Nziko Ushobora byose kandi ntakibasha kurogoya imigambi wawe Yobu 42:2
Umuririmbyi Yuzuye umwuka araririmba ati imigabi yawe si nkiy’ abantu, imbaraga zawe sinkizabo ibidashobokera abana b’abantu imbere yawe birashoboka. Ijambo ryayo rikongera rikatubwira ngo ndi Imana y’ibifite imibiri byose mbese hari ikinanira? Mbanje guha icyubahiro mbere ya byose Imana kuko yaduhisemo mu magana menshi, hari benshi batayizi, hari benshi bayihakana, hari benshi batayemera batemera n’imbaraga zayo. Imana (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Wari uzi ko nta mugambi w’ Imana uburizwamo?
12 March 2016, by Umugiraneza Edith -
Uburanga bwuzuye agasuzuguro nibyo byamukuye amata ku munwa
21 December 2015, by Ernest RutagungiraNyuma y’uko umwami Ahasuwerusi wategekaga ibihugu ijana na makumyabiri na birindwi uhereye i Buhindi ukageza Etiyopiya, yizihiwe mu gitaramo cyaberaga ahitwa mu murwa w’i Shushani, akifuza kuratira bagenzi be uburanga bw’umwamikazi Vashiti wari mwiza bihebuje, yatunguwe no gusuzugurirwa n’uwo mwamikazi imbere y’imbaga y’abantu ubwo yangaga kumwitaba ( Esiteri 1:10-12).
Nk’uko bisanzwe umwami aho ava akagera aba yubahwa cyane bitewe n’ubudahangarwa aba abafite, Noneho rero iyo ari umwami (...) -
Mu giterane cyaberaga i Huye, abatari bake basobanukiwe imikorere y’Itorero rya mbere ry’Intumwa
1 April 2014, by UbwanditsiKuri iki Cyumweru muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye (UR-Huye Campus) habereye igiterane cyahuje abanyeshuri na VUMILIA, ELAYO, … akorera mu muryango CEP-UR Huye. Abashyitsi bakuru muri iki giterane bari Bwana Damascene Ngarambe na Pasteur Desire Habyarimana. Mu ijambo Bwana Damascene yagejeje ku bari bateraniye aho, yababwiye ko dukwiriye kugira umwete wo gushaka Yesu no kumumenya, tukiga no kugikiranuka (Yohana 20:1-18).
Hakurikiyeho indirimbo z’amakorali, Elayo na Vumilia. Nyuma (...) -
Imana yandutiye abantu bose nabonye!
20 April 2013, by Simeon NgezahayoNavukiye mu muryango wa Gikristo. Mu mutima wanjye naburanyaga Imana, cyangwa se nkayirakarira kubera ubuzima bwari bungoye. Naje guhura n’Umukristo duhuje agahinda, amfasha kumenya Imana. Ariko nakomeje kuzerera mu isi ntarahumuka, simbashe kubona Imana. Numvaga ntashaka kwizxera ko ibaho kugeza igihe izansangira ikanyiyereka.
Nujuje imyaka 24 ni bwo narwaye kanseri, ariko mu by’ukuri byari mu bushake bw’Imana kugira ngo inyiyereke. Muri ubwo burwayi ni ho nahuriye n’Imana. Yabanye nanjye (...) -
Zatopek yananiranywe n’umukunzi we Patton amuziza ko yarinze ubusugi bwe!
11 October 2013, by Simeon NgezahayoAngela Zatopek wahoze mu marushanwa y’iby’urukundo abera kuri Televiziyo NBC mu kiganiro cyitwa "Ready for Love," yagiye mu irushanwa hamwe n’abagore bagera kuri 36 bose bashakisha umugabo umwe witwa Ben Patton.
Mu gihe yari muri icyo kiganiro, Zatopek yabwiwe n’umutoza we ko Patton ashaka umugore ugezweho, amwumvusha ko mu bigaragara uwo mugabo atabasha gukunda umukobwa w’isugi uvuga ko atazasambana kugeza igihe arushingiye.
