Itorero ADEPR rirasabwa gukorera mu mucyo mu rwego rwo gukosora ibibazo ryari rimazemo iminsi byanatumye abagize biro ya komite nyobozi yaryo bahagarikwa ku mirimo yabo muri uyu mwaka.
Ibi ni ibyagarutsweho n’umuyobozi w’intara y’amajyepfo, Alphonse Munyantwari mu nteko y’iri torero yateraniye i Muhanga ku wa kane 18 Ukwakira 2012 ihuje abapasitoro bagize indembo 12 zigize igihugu.
Sheik Saleh Habimana, umukozi mu kigo cy’igihugu cy’imiyoborere myiza (RGB), yagaragarije abari aho amwe mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
ADEPR irasabwa gukorera mu mucyo
19 October 2012, by Ubwanditsi -
Uziko”Guseka” biha umutima umutuzo bikanarinda Stress
14 November 2012, by UbwanditsiMu bushakashatsi bwakozwe n’Abanyamerika, bagaragaje ko ”Guseka” bigabanya guteragura cyane k’umutima kandi bigafasha kwirinda Stress, bikaba ari ibyatangajwe muri ”Psychological Science” muri Amerika.
Sarah Pressman, umushakashatsikazi wo muri Kaminuza ya Kansas [Kansas University] avuga ko igihe uri mu bintu bituma ugira Stress nyinshi, jya ugerageza useke (umwenyure), yavuze ko guseka bidafasha gusa mu buryo bw’imibereho myiza [kubaho wishimye] ko ahubwo binarinda ihungabana ry’umutima. Mu (...) -
Hatahuwe indi ndwara idasanzwe imeze nka SIDA ku mugabane wa Asia
25 August 2012, by UbwanditsiKu mugabane wa Asia kuri ubu hamaze gutahurwa indwara ifite ibimyetso byenda kumera nk’ibya SIDA, gusa itandukaniro ni uko iyi ndwara kugeza ubu itarabonerwa izina idaterwa na Virus kandi yo ikaba itandura nkayo.
Iyigwa ryakozwe kuri iyi ndwara kuwa Kane tariki ya 23 Kanama 2012, ryagaragaje ko iyi ndwara imeze nka SIDA, nk’uko ikinyamakuru Lexpress.fr cyabitangaje.
Ikinyamakuru Le New England Journal of Medecine cyandikirwa mu Bwongereza, kuri uyu wa Kane cyagaragaje ko iyi ndwara (...) -
Kubika ubugingo Pasitori Zigirinshuti Michel
26 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaINTEGO : KUBIKA UBUGINGO
1 Abatesalonike 5 : 23-24 Imana y’amahoro ibeze rwose, kandi mwebwe ubwanyu n’umwuka wanyu, n’ubugingo n’umubiri byose birarindwe, bitazabaho umugayo ubwo Umwami wacu Yesu Kristo azaza. Ibahamagara ni iyo kwizerwa, no kubikora izabikora.
Hari amagambo abiri y’ ingenzi tugarukaho :1. Urukingo ; 2. Kubika ikintu mu buryo kitabora, ntikigage (Conserver)
Nkuko twabibonye, ubugingo bwacu nicyo kintu cy’ ingenzi cyonyine Kristo afite muri njye. Ntiyakundira ubugingo bwanjye (...) -
Rwanda: Abagera ku bihimbi 60 bahura n’ikibazo cyo gukuramo inda buri mwaka
10 January 2013, by UbwanditsiUbushakashatsi bwakozwe na Minisiteri y’ubuzima mu mwaka wa 2009 bwerekanye ko nibura mu Rwanda abagore n’abakobwa bagera ku bihumbi 60 bahura n’ikibazo cyo gukuramo inda buri mwaka.
Ubwo bushakashatsi bwagaragaje ko umubare w’abagore n’abakobwa bari mu kigero cy’imyaka 15 na 44, byagaragaye ko abagera kuri 25/1000 bahura n’ikibazo cyo gukuramo inda.
