Ubuzima bw’ikinyoma ni ubuzima bubayemo abantu batari bake hano ku isi, akenshi bagiye babwinjiramo bitewe n’imibereho itari myiza bagiye banyuramo, kubwo gushaka kuramuka bigatuma bashaka inzira zinyuze mu kinyoma, bityo bakabona ubuzima bwicuma.
N’ubwo bimeze gutya ndetse bikaba bimaze gusa nk’umuco birakwiye ko wowe utuye muri ubu buzima wimuka ukava mu buzima umaze mo igihe bw’ikinyoma, kugira ngo noneho ugire ubuzima buhiriwe kandi bumurikiwe n’umucyo w’Imana.
Bibiliya Ijambo (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imuka uve mu buzima bw’ikinyoma ubone amahoro !
23 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Ni uko rero nk’uko umubiri udafite umwuka uba upfuye, ni ko no kwizera kudafite imirimo kumeze, kuba gupfuye.
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNi uko rero nk’uko umubiri udafite umwuka uba upfuye, ni ko no kwizera kudafite imirimo kumeze, kuba gupfuye. Yakobo 2:26
Mbese bene Data, byavura iki niba umuntu avuga y’uko afite kwizera, nyamara akaba ari nta mirimo akora? Bene uko kwizera kwabasha kumukiza? Cyangwa se hagira mwene Data w’umugabo cyangwa w’umugore wambaye ubusa, kandi akaba abuze ibyo kurya by’iminsi yose, maze umwe muri mwe akamubwira ati: “genda amahoro ususuruke uhage" ariko ntimumuhe ibyo umubiri ukennye byavura iki?
Uko (...) -
Abakora ibikorwa by’iterabwoba barashaka guca intege ukwizera kwacu nyamara twe ntituzahwema kubakunda:Perezida Obama
4 April 2016, by NicodemIbi ni amwe mu magambo yavuzwe na Perezida Barack Obama wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ku munsi wa Pasika ubwo yari mu giterane cy’amasengesho y’abayobozi n’abanyamadini ya Gikristu yo muri iki gihugu.
Iki giterane cyabereye muri White House akaba ariyo nzu Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika abamo.
Ku cyumweru tariki ya 27 Werurwe uyu mwaka nibwo Barack Obama yavuze amagambo akomeye yatunguye benshi ubwo yari mu masengesho ya Pasika asanzwe amuhuza n’abanyamadini bo muri iki gihugu,aya (...) -
Menya kubaho mu migisha y’Imana (Inyigisho ya Past.Antoine RUTAYISIRE)
18 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKUBAHO MU MIGISHA Y’IMANA ( TO LIVE IN FAVOR OF GOD
Zaburi 15, 1-5 : Uwiteka ni nde uzahagarara mu ihema ryawe ? ....
Zaburi 1, 1 : Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi y’ababi, ntahagarare mu nzira y’abanyabyaha kandi ntiyicarane n’abakobanyi...
Imirongo myinshi muri Bibliya ikunda kugaragaza imigisha Imana igenera umwana w’ umuntu. Mu gitabo cyo Gutegeka kwa 2 hatubwira Imigisha yose Imana igenera abantu bayo ariko ikabaha condition ngo :" Nugira umwete wo kumvira Amategeko nguhaye". Ibi (...) -
Urugendo rwa Chorale Evangelique rwagenze neza
23 August 2012, by MUHAYIMANA VincentNkuko twari twabibabwiye,kuwa gatandatu w’icyumweru gishize saa mbiri za mugitondo nibwo chorale evangelique Cyarwa yahagurutse yerekeza mu itorero rya ADEPR MUTOVU ho mururembo rwa Gikongoro,aho yakoreye ivugabutumwa mundirimbo no mu ijambo ry’Imana kuri uwo munsi ndetse no kucyumweru.
Muri iryo vugabutumwa abantu benshi bemeye kwakira Yesu nk’umwami n’umukiza maze Barasengerwa nyuma bagirwa n’inama z’uko bakwitwara munzira y’agakiza batangiye.
