje gukura vuba, kuko (...) -
Arwaye indwara ituma ashaka gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 100 ku munsi
2 September 2012, by UbwanditsiMu gihe itegeko ry’ Imana ribuza gusambana hari abantu ahubwo babigize umwuga bakabona ari ibisanzwe ariko na none bakaba bibagiwe ko imibiri yacu ari insengero z’ Umwuka Wera kandi ko umuntu natsemba urusengero Imana izamutsemba. Kandi ko mu byaha Imana yanga urunuka byanatumye Imana ifata icyemezo cyo kurimbuka Sodoma harimo ubusambanyi.
Dore uyu we urwego agezeho rw’ ubusambanyi kandi utekereze imyuka mibi ashira mu bantu uko ingana ku munsi.
Umukobwa w’imyaka 44 y’amavuko ukora umwuga (...) -
Louisiana: Umudiyakoni yarashe Pastor amasasu abiri ubwo yari ku ruhimbi abwiriza, aramwica
2 October 2013, by Simeon NgezahayoWoodrow Karey wo muri Leta ya Louisiana yatawe muri yombi mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu, nyuma y’aho Pastor wabwirizaga mu iteraniro ku ruhimbi arasiwe agahita apfa. Uyu mugabo watawe muri yombi w’imyaka 53 y’amavuko ngo yari umudiyakoni muri iryo torero.
Amakuru dukesha CNN aravuga ko Abakristo bagera kuri 60 bahamya ko biboneye Woodrow Karey wari umudiyakoni atambuka mu rusengero rw’itorero The Tabernacle of Praise Worship Center mu ma saa 8:00 p.m., akarasa Pastor Ronald Harris amasasu (...) -
Ubutunzi butagira akagero buri muri Kristo Yesu ( Igice cya 2)
4 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO: UBUTUNZI BUTAGIRA AKAGERO BURI MURI KRISTO ( Ibikurikira)
Abafilipi 3:7-8 Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo, 8. ndetse n’ibintu byose mbitekereza ko ari igihombo ku bw’ubutunzi butagira akagero, ari bwo kumenya Kristo Yesu. Ku bw’uwo nahombye ibyanjye byose, ndetse mbitekereza ko ari amase kugira ngo ndonke Kristo,
Pawulo ntiyaje muri Kristo gushakamo ubutunzi, nkuko abandi bajya babikora, bagashinga amadini kugirango bagire indonke, ahubwo (...) -
Korali Penuel ya ADEPR Rukurazo yamuritse Alubumu yayo ya mbere
11 December 2013, by UbwanditsiKorali Penuel ni imwe mu makorali abarizwa mu itorero rya adepr Paruwasi ya Rukurazo, yashyize ahagaragara album yayo ya mbere. Iki gikorwa cyabaye tariki ya 8 ukuboza 2013 aho isanzwe ibarizwa Kimironko Adepr Rukurazo, iyi album ikaba yitwa ‘’Agira ubuntu’’ ikaba iriho indirimbo zibanda ku guhumuriza abantu muri iki gitaramo kwinjira bikaba byari ubuntu .
Iki gitaramo cyo kuyimurika cyatangiye saa saba z’amanywa., aho iyi korale yifatanyije n’abahanzi batandukanye barimo Dominic Nic ndetse na (...) -
Ese isereri (vertiges) yaba iterwa n’iki?
9 December 2012, by UbwanditsiIsereri ni ibyiyumvo by’agahe gato umuntu agira akiyumva mu buryo butandukanye n’uko yari ameze kandi akabona ibimuzengurutse bigenda ariko bigashira mu gahe gato. Abenshi mu bantu agenda bibaza igitera kuba umuntu yarwara isereri nyuma bikarangira hari abavuga ko ari inzara ibitera!
Nk’uko tubitangarizwa n’urubuga le Figaro, vertiges ni ikimenyetso gikunda kuboneka cyane mu bantu bose ku isi kidakunda kuvugwa ko gitewe n’impamvu runaka, gusa icyaba kizwi kurusha ni uko burya isereri ifitanye (...)
0 | ... | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | ... | 1850