Ubushakashyatsi bwerekanye ko abagore n’abakobwa bakunze kwambara inkweto ndende zabangije bikomeye amagufwa agize ikirenge. Byateye amano ya bamwe kwihina nyamara abazambara ntibasobanukirwe n’ikibitera.
Mu kiganiro na IGIHE, bamwe mu bakobwa bo mu Mujyi wa Kigali bavuze ko batari bazi ko kwambara inkweto ndende zikunze kuba ziberamiye hasi (ni ukuvuga ndende inyuma ariko zigenda zimanuka ziba ngufi imbere) bigira ingaruka mbi.
Umutoni Ange yagize ati” Njye ndazikunda kubi, ntacyo zintwaye, (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Inkweto ndende zangiza amafufwa y’ibirenge n’izindi ngingo
28 July 2012, by Ubwanditsi -
Ndi umugabo wo guhamya ko Imana iha ubwenge uwari umuswa, soma ubuhamya……
14 October 2015, by Innocent KubwimanaUbu buhamya ni ubw’umuntu utarashatse kugaragaza amazina ye, ariko buragaraza imirimo itangaje y’Imana. Hari igihe abantu bashakira ibisubizo by’ibibazo byabo ahantu hatari ho, ariko Imana igira neza, ibyo yamukoreye byakubera ibihamya ko n’ibyawe yabikora.
Umva uko atangira avuga ati ’’Sinemeraga Imana ariko icyo Imana yankoreye cyanteye kuyizera!!’’
Ndi umunyeshuri wahuye n’ibikomeye cyane cyane mu ishuri kuko nagize ikigeragezo cyo gutsindwa cyane mu ishuri, ikizami cyose twakoraga (...) -
IYO IMANA IKINZE NTAWUKINGURA, IYO IKINGUYE NTAWUKINGA Pastor KARURANGA Ephraïm
28 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIbyahishuwe 3:7-13 "Wandikire marayika w’Itorero ry’i Filadelifiya uti"Uwera kandi w’ukuri ufite urufunguzo rwa Dawidi, ukingura ntihagire ukinga kandi ukinga ntihagire ukingura, aravuga aya magambo ati “Nzi imirimo yawe. Dore nshyize imbere yawe urugi rukinguye kandi ntawubasha kurukinga, kuko ufite imbaraga nke nyamara ukitondera ijambo ryanjye, ntiwihakane izina ryanjye.Dore nguhaye bamwe bo mu isinagogi ya Satani biyita Abayuda nyamara atari bo, ahubwo ari abanyabinyoma. Dore nzabahata kuza (...)
-
Africa Gospel Music Awards 2012: Abazayihatanira baramenyekanye - Eddy Mico azahagararira u Rwanda
14 June 2012, by Patrick KanyamibwaAkanama gashinzwe gutoranya abazahatanira ibihembo bya Africa Gospel Music Awards yuyu mwaka wa 2012 kashyize ahagaragara urutonde rw’abahanzi 23 bazahatanira ibyo bihembo mu byiciro bitandukanye,bizatangirwa mu birori byiswe “The Olympic Edition” mu kwa karindwi taliki ya 7 uyu mwaka.
Nkibisanzwe gutangwa kwibi bihembo bizabera mu mugi wa London kuri Golders Green Hippodrome, North End Road, Golders Green, London, NW11 7RP. Muri ibi birori hazaba hari Emmy Kosgei umwe mu bahataniraga MNET (...) -
Rick Warren aragenda yongera kugaragara imbere y’imbaga buhoro buhoro!
18 September 2013, by Simeon NgezahayoPastor uyoboye itorero rinini muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika akaba n’umwanditsi Rick Warren aragenda yongera kugaragara imbere y’imbaga buhoro buhoro.
