Isi igeze ku ndunduro yayo aho ibizira byinjiye ahera ha hera; Itorero rya Kristo murusheho kuba maso; ibyo turi kubona n’ibimenyetso byanyuma byo gukora ku mugaragaro kwa Anti Kristo no kugaruka kwa Yesu Kristo; Abasoma neza Bibiliya; ibi byose byarahanuwe kandi bigomba gusohora.
Ubutinganyi Imana yagiye iburwanya yivuye inyuma; nawe soma iki cyanditse wiyumvire; kandi aha byari kubafata gusa baryamanye; noneho ibaze bibaye kubana bihoraho?
” Umugabo naryamana n’undi mugabo bazaba bakoze (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ese waruzi icyo Bibiliya ivuga k’Ubutinganyi ?
28 October 2015, by Pastor Desire Habyarimana -
Menya akamaro ka Watermelon mu mubiri wawe “.
14 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbagura n’abacuruza imbuto zizwi ku izina rya ‘Watermelon’ hirya no hino mu masoko, bavuga ko n’ubwo zihenda batazireka kubera akamaro zifitiye umubiri. Bamwe mu bo ikinyamakuru Izuba Rirashe cyavuganye nabo mu isoko rishya rya Nyarugenge no mu rya Kimironko, bavuga ko watermelon yongera amazi mu mubiri, ikazibura imitsi, igafasha impyiko gukora neza ikoza no mu mara ku buryo umuntu abasha kwituma neza.
Umwe mu bantu b’igitsina gore ucururiza mu isoko rya Nyarugenge utarashatse ko amazina ye (...) -
Ibintu 3 Imana igirira abantu bikwiye gutuma bayubaha uko umutima uteye/ Ev. Jotham
10 July 2015, by Ubwanditsi1.URUKUNDO: Abaroma 5:8 ariko Imana yerekanye urukundo rwayo idukunda,ubwo Kristo yadupfiraga tukiri abanyabyaha.
Paul we yavuze ko uru rukondo rw’Imana rurenze uko rwamenywa kuko Imana yakunze isi kandi ari mbi kubw’icyaha yari yakiriye muri Adamu. Urukundo nirwo rwayiteye kwiyunga natwe muri Kristo tutabisabye ahubwo kuko idukunda (2 Abakorinto5:19).
Ntabwo Imana idukunda kuko twakiranutse kuko nta nuko tugira ahubwo urwo rukundo rusumba ububi bwacu, kuko iyo umwana wumuntu yananiranye (...) -
Apotre Paul Gitwaza ngo yaba agiye kwimukira I Burundi
15 April 2013, by UbwanditsiAmakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko intumwa Dr. Muhirwa Paul Gitwaza agiye kwimukira mu gihugu cy’u Burundi ndetse ko ariho agiye gukomereza umurimo we w’ivugabutumwa.
Mu kiganiro uyu muvugabutumwa yagiranye na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu harimo REMA TV, yavuze ko igihe cye cyigeze kugira ngo abe mu mutima w’Afurika. Aha umutima w’Afurika yavugaga akaba ari igihugu cy’u Burundi.
Apôtre Dr. Paul Gitwaza ubusanzwe akunze gutumirwa cyane na Perezida w’iki gihugu dore (...) -
Sobanukirwa akamaro k’inyanya mu mubiri wawe
20 July 2015, by Umumararungu ClaireIcyo twazimenyayo
Inyanya ni kimwe mu biribwa byagaragaje ubushobozi bwo kurinda ubuzima bw’umuntu.
Inyanya kandi ni kimwe mu biribwa bifite akamaro ntagereranywa ku buzima bw’umuntu, kuko uretse kuba zikize mu ntungamubiri, zinafite ubushobozi bwo kurinda umubiri indwara zitandukanye.
Intungamubiri zirimo n’akamaro kazo
Inyanya zikungahaye kuri vitamin C kandi zibonekamo imyunyungugu(Minerals) ya Manyeziyumu(Mg), Fer, zink, cuivre n’indi myinshi ifasha umubiri kumererwa neza.
Birazwi (...) -
Dukwiye kumenya igihe cyo gukora kw’ Imana!
