Eunice Njeri ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya. Uyu muhanzikazi rero wari umaze iminsi mu gihugu cya Canada mu giterane cyo kwitanga mu nyubako z’insengero, ubu aritegura kwerekeza muri
Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Nyuma yo kuva mu ruzinduko rw’ivugabutumwa mu gihugu cya Canada, Njeri yafatanije na bagenzi be Lady Bee na Grace Mwai kwamamaza ubutumwa bwiza mu mashuri yisumbuye.
Kuva taliki 24 Ugushyingo kugeza taliki 1 Ukuboza uyu mwaka, Eunice Njeri azataramira (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nyuma yo kuva muri Canada mu giterane cy’ivugabutumwa, Eunice Njeri yerekeje muri RDC
25 October 2013, by Simeon Ngezahayo -
Umupasiteri wo mu gihugu cya Cuba (Kiba)yarekuwe nyuma y’amezi 6 muri gereza azira gukoresha amateraniro
3 September 2015, by Innocent KubwimanaUmupasiteri w’Umunya Cuba (Kiba) yarekuwe nyuma y’amezi 6 afunzwe atarigeze aburana. Uyu mupasiteri yaziraga gukoresha amateraniro y’abakristo mu buryo inzego za Leta zivuga ko butemewe n’amategeko.
ChristianToday itangaza ko Rev.Past. Jesús Noel Carballeda w’imyaka 45, yarekuwe tariki 31 z’ukwezi gushize, aho yari afungiwe muri gereza yitwa Valle Grande i San Antonio de Los Banos, ashinjwa gukoresha amateraniro y’abakristo mu buryo Leta yo yemeza ko butari bwemewe.
Aha Perezida wa Cuba Raul (...) -
Mwirinde ab’iki gihe biyobagiza
3 June 2016, by UbwanditsiIbyakozwe n’intumwa 2:40 “Nuko akomeza kubahamiriza n’andi magambo menshi, arabahugura ati”Mwikize ab’iki gihe biyobagiza.”
Yesu ashimwe, nejejewe no gusangira namwe iri Jambo rivuga ngo ‘’MWIRINDE AB’IKI GIHE BIYOBAGIZA’’.
Nejejwe nuko Imana ikomeje gukiza imitima y’abantu kuko umugambi wayo ari uko Ijambo ryayo rigera ku bantu bose, kuko icyatumye umwana w’Imana yerekanwa ni ukugirango amareho imirimo yose y’umwijima. Ntabwo duterwa ubwoba n’iminsi mibi tugezemo, igiteye ubwoba n’izihe mbaraga abantu (...) -
Uziko”Guseka” biha umutima umutuzo bikanarinda Stress
14 November 2012, by UbwanditsiMu bushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika, bagaragaje ko ”Guseka” bigabanya guteragura cyane k’umutima kandi bigafasha kwirinda Stress, bikaba ari ibyatangajwe muri ”Psychological Science” muri Amerika.
Sarah Pressman, umushakashatsikazi wo muri Kaminuza ya Kansas [Kansas University] avuga ko igihe uri mu bintu bituma ugira Stress nyinshi, jya ugerageza useke (umwenyure), yavuze ko guseka bidafasha gusa mu buryo bw’imibereho myiza [kubaho wishimye] ko ahubwo binarinda ihungabana ry’umutima. Mu (...) -
Dore ibanga ryo kugira ubuzima bwiza
24 July 2015, by Umumararungu ClaireUbusanzwe nta muntu wifuza kurwara niyo bimugezeho usanga atanga amafaranga menshi ngo arengere ubuzima bwe, niyo mpamvu ari byiza rero kwirinda kuko biruta kwivuza.
Niba ushaka kugira ubuzima bwiza dore ibintu ukwiye :
1. Kugira isuku
Hari ibitaro batanze inama igira iti” bumwe mu buryo bw’ingenzi bwo kwirinda indwara cyangwa kuzanduza abandi” ni igukaraba intoki. Bimwe mu bintu bituma umuntu yandura ibicurane ni ukwikora ku zuru cyangwa ku maso, mu gihe intoki ze ziriho virus ibitera. (...) -
Wari uzi ko iyo ukijijwe neza Imana bitayitera isoni kukwirata?