Bimwe mubyaranze uru rugendo byatonze abaririmbyi (...) -
Imbere yawe urareba iki? (Igice cya 1) Pasteur Desire Habyarimana
9 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaEzekiyeli 37:1-14
Imana yasohoye Ezekiyeli ari mu mwuka nk’uko igice gitangira kibivuga. (Ibibazo byacu dukwiriye kubirebera mu mwuka, kuko ibibazo duhura na byo bibera mu isi y’umwuka kandi na Satani muzi ko ari umwuka mubi). Twe dushaka gukemura ibibazo by’umwuka mu mubiri, ni cyo gituma tuvunika cyane (Abefeso 6:10-18).
Imana imaze gusohora Ezekiyeli, yamweretse amagufwa yumye atatanye cyane. None wowe imbere yawe urareba iki? Ushobora kuba ureba amagufwa yumye nka Ezekiyeli, ukaba ureba (...) -
‘Outreach Magazine’ yasohoye urutonde rw’amatorero 100 manini kandi arimo gukura vuba - Michael Gryboski
26 September 2013, by Simeon NgezahayoIkinyamakuru cya Gikristo ‘Outreach Magazine’ gikorera muri Leta ya California gisohora ibitekerezo, inyigisho n’ibiganiro n’abapasiteri cyasohoye intonde ebyiri muri uku kwezi.
Itorero Lakewood Church of Houston (Texas) riyobowe na Pastor Joel Osteen, risengeramo Abakristo bagera kuri 43,500 ni ryo ryaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’amatorero manini. Itorero ryaje ku mwakya wa kabiri kuri uru rutinde ni Triumph Church of Detroit, Mich. Iri torero ni ryo ryagaragaje gukura vuba, kuko (...) -
Arwaye indwara ituma ashaka gukora imibonano mpuzabitsina inshuro 100 ku munsi
2 September 2012, by UbwanditsiMu gihe itegeko ry’ Imana ribuza gusambana hari abantu ahubwo babigize umwuga bakabona ari ibisanzwe ariko na none bakaba bibagiwe ko imibiri yacu ari insengero z’ Umwuka Wera kandi ko umuntu natsemba urusengero Imana izamutsemba. Kandi ko mu byaha Imana yanga urunuka byanatumye Imana ifata icyemezo cyo kurimbuka Sodoma harimo ubusambanyi.
Dore uyu we urwego agezeho rw’ ubusambanyi kandi utekereze imyuka mibi ashira mu bantu uko ingana ku munsi.
Umukobwa w’imyaka 44 y’amavuko ukora umwuga (...) -
Louisiana: Umudiyakoni yarashe Pastor amasasu abiri ubwo yari ku ruhimbi abwiriza, aramwica
2 October 2013, by Simeon NgezahayoWoodrow Karey wo muri Leta ya Louisiana yatawe muri yombi mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu, nyuma y’aho Pastor wabwirizaga mu iteraniro ku ruhimbi arasiwe agahita apfa. Uyu mugabo watawe muri yombi w’imyaka 53 y’amavuko ngo yari umudiyakoni muri iryo torero.
Amakuru dukesha CNN aravuga ko Abakristo bagera kuri 60 bahamya ko biboneye Woodrow Karey wari umudiyakoni atambuka mu rusengero rw’itorero The Tabernacle of Praise Worship Center mu ma saa 8:00 p.m., akarasa Pastor Ronald Harris amasasu (...) -
Ubutunzi butagira akagero buri muri Kristo Yesu ( Igice cya 2)
4 November 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO: UBUTUNZI BUTAGIRA AKAGERO BURI MURI KRISTO ( Ibikurikira)
Abafilipi 3:7-8 Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo, 8. ndetse n’ibintu byose mbitekereza ko ari igihombo ku bw’ubutunzi butagira akagero, ari bwo kumenya Kristo Yesu. Ku bw’uwo nahombye ibyanjye byose, ndetse mbitekereza ko ari amase kugira ngo ndonke Kristo,
Pawulo ntiyaje muri Kristo gushakamo ubutunzi, nkuko abandi bajya babikora, bagashinga amadini kugirango bagire indonke, ahubwo (...)
0 | ... | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | ... | 1850