24 December 2015, by Kiyange Adda-DarleneDusome Luka 10:40-42 haravuga ngo:” Ariko Marita yari yahagaritswe umutima n’imirimo myinshi yo kuzimana.Aho bigeze aramwegera aramubaza ati ”Databuja, ntibikubabaje yuko mwene Data yampariye imirimo? Wamubwiye akamfasha?”
Wongeye ugasoma muri Yohana 11:21 haravuga ngo: “Marita abwira Yesu ati :Databuja, iyaba wari hano, musaza wanjye ntaba yarapfuye.”
Igihe Yesu yasuraga umuryango wa Mariya na Marita, birashoboka ko yari afite akanya gato ko kubaganiriza gusa. Nubwo yari abasuye mu masaha yo (...) -
UMUHANZIKAZI GAGA GRACE MU GIKORWA CYO GUSURA ABARWAYI MURI CHUK
28 October 2013, by Simeon NgezahayoMu kiganiro na UWAMBAJE Marie Grace usanzwe azwi ku izina ry’ubuhanzi nka Gaga Grace, ndetse akaba azwi ku ndirimbo nka UMPE AKANYA na ARANYUZE yadutangarije ko nyuma yo kuririmba hari igikorwa we n’itsinda ayoboye ari ryo GIRA IMPUHWE barimo gitegura cyo gusura abarwayi bo muri CHUK.
Gaga Grace
Iki gikorwa kije gikurikira ibindi byagiye bibanza birimo gufasha imwe mu miryango 2 yo mu murenge wa Ndera. Ubu noneho kuri iki cyumweru taliki ya 27/10/2013 itsinda Gira Impuhwe ryerekeje muri (...) -
Igitaramo Rubavu Shima Imana
8 February 2013, by UbwanditsiNyuma y’igihe kitari gito i Rubavu hadategurwa igitaramo gikomeye ngo cyitabirwe n’abantu b’ingeri zose ubu noneho ngo haba harimo gutegurwa icy’imbaturamugabo kizaba ku itariki 24 /02/2013.
Iki gitaramo cyiswe Rubavu Shima Imana kikaba gitegurwa ku urwego rw’impuzamatorero,n’imiryango ya gikristo mu Rwanda nka A E E,Campuss pour Christ… igitekerezo cy’ikigitaramo cyazanywe n’umucuranzi akaba n’umunyamakuru ubarizwa i Rubavu mu mujyi wa Gisenyi FRERE Manu.
Tuganira n’abategura iki gitaramo (...) -
Umujinya n’amarangamutima biratugwa agatoki mukuba intandaro y’uburwayi bw’umutima
21 August 2012, by UbwanditsiUmujinya kimwe n’amarangamutima (emotions) bituma habaho itera ry’umutima ridasanzwe, bikaba bishobora kuba nyirabayazana w’imfu zitunguranye ku bantu basanganywe uburwayi bw’umutima.
Ibi bikaba byarashyizwe ahagaragara, n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Yale iherereye i New Haven muri Leta ya Connecticut mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ubu bushakashatsi bwayobowe na Doctor Rachel Lampert ku barwayi b’umutima bagera kuri 62, basuzumwe hakoreshejwe icyuma gipima ibibazo bituruka ku (...) -
Ibyiza byo guhuza kw’abavandimwe - Rev. Jean Baptiste Mugiraneza
7 July 2016, by Simeon Ngezahayo“Dorere, erega ni byiza n’iby’igikundiro, ko abavandimwe baturana bahuje!” Zaburi 133:1-3
Muri iyi isi hahora intambara hagati y’ibintu 2: ikibi n’ikiza, umwijima n’umucyo. Iyi Zaburi itubwira aho imbaraga z’ikiza zihishe, ko ari mu kubana abavandimwe bahuje, ndetse irabishimagiza ikavuga ko ari byiza bikaba n’iby’igikundiro.
Ijambo "bahuje" Bibliya y’Igiswahili ikoresha ijambo "umoja" naho iy’Icyongereza igakoresha ijambo "unity". Ibi bisobanuye ijambo bahuje bivuze ubumwe cg gushyira hamwe (...)
0 | ... | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | ... | 1850