Umutwe Boko Haram w’Intagondwa z’abayisiramu ukomeje gukaza ubugizi bwa nabi cyane cyane wibasira abakristo batuye mu gihugu cya Nigeria.Ku icyi cyumweru nibwo binjiye mu mujyi bahengera abakristo bava gusenga n’uko bica abagera kuri 58 harimo n’abayobozi bakomeye b’uwo mujyi bari bahururiye abarimo kwicwa ngo babatabare urugero ni nk’umusenateri Gyang Dantong nawe wabigendeyemo.
Abagera kuri 300 bose bateshejwe ibyabo barahunga kubera ubwo bwicanyi bukomeje kuharangwa.Gusa benshi baribaza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nigeria: abantu basaga 58 biciwe mu mijyi ituwemo n’abakristo
10 July 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.com -
Itandukaniro ry’ikigeragezo cy’Imana n’icya Satani (Trial vs. Temptation) – Joyce Meyer
5 December 2013, by Simeon NgezahayoZaburi 7:9 (Uwiteka aracira amahanga urubanza, Uwiteka uncire urubanza rukwiriye gukiranuka kwanjye n’ukuri kundimo.) Ikigeragezo cy’Imana: Trial Imana ijya itugerageza. Yagerageje Aburahamu, igerageza n’Abisirayeli. Iyo Imana itugerageje, iba ishaka kugera (gupima) kwizera kwacu. Reka dusome ijambo ry’Imana:
Guteg. 8:2 (Kandi ujye wibuka urugendo rwose rwo mu butayu, Uwiteka Imana yawe yakuyoboyemo iyi myaka uko ari mirongo ine, kugira ngo igucishe bugufi, ikugerageze imenye ibyo mu (...) -
Igiterane ngarukamwaka cy’abagore n’abakobwa cyateguwe na New Life Bible Church
7 September 2013, by UbwanditsiKuva tariki 13 kugeza kuya 15 Nzeri, itorero rya New Life Bible Church ryateguye igiterane ngarukamwaka cyagenewe abagore n’abakobwa ku cyicaro cy’iri torero ku Kicukiro aho n’abagabo bazemererwa kukitabira muri umwe muri iyo minsi.
Mu nsanganyamatsiko igira iti “From Scars to Stars” bishatse kuvuga “Kuva mu gikomere ukaba uhambaye” ugenekereje mu Kinyarwanda, iki giterane kigamije ahanini ku kwigisha kwirinda ibyaha n’ihohoterwa rikorerwa hagati mu bashakanye.
Umushumba wa New Life Bible Church, (...) -
Yewe Siyoni wicaranye n’umukobwa w’i Babuloni, iruka ucike.
8 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneZEKARIYA 2 :11 : Yewe Siyoni wicaranye n’umukobwa w’i Babuloni, iruka ucike.
Bibiriya ikunze kuvuga umukobwa w’i Siyoni, n’umukobwa w’i Baburoni. Abo bakobwa, umwe ni umugeni wa Kristo(Siyoni), undi ni satani( Babuloni).Abo bakobwa bahora bahanganye kuko uw’i baburoni ahora arwanya uwi Siyoni kugirango atazaragwa ubwami bw’Imana.
Iyo rero umuntu yihannye ibyaha akakira Yesu nk’Umwami n’umukiza, aba abaye umukobwa w’i Siyoni. Noneho kuko aba asezeye imirimo mibi ariyo ya wa mukobwa w’IBaburoni, uyu (...) -
Ubwami bw’ Imana. Pasitori UWIMANA Daniel
21 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : UBWAMI BW’IMANA
Aha turi ni mu bwami bw’Imana nubwo hitwa mu Gakinjiro ariko aha ni mu bwami bw’Imana, Bibiliya ivuga ngo aho babiri cyangwa batatu bateraniye mba ndi kumwe nabo. Igihe cyose tuzaba tukiri mu isi dusengera aha hantu ni mu bwami bw’Imana. Niyo mpamvu bibiliya ivuga ngo guhungira ku Uwiteka kugira umumaro kuruta kwiringira amaboko y’abantu. Ejo twaganiriye muri Matayo 6:5-13, Yesu yavuze ngo nimujya gusenga mujye muvuga ngo ubwami bwawe buze.
