Ndagirango dufatanye gusoma amagambo ari muri Luka 14:16-18 Haragira hati: Igihe cyo kurya gisohoye; bose batangira gushaka impamvu z’urwitwazo….
Aha wakwibaza byishi!
1. Ese ibyo kurya byari bibishye? Oya kuko batari babiriyeho ngo bamenye uko bimeze! 2. Ese bari bahaze bariye ahandi? Oya kuko bagombaga kuba babivuze kare ntibabatekere, kuko bari barategujwe kare! 3. Kuki se bose bahujije gushaka impamvu zurwitwazo? Bose ni bamwe ni abararikwa babi! 4. Ese ibi nanubu byabaho cyane no munzu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Dukureho impamvu zitubuza gukorera Imana. Pasteur Bonaventure Dusabumuremyi
28 June 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
Umuhungu wa Rick Warren yitabye Imana azize kwiyahura
17 April 2013, by Simeon NgezahayoKu wa 5 Mata 2013 ni bwo Matthew Warren umuhungu wa Dr. Rick Warren akaba n’umuhererezi we yitabye Imana afite imyaka 27. Matthew yapfuye azize kwiyahura, akoresheje kwirasa abitewe n’uburwayi bwo mu mutwe yari amaranye igihe kirekire. Rick Warren uyoboye itorero Saddleback Valley Community Church mu mujyi wa Lake Forest (California) yabitangaje n’agahinda kenshi muri aya magambo ku rubuga rwa twitter “Umuntu yagurishije na Matthew imbunda itanditswe binyuze kuri Internet. Niba yasabaga Imana (...)
-
Imbaraga z’Imana mu ntege nke zacu
2 September 2015, by Innocent KubwimanaAriko arampakanira ati “Ubuntu bwanjye buraguhagije, kuko aho intege nke ziri ari ho imbaraga zanjye zuzura.” Nuko nzanezerwa cyane kwirata intege nke zanjye, ngo imbaraga za Kristo zinzeho. 2 Abakorinto 12:9
Uvugwa aha ni Pawulo, uwo Imana yahamagaye gukora umurimo wayo nawe imukuye mu byaha bitandukanye nk’uko no kubandi benshi bigenda. Pawulo yigeze kubaho akomeye mu buzima busanzwe, ndetse arenganya ubwoko bw’Imana. Kristo aza kumutungura aramuhamagara, amuvana mu byo yarimo amuhindura (...) -
USA: World Vision mu mikoranire ya hafi n’abatinganyi byashavuje abanyamatorero
26 March 2014, by UbwanditsiUmuryango wa Gikristo World Vision ukorana bya hafi n’abihayimana mu bihugu bitandukanye byo kw’Isi mu bikorwa byo kwita ku bana b’imfubyi n’imbabare uherutse gutangaza ko bitarenze uyu wa mbere ugiye kwinjiza abakozi bashya mu ishami ryo mur’Amerika basaga 1100 kandi ko n’abatinganyi bemerewe ako kazi .
Nk’uko byanditswe n’ikinyamakuru Christianity Today,World Vision ivuga ko abo bakozi iri gushaka ari gukora ibijyanye no gukumira imibonano mpuzabitsina hagati y’umugabo n’umugore.
Iby’iyi (...) -
Hunga irari rya gisore: Urubyiruko rwa ADEPR – Rwimbogo mu giterane cy’ivugabutumwa
29 July 2013, by UbwanditsiUrubyiruko rwa ADEPR – Rwimbogo rwateguye igiterane cy’ivugabutumwa ku cyumweru taliki 11/08/2013 guhera saa saba z’amanywa. Icyo giterane gifite intego igira iti “HUNGA IRARI RYA GISORE” (2 Timoteyo 2:22).
Icyo giterane kizaba kirimo Ev. Etienne RUSINGIZANDEKWE, usanzwe afite inararibonye n’amavuta mu kwigisha urubyiruko. Hazaba kandi hari Korali Abanyamugisha ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Kimisagara, na yo ikaba ari korali ikunzwe cyane muri iki gihe.
