Guhera ku ya 8-9/03/2014, kuri ADEPR GATENGA, umudugudu wa KARAMBO, CHORALE BETHFAGUE yakoze igitaramo cyo kumurima album yabo bise "TURAKUMBUZA ABERA IJURU". Iki gitaramo cytabiriwe ku buryo budasanzwe ndetse kikaba hari n’isomo kiyisigiye.
Mu gihe cy’iminsi igera kuri 2 iki gikorwa cyari kimaze, cyagaragaye nk’igikorwa kidasanzwe kuri buri wese wari uhari. Cyaritabiriwe cyane ku buryo bwatunguye iyi Chorale nk’uko umuyobozi wayo Eustache KARERA yabitangarije ubwo cyari kigeze ku musozo. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
“LAUNCH YACU IDUSIGIYE ISOMO RIKOMEYE” CHORALE BETHFAGUE
11 March 2014, by Simeon Ngezahayo -
Ibyiringiro biri mu Mana honyine - Ben Edgington (igice cya 1)
29 April 2013, by Simeon NgezahayoBishobora kugutangaza, ariko Bibiliya yemeranya na Samuel Beckett cyane cyangwa buhoro. Ibyo twasomye bivuga mu magambo make igitabo cy’Umubwiriza muri aya magambo ngo "Umubwiriza aravuga ati “Ubusa gusa! Nta kamaro! Byose ni ubusa!" Umubwiriza 1:2.
Mbese urabyumva? Ijambo “ubusa” risobanura "umwuka" (waba uwo duhumeka cyangwa usanzwe). Ubusa ntibugira ubuzima. Ni uw’igihe gito, mu kanya gato urahera. Nguko uko ubuzima bwacu buri nk’uko Umubwiriza abivuga. Ariko hari ikintu kimwe cy’ingenzi (...) -
Rubavu: Byari agahebuzo mu Umugoroba wo kuramya no Guhimbaza Imana wateguwena Korali Evangelique
6 April 2016, by Ernest RutagungiraByari umunezero ku umugoroba wo kuri iki cyumweru tarikiya 3 Mata 2016, muri salle “Umucyo Christian Center (IGB) I Rubavu, ubwo haberaga igitaramo cyiswe umugoroba wo kuramya no Guhimbaza Imana, cyateguwe na Korali Evangelique ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Rubavu, Paroisse ya Gisenyi umududugu wa Bethfague.
Iki gitaramo cyateguwe mu rwego rwo gusabana n’abakunzi b’iyi korari baturutse mu mpande zitandukanye, uretse kwizihirwa n’indirimbo z’iyi korali abitabiriye iki gitaramo (...) -
Ni gute dukwiriye gusenga?
14 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNtibihagije gusenga gusa ahubwo gusenga neza birakenera,umukristo mwiza hari ibyo akwiriye kwitaho iyo asenga;muri byo harimo ko:
1.Mbere na mbere isengesho ryawe rigomba kuba iry’umukristo kuko utari we ritakora ku mutima w’Imana ;rikora ku mutima w’Imana iyo usenze wejejwe kandi wizeye Yesu kristo ko ari umwana w’Imana n’umukiza wawe.
.2.Ni byiza gusengana ubwitonzi kandi wubashye cyane ,ibi bigasaba kuba ufite kwizera guhagije.
3.Amasengesho yawe agomba kuba arimo urukundo no kwigirira (...) -
Umuhanzi Jean Torero n’Umuvugabutumwa Andrea mu ivigabutumwa mu gihugu cy’u Burundi
26 September 2013, by Simeon NgezahayoMu gihe bakomeje kwibikaho abakunzi benshi bo mu gihugu cy’abaturanyi cya Burundi, tutirengagije ko no mu Rwanda ariko bimeze, Umuhanzi Nsengiyumva Jean bakunze kwita Jean Torero hamwe n’umujyanama we akaba n’umuvugabutumwa w’ubushake Bwana Ndereyimana Andrea bombi batumiwe kuvuga ubutumwa aho i Burundi mu mpera z’iki cyumweru.
