Vuga imbaraga z’ijambo ry’Imana, kuko rizafasha benshi ndetse n’abatarakira Yesu Kristo nk’Umwami wabo n’Umukiza!
Inkuru dukesha urubuga Uliza Links rukorera mu gihugu cya Kenya iravuga ko umuhanzi w’icyamamare Justin Bieber w’imyaka 19 y’amavuko uririmba mu njyana ya pop yakozwe ku mutima n’ijambo ry’Imana, ubwo Pastor Carl Lentz yabwirizaga mu itorero Hill-Song NYC ku cyumweru taliki 8 Nyakanga.
Ibi bigaragazwa n’amagambo Justin Bieber yiyandikiye ubwe ku rubuga rwa twitter, hari ku mugoroba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Justin Bieber yafashijwe n’ijambo ry’Imana ubwo Pastor Carl Lentz yigishaga mu rusengero!
17 September 2013, by Simeon Ngezahayo -
Nabanje kuba umuhakanyi, nza kwemera Buda ariko ubu ni Yesu wenyine
3 September 2015, by Innocent KubwimanaKuva ndi umwana , nari naratwawe n’ubumenyi bwo mu isi, numvaga nshaka kumenya byinshi, ariko nagera ku Mana nkabyirengagiza. Icyakora ubwenge bwanjye nabwo bwandemeraga imipaka, nashidikanyaga ku bintu byose, birangira mpindutse umuhakanyi kugeza ku myaka 40.
Mfite imyaka 37, numvaga mu by’ukuri nduhijwe n’ibyo nahaga umwanya n’ibindi bibazo by’isi. Nagerageje kujya gushakira igisubizo mu idini y’abasenga Buda, nkagerageza ngo ndebe ko nahakura ubuzima bwiza buruta ubwo nabayemo nta na kimwe (...) -
Zatopek yananiranywe n’umukunzi we Patton amuziza ko yarinze ubusugi bwe!
11 October 2013, by Simeon NgezahayoAngela Zatopek wahoze mu marushanwa y’iby’urukundo abera kuri Televiziyo NBC mu kiganiro cyitwa "Ready for Love," yagiye mu irushanwa hamwe n’abagore bagera kuri 36 bose bashakisha umugabo umwe witwa Ben Patton.
Mu gihe yari muri icyo kiganiro, Zatopek yabwiwe n’umutoza we ko Patton ashaka umugore ugezweho, amwumvusha ko mu bigaragara uwo mugabo atabasha gukunda umukobwa w’isugi uvuga ko atazasambana kugeza igihe arushingiye.
Zatopek avuga umutoza we yakomeje kumubwira ati "Igice (...) -
America: 41% ngo basomera Bibiliya kuri Internet
6 September 2013, by Simeon NgezahayoAmakuru dukesha ikinyamakuru The Washington Examiner avuga ko Abanyamerika bagera kuri 41% basomera Bibiliya kuri internet, ngo n’ubwo 88% by’Abanyamerika bafite Bibiliya zigendanwa.
Ubushakashatsi buherutse gukorwa n’umuryango ‘The American Bible Society’ (ABS) bwagaragaje ko 41% by’Abanyamerika bakoresha internet, bagasomera ibyanditswe byera kuri mudasobwa. 29% bakora ubushakashatsi ku byanditswe byera bakoresheje telephone ngendanwa, naho 17% bakavuga ko basoma Bibiliya bakoresheje (...) -
GASABO: UMUSHUMBA MUSHYA WA ADEPR ITORERO RY’AKARERE KA GASABO YAKOZE URUGENDO RWA MBERE ASURA AMAPARUWASE 19!
28 April 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa gatanu tariki 25/04/2014, Umushumba mushya wa ADEPR Itorero ry’Akarere ka Gasabo Rev Pasteur KABOYI NDATABAYE Hagayo, yatangiye ingendo zo gusura amaparuwase 19 agize iryo torero.
Ifoto y’urwibutso n’abayobozi bose, Umushumba hagati inyuma
Uruzinduko rwa mbere yarukoreye muri Paruwase ya Butare, aherekejwe na bamwe bo mu bayobozi b’Itorero ry’Akarere ka Gasabo.
