Mbese umukristo yabaho mu buzima bwo kwinezeza? Kubera iki? Ibintu bifatika nabyo Imana ibitangamo imigisha. Ubwo haba hasigaye uko buri wese yabikoresha, ese isano iri hagati y’umubano umuntu agirana n’Imana no kunezererwa mu byo utunze bihurira he? Ubwo aha haza ikibazo cy’ubuzima bwitwa bworoshye ndetse n’ubundi bwa Gikristo.
Ese ibi byombi kubihuza byakunda? Ibi bituma hari ibyo bamwe bita ibyaha, abandi bakavuga ko nta rubanza bibacira. Nyamara Yesu ni umwe, ntahinduka kandi bose niwe (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Mbese Umukristo yabasha kwinezeza akanubaha Imana?
19 August 2015, by Innocent Kubwimana -
CHORALE SLOAM IRAKATAJE MU RUGAMBA RWO KWITEZA IMBERE !
11 March 2014, by Simeon NgezahayoChorale Sloam ikorera umurimo w’Imana mu itorero ADEPR, paroisse ya Gasave, umudugudu wa Kumukenke irakataje mu rugamba rwo kwiteza imbere.
Sloam yavutse mu mwaka w’ 1992, itangirana abaririribyi bake, Imana ikomeza kugenda iyagura ubu igeze ku baririmbyi 86 no ku bikorwa bitandukanye birimo ivugabutumwa n’ibindi by’iterambere.
Muri uko kwaguka, Sloam yagiye ikora umurimo w’Imana hirya no hino mu gihugu. Tuganira na Bwana Munyaneza Medard uyoboye iyi chorale, yadutangarije ko mu rwego rwo (...) -
Biraruhije ko umutunzi yinjira mu bwami bw’Imana.
5 June 2012, by Kiyange Adda-DarleneMariko 10 :23-25. Y esu araranganya amaso abwira abigishwa be ati : Erega biraruhije ko abatunzi binjira mu bwami bw’Imana ! abigishwa be batangazwa n’amagambo ye. Nuko Yesu arabasubiza ati « bana banjye, ni ukuri biraruhije ko abiringiye ubutunzi binjira mu bwami bw’Imana. Icyoroshye n’uko ingamiya yanyura mu zuru ry’urushinge, kuruta ko umutunzi yakwinjira mu bