Gahongayire Cynthia agiye kumurika alubumu ye ya mbere y’amashusho yise “Munzu y’Imana”, Iki gikorwa kizaba ku cyumweru tariki ya 31/03/2013 bibere kuri ADEPR Kicukiro Shell kuva saa munani z’umugoroba.
Nkuko Cynthia abitangaza ngo muri iki gitaramo azaba ari kumwe n’abandi bahanzi barimo Gonzague Abingenzi, Naphtal Hategekimana na Kolare Yakini kandi bizaba ari ubuntu kwinjira muri icyo gitaramo.
Ubusanzwe Gahongayire asengera ku rusengero rwa ADEPR Kicukiro Shell, akaba yaratangiye (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Umuhanzikazi Gahongayire Cynthia agiye kumurika alubumu ye ya mbere y’amashusho
27 March 2013, by Patrick Kanyamibwa -
Mube abera nk’uko na so wo mu ijuru ari Uwera
22 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNi gute wagira Umutima utunganye – Joyce Mayer
« Umwami Imana atwemera uko turi akatubaraho Gukiranuka igihe cyose twerekeza ku nzira y’ubukiranutsi »
« Matayo 5,48 : » Mube abera nk’uko na so wo mu ijuru ari Uwera »
Bene Data, twahawe itegeko ryo kuba abera, kandi iryo tegeko dutegetswe kuryubahiriza uko ryakabaye. Kugirango tubashe kumvira iryo tegeko ry’Imana rero, Imana iduha umutima wumva ufite ubushake bwo kugera kuri uko gukiranuka.
Nyamara ariko, iryo hame ry’ ubukiranutsi (...) -
Maze kuko ubugome buzagwira, urukundo rwa benshi ruzakonja.
12 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneMaze kuko ubugome buzagwira, urukundo rwa benshi ruzakonja. Ariko uwihangana akageza imperuka niwe uzakizwa. Matayo 24 :12-13.
Turi mu bihe bibi isi igenda igaragaza ko kugaruka k’Umwami wacu Yesu kutwegereye. Mu bintu bigaragaza ko kugaruka k’Umwami wacu kutwegereye, harimo ko ubugome buzagwira, abantu bakaba mu bihe birushya.
Noneho wa muntu witwa umukristo nawe aba muri iyo si irimo ibihe birushya. Nawe bimugiraho ingaruka. Ni umuntu ugira amarangamutima, ashobora kubabara, ashobora (...) -
Ibanga ryo kunesha ubwoba (Igice cya 2) - Yvan Castanou
12 May 2016, by Isabelle GahongayireIntambwe umunani zadufasha kubohoka ku bwoba:
1. Kumenya ko ubwoba ari amarangamutima aterwa n’umwuka mubi
“Kuko Imana itaduhaye umwuka w’ubwoba, ahubwo yaduhaye uw’imbaraga n’urukundo no kwirinda” 2 Timoteyo 1:7.
Umwuka w’ubwoba ni umwuka ufite kamere y’ubwoba. Mu yandi magambo, ni umwuka ufite ubwoba ugaragaza icyo ufite. Iyo tugumye mu bwoba, tuba dutumira uwo mwuka kugumana natwe. Hano munyumve neza, kugira ubwoba ntabwo bisobanura ko umuntu aba afite dayimoni y’ubwoba. Ariko guhorana ubwoba (...) -
Papa Francis yateguye isengesho ryo gusengera amahoro, yamagana ibitero kuri Syria
4 September 2013, by Simeon NgezahayoKuri uyu wa gatatu, Papa Francis yahamagariye Abakristu b’idini Gatolika n’abandi bose kwitabira amasengesho yateguye yo kwiyiriza ubusa no gusengera amahoro kuri uyu wa gatandatu. Yahamagariye abasaga 50,000 basanzwe bateranywa no kumva ijambo rye, arababwira ati "Reka ijwi ry’amahoro ryumvikane ku isi hose!"
