Kugira ngo nkusubize icyo kibazo, ndashaka ko ubanza kumfasha gutekereza kuri ibi bintu bitatu:
1) Mbere ya byose, tubanze turebe itandukaniro riri hagati ya fiançailles na marriage:
Igihe cya fiançailles ni igihe wegera fiancé(e) wawe kugira ngo murusheho kumenyana no kunoza igitekerezo cyanyu cyo kurushinga no kubana akaramata.
Kurushinga rero ni ugusiga umuryango wawe ugasanga uwo wakunze, mugasezerana isezerano.
Ku bijyanye no kurushinga, soma Itangiriro 2 : 24. Uraza gusanga umuntu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Mbese umuntu abasha kwirinda caresses igihe ari muri fiançailles ?
1 August 2013, by Simeon Ngezahayo -
Muri urumuri rw’isi!
24 May 2016, by Pastor Desire Habyarimana« Muri urumuri rw’isi. Umujyi wubatse mu mpinga y’umusozi ntushobora kwihisha. Kandi ntawacana itara ngo aryubikeho akabindi , ahubwo aritereka ahirengeye maze rikamurikira abari munzu bose. Mube ariko mumurikira abantu, kugirango barebe ibyiza mukora bahimbaze so wo mu ijuru » Matayo 5 :14-16
Urumuri ni ikintu gikomeye mu buzima. Isi ni nini, ituweho n’abantu benshi umubare ntazi, bavuga indimi nyinshi zitandukanye. Imana ikadusaba ko twe abakijijwe tuba urumuri muri iyo si y’umwijima (...) -
Nyuma yo kugerwaho na gahunda ya hanga umurimo Techware Solustions Rwanda LTD irashimira Imana inishimira ibikorwa imaze kugeraho ari.
18 October 2012, by VitalKuruyu wa gatanu wo kuwa 12/10/2012 i Remera kuri Alpha Palace Hôtel habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda ya Techware Solutions Rwanda LTD yo gukoresha mudasobwa [computer (ordinateur)] imwe ku bantu benshi icyarimwe ndetse no gukangurira abandi kurushaho kuyitabira ngo kuko ifite inyungu nyinshi mu buryo butandukanye haba mu gukoresha amafaranga make ndetse n’umuriro w’amashanyarazi muke.
Ibi rero bikaba bishobotse nyuma yaho gahunda ya hanga umurimo iziye ku ikubitiro iyi (...) -
"Impamvu tutitabiriye igiterane cy’urubyiruko," Muhima choir!
5 November 2013, by Simeon NgezahayoNyuma y`aho Muhima Choir itagaragariye mu giterane cy’urubyiruko cyamaze icyumweru kibera kuri ADEPR Muhima mu ntangiriro z’uku kwezi nk’uko byari biteganyijwe, Muhima Choir imwe mu makorali akunzwe kandi ikaba na korali nkuru kuri uwo mudugudu yasobanuye impamvu ititabiriye iki gitaramo.
Urubyiruko rwo kuri ADEPR Muhima rwari rwateguye igiterane cy`icyumweru cyose, aho rwari kuba ruri kumwe na Korali Bethel yo mu mujyi wa Rubavu ndetse na chorales zo kuri uwo mudugudu. Gusa icyaje gutungura (...) -
Igiterane cy’abari n’abategarugori nicyo kirafungura umwaka wa 2013 muri gospel
3 January 2013, by UbwanditsiIgiterane cyise Women and Destiny in divine connection kizaba ku cyumweru tariki ya 6/01/2013 muri Serena Hotel, aho kwinjira bizaba ari ubuntu, ni kimwe mu bikorwa binini bigiye gutangira umwaka wa 2013, ibi bikaba ari nk’agashya doreko ubusanzwe imyaka ibiri ishize wasangaga ibiterane n’ibitaramo bikomeye bitangira kugaragara mu kwezi kwa gatatu.