1 January 2016, by Alice Rugerindinda“Ariko noneho barashaka gakondo irusha icyo gihugu kuba cyiza, ariyo yo mu ijuru. Nicyo gituma Imana idakorwa n’isoni zo kwitwa Imana yabo, kuko yabiteguriye umurwa” Abaheburayo 11:16
Sinarinzi ko hari abantu Imana ishobora gukorwa n’isoni zo kwita Imana yabo?
Hari umubyeyi umwe nzi, afite abana benshi, rimwe numvise avuga ngo iyo bamwise mama…..(umwe mu bana be) ngo yumva ari fiere cyangwa se yishimye kuko aba aziko ubwo bamuzi neza cyangwa se bamuzi ho ibintu byiza, mu gihe iyo bamubajije (...) -
Waruzi ko hariho itorero rya Satani rikorera kw’isi k’umugaragaro?
20 October 2012, by UbwanditsiMu mujyi wa San Francisco, muri Leta ya California habarizwa itorero rya Satani (Church of Satan). Iri torero rimaze imyaka itari mike rikorera k’umugaragaro nk’ayandi yose abantu basanzwe bamenyereye. Ryatangijwe n’umugabo witwa Anton Szandor LaVey mu mwaka wa 1966. Uyu mugabo ni nawe waje kwandika bibiliya ya Satani bifashisha muri iryo torero; akaba yarayanditse mu mwaka wa 1969. Uyu mugabo yaje gupfa mu mwaka wa 1997. gushyingurwa kwe kukaba kwarakozwe mw’ibanga n’abantu bararitswe gusa. (...)
-
Umuvugo: Mukundane mujye Inama. Umusizi Jyamubandi Deo
25 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaUMUVUGO: MUKUNDANE MUJYE INAMA
RUKUNDO MBUTO ITARUMBA NZIRA Y’ IBYEZA HORANA IJAMBO IMBADUKO UMPUNDA NDAYIBATURA BAMENYE UBWAWE KO URI RUKUNDO NJE NKUCURANGA NCINYA AKADIHO NJE NDURIRIMBA NGO NDUBATURE NAMENYE URUKUNDO RWANYU U RWANDA NDUHA IBIRENGE IMANA NYIHA AMASHIMWE 10.U RWANDA NDUHOZA INTAMBWE MBWIRA INSHUTI N’ABAVANDIMWE NGO TWESE TUBABE HAFI DUSHOZA IMBYINO IBAKWIYE MUZAHORANE IBIBONDO MUBITOZE GUSENGA BYOSE BIVA MU GUSENGA MUKUNDANE MUJYE INAMA
MWANYUZE MURI BYINSHI IBIBAGERA (...) -
Abantu bagushyigikira bagushakamo indamu, ariko Imana igushyigikira ku buntu! - Everlyn Muyonga
4 March 2014, by Simeon NgezahayoEverlyn ni umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya, wubatse imitima ya benshi cyane cyane kubera album ye yise “Mpango Wa Kando” yakoranye na mugenzi we Gloria Muliro. Uyu muhanzikazi yakomeje avuga uburyo abantu dukunda kwitabaza Imana iyo turengewe n’iby’isi!
Mu kiganiro yagiranye na Uliza Links dukesha iyi nkuru, Evelyn yavuze uburyo Imana yakomeje kumushyigikira ku buntu nyamara umuntu we ngo agushyigikira agushakamo indamu!
Yagize ati “Ncuti yanjye, ndashaka kukubwira yuko umuterankunga (...) -
Sobanukirwa n’ibihe bitandukanye by’urukundo
2 March 2014, by Pastor Desire HabyarimanaBenshi mu bashakanye banyura mu bihe bitandukanye mu buzima bwabo bwo gushyingiranwa. Imibanire yabo imeze nk’indabyo zo mu busitani, kugirango zibumbure kandi zirabye, zigomba kwitabwaho hakurikijwe ibihe n’impinduka z’ikirere.
Itumba ry’urukundo
Ni igihe gitangirana n’igihe umuntu atwarwa n’urukundo afitiye mugenzi we, muri cyo gihe biba bimeze nk’aho uwatwawe agendera hejuru y’ibicu kandi yibwira ko ubuzima buzahora ari bwiza gutyo. Umuntu aba yibwira ko urwo rukundo ruzahoraho iteka kandi (...)
0 | ... | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | ... | 1850