KUBAHO MU MIGISHA Y’IMANA ( TO LIVE IN FAVOR OF GOD
Zaburi 15, 1-5 : Uwiteka ni nde uzahagarara mu ihema ryawe ? ....
Zaburi 1, 1 : Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi y’ababi, ntahagarare mu nzira y’abanyabyaha kandi ntiyicarane n’abakobanyi...
Imirongo myinshi muri Bibliya ikunda kugaragaza imigisha Imana igenera umwana w’ umuntu. Mu gitabo cyo Gutegeka kwa 2 hatubwira Imigisha yose Imana igenera abantu bayo ariko ikabaha condition ngo :" Nugira umwete wo kumvira Amategeko nguhaye". Ibi (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Menya kubaho mu migisha y’Imana (Inyigisho ya Past.Antoine RUTAYISIRE)
18 August 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Itsinda “The Blessing” mu myiteguro y‘igitaramo cyo kubyinira Imana: Ibintu bitamenyerewe mu Rwanda
5 July 2013, by Patrick KanyamibwaN’ubwo bitamenyerewe cyane inaha mu Rwanda, ku cyumweru tariki ya 4/08/2013 itsinda ribyina Kinyarwanda no ku buryo bugezweho “The Blessing Family” yateguye igitaramo cyo kubyina ibyino zitandukanye yaba iza Kinyarwanda n’izigezweho. iki gitaramo kizaba kirimo abahanzi batandukanye.
Nk’uko twabitangarijwe na Octave umuyobozi w’iri tsinda, ubu ngo imyiteguro igeze kure aho iki gitaramo kizabera akaba ari ku gicumbi cy’umuco i Remera, naho amasaha kizatangirira akaba ari saa cyenda z’umugoroba (...) -
Intwari 7 zo kwizera dusanga muri Bibiliya - Pamela Rose Williams
4 July 2013, by Simeon NgezahayoBuri wese akunda inkuru z’ubutwari. Twari dusanzwe dusanga izi nkuru mu bitabo byagenewe abana, ariko hari izindi ntwari dusanga muri Bibiliya. Reka turebe intwari 7 dusanga muri Bibiliya, abantu bera b’Imana bari bayobowe n’Umwuka Wera w’Imana:
Nowa – Intwari yagendanye n’Imana
Iyi tuyisanga mu gitabo cy’Itangiriro. “Nowa yari umukiranutsi, yatunganaga rwose mu gihe cye. Nowa yagendanaga n’Imana” (Itang. 6:9).
Nowa yabayeho igihe isi yarushagaho kuba mbi. Ibi byababaje Uwiteka, yiyemeza kongera (...) -
Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda, hateguwe Gospel Night Mix
11 September 2012, by Patrick KanyamibwaAbahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana, kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/09/2012 baratamira abakunzi babo muri Restaurant Amani, kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ibi bikaba ari mu rwego rwo gufasha abakunda ubuhanzi bw’ibintu byerekeranye n’Imana, kubona aho baruhukira kandi bishimana n’abahanzi babo.
Nkuko twabitangarije na Kwizera Ayabba Paulin umuyobozi wa Gospel Talent Promotion yateguye kino gikorwa, ubwo twaganiraga mu magambo ye yagize ati “Nyuma yo kubona ko umuziki wa Gospel mu (...) -
Hahirwa ufite Imana ya Yakobo ho Umutabazi! Alice Rugerindinda
6 March 2014, by Alice Rugerindinda“ Hahirwa ufite Imana ya Yakobo ho Umutabazi we, akiringira Uwiteka Imana ye” Zaburi 146:5
Murino minsi , abantu benshi bafite ibintu bishingikirije cyangwa biringiye nk’ibyagira icyo bibamarira mu gihe cy’akaga. Ubundi umuntu akenera umutabazi kuko hakenewe ubutabazi, ariko ijambo ry’Imana ryo ngo hahirwa ufite Imana ya Yakobo ho Umutabazi. Imana ishimwe cyane.
