Umukozi w’Imana mpuzamahanga ubusanzwe akaba umuhinde Pasiteri Moses Jangam araba ari mu Rwanda kuva tariki ya 24 kugeza tariki ya 27/10/2013, aho yatumiwe n’urusengero Solution Center Church rubarizwa ku Gisozi.
Nkuko twabitangarijwe na Pasiteri bigiruwigize Valins uyu mu Pasiteri asanzwe azwiho gusengera indwara zigakira, agasengera impumyi zigahumuka akanagira impano yo gusenga ibitangaza bikaba.
Urusengero Solution Center Church Gisozi akaba arirwo ruzakira uyu mukozo w’Imana mu giterane (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umukozi w’Imana mpuzamahanga Pasiteri Moses Jangam agiye kuza mu Rwanda kubutumire bw’itorero Solution Center
17 October 2013, by Ubwanditsi -
Ntabwo abantu bankunda! None se? - Michael Lebeau
30 April 2013, by Isabelle GahongayireIgituma abantu bamwe biyahura ni umubabaro wo mu mutima no kumva ntacyo bamaze. Abantu bamwe bumva ko bafite agaciro ari uko abandi babibabwiye cyangwa se babemeye.
Zimwe mu mpamvu zituma abantu bagira agahinda, ni ukumva ko nta we ubakunda. Ibyo bituma biheba bakumva kubaho nta cyo bibamariye. “Nta muntu unkunda”, “Nta cyiza mfite cyatuma abantu bankunda”, “Ni kuki nta muntu unyitayeho?”, “Kuki ndi jyenyine ?”, “Ubwo uriya agiye nta cyo nkibereyeho!” Mbega ibyago!
Uyu munsi dushobora kurebera (...) -
Abagera kuri 222 bagororerwa ku Kirwa cya Iwawa bakiriye agakiza
11 February 2013, by UbwanditsiAba ni abajyanywe mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa, aho nyuma y’inyigisho bahawe n’Itore ry’Abapantikoti mu Rwanda abagera kuri 222 bafashe icyemezo cyo kureka ingeso mbi bari bafite zirimo kunywa inzoga n’ibiyobyabwenge, ahubwo bakigira mu gakiza bakanabatizwa.
Uku kujya mu gakiza aba bizera bashya ba ADEPR babigaragaje ubwo babatizwaga mu mazi menshi, kandi bakaba bashimangira ko biyemeje kureka ingeso mbi zari zarabagize imbata.
Bamwe mu batanze ubuhamya bavuze uburyo bageze Iwawa kandi (...) -
Umwavoka ukomoka mu gihugu cya Kenya arajurira ku gihano cyo gupfa cyakatiwe Yesu Kristo
6 August 2013, by Simeon NgezahayoDola Indidis, Umunyamategeko ukomoka mu gihugu cya Kenya yazamuye ikirego mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’i La Haye, ajurira ku gihano cyo gupfa cyakatiwe Yesu Kristo mu myaka ikabakaba 2,000 ishize.
Amakuru dukesha Ikinyamakuru Time cyanditse ko Bwana Dola Indidis, umunyamategeko ukomoka mu gihugu cya Kenya yazamuye ikirego mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rw’i La Haye, ajurira ku gihano cyo gupfa cyakatiwe Yesu Kristo mu myaka ikabakaba 2,000 ishize. Kuba iki gihano cyarashyizweho (...) -
Akarengane gakomeye k’itorero (La Grande Tribulation) kazabaho ryari?
20 November 2013, by Simeon NgezahayoAkarengane gakomeye k’itorero kavugwa mu bihe bya nyuma ni igihe cy’imibabaro itarigeze kubaho kuva isi yaremwa. Daniel acyita “igihe cy’umubabaro utigeze kubaho uhereye igihe amahanga yabereyeho ukageza icyo gihe” (Daniyeli 12:1 ; Zefaniya 1:15), cyangwa “umunsi ukomeye utagira umeze nka wo” (Yeremiya 30:7).
Akarengane gakomeye k’itorero gahura n’ubwami bwa Antikristo ku isi. Ni igihe kandi Imana izerekana umujinya wayo ab’isi batizera.
