Woodrow Karey wo muri Leta ya Louisiana yatawe muri yombi mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu, nyuma y’aho Pastor wabwirizaga mu iteraniro ku ruhimbi arasiwe agahita apfa. Uyu mugabo watawe muri yombi w’imyaka 53 y’amavuko ngo yari umudiyakoni muri iryo torero.
Amakuru dukesha CNN aravuga ko Abakristo bagera kuri 60 bahamya ko biboneye Woodrow Karey wari umudiyakoni atambuka mu rusengero rw’itorero The Tabernacle of Praise Worship Center mu ma saa 8:00 p.m., akarasa Pastor Ronald Harris amasasu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Louisiana: Umudiyakoni yarashe Pastor amasasu abiri ubwo yari ku ruhimbi abwiriza, aramwica
2 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Korali Penuel ya ADEPR Rukurazo yamuritse Alubumu yayo ya mbere
11 December 2013, by UbwanditsiKorali Penuel ni imwe mu makorali abarizwa mu itorero rya adepr Paruwasi ya Rukurazo, yashyize ahagaragara album yayo ya mbere. Iki gikorwa cyabaye tariki ya 8 ukuboza 2013 aho isanzwe ibarizwa Kimironko Adepr Rukurazo, iyi album ikaba yitwa ‘’Agira ubuntu’’ ikaba iriho indirimbo zibanda ku guhumuriza abantu muri iki gitaramo kwinjira bikaba byari ubuntu .
Iki gitaramo cyo kuyimurika cyatangiye saa saba z’amanywa., aho iyi korale yifatanyije n’abahanzi batandukanye barimo Dominic Nic ndetse na (...) -
Ibanga ryo kubaho utsinda icyaha!
23 September 2015, by Innocent KubwimanaYesu ntiyapfuye gusa, yaranazutse, ntakiri mu mva. Uyu munsi ni umukiza kandi ni muzima, ariho. Afite ubutware bwose mu ijuru no mu isi. Afite ububasha bwo kurinda abe ngo badasitara, abasha kubarinda gutwarwa n’ububata bw’icyaha.Yuda 1:24
Ntabwo afite ubushobozi bwo gutanga agakiza gusa, ahubwo abasha no gukiza abegerezwa Imana na we, kuko ahoraho iteka ngo abasabire. Abaheburayo 7:25 Ijambo ry’Imana rivuga ko iyo atubatuye, tuba tubatuwe rwose kandi by’ukuri. Yohana 8:36
Kwakira Yesu, ni (...) -
Igitaramo cya Yvonne Uwase yakoreye i Kigali amurika alubumu ye cyaritabiriwe cyane kandi kigenda neza
14 January 2013, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa gatanu tariki ya 10/01/2013 guhera kuva saa kumi n’imwe na mirongo ine n’itanu kugeza za saa mbiri zijoro (17h45’ - 20h00’), nibwo Yvone yamuritse albumu ye ya mbere i Kigali. Yvonne Uwase wamenyekanye ku ndirimbo “Amasezerano”, “Umuntu” na “Yesu w’i Nazareti”, akaba yari aherutse kuyimurikira mu majyepfo i Huye,
Iki gitaramo cyabereye i Nyamirambo muri Eglise Francophone ku rusengero rw’itorero ry’abadivantisite, nkuko Yvonne yabidutangarije, muri iki gitaramo yari yifatanyije na Warren (...) -
Nahinduwe no gusoma ijambo ry’Imana, ubuhamya,…
20 October 2015, by Innocent KubwimanaUbu ni ubuhamya bugufi bw’umuntu utarashatse kugaragza izina rye, ariko kandi ntibyakubuza kumva icyo Imana iganirira nawe muri bwo. Aragaraza imbaraga z’ijambo ry’Imana yasomye. Bibiliya iravuga ngo ubutumwa ni imbaraga ihesha uwizera wese gukizwa. Ushaka byinshi kuri bwo wasura urubuga rwa Gikristo rwandika amakuru y’iyobokamana mu rurimi rw’igifaransa www.topchretien.com.