Igiterane cyo kwakira uwo mukozi w’Imana muri Paruwase Butare , cyabereye ku mudugudu wa Bumbogo, kitabiriwe n’abayobozi, (...) -
Ibintu by’Ingenzi Umukristo ushaka kubaka urwe yakwitondera...
13 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu Migani 13:20 haratubwira hati "Ugendana n’abanyabwenge azaba umunyabwenge na we, ariko mugenzi w’abapfu azabihanirwa." Ubushakashatsi bwerekanye ko umusore cyangwa inkumi wubaka urugo rwiza umubona kare, ibyo ahanini bikagaragarira mu mibereho ye akiri n’iwabo. Ubwo bushakashatsi bwerekanye bimwe mu bintu wakwitondera niba ushaka kuzubaka urwawe rugakomera.
Dore bimwe mu byo ubwo bushakashatsi bwerekanye:
1.Nubona umusore cyangwa inkumi uba ahandi ugasanga hamuguye neza kuruta iwabo, (...) -
Ni koko nta munyabwoba wabona ijuru, Soma ubuhamya……
24 September 2015, by Innocent KubwimanaNuramuka usomye ubu buhamya, urasobanukirwa neza uburyo satani ashobora gukingiranira umuntu mu kazitiro, ko kumutinyisha urupfu, agahanagura kwizera mu buzima bwawe bikagutandukanya n’Imana kuko Bibiliya iravuga ngo umuntu utizera ntibishoboka ko anezeza Imana. Abaheburayo 11:6
Uyu dusoma ubuhamya bwe, arisobanurira uburyo satani yamutinyisha gupfa kandi bidakwiye, Umuririmbyi yaravuze ngo twajyaga dutinya Yesu arugira irembo. Imana ibahe gufashwa n’ubu buhamya:
Ntabwo nagize amahirwe yo (...) -
Imbaraga z’ijambo
12 November 2015, by Innocent KubwimanaIkintu cyose Imana yaremye yaravugaga ngo habeho Urugero: Itangiriro 1:3 - Imana iravuga iti "Habeho umucyo", umucyo ubaho. Ariko igeze kumuntu iravuga iti "Tureme" umuntu mu ishusho yacu,ase natwe Itang1:26
Aha Imana yaduhaga ububasha bwo kuvuga bikaba, nkuko nayo ivuga bikaba niyo mpamvu nk’umukristo udakwiye kwitesha agaciro wivugaho, amagambo adafite aho ahuriye n’umugambi w’Imana kuri wowe!
Kristo iyo yageraga aho bapfushije yavugaga ijambo rizura,yageraga aho bababaye agasiga baseka (...) -
Impamvu abakristo bakwiye gushaka Urukundo Rev Sebugorore
3 March 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMPAMVU ABAKRISITO BAKWIYE GUSHAKA URUKUNDO
1. Kugira ngo bafashe abandi. Ikimenyetso buri mukrisito akwiriye kwereka abandi ni " urukundo", Yoh 13:34. Abakrisito bo mu itorero rya mbere bagaragaje urukundo rwabo mu gufasha abakene, Ibyak 2:44-47.
2. Urukundo ni umurunga wo gutungana kwose, aho urukundo ruri rugategeka abantu bagirana ubumwe budasanzwe, Ibyak 4:32-36.
3. Urukundo ni imbuto y’Umwuka, kandi Imana izatubaza uko twabibye iyo mbuto mu mitima y’abandi bantu, Yoh 20: (...) -
Abahanzi Nyarwanda bari guhugurwa ku kugurisha ibihangano byabo kuri internet
12 September 2012, by UbwanditsiGuhera kuri uyu wa Mbere tariki 10 Nzeri, abahanzi nyarwanda 120 bari guhabwa amahugurwa ku kugurisha ibihangano byabo ku murongo wa internet, binyuze ku isoko ry’imiziki ryo ku murongo wa internet ryitwa Guhaha Music Store, riri ku rubuga rwa Guhaha.com.
Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, Ntigurirwa Peter uyobora Isange Corporation iri gutanga aya mahugurwa, yasobanuye ko bari guha amahugurwa aba bahanzi kugira ngo bage babasha kwigurishiriza no kwamamaza ibihangano byabo hirya no hino ku Isi (...)
0 | ... | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | ... | 1850