Nk’uko twabitangarijwe n’umuvugabutumwa Andrea akaba n’incuti ya Torero ngo urugendo rwabo ruzamara iminsi 4, aho itsinda rimwe ririmo na Terero rihaguruka kuri uyu wa kane (...) -
President BALAKA OBAMA arashyize avuye kw’izima
6 September 2012, by UbwanditsiNyuma y’igihe kirekire President Obama yaranze kuva kw’izima ku birebana no kuba ashyigikiye ababana bahuje ibitsina ,Hashije iminsi mike Obama atangaje ko atakibashyigikiye ,ibi bikaba byateye Abapastori b’Abirabura babarizwa muri Amerika gukora inama y’ikubagahu igamije kurebera hamwe uko bashyigikira Obama,bakanabyumvisha abakristo bayoboye bityo bakazanamutora mur’uku kwezi k’Ugushyingo doreko icyo bamwangiraga ar’uko yarashyigikiye ababana bahuje ibitsina.
Kuba Obama yarashyigikiye ababana (...) -
CEP INATEK yashyizeho komite nshya yo gukora umurimo w’Imana
6 May 2013, by UbwanditsiNk’uko umurimo w’Imana mu mashuri makuru na kaminuza usanzwe ukorerwa muri communaute bita CEP, izo komite zigira manda y’umwaka umwe w’amashuri hagatorwa izindi ku mwihariko wa buri shuri rikuru cyangwa Kaminuza.
Ni muri urwo rwego rero kuri uyu munsi taliki ya 28/04/2013 muri INATEK mu Karere ka NGOMA, Intara y’iburasirazuba habaye umuhango wo gusengera komite nshya izayobora CEP INATEK mu mwaka utaha.
Muri uwo muhango hagaragajwe ubuyobozi bwayoboraga CEP_INATEK mu mwaka ushize ku buryo (...) -
Ubufatanye bw’abavugabutumwa, abanyamasengesho n’abahanzi bo muri ADEPR bateguye igitaramo cyo gushimira Imana no gusengera u Rwanda
25 December 2012, by Patrick KanyamibwaKuri uyu wa kane tariki ya 27/12/2012, abavugabutumwa, abanyamasengesho n’abahanzi bo mu itorero rya ADEPR bateguye igitaramo cyo gushimira Imana ibyo Imana yakoze uyu mwaka wose ugiye kurangira ndetse no gusengera itorero n’igihugu cy’u Rwanda, icyi gitaramo cikazatangira saa moya z’ijoro kigeza saa tisa zijoro, kwinjira bikaba ari ubuntu.
Nkuko twabitangarijwe na Ev Sugira Steve umwe mubari gutegura kino gitaramo ngo intego yicyi gitaramo iri mu gitabo cya Bibiriya mu Abami I 5 :18.
Ngo (...) -
Bolivia: Itegeko rishya rigamije kugenzura amadini no gutegeka abantu imyizerere bagomba kugira
29 August 2013, by Simeon NgezahayoMu gihugu cya Bolivia hasohotse itegeko rishya rigamije kugenzura amadini no gutegeka abantu imyizerere bagomba kugira. Nk’uko bitangazwa n’abayobozi b’amatorero y’Abaporotesitanti, abantu ibihumbi bakoze urugendo rwo kwamagana iryo tegeko riha guverinoma ububasha bwo kugenzura imikorere y’amadini.
Kuri uyu wa 28 Kanama, umunyamakuru wa Morning Star dukesha aya makuru ukorera muri Amerika y’Epfo wari mu mujyi wa Cochabamba mu gihugu cya Bolivia yatangaje ko abayobozi b’amatorero (...) -
Duharanire kureba Yesu
7 October 2015, by Innocent KubwimanaHariho abagiriki mu baje gusenga mu minsi mikuru, basanga Filipo w’i Betsayida y’i Galilaya, baramwinginga bati ‘’ Mutware turashaka kureba Yesu.’’ Yohana 12:21
Yaba muri iki mu gihe cyashize, ubu ndetse n’ikizaza mu buryo butandukanye, abantu bifuza buri gihe kureba Yesu. Hari abamushaka ngo abakize indwara, abamushaka mu buzima bwabo mu bindi, abakeneye kubohorwa ingoyi zitandukanye, abifuza amahoro yo mu mutima baruhijwe, abakeneye imbabazi ze, abakeneye kugirirwa neza n’Imana mu buzima bwabo (...)
0 | ... | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | ... | 1850