Bibiliya ni igitabo gikubiyemo amagambo yahumetswe n’Imana kugira ngo afashe, ahugure, ateshe, yigishe ikiremwa muntu inzira nziza akwiriye kunyuramo Imana imushakaho. Iki gitabo kandi gikubiyemo n’amagambo menshi y’ibyiringiro asubizamo imbaraga uyasomye, harimo kandi ubuhamya bw’abatubanjirije mu murimo w’Imana uburyo babanye nayo, uko yagiye ibiyereka mu buryo bunyuranye, ibyiza n’ibibi bawuhuriyemo n’ibindi bigiye bitandukanye.
Iyo winjira mu rusengero ukitegereza abinjira baza gusenga ubona (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ese kwitwaza bibiliya mu rusengero ni ngombwa?
15 July 2013, by Ubwanditsi -
Abahezanguni b’Abahindu mu Buhinde bifuza ko nta mukristo uzaba ukirangwayo mu mwaka w’2021
1 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbahezanguni b’Abahindu, ari nabo biganje mu gihugu cy’Ubuhinde baratangaza ko bifuza ko mu mwaka w’2021. Nta mukristo uzaba ukibarizwa mu gihugu cy’Ubuhinde.
Infochretienne.com yatangaje koi bi babivuze kuri uyu wa kabiri ubwo bari mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru wa Repubulika ( Republic Day), kuko Ubuhinde bwatangiye gukoresha itegekonshinga mu w’1950, umuhango wanitabiriwe n’Umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa François Hollande.
Abahezanguni b’abahindu bakunze kugaragariza urwango rukabije (...) -
Na N’ubu Yesu yazura ibyawe byapfuye
20 August 2015, by Innocent Kubwimana‘’Kandi n’ubu nzi yuko ibyo usabye Imana byose, Imana izabiguha.” Yohana 11:22
Izi ni inkuru za Lazaro, Mariya na Marita bari umuryanago Yesu yakundaga kandi akanahagenda. Akenshi Yesu yajyaga ajyayo iwabo i Betaniya kuruhukirayo. Uyu muryango rero waje guhura n’ikibazo kiwukomereye, musaza wabo Lazaro arapfa. Ibi wenda ntabwo ari ibintu bishya kubona abantu Yesu akunda barwara cyangwa se bagahura n’ibindi bibazo byinshi bitandukanye.
Mbere y’uko apfa, batumyeho Yesu, Lazaro akirwaye. Yesu (...) -
Choral Betiphage yagabiwe inka 7 ihabwa n’amafranga miriyoni imwe n’amaganabiri y’u Rwanda.
28 August 2013, by UbwanditsiKuri cyumeru gishize Choral betiphage ibarizwa ku umudugudu wa Betifague mu itorero rya ADEPR Gisenyi mu karere ka rubavu yashyize ahagaragara Album yayo y’amashusho mu igiterane cyahuje abantu beshi maze nyuma y’ijambo ry’Imana ryigishijwe na Pastor Jean Claude Iyakaremye habaho gahunda yo guhesha umurimo w’Imana agaciro hagurwa DVD maze bamwe mu baterankunga b’iyi korari bayigabira inka abandi batanga amafranga mu rwego rwo gukomeza gushyigikira iyi korari ndetse no gushesha agaciro umurimo (...)
-
Safari Pio agiye kumurika alubumu ye ya mbere y’amashusho ku cyumeru
21 November 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko Safari Pio umuhanzi uzwi mu itorero ry’ADEPR yabidutangarije,
kuri icyi cyumeru tariki ya 25/11/2012 nibwo aramurika alubumu ye ya mbere y’amashusho, ku rusengero rwa Nyakabanda aho kwinjira muricyo gitaramo bizaba ari ubuntu.