Nyuma y’amezi atanu umuhungu w’umuhererezi wa Pastor Rick witwaga Matthew Warren yirasiye agahita yitaba Imana, ubu noneho Rick n’umufasha we bagaragaye kuri CNN mu kiganiro yagiranye na Piers Morgan kuri uyu wa kabiri taliki 17 Nzeli guhera saa tatu z’ijoro, avuga ku bwicanyi bukoreshwa imbunda. Muri iki kiganiro, Rick yibanze ku bwicanyi (...) -
Hari impamvu yatuma Imana yanga kugendana nawe
24 May 2016, by Alice Rugerindinda“ Nuko Uwiteka abwira Yosuwa ati: Byuka. Ni iki gitumye ugwa wubamye? Abisirayeli baracumuye kuko baciye ku itegeko ryanjye nabategetse, bagatwara kubintu byashinganywe, bakabyiba bakirengagiza ndetse bakabishyira mubintu byabo. Icyo nicyo cyatumye Abisirayeli batabasha guhagarara imbere y’ababisha babo bakabaha ibitugu, kuko bahindutse ibivume. Ndetse sinzongera kubana namwe ukundi, keretse murimbuye ikivume mukagikura muri mwe” Yosuwa 7: 10-12
Ubusanzwe abakristo babeshwaho no kumva ko (...) -
Korali Nehiroti ya ADEPR Ntora –Gasave yakoze igiterane mu itorero rya ADEPR Kicukiro
25 June 2012, by Ernest RutagungiraKorali NEHIROTI ni imwe mu makorari akorera umurimo w’Imana mu itorero rya Gasave ku mudugudu wa Ntore, iri zina “NEHIROTI” rikaba risobanura ngo “IBIVUZWA N”UMWUKA” rikaba riboneka muri zaburi 5:1, ikaba yaratangiye umurimo w’Imana mu mwaka wa 1997 ari abantu 8 ( ababyeyi 7 hamwe n’umugabo 1), kuri ubu bakaba bafite ishimwe rikomeye kuko ubu ba n’amaze kugera ku baririmbyi 51.
Ubwo twabasanganga mu itorero rya ADEPR kicukiro ku mudugudu wa Nyakabanda kuri iki cyumweru tariki ya 24 Kanama 2012, (...) -
Kuba abapasitori benshi batinya kuvugana n’ itangazamakuru, birushaho gutera impungenge - Bish.John Rucyahana.
28 November 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comIbi ni ibyavugiwe mu mahugurwa y’iminsi 3 aherutse gukorwa n’abanyamakuru b’abakristo mu Rwanda ku bufatanye bw’umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, aho bahugurwaga ku bintu bitandukanye birimo kureba uburyo ki itangazamkuru rya gikristo ryabeshaho abarikora kandi bakiranutse, kureba uburyo bakora umwuga wabo mu buryo bunoze, gukumira ndetse no gukemura amakimbirane, ndetse no kurebera hamwe uburyo bakomeza gukorera hamwe biteza imbere.
Abanyamakuru barebeye hamwe uburyo bashobora kuba umusemburo (...) -
Menya kubaho mu migisha y’Imana (Inyigisho ya Past.Antoine RUTAYISIRE)
18 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKUBAHO MU MIGISHA Y’IMANA ( TO LIVE IN FAVOR OF GOD
Zaburi 15, 1-5 : Uwiteka ni nde uzahagarara mu ihema ryawe ? ....
Zaburi 1, 1 : Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi y’ababi, ntahagarare mu nzira y’abanyabyaha kandi ntiyicarane n’abakobanyi...
Imirongo myinshi muri Bibliya ikunda kugaragaza imigisha Imana igenera umwana w’ umuntu. Mu gitabo cyo Gutegeka kwa 2 hatubwira Imigisha yose Imana igenera abantu bayo ariko ikabaha condition ngo :" Nugira umwete wo kumvira Amategeko nguhaye". Ibi (...) -
Itsinda “The Blessing” mu myiteguro y‘igitaramo cyo kubyinira Imana: Ibintu bitamenyerewe mu Rwanda
5 July 2013, by Patrick KanyamibwaN’ubwo bitamenyerewe cyane inaha mu Rwanda, ku cyumweru tariki ya 4/08/2013 itsinda ribyina Kinyarwanda no ku buryo bugezweho “The Blessing Family” yateguye igitaramo cyo kubyina ibyino zitandukanye yaba iza Kinyarwanda n’izigezweho. iki gitaramo kizaba kirimo abahanzi batandukanye.
Nk’uko twabitangarijwe na Octave umuyobozi w’iri tsinda, ubu ngo imyiteguro igeze kure aho iki gitaramo kizabera akaba ari ku gicumbi cy’umuco i Remera, naho amasaha kizatangirira akaba ari saa cyenda z’umugoroba (...)
0 | ... | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | ... | 1850