Iyo abantu bari mu mibabaro (...) -
Rose Muhando mbere yo kuba Umukristo yabanje kuba Umusilamu, dore amwe mumateka ye
30 September 2012, by UbwanditsiRose Muhando ni umwe mubaririmbyi b’abagore muri kano karere baririmba neza kandi bagakora umurimo bahamagariwe uko bikwiye.
Rose Muhando yamenyekanye kukazina ka Madona , yavutse mu 1976, avukira mu gace ka Dumila, mu karere ka Kilosa, Morogoro muri Tanzania. Ni umuhanzi w’icyamamare mu kuririmba indirimbo zaririmbiwe Imana, zikunze kumvikana mu rurimi rw’igiswahili, ari narwo rurimi abenshi bakunze gukoreshwa muri Afurika y’iburasirazuba.
Inkuru dukesha urubuga rwa interineti Global (...) -
Nyamirambo : Bajya gusengera mu buvumo
18 February 2013, by UbwanditsiUbuvumo bufite uburebure burenga metero ijana mu Mudugudu wa Rubona, Akagari ka Rugarama, Umurenge wa Nyamirambo, mu Karere ka Nyarugenge kuri Mont Kigali, abahaturiye bavuga ko hari ababwinjiramo bagiye gusengeramo.
Mukandayisenga Jacqueline, utuye hafi y’ubwo buvumo nk’uko yabitangarije Izuba Rirashe dukesha iyi nkuru, ngo hari abantu bajya gusengerama nubwo buteye ubwoba.
Umusaza Uwihanganye Laurent uzi neza ubwo buvumo avuga ko atari ahantu ho kuba abajyamo bakwizera umutekano ; (...) -
Ubuhamya: Nta hantu kure Imana itagukura kandi nta hantu kure Imana itakugeza.
28 May 2012, by UbwanditsiNitwa Habiyaremye Olivier,mvuka muri Ruhondo . Nkimara kuvuka, data na mama bahise batandukana, mama anjugunya kwa nyogokuru, nyogokuru akajya anjyana gusaba mw’isoko no mu bapadiri bari batuye hafi y’iwacu. Icyo gihe nacuramye umusatsi, ndwara bwaki, amatama arabyimba.
Bimaze gukomera, nyogokuru yanjyanaga mu bapadiri bakampa ibijumba, imboga z’ibyatsi, indagara zisekuye n’igikoma. Maze imyaka umunani imfashanyo irahagarara nyogokuru ahita anshakira akazi ko kuragira intama kuri Mukungwa (...) -
Ubuhamya : Uko Kristo yankijije kwikinisha
4 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUwo twise X kuko atashimyeko amazina ye atangazwa yaduhaye ubuhamya uko Imana yamukijije icyaha cyo kwikinisha kurikira ubuhamya.
Uko natangiye kwikinisha.
Mu mwaka wa 2011 niga mu mwaka wa gatanu wisumbuye narebaga amashusho y’urukozasoni cyane. Narinsanzwe nyareba ariko byarushijeho icyo gihe. Uko narebaga ayo mashusho yatumaga ngira irari ry’ubusambanyi ryinshi muri jye. Maze ndagenda nonekara mu mutwe cyane maze ibyo ntekereza byose nkabitekerereza mu irari ry’ubusambanyi. Nareberaga (...) -
Uko waba incuti y’umugabo wawe (Igice cya 1)
13 May 2013, by Simeon NgezahayoGushaka umunezero
Ubwo nasohokaga mu rusengero, nahuje amaso n’umugabo n’umugore we bari mu myaka ya za 40 barandasa. Hashize akanya, mbona baraseka banezerewe. Bitewe n’uko rero nari nkiri ingaragu, umunezero bari bafite warantangaje ni ko kwibaza nti “Abantu bari muri iki kigero babasha bate kuba bagikundana bene aka kageni? Ndamutse ntahuye ibanga ryabo, ni ko nibwiraga, nazaharanira kubaho nka bo!”
Ubu maze imyaka 20 nshatse, ariko nabonye ko urushako rwuje umunezero rushoboka kandi ari (...)
0 | ... | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | ... | 1850