Safari Pio ni umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana, yavutse 1982 mu ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga, mu murenge wa
Shyogwe, mu kagali ka Ruli. Yatangiye umurimo w’uburirimbyi muri Ecole de Dimanche avuza ingoma y’uruhu, kuri ubu ni umugabo afite abana (...) -
Abakorera Yesu Choir yamuritse alubumu yayo ya mbere y’amashusho
27 August 2012, by Patrick KanyamibwaKuricyi cyumweru tariki ya 27/08/2012 kuva saa cyanda z’umugoroba muri Salle ya Hotel Umubaho Kacyiru nibwo Abakorera Yesu Choir yamuritse ku mugaragaro alubumu y’amashusho bise « Ijuru rirataba »
Iki gitaramo cyari kitabiriwe cyane cyagaragarayemo anndi makorale abiri asanzwe azwi kandi akomere mu itorero ry’ADEPR ariyo Kolari Baraka y’i Nyarugenge hamwe na Korali Isezerano rayi yaturutse Musanze (Ruhengeri) mu majyaruguru y’u Rwanda. Alubumu « Ijuru riratabara » iriho indirimbo cumi n’ebyiri (...) -
Joyce Meyer arategura ibiterane 14 muri uyu mwaka wa 2014
16 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuvugabutumwa mpuzamahanga Joyce Meyer ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika arategura ibiterane 14 muri uyu wa 2014, kimwe muri byo kikazaba ari igiterane mpuzamahanga kizabera ku mugabane w’Afurika muri KAmena 2014.
Mu ntangiriro z’uyu mwaka ni bwo Joyce Meyer yashyize ahagaragara ingengabihe ye y’ivugabutumwa. Ibi biterane bizabera mu mijyi itandukanye yo ku muganabe w’Amerika, ndetse bizaba bifite intego zitandukanye.
Igitetane cya 1 kizabera mu mujyi wa Phoenix ku wa 20-22/02 uyu (...) -
Indwara y’amaso yiswe « Amarundi » yiganje mu bigo by’amashuri
31 May 2012, by UbwanditsiMu bigo by’amashuri bitandukanye mu gihugu hakomeje kugaragaramo indwara y’amaso izwi ku izina ry’amarundi, iyi indwara ikaba yandura mu gihe uwafashwe n’iyo ndwara yikoze mu maso agasuhuza undi nawe yaza kwikora mu maso akaba yayandura, cyangwa ikandura binyuze mu gutizanya ibikoresho.
Nk’uko Nsengimana Jean Marie Vianney umuganga w’amaso uvurira ku bitaro bya Kabgayi yabisobanuye iyo ndwara y’amaso iterwa n’agakoko kitwa “Adenovirus”. Igenda ikwirakwira bitewe n’abantu bayanduye bava mu gace (...) -
Umujinya utera gukenyuka, ukica n’ubugingo!
31 May 2016, by Simeon NgezahayoIjambo ry’Imana mu gitabo cy’ Abagalatiya 5:19-21, intumwa Pawulo yanditse urutonde rw’imirimo ya kamere igera kuri 15. Iyo mirimo rero ni ibyaha bikunze kugaragara mu bantu kandi nibyo Satani akoresha yanginza umuryango (society) n’ibidukikije, tukaba tugiye gusobanura twibanze ku cyaha cy’umujinya kiboneka ku nomero ya 7 y’urwo rutonde.
Icyaha cy’umujinya hari bamwe bagiha intebe muri bo bakagifata nk’indangagaciro, ariko ntago aribyo kuko usanga abanyamujinya abantu batabisanzura ho, kandi (...) -
Ntibatekereza ko nibuka gukiranirwa kwabo Dufitumukiza Liliane
22 December 2015, by Pastor Desire Habyarimana“Igihe nashakaga gukiza Isirayeli, gukiranirwa kwa Efurayimu kwahereyeko kurahishurwa, n’ubugome bw’i Samariya na bwo, kuko bakora iby’ibinyoma, umujura yinjira mu cyuho, kandi igitero cy’abambuzi kikamburira ku gasozi. Kandi mu mitima yabo ntibatekereza ko nibuka gukiranirwa kwabo kose. Noneho imigirire yabo mibi irabagose kandi iri no mu maso yanjye. (Hoseya 7:1-2)
Nshuti bavandimwe iri jambo rirakomeye cyane Efurayimu yakoze ibyangwa n’Uwiteka kuburyo igihe Imana yashatse gukiza Israel (...)
0 | ... | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | ... | 1850