Kurikira ubuhamya uko abuvuga:
Nakuriye mu muryango w’abakristo, numvaga nkunze Imana ariko maze kujya ku ishuri (...) -
Mbese ivugabutumwa ryo mu rusengero gusa ryakemura ibibazo byugarije isi?
27 May 2013, by Simeon NgezahayoUbushakashatsi butangaje kandi buteye ubwoba bwakozwe ku Bakristo n’ibiyobyabwenge (marijuana)...
Ijambo ry’umwanditsi mukuru: Ubushakashatsi buherutse gukorwa bwagaragaje izamuka ritangaje kandi riteye ubwoba ry’imyitwarire y’urubyiruko rw’Abakristo mu gukoresha ikiyobyabwenge cya marijuana. Turagusaba kubitekerezaho mu buryo bubiri: 1) Mbese iyi ni insanganyamatsiko wumva wabwirizaho mu rusengero? (2) Niba wumva wayibwirizaho, wavuga ngo iki?
Ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo “The Public (...) -
Gusomana byanduza SIDA
4 September 2012, by Emmanuel KANAMUGIREUrubyiruko rumwe ruvuga ko rukunda gusomana n’abakunzi babo. Ibi akenshi babikora batazi uko ubuzima bwabo buhagaze ndetse n’ubwa bagenzi babo, bityo bikaba byatuma bandura indwara ya SIDA ishobora kwandurira mu gusomana bitewe n’uburyo bikozwemo. Amakuru dukesha urubuga positive.org avuga ko rimwe na rimwe gusomana byanduza SIDA, mu gihe abasomana umwe yogeje amenyo akikomeretsa mu kanywa, cyangwa mu gihe amaze kwihaganyura akaba yakwikomeretsa.
Aya makuru avuga ko gusomana byateza ibyago (...) -
Ese kwitwaza bibiliya mu rusengero ni ngombwa?
15 July 2013, by UbwanditsiBibiliya ni igitabo gikubiyemo amagambo yahumetswe n’Imana kugira ngo afashe, ahugure, ateshe, yigishe ikiremwa muntu inzira nziza akwiriye kunyuramo Imana imushakaho. Iki gitabo kandi gikubiyemo n’amagambo menshi y’ibyiringiro asubizamo imbaraga uyasomye, harimo kandi ubuhamya bw’abatubanjirije mu murimo w’Imana uburyo babanye nayo, uko yagiye ibiyereka mu buryo bunyuranye, ibyiza n’ibibi bawuhuriyemo n’ibindi bigiye bitandukanye.
Iyo winjira mu rusengero ukitegereza abinjira baza gusenga ubona (...) -
Uwari umwicanyi yarakijijwe maze yimikirwa gukora umurimo w’ Imana
6 April 2016, by NicodemNyuma y’imyaka 30 muri Gereza, Danny Duchene wari ufunze azira kwica abantu babiri yiteguye gutangira umurimo w’ubushumba mu itorero rya Saddle Back Church ryo muri leta Zunze ubumwe z’Amerika.Uyu mugabo Danny yimitswe na Dr.Rick Warren washinze akaba ahagarariye iri torero.
Uyu mushumba mushya azaba ashinzwe ibikorwa by’impuhwe mu itorero Saddle Back Church rya California ho muri Amerika nyuma yo kurekurwa. Amakuru yemeza ko Dr.Rick Warren ari we wagize uruhare rukomeye mu irekurwa rya (...) -
Abahezanguni b’Abahindu mu Buhinde bifuza ko nta mukristo uzaba ukirangwayo mu mwaka w’2021
1 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaAbahezanguni b’Abahindu, ari nabo biganje mu gihugu cy’Ubuhinde baratangaza ko bifuza ko mu mwaka w’2021. Nta mukristo uzaba ukibarizwa mu gihugu cy’Ubuhinde.
Infochretienne.com yatangaje koi bi babivuze kuri uyu wa kabiri ubwo bari mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru wa Repubulika ( Republic Day), kuko Ubuhinde bwatangiye gukoresha itegekonshinga mu w’1950, umuhango wanitabiriwe n’Umukuru w’igihugu cy’Ubufaransa François Hollande.
Abahezanguni b’abahindu bakunze kugaragariza urwango rukabije (...)
0 | ... | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | ... | 1850