Frank Mario Sebudandari ni umuhanzi, umunyamakuru ndetse akaba n’umukinnyi wa Film. Kuri ubu rero ngo akaba agiye kurushinga n’umukunzi we Muhinda Annet.
Sebudandari ukorera umurimo w’Imana mu itorero Revelation i Kabarore yagize uruhare mu guteza imbere Gospel muri Nyagatare binyuze muri iki kiganiro cye cyitwa ‘Himbaza,’ ndetse afasha abahanzi batandukanye kuzamuka mu nganzo yabo yo guhimaza Imana. Annet bazarushinga we ni Umukristo mu itorero Apostolic church i Remera ya Kigali.
Uyu musore (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuhanzi Frank Mario Sebudandari akaba n’umunyamakuru mu kiganiro ‘Himbaza’ kuri RC Nyagatare arakora ubukwe kuri uyu wa 14 Ukuboza 2013
24 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Iyo turi muri Kristo tuba dufite ubutware kuri satani
10 July 2015, by Innocent KubwimanaNibaza ko abamarayika bajya bitegereza nk’ukuntu abantu bavuye mu mukungu wo hasi bafite ubutware k’uwari umwe mu babahagarariye mu ijuru akiriyo yitwa Lusifero, bikabatangaza niba babyibaza.
Ngaho gerageza ukore nk’umwitozo wibaze nka satani umaze imyaka irenga 2000 atsinzwe , hahize iki gihe cyose, yize uburyo Jambo yahindutse umuntu akambara umubiri, ko Yesu yaje mu isi, agapfa akazuka, agahabwa ubutware, aya makuru ayamaranye igihe. Mbese satani amaze imyaka irenga 2000 atsinzwe, nubwo (...) -
Nijeriya : Umupasiteri arashinjwa kwiba imyenda y’imbere y’abagore
20 May 2013, by UbwanditsiTommy Issachar w’imyaka 25 atuye I Lagos muri Nijeriya ari mu rukiko kubera kwiba imyambaro y’imbere y’abagore hamwe n’amafaranga mu rusengero abereye pasiteri.
Tommy ni umupasiteri mu Bangilikani akimara gutahurwa yahakanye yivuye inyuma ibimuvugwaho ko ari umujura, nyuma yaje kubyemera avuga ko yari yajyanye iyo myenda kugirango asengere abo bantu ariko avuga ko nta mafaranga yajyanye.
Tommy naramuka ahamwe n’icyaha aregwa, hazifashishwa ingingo yo mu gitabo mpanabyaha mu gihugu cya Nijeriya (...) -
Umuhanzi Sendegeya Jean Paul yashyize ahagaragara indirimbo yise “KURA AMASO KU BANTU”
27 January 2014, by Simeon NgezahayoNyuma yo kumara igihe kinini adasohora indirimbo, Umuhanzi Sendegeya Jean Paul ubarizwa mu itorero Christian Fellowship rya Gisozi , kuri uyu wa mbere ni bwo indirimbo ye ya gatandatu yise Kura Amaso ku Bantu yageze ahagaragara.
Iyi ndirimbo yakorewe muri studio Gates Music Studio ikorwamo na Producer Mulumba John Gates. Jean Paul yadutangarije ko agiye kugaruka mu buhanzi bwe, akongera akiyegereza abakunzi be dore ko iyo aheruka gukora cyane mu mwaka w’2013.
Muri iyi ndirimbo y’uyu musore (...) -
“Narimfite ubwoba bwinshi mbere yo gukora igitaramo cyanjye cya mbere i Kigali” amagambo ya Patient Bizimana ubwo yashimaga inshuti ze
15 October 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Patient Bizimana ubwo yashimaga inshuti ze n’abavandimwe bamufashije mu itegura no kugenda neza kw’igitaramo cye aherutse gukora yari yise “Poetic Evening of Praise and worship”, ndetse nababanye nawe bamusura nyuma y’impanuka y’imodoka yakoze ikirangiza icyo gitaramo.