Nagiye numva abavuga ngo bafite ba tante na ba oncle, benewabo bakomeye cyangwa se bafite amafaranga, ababyeyi bakize…… Ijambo (...) -
Urukundo rurusha byose kubaka umurimo w’Imana igice cya 1 CONSTANT Mahame
12 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbusanzwe iyo dukurikiranye mu mibanire hagati ya yesu n’intumwa ze za mbere usanga yarakundaga kubamenera amwe mu mabanga y’ibizababaho mu bihe byari imbere nyuma namara gutandukana nabo, mubyo rero yakundaga kubabwira usanga akenshi yarabateguzaga ko bazangwa bagatotezwa yaba ari ubutegetsi bwariho icyo gihe cyangwa se bagenzi babo kandi babahora izina rye (Matayo 10,16-23).
Iyo urebye rero usanga muri izo ntambara zose bari kuzahura nazo baragombaga kugira izindi ngamba (strategies) (...) -
Korali Ku bw’ubuntu ikorera muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (UNR) iramurikira album yayo ya kabiri i Muhanga
20 November 2013, by UbwanditsiNyuma y’uko Korali ku bw’ubuntu ivuye muri studio gukora indirimbo 9 mu kwezi kwa Kanama uyu mwaka, ubu noneho irimo gutegura igikorwa cyo gushyira ku mugaragaro izo ndirimbo muri Album ya mbere yitwa “IMIRIMO ITUNGANYE” ku italiki ya 01/12/2013 i Muhanga muri EPR Gitarama kuva saa saba kugeza saa kumi n’imwe (13h00-17h00).
Nk’uko twabitangarijwe n’umuyobozi wa korali Jean Claude MUNYEMANA, indirimbo zizashyirwa ku mugaragaro ni: Abiringiye Uwiteka, Ntawundi, Urugendo, Ibikomangoma, Imirimo (...) -
Mwirinde mutabura iby’imirimo mwakoze!
12 July 2016, by Alice Rugerindinda“ Mwirinde mutabura iby’imirimo mwakoze, ahubwo ngo muzahabwe ingororano itagabanije” 2 Yohana 1:8
No mu buzima busanzwe, iherezo ry’ikintu riruta itangira ryacyo. Undi mugani w’ikinyarwanda ukavuga ngo “ Nari umugabo ntijya ihabwa intebe.
Birashoboka ko umuntu yatangira neza ariko bitewe n’impamvu zitandukanye akageza ubwo acika intege. Hari indi bibiliya ibivuga ngo: “ Mwirinde rero mutazava aho mubura ibyo mwaruhiye, ahubwo muharanire kuzahabwa ingororano yuzuye”
Kuva umuntu agikizwa cyangwa (...) -
Imana yampungishije umwanzi wanjye, inshyira ahagutse!
18 July 2013, by Simeon NgezahayoNitwa Hakizimana Etienne, navukiye i Cyangugu mu Karere ka Rusizi, mvukana n’abandi bana batatu, ariko jyewe ndi ikinyendaro. Maze kuvuka, data wari warambyaye yahise anyanga, ubwo nkura ntazi data ariko ngeze mu myaka 6 bakajya bambwira ko data duturanye, kandi koko namubona nkabona dusa neza.
Bitewe n’uko data twasaga cyane, naramusanze ndamwibwira ariko aranga aranyanga, akajya ashaka no kundogesha ariko kuko mama yasengaga ibirozi bye bigafata ubusa. Yashakaga ko jyewe na mama dupfa. (...) -
Chorale Jabbok ya ADEPR Matyazo yamuritse Album yayo “NITUGERAYO”
19 August 2013, by MUHAYIMANA VincentKuri iki cyumweru tariki ya 18/08/2013 munzu mberabyombi y’akarere ka Huye ahagana mumasaha ya saa kumi nibwo chorale Jabbok ikorera mu itorero rya ADEPR Matyazo yamuritse kumugaragaro Umuzingo wa mbere w’indirimbo z’amajwi .
Mbere yo gushyi ra kumugaragaro uyu muzingo habanje indirimbo zitandukanye zihimbaza Imana za chorale Iriba na jabbok nuko haza umwigisha w’ijambo ry’Imana Mwalimu Claude aho yabwiye abitabiriye icyo gitaramo ko bikwiye ko buri muntu ahimbaza imana kubere imirimoy’imbaraga (...)
0 | ... | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | ... | 1850