«Kuko muri iyo minsi hazabaho umubabaro mwinshi, utigeze (...) -
ADEPR Muhima irategura igiterane cy’iminsi 4
11 June 2013, by UbwanditsiKu bufatanye na Komite mpuza-makorali yo kumudugudu wa Muhima, Itorero rya ADEPR Nyarugenge, umudugudu wa Muhima ryateguye igiterane cy’iminsi ine. Iki giterane kizatangira taliki ya 13/06/2013, kigeze taliki 16/06/2013.
Iki giterane gifite intego igira iti “Nimuze Twubake” (Nehemiya 2:17) kizaba cyitabiriwe n’abakozi b’Imana batandukanye barimo abavugabutumwa nka Pst Desiré Habyarimana, Ev. SEMAJERI … Hazaba kandi hari abahanzi ku giti cyabo nka Alexis DUSABE, Simon KABERA, MUGABO Venuste. (...) -
Ukora ibyo Imana ishaka niwe uzinjira mu bwami bwo mu ijuru Prof. Kigabo
18 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMat.7:21 "Umuntu wese umbwira ati ’Mwami, Mwami’, si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, keretse ukora ibyo Data wo mu ijuru ashaka.
Hari ukuvuga hakaba no gukora. Kuvuga ubwabyo biroroshye, kuko ushobora kubwira abantu icyo ushaka ko batekereza ko uricyo nyamara atariko uri.
Wavuga iby’Imana n’uko wayibonye ndetse ukemeza abantu ibyayo ariko wowe utari uwayo. Ikibabaje ni uko umeze gutyo atari we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru, dore ko Umwami wabwo we adahishwa. Iyo utumvira Imana uyoborwa na (...) -
Mbese umuntu abasha kwirinda caresses igihe ari muri fiançailles ?
1 August 2013, by Simeon NgezahayoKugira ngo nkusubize icyo kibazo, ndashaka ko ubanza kumfasha gutekereza kuri ibi bintu bitatu:
1) Mbere ya byose, tubanze turebe itandukaniro riri hagati ya fiançailles na marriage:
Igihe cya fiançailles ni igihe wegera fiancé(e) wawe kugira ngo murusheho kumenyana no kunoza igitekerezo cyanyu cyo kurushinga no kubana akaramata.
Kurushinga rero ni ugusiga umuryango wawe ugasanga uwo wakunze, mugasezerana isezerano.
Ku bijyanye no kurushinga, soma Itangiriro 2 : 24. Uraza gusanga umuntu (...) -
Urugendo rutagatifu Pasiteri Desire ari kugirira muri Isirayeli rukomeje kubamo ibihe byiza
5 April 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa 1 Mata ni bwo Pasitori Desire yahagurutse i Kigali yerekeza mu gihugu gitagatifu cya Isirayeli, yajyanywe no gusura icyo gihugu kibitse amateka ya Bibiriya ndetse n’ay’isi yose muri rusange kuko abantu bo ku isi yose ari ho bahurira baje gusaba umugisha Imana ya Isirayeli.
Mu kiganiro twagiranye na we, yadutangarije ikiganiro giteye gitya: Tumaze gusura ibibanza bitagatifu byinshi, birimo aho malayika yabwiriye abashumba ko havutse umukiza. Twakomereje aho Yesu yavukiye, mu (...) -
Martin Luther: umwe mubazanye idini ya Giporotesitanti (Protestantism) ni muntu ki?
13 January 2016, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAMartin Luther ni umwe mu bazanye impinduka mu iyobokamana Abakristu bamwe biyomora ku idini Gaturika(catholic church) bashinga idini y’Abaporotesitanti (Protestant).Yavutse ku wa 10/11/1483 mu gace ka Eisleben mu cyahoze ari ubwami bw’Abaroma (Roman Empire) ariho ubu muburasirazuba bw’Ubudage (eastern Germany).
Amakuru dukesha urubuga rwa Christian Classics Ethereal Libraly avugako uyu Luther wari umuhungu wa kabiri mu muryango wa Hans Luther na Magarete , amaze kuvuka iwabo bimukiye mu (...)
0 | ... | 1400 | 1410 | 1420 | 1430 | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | ... | 1850