Ibi byerekana ko n’urubyiruko rwugarijwe n’icyo kibazo nk’uko Dr. Gedeon André Mulumba Mukendi ushinzwe serivisi zifasha abagore batwite mu bitaro bya (...) -
Kuri iki cyumweru Korale Hyssop yabateguriye igiteramo
6 December 2012, by UbwanditsiHyssop choir nimwe muri chorale za ADEPR ikaba ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya Muganza ku mudugudu wa Kiruhura . Hyssop choir (iryo zina ryavuye kugati kitwa Ezobu kakoreshwaga n’abatambyi iryo jambo mwarisanga muri Zaburi 51:9 )yatangiye gukora umurimo w’Imana mu mwaka wa 2004 ,itangijwe n’abanyeshuri 15 gusa ,iyo chorale yakomeje gukura mu mubare w’abaririmbyi no muburyo bw’imiririmbire,ikaba arimwe mu machorale aririmba neza .
Ubu bakaba bageze ku baririmbyi 40 benshi muri bo (...) -
Papa Francis aratangaza ko “atazaciraho iteka” abapadiri babana bahuje ibitsina
31 July 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa mbere ubwo Papa Francis yavaga mu gihugu cya Brazil yerekeza i Burayi, yatangarije ibitangazamakuru ko “atazaciraho abapadiri n’abasaseridoti babana bahuje ibitsina, mu gihe bagaragaza ubushake bwo gushaka Imana.”
Urubuga “The CNN Belief Blog” rwanditse ko iyi ari intambwe Papa ateye ava ku mahame abamubanjirije bari batsimbarayeho. Uru rubuga kandi rwatangaje ko iki ari ikimenyetso cy’uko niba atari ukwivugira, Papa atangiye gutezuka ku myumvire ya Kiliziya Gatolika ku bijyanye (...) -
Ubundi impamvu yo gushinga urugo ikwiye kuba iyihe?
1 October 2015, by Innocent KubwimanaHari ikibazo kimaze kuba nk’icyorezo kitwa gutandukana kw’abashakanye. Ntibikiri ibidasanzwe kuko ijanisha ry’ingo zitandukana rirushaho kuzamuka uko iminsi igenda ishira. Mu by’ukuri ugenekereje wavuga ko igisata cy’ingo kirarwaye ku buryo bugaragarira umuntu wese, kuko abajya kwandikisha ingo bahurira hamwe n’abajya gusaba ubutane.
Ibi ntibiri mu mugambi w’Imana na gato. Ubusanzwe twari tumaze kumenyera ko wenda biba mu bihugu bindi ariko n’iwacu bimaze gufata indi ntera. Biba agahomamunwa rero (...) -
N’ubwo Satani atazaguhungira kure humura ntacyo azagutwara
2 May 2016, by Ernest RutagungiraNk’uko ribigaragaza muri “Yakobo 4:7” ijambo ry’Imana rigira riti “Ni uko rero mugandukire Imana ariko murwanye satani, nawe azabahunga. Mwegere Imana nayo izabegera, iri jambo rero nk’uko ryumvikana rikaba ritanga ihumure kubazagandukira Imana, ariko rero umuntu akaba yanaryibazaho byinshi? Ese Satani azahunga ate umuntu, azahungira he? cyangwa umuntu we ni iki asabwa ?
Ni ukuri koko kuva ku bigishwa ba mbere Imana yatanze ubushobozi bwo kwirukana satani n’abadayimoni (Matayo 10:1), ariko iri (...) -
Dore ibiribwa byiza mu gihe ufite Stress
6 September 2012, by UbwanditsiBuri muntu wese agira umunaniro cyangwa se Stress mu buryo butandukanye kuko hari abaryama cyane, abandi bararira cyangwa se bagatera induru, abandi bakagira akazi kenshi gatuma bananirwa gusa abantu benshi baba bafite inzira nyinshi banyura muri iyi nzira y’umunaniro bitabateye ingorane nk’uko bitangazwa n’urubuga blogs.webmd.commu bitekerezo rwakusanyije mu bantu batandukanye.
Muri uku kurwanya Stress rero hakaba harimo gukora imyitozo ngororamubiri, mu gihe abandi bo bashobora kwifashisha (...)
0 | ... | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | ... | 1850