Kuri icyi cyumweru tariki ya 14/10/2012, kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba nibwo Patient Bizimana yashimiye inshuti n’abavandimwe iwe mu rugo i Gikondo uburyo bamufashije mu gitaramo cye cya mbere yakoze i Kigali nyuma yo (...) -
Umuhanzi George Beverly Shea yitabye Imana ku myaka 104
26 April 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzi w’indirimbo za Gikristo George Beverly Shea yapfuye amaze imyaka 104 y’amavuko! Mu ijoro ryo ku wa kabiri ni bwo Umukozi w’Imana Shea uzwi cyane mu kuyobora igikorwa cyo kuramya no guhimbaza Imana mu muryango The Billy Graham Evangelistic Association yitabye Imana mu mujyi wa Asheville, North Carolina.
Inkuru dukesha ikinyamakuru The Christian Post iravuga ko Bwana Shea amaze imyaka igera kuri 60 abanziriza Billy Graham mu biterane binini by’ivugabutumwa, aririmba mu ijwi rye rituje (...) -
Ese uziko kubwa Kristo Yesu Imana yatanze ubuzima.
22 February 2016, by Ernest RutagungiraIyo dusomye ijambo ry’Imana mu rwandiko Pawulo yandikiye Abefeso 2:1-3 niho dusanga amagambo agira ati “Namwe yarabazuye mwebwe abari bapfuye bazize ibicumuro n’ibyaha byanyu, ibyo mwagenderagamo kera mukurikiza imigenzo y’iyi si, mugakurikiza umwami utegeka ikirere ariwe mwuka ukorera mu batumvira. Kandi natwe twahoze muri bo dukurikiza ibyo kamere yacu yifuza, tugakora ibyo kamere n’imitima byacu byishakira kandi kubwa kavukire yacu twari abo kugirirwa umujinya nk’abandi bose”.
Iri jambo (...) -
“IHEREZO RY’UBUTAYU!” – Korali Kinyinya DVD Album Launch
20 September 2013, by UbwanditsiKorali Kinyinya irategura Launch ya Album Video (Remix), Volume yayo ya 1. Iyi Launch izaba ku wa 29/09/2013 guhera saa munani z’amanywa kuri Christian Life Assembly [CLA] i Nyarutarama.
Korali Kinyinya ibarurirwa mu itorero rya ADEPR Paroisse Kinyinya, Itorero ry’akarere ka Gasabo, Ururembo rw’umujyi wa Kigali. Muri iki gitaramo cyo kumurika Album yabo, Korali Kinyinya yabateguriye indirimbo zayo nyinshi zo hambere kandi zikoze neza nk’uko abakunzi bayo bagiye babyifuza.
Iyi Korali izaba iri (...) -
“Ntago nigana Alpha Rwirangira ahubwo niko ijwi ryanjye rimeze” Gashongore Vicent
16 August 2012, by Patrick KanyamibwaNyuma yo gusohora indirimbo “Ni muzima”, bidatinze agasohora « Irera », indirimbo zose zo munjyana ya Zoulou, abantu benshi bakavuga umuhanzi Gashongore Vicent yigana mu mirirmbire yewe ni ijwi Alpha Rwirangira, ubwo twaganiraga na Vincent mu magambo ye yagize ati “Ntago nigana Alpha Rwirangira ahubwo niko ijwi ryanjye rimeze”.
Gashongore Vicent, yavutse mu mwaka wa 1986 avukira Kampala (Uganda) ahitwa Kyambogo, Papa we akaba ni Gashongore Geoffray, Mama we akaba Mukangarambe Alfonsine. yavutse (...) -
Inkweto ndende zangiza amafufwa y’ibirenge n’izindi ngingo
28 July 2012, by UbwanditsiUbushakashyatsi bwerekanye ko abagore n’abakobwa bakunze kwambara inkweto ndende zabangije bikomeye amagufwa agize ikirenge. Byateye amano ya bamwe kwihina nyamara abazambara ntibasobanukirwe n’ikibitera.
Mu kiganiro na IGIHE, bamwe mu bakobwa bo mu Mujyi wa Kigali bavuze ko batari bazi ko kwambara inkweto ndende zikunze kuba ziberamiye hasi (ni ukuvuga ndende inyuma ariko zigenda zimanuka ziba ngufi imbere) bigira ingaruka mbi.
Umutoni Ange yagize ati” Njye ndazikunda kubi, ntacyo zintwaye, (...)
0 | ... | 1440 | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | ... | 1850