Ibyo simbivugiye yuko nakenaga, kuko uko ndi kose nize kunyurwa n’ibyo mfite. Nzi gucishwa bugufi nzi no kugira ibisaga.( Abefeso 4 :11,12)
Isi ituwe n’abantu iteka bifuza kubaho ubuzima butandukanye n’ubwo barimo. Akenshi umuntu aba atekereza ko aramutse abonye ibya mugenzi we aribwo yanyurwa. Igitangaje nuko uwo yifuza kuba nkawe nawe afite undi ashaka kumera nkawe, ushobora no gusanga uriya ushaka kugera ku rwego rw’abandi nawe afite abashaka kumera nkawe kuburyo bitoroshe kubona umuntu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ese koko birashoboka kubaho umuntu anyuzwe ?
14 January 2016, by Innocent Kubwimana -
Eddie Mico yateguye igitaramo cyo gushima Imana
23 June 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Eddie Mico nyuma yo kwegukana Groove Awards yuyu mwaka wa 2012 ku ruhande rw’u Rwanda, no kuza ku rutonde rw’abahanzi bari guhatanira Africa Gospel Music Awards 2012, uyu muhanzi yateguye igitaramo cyo gushima Imana ku cyumweru tariki ya 29/06/2012 kuri St Etienne urusengero rwa EAR Kiyovu/Biryogo, kuva saa cyanda n’igice z’umugoroba.
Ubwo twaganirana na Eddie yadutangarije ko icyi gitaramo kiri mu rwego rwo gushima Imana no kwereka abanyarwanda bamutoye bakamuha amahirwe yo kwegukana (...) -
Urubyiruko rwo muri ADEPR Masaka rwipimishije SIDA ku bushake
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNk’uko biri mu mihigo ya 2015 y’urubyiryko rwo mu Itorero rya Penekote mu Rwanda, ADEPR, abasore n’inkumi 60 bo muri Paruwase ya Masaka, bipimishije ku bushake agakoko gatera SIDA, bagamije kumenya uko bahagaze.
Kuri uyu wa 1 Ukuboza 2015, ubwo Isi yoze yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, ni bwo urubyiruko rwo mu Itorero rya ADEPR Masaka, rwipimishije ku bushake .
Rev Pasiteri Buntu Benjamin, umushumba wa Paruwase ya Masaka mu karere ka Kicukiro, yatangaje ko n’ubwo urubyiruko (...) -
NASA yavumbuye ubutumwa bw’Imana kuri Mars
15 July 2013, by Simeon NgezahayoNASA iratangaza ko icyogajuru cyayo ‘Curiosity Rover’ cyavumbuye ubutumwa buziguye bwavuye ku Mana, bwanditswe ku bisate by’amabuye. Ibyo bisate ngo byabonetse mu buvumo bw’umugabane wa Mars.
Inkuru itangazwa n’ibinyamakuru byemewe na Leta iravuga ko ibisate bibiri binini by’amabuye bingana n’inzovu nto byabonetse hasi cyane mu buvumo bw’umusozi munini wa Aeolis Mons.
ku gisate kimwe hari handitsweho amategeko icumi, handitsweho n’amagambo aboneka muri Yohana 3:16. Aya magambo ngo yari yanditswe (...) -
Amerika: Pastor Jim Garlow wo mw’itorero ryitwa Skyline yagaragaje uwo azatora mwiteraniro ryo kucyumweru
12 October 2012, by UbwanditsiNkuko bimaze igihe bivugwa muri Leta zunze ubumwe z’Amerika hamaze igihe havugwa kwiyamamaza kwaba kandida babiri umwe womuba Republican nundi womuba Democrate aba akaba ari Mitt Romney na Barack Obama ari nawe warusanzwe ayobora Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Mubihe byo kwiyamamaza muri Leta Zunze z’Amerika biba bishyushye cyane kuko nabamwe mubakozi b’Imana usanga berekana uruhande bashyigikiye kumugaragaro.