Ev. Etienne RUSINGIZANDEKWE (...) -
Impamvu eshanu zituma abantu badakorana n’itangazamakuru mu Rwanda
23 November 2012, by Patrick KanyamibwaItangazamakuru ni kimwe mu bice bigira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ibintu byinshi kw’isi byose bigaterwa nuko ryakoreshwejwe, doreko yo rikoreshejwe nabi risenya rikangiza byinshi ryanakoreshwa neza rikubaka rikanatunganya ibitari bike. I gihugu nk’u Rwanda cyikaba gifite ubuhamya bukomeye kubijyanye n’itangazamakuru, gusa twababwirako hari n’ibindi bihugu byinshi byisi, itangazamakuru ryagiye rihindura ibintu mu buryo runaka.
Nyuma y’ubushakashatsi twakoze, tugiye kubagezaho ibintu bitanu (...) -
IGIHEMBO CYA MUZIKA “AFRICA GOSPEL MUSIC AWARDS (AGMAs) 2013” CYAGARUTSE … IKI KIZABA KIRUTA IBINDI BYOSE BYABAYEHO!
20 May 2013, by Simeon NgezahayoIgihembo gihabwa abahanzi b’indirimbo zo guhimbaza Imana cyiswe “Africa Gospel Music Awards (AGMAs)” cyagarutse. Ku wa gatandatu taliki 6 Nyakanga 2013 ni bwo amarushanwa ateganijwe muri iyi mpeshyi, biteganijwe ko azaba arimo itoto, Umwuka no guhimbaza mu buryo budasanzwe. Amarushanwa ateganijwe kubera mu nzu mberabyombi ya Kaminuza Queen Mary’s University mu gihugu cy’Ubwongereza, abarimo kuyategura bakaba batangaza ko rizaba ari ijoro ritazibagirana, ngo kuko hazaba hateraniye imbaga (...)
-
Umushoferi w’amakamyo amaze gusohora $600,000 abwiriza ubutumwa bwiza abatizera muri Amerika - Melissa Barnhart
4 October 2013, by Simeon NgezahayoHarold Scott w’imyaka 72 ukomoka muri Green Bay, Wisconsin yasohoye amafaranga menshi yari amaze igihe akorera, kugira ngo abwirize ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo abagenzi bitambukiraga. Uyu mushoferi yakoresheje ibyapa binini yashyiraga ku nzira nyabagendwa muri Amerika byanditseho ngo "Udafite Imana, nta buzima" kandi "Yesu Kristo yapfiriye ibyaha by’abari mu isi," yongeraho n’ubundi butumwa butandukanye.
Umushoferi utwara amakamyo amaze gusohora $600,000 mu ivigabutumwa amaze iminsi (...) -
Yari yiroshye mu ruzi arwita ikiziba!
24 June 2012, by UbwanditsiInkuru ijyanye n’ingeso mbi yo kubeshya bibwira ko bari kugira neza yamubijije icyuya birangira yicujije icyo yabikoreye, binatuma agira ipfunwe atigeze agira mu buzima bwe,icyakora bimuha n’isomo ryo gusobanukirwa n’imyifatire y’abana b’abakobwa biga mu yisumbuye harimo n’abe.
Ibi ni ibyabaye ku mukecuru wari wirwarije umwana ku ivuriro rya Cyimbiri ,aho ngaho hafi yaho hakaba hari ishuri ryisumbuye kandi naryo kuri uyu mugoroba hari abana baryo bari baharwariye, umwe mu bari babarwaje rero (...) -
KABARONDO: MU GITERANE HAMWE NA JEHOVAH JIREH CHOIR YA CEP/ULK, BENSHI BAKIRIYE KRISTO
1 November 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko byari biteganijwe mu mpera z’iki cyumweru gishize, kuva kuwa Gatandatu kugeza ku cyumweru taliki ya 27 Ukwakira 2013, ku butumire bw’itorero rya ADEPR kabarondo umudugudu w’Ishimwe, Jehovahjireh choir ya Cep/Ulk yari mu ivugabutumwa kuri uyu mudugudu bimwe mu byagize umusaruro ushimishije.
Nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi w’uyu mudugudu w’Ishimwe Ev. RUZIBIZA Jean, ngo nk’uko bisanzwe ari inshingano zabo kugeza ubutumwa bwiza bwa Yesu kuri benshi, ni muri urwo rwego bagize (...)
0 | ... | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | ... | 1850