Muri iki giterane cy’abarin’abategarugori kizamara umunsi umwe ngo hazabaho inyigisho, ubuhamya ndeste n’ijambo ry’Imana bazagezwaho n’abakozi (...) -
KICUKIRO SHELL: HABATIJWE ABAGERA KU 112
20 April 2014, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa Gatandatu taliki 19 Mata, kuri ADEPR Kicukiro-Shell habereye umubatizo wahuje Abakristo baturutse mu maparuwasi 2, Nyarugunga na k-Shell babarurirwa mu midugudu 8 igize ayo maparuwasi ndetse na CEP INILAK, bose hamwe bagera ku 112.
Abantu benshi bitabiriye uyu mubatizo, n’amakorali yitabira mu rwego rwo guhimbaza Imana bishimira umusaruro w’ubutumwa bwiza. Mu makorali yahimbaje Imana harimo SHEKINAH (ADEPR Rwimbogo) na BETESIDA (ADEPR Nyarugunga).
Mu ijambo ry’Imana ryavugiwe (...) -
Ibikorwa bya “AFRICA HAGURUKA” bigarutse bifite irindi shusho
4 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUbuyobozi bw’Itorero rya Zion Temple Celebration Center/Authentic Word Ministries buramenyesha abantu bose ko bwongeye gutegura ibikorwa bya “AFRICA HAGURUKA” ku ncuro ya 16 bizatangira ku cyumweru taliki ya 02/08/2015 kugeza taliki ya 08/08/2015.
“Afrika Haguruka” ni ibikorwa ngarukamwaka bitegurwa na Zion Temple Celebration Center/Authentic Word Ministries iyobowe na Apostle Dr. Paul GITWAZA. Ibi bikorwa bigamije guhuriza hamwe Abanyafrika mu rwego rwo kwigira hamwe uburyo umugabane wabo wa (...) -
UK: Umunyamakuru yamaganye inkuru ya BBC igereranya Mandela na Yesu!
13 December 2013, by Simeon NgezahayoUmunyamakuru ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza yamaganye ikiganiro BBC yakoze, aho yagereranyaga Nelson Mandela na Yesu Kristo. Nelson Mandela yitabye Imana mu minsi mike ishize, akaba azwi cyane ku kuba yaraharaniye ubwigenge bw’Abirabura.
Mu nkuru yanditse ku rubuga UK Daily Mail, Dominic Lawson yavuze ko “bitumvikana uburyo BBC igereranya Mandela na Kristo”.
Lawson yakomeje ati "Ibyo Mandela yagezeho ntibishidikanywa. Ubushobozi yari afite bwo gukorana no kubabarira abamutoteje imyaka 27 (...) -
Imana yandutiye abantu bose nabonye!
20 April 2013, by Simeon NgezahayoNavukiye mu muryango wa Gikristo. Mu mutima wanjye naburanyaga Imana, cyangwa se nkayirakarira kubera ubuzima bwari bungoye. Naje guhura n’Umukristo duhuje agahinda, amfasha kumenya Imana. Ariko nakomeje kuzerera mu isi ntarahumuka, simbashe kubona Imana. Numvaga ntashaka kwizxera ko ibaho kugeza igihe izansangira ikanyiyereka.
Nujuje imyaka 24 ni bwo narwaye kanseri, ariko mu by’ukuri byari mu bushake bw’Imana kugira ngo inyiyereke. Muri ubwo burwayi ni ho nahuriye n’Imana. Yabanye nanjye (...) -
Ukora ibyo Imana ishaka niwe uzinjira mu bwami bwo mu ijuru Prof. Kigabo
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMat.7:21 "Umuntu wese umbwira ati ’Mwami, Mwami’, si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, keretse ukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka.
Hari ukuvuga hakaba no gukora. Kuvuga ubwabyo biroroshye, kuko ushobora kubwira abantu icyo ushaka ko batekereza ko uricyo nyamara atariko uri.
Wavuga iby’Imana n’uko wayibonye ndetse ukemeza abantu ibyayo ariko wowe utari uwayo. Ikibabaje ni uko umeze gutyo atari we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, dore ko Umwami wabwo we adahishwa. Iyo utumvira Imana uyoborwa na (...)
0 | ... | 1380 | 1390 | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | ... | 1850