Leta ya Vatican yatumiye abambasaderi babyemerewe mu kiganiro kizaba kuri uyu wa kane, kizaba gikubiyemo amabwiriza ku byifuzo bizasengerwa mu isengesho rizamara rya nijoro rizamara (...) -
Perezida Museveni ntashyigikiye ababana bahuje ibitsina
17 December 2012, by UbwanditsiMuri iki gihe ibihugu bitandukanye bigenda bisa nk’aho biha uburenganzira ababana bahuje ibitsina, Perezida wa Uganda Yoweri Museveni arakangurira abayobozi n’abayoborwa kudashyigikira ababana bahuje ibitsina.
Ibi Museveni yabitangaje kuri iki cyumweru tariki ya 16 Ukuboza 2012 ahitwa Namirembe kuri Katederali ya St. Paul, mu birori byo kwimika Rev. Stanley Ntagali ku buyozi bw’itorero rya “The province of the Church of Uganda.”
Perezida Museveni yagize ati ”Niba hari ababana bahuje ibitsina (...) -
USA: Aba Pasiteri 3 batwitswe bazira kubwiriza abanyeshuri mu materaniro ya Saa Sita
17 October 2013, by UbwanditsiNk’uko bijya bigenda mu bakozi ndetse n’abanyeshuri aho bafata umwanya mu gihe cy’akaruhuko ka Saa Sita bagasenga Imana doreko andi masaha baba bahugiye mu masomo ndetse n’akazi abavugabutumwa 3 bafashe umuhanda bajya kubwiriza nyuma bahura n’uruva gusenya.
Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika urubyiruko rw’abapasitori 3 rwatwitswe ruzirako rwarimo kubwira abanyeshuri bo mu kigo Washington state public school ibyerekeranye na Yesu Kristo kandi nta burenganzira rubifitiye rutangwa n’ikigo. (...) -
Impano twahawe iruta izindi ni ubugingo. Pasitori Emmanuel
8 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMPANO TWAHAWE IRUTA IZINDI NI UBUGINGO
1Yoh.3:1-3 Nimurebe urukundo ruhebuje Data wa twese yadukunze, rwatumye twitwa abana b’Imana kandi ni ko turi. Ni cyo gituma ab’isi batatumenye kuko batayimenye. Bakundwa, ubu turi abana b’Imana ariko uko tuzamera ntikurerekanwa. Icyakora icyo tuzi ni uko Yesu niyerekanwa, tuzasa na we kuko tuzamureba uko ari. Kandi ufite ibyo byiringiro muri we, yiboneza nk’uko uwo aboneye.
UMWAMI TWIZEYE AFITE BYOSE
Yh.1:1-4 Mbere na mbere hariho Jambo ; Jambo uwo (...) -
Nigeria: abantu basaga 58 biciwe mu mijyi ituwemo n’abakristo
10 July 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comUmutwe Boko Haram w’Intagondwa z’abayisiramu ukomeje gukaza ubugizi bwa nabi cyane cyane wibasira abakristo batuye mu gihugu cya Nigeria.Ku icyi cyumweru nibwo binjiye mu mujyi bahengera abakristo bava gusenga n’uko bica abagera kuri 58 harimo n’abayobozi bakomeye b’uwo mujyi bari bahururiye abarimo kwicwa ngo babatabare urugero ni nk’umusenateri Gyang Dantong nawe wabigendeyemo.
Abagera kuri 300 bose bateshejwe ibyabo barahunga kubera ubwo bwicanyi bukomeje kuharangwa.Gusa benshi baribaza (...) -
“Iyo nza kumvira ababyeyi…”
22 September 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbacamanza 14:1-3; Abacamanza16:18-21 Ese byigeze bikubaho ko ko ugeramu gihe kibi maze ukicuza impamvu wakigiyemo? Cyari igihe washoboraga kwirinda kugeramo kuko nta n’ikimenyimenyi nta nyungu igaragara wari ubifitemo. Cyari igihe cyerekaga amaso yawe ibimenyetso ko kizakubyarira amazi nk’ibisusa, ariko uhitamo kwirengagiza ibyo bimenyetso maze ucyijandikamo. Umaze kugera muri icyo gihe, ni bwo urimo kuvuga ayamagambo ngo:
“Iyo nza kumvira ababyeyi…” “Iyo nza gutega amatwi ibyo ababyeyi (...)
0 | ... | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | ... | 1850