Zatopek avuga umutoza we yakomeje kumubwira ati "Igice (...) -
Pastor Samuel “Lamb”: Intwari yo kwizera yitabye Imana ku myaka 88
15 August 2013, by Simeon NgezahayoPastor Samuel Lamb wabyaye amamiliyoni y’abantu mu mwuka mu gihugu cy’Ubushinwa no hanze yacyo yitabye Imana kuri uyu wa 3 Kanama 2013. Pastor Samuel Lamb yitabye Imana ku myaka 88.
Mu murimo w’Imana yakoze, Lamb yakomeje gushakishwa na guverinoma y’Ubushinwa kuko yanze kugaragaza inzu we n’abayoboke be basengeragamo rwihishwa, mu gihe Leta itabyemera.
Nk’uko bitangazwa na Gary Lane ukorera urubuga CBN.com, Samuel Lamb ntiyabonaga akarengane nk’ikintu kibi.
Guverinoma y’Ubushinwa yabujije (...) -
Agakiza k’umuhanzi Justin Bieber gakomeje gukemangwa na benshi
2 October 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop Justin Bieber, ukunda kwemeza ko ari Umukristo yongeye kugaragara afite indi tattoo (kwandika ku mubiri) ku bitugu bye, ahanditse amagambo yo muri Bibiliya agira ati: "Ijambo ryawe ni itabaza ry’ibirenge byanjye ni umucyo umurikira inzira zanjye” Zaburi 119:105.
Aaya magambo yafotowe na ba gafotozi (paparazzi) ubwo uyu muhanzi yarimo gukoresha imbaraga nyinshi aririmbira mu gitaramo yagiriye muri Singapore.
Uyu muhanzi kandi akunze kwiyandikaho (...) -
Ese koko birashoboka kubaho umuntu anyuzwe ?
14 January 2016, by Innocent KubwimanaIbyo simbivugiye yuko nakenaga, kuko uko ndi kose nize kunyurwa n’ibyo mfite. Nzi gucishwa bugufi nzi no kugira ibisaga.( Abefeso 4 :11,12)
Isi ituwe n’abantu iteka bifuza kubaho ubuzima butandukanye n’ubwo barimo. Akenshi umuntu aba atekereza ko aramutse abonye ibya mugenzi we aribwo yanyurwa. Igitangaje nuko uwo yifuza kuba nkawe nawe afite undi ashaka kumera nkawe, ushobora no gusanga uriya ushaka kugera ku rwego rw’abandi nawe afite abashaka kumera nkawe kuburyo bitoroshe kubona umuntu (...) -
Eddie Mico yateguye igitaramo cyo gushima Imana
23 June 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Eddie Mico nyuma yo kwegukana Groove Awards yuyu mwaka wa 2012 ku ruhande rw’u Rwanda, no kuza ku rutonde rw’abahanzi bari guhatanira Africa Gospel Music Awards 2012, uyu muhanzi yateguye igitaramo cyo gushima Imana ku cyumweru tariki ya 29/06/2012 kuri St Etienne urusengero rwa EAR Kiyovu/Biryogo, kuva saa cyanda n’igice z’umugoroba.
Ubwo twaganirana na Eddie yadutangarije ko icyi gitaramo kiri mu rwego rwo gushima Imana no kwereka abanyarwanda bamutoye bakamuha amahirwe yo kwegukana (...) -
Urubyiruko rwo muri ADEPR Masaka rwipimishije SIDA ku bushake
2 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaNk’uko biri mu mihigo ya 2015 y’urubyiryko rwo mu Itorero rya Penekote mu Rwanda, ADEPR, abasore n’inkumi 60 bo muri Paruwase ya Masaka, bipimishije ku bushake agakoko gatera SIDA, bagamije kumenya uko bahagaze.
Kuri uyu wa 1 Ukuboza 2015, ubwo Isi yoze yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA, ni bwo urubyiruko rwo mu Itorero rya ADEPR Masaka, rwipimishije ku bushake .
Rev Pasiteri Buntu Benjamin, umushumba wa Paruwase ya Masaka mu karere ka Kicukiro, yatangaje ko n’ubwo urubyiruko (...)
0 | ... | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | ... | 1850