Kuri kino cyumweru gishize taliki ya 7/10/2012 i San Diego nibwo Pastor Jim Garlow (...) -
Imbaraga z’amasengesho… ! – Jeremy
5 August 2013, by Simeon Ngezahayo“Icyo muzasaba Data cyose mu izina ryanjye nzagikorera kugira ngo Data yubahirizwe mu Mwana we” Yohana 14:13.
Munyemerere mbahe ubuhamya bwanjye, mbabwire uburyo navuye mu bubata mbifashijwemo na Yesu Kristo Umukiza wanjye wenyine. Nizeye Yesu Kristo ubwo ibitekerezo byari byarandenze, ngeze aho gutekereza kwiyahura.
Maze kurambirwa ubuzima nari mbayemo, nasenze Imana ndayibwira nti “Mana, ubasha kunkiza.” Maze gusenga ntyo, Imana yahinduye ubuzima bwanjye bwose. Ubu mfite ibyiringiro, (...) -
Urashaka ko Imana igutuma?
23 October 2015, by Innocent KubwimanaYesaya 6:1-12
Abantu benshi bakunda gusenga bakoresha ijambo ngo Mana ntuma aho ushaka hose ndajyayo,Kandi rwose baba bamaramaje bumva koko bakeneye gutumwa, n’Imana nayo ikeneye abo gutuma ariko hari icyo bisaba kugira ngo uhinduke intumwa.
Uyu mugabo Yesaya yari umuhanuzi ukomeye cyane yahanuye ibintu byinshi bitandukanye kandi biranasohora, ariko mu mwaka umwami Uziya yatanzemo nicyo gihe Yesaya yabonye Imana ngo yari yicaye ku ntebe y’ubwami ndende ishyizwe hejuru,igishura cyayo gikwira (...) -
Wari uzi ko kudamarara bizana akaga?
24 March 2016, by Umugiraneza EdithLuka 16: 19-30 Tuhasanga inkuru y’ Umutunzi n’umukene. Umurongo wa 19 uravuga uti" hariho umutunzi wambaraga imyenda y’imuhengeri niy’ibitare byiza, iminsi yose agahora adamaraye". Bigaragara ko uyu mutunzi nta gihe cyo gushaka Imana yagiraga, nta gihe cyo gusenga yagiraga, nta gihe cyo gusoma ijambo ry’ Imana yagiraga habe no kwita ku bakene. Twakwibaza ko icyo yatekerezaga, yarotaga, yahaga umwanya, yitagaho cyangwa yahaga agaciro, ari affaires cyangwa imishinga ye, gushaka amafaranga, (...)
-
Wari uzi ibiranga umukozi w’ Imana w’ ukuri?
18 August 2015, by Ubwanditsi1 Timoteyo 3.1-7, Tito 1.5-9 Inyigisho ya Pasteur RUKUNDO Octave
Igihe abagize akanama k’ Abepisikopi (abayobozi bakuru b’itorero) bateranijwe no gusenga cyangwa indi nama, bashobora kuganira ku nsanganyamatsiko zinyuranye :
Intege nke zabo (uburakari, kwifuza, gusinda, kutagira ibanga, n’ibindi.) Ibibazo byabo, Intambara bahura nazo, inzitizi zo mu buryo bw’umwuka, kugira ngo babone uko bikorereranira iyi mitwaro.
Icyitonderwa : Ntabwo ukwiye gufata igihe cyo kwiga umuyobozi mukuru (...) -
Wari uzi ko Imana iri kumwe nawe mubyo unyuramo byose?
23 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneYesaya 43:2: “ Nunyura mu mazi nzaba ndi kumwe nawe, nuca no mu migezi ntizagutembana. Nunyura mu muriro ntuzashya, kandi ibirimi byawo ntibizagufata.”
Iyo umuntu yihannye agatangira inzira y’agakiza, aba ahinduye icyerakezo, agatangira ubundi buzima burimo za kirazira. Muri uko kwirinda gukora ibibi, ahura n’ibigeragezo byinshi kuko yasezeye ku mwanzi satani. Nanone kandi, muri iyo nzira harimo ibintu byose. Harimo ibyiza, harimo no guhura n’ibigeragezo. Uwiteka Imana imaze kubona ko dushobora (...)
0 | ... | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | ... | 1850