Zaburi 7:9 (Uwiteka aracira amahanga urubanza, Uwiteka uncire urubanza rukwiriye gukiranuka kwanjye n’ukuri kundimo.) Ikigeragezo cy’Imana: Trial Imana ijya itugerageza. Yagerageje Aburahamu, igerageza n’Abisirayeli. Iyo Imana itugerageje, iba ishaka kugera (gupima) kwizera kwacu. Reka dusome ijambo ry’Imana:
Guteg. 8:2 (Kandi ujye wibuka urugendo rwose rwo mu butayu, Uwiteka Imana yawe yakuyoboyemo iyi myaka uko ari mirongo ine, kugira ngo igucishe bugufi, ikugerageze imenye ibyo mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Itandukaniro ry’ikigeragezo cy’Imana n’icya Satani (Trial vs. Temptation) – Joyce Meyer
5 December 2013, by Simeon Ngezahayo -
Yewe Siyoni wicaranye n’umukobwa w’i Babuloni, iruka ucike.
8 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneZEKARIYA 2 :11 : Yewe Siyoni wicaranye n’umukobwa w’i Babuloni, iruka ucike.
Bibiriya ikunze kuvuga umukobwa w’i Siyoni, n’umukobwa w’i Baburoni. Abo bakobwa, umwe ni umugeni wa Kristo(Siyoni), undi ni satani( Babuloni).Abo bakobwa bahora bahanganye kuko uw’i baburoni ahora arwanya uwi Siyoni kugirango atazaragwa ubwami bw’Imana.
Iyo rero umuntu yihannye ibyaha akakira Yesu nk’Umwami n’umukiza, aba abaye umukobwa w’i Siyoni. Noneho kuko aba asezeye imirimo mibi ariyo ya wa mukobwa w’IBaburoni, uyu (...) -
Igiterane cy’abari n’abategarugori nicyo kirafungura umwaka wa 2013 muri gospel
3 January 2013, by UbwanditsiIgiterane cyise Women and Destiny in divine connection kizaba ku cyumweru tariki ya 6/01/2013 muri Serena Hotel, aho kwinjira bizaba ari ubuntu, ni kimwe mu bikorwa binini bigiye gutangira umwaka wa 2013, ibi bikaba ari nk’agashya doreko ubusanzwe imyaka ibiri ishize wasangaga ibiterane n’ibitaramo bikomeye bitangira kugaragara mu kwezi kwa gatatu.
Muri iki giterane cy’abarin’abategarugori kizamara umunsi umwe ngo hazabaho inyigisho, ubuhamya ndeste n’ijambo ry’Imana bazagezwaho n’abakozi (...) -
Nyamirambo : Bajya gusengera mu buvumo
18 February 2013, by UbwanditsiUbuvumo bufite uburebure burenga metero ijana mu Mudugudu wa Rubona, Akagari ka Rugarama, Umurenge wa Nyamirambo, mu Karere ka Nyarugenge kuri Mont Kigali, abahaturiye bavuga ko hari ababwinjiramo bagiye gusengeramo.
Mukandayisenga Jacqueline, utuye hafi y’ubwo buvumo nk’uko yabitangarije Izuba Rirashe dukesha iyi nkuru, ngo hari abantu bajya gusengerama nubwo buteye ubwoba.
Umusaza Uwihanganye Laurent uzi neza ubwo buvumo avuga ko atari ahantu ho kuba abajyamo bakwizera umutekano ; (...) -
Azasanganya imitima y’abana n’iya ba se ngo atarimbuza isi umuvumo!
21 December 2015, by Alice Rugerindinda“Uwo niwe uzasanganya imitima y’abana n’iya ba se , kugirango ntazaza nkarimbuza isi umuvumo .” Malaki 3:24 / Malaki 4:6 “He will turn the hearts of the parents to their children, and the hearts of the children to their parents; or else I will come and strike the land with total destruction."Malachi 4:6 NIV
Imana itugirire neza. Ijambo umuvumo ni ikintu kibi kandi umuntu wese yakwirinda kuko kigira ingaruka mbi, haba muri iki gihe ndetse no mu kizaza. Reka nivugire ku guhura kw’imitima y’abana (...) -
Kwizera ni iki?
23 May 2013, by Ubwanditsi“Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari iby’ukuri” Abaheburayo 11:1.
Maze iminsi niga ku ijambo ryitwa “kwizera”. Kwizera ni imwe mu ntwaro zikomeye Umukristo agomba kwitwaza. Iyo Satani aduteye ashaka kudutesha ibyiringiro, rugomba kumuneshesha kwizera. Ni cyo gituma Abakristo bamwe babivamo (kuko batizeye), abandi bagahagarara kigabo (kuko bizeye).
Pawulo yandikira Abefeso, yagaragaje ko kwizera ari ko kugomba kugerekwa (...) -
Ibinyamavuta n’ibinyasukari biratugwa agatoki ku gutuma abantu basaza imburagihe
25 January 2013, by UbwanditsiAbahanga mu by’imirire bagaragaza ko hari ubwoko bw’ibiribwa umuntu ashobora gufata bigatuma asaza mu gihe gito, bitewe n’imihindagurikire y’umubiri.Muri ibyo biribwa, ibinyasukari n’ibinyamavuta biza ku isonga.
Amakuru atangazwa n’urubuga TrustAboutAbs, avuga ko hari ubushakashatsi bwagaragaje ko hari ibiribwa abantu bafata ugasanga bagaragara nk’abashaje kandi bakiri bato ; hakaba n’ibindi umuntu afata agakomeza kugumana itoto.
Mu bintu bitatu bijya mu mubiri w’umuntu bikagira uruhare ku buryo (...) -
Uko waba incuti y’umugabo wawe (Igice cya 1)
13 May 2013, by Simeon NgezahayoGushaka umunezero
Ubwo nasohokaga mu rusengero, nahuje amaso n’umugabo n’umugore we bari mu myaka ya za 40 barandasa. Hashize akanya, mbona baraseka banezerewe. Bitewe n’uko rero nari nkiri ingaragu, umunezero bari bafite warantangaje ni ko kwibaza nti “Abantu bari muri iki kigero babasha bate kuba bagikundana bene aka kageni? Ndamutse ntahuye ibanga ryabo, ni ko nibwiraga, nazaharanira kubaho nka bo!”
Ubu maze imyaka 20 nshatse, ariko nabonye ko urushako rwuje umunezero rushoboka kandi ari (...) -
Uziya wawe agomba gutanga Dr Masengo
7 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaYesaya 6:1 - Mu mwaka umwami Uziya yatanzemo, nabonye Umwami Imana yicaye ku ntebe y’ubwami ndende ishyizwe hejuru, igishura cyayo gikwira urusengero.
Nk’uko twabibateguje uyu mwaka utangira, inyigisho zacu z’uyu mwaka zigamije gufasha abantu guhura n’Imana. Uno munsi nashatse ko dusangira amakuru y’ukuntu Yesaya yabonye Imana.
Hari ibintu byishi byamfashije muri iki cyanditswe :
1) Mu mwaka Uziya yatanzemo (yapfiriyemo).
Uziya Umwami wa 11 wa Isiraheli yari umwe mu Bami bakomeye babayeho (...) -
Ubuhamya: Joyce Meyer na Dave baratugezeho uko umurimo w’ Ivugabutumwa bakora watangiye
15 June 2016, by Pastor Desire HabyarimanaMu mwaka w’ 1976,igihe Imana yavuganye n’umutima wa Joyce ko umunsi umwe azagira“inyigisho yagutse y’ivugabutumwa ”Yahise atekereza ikizabaho nyuma y’imyaka mirongo ine yari imbere.
Bivuye mu nyigisho za Bibiliya mu rugo rwabo…kumvikana ku ma radiyo make yavugiragaga mu gace k’iwabo…kugera ku mbaga y’abantu ingana na bibiri bya gatatu by’isi biciye mu kiganiro cyo kuri televiziyo kitwa:kunezererwa ubuzima bwa buri munsi(Enjoying Every day Life)
Dave na Joyce babonye Imana ikoresha Minisiteri yabo (...)
0 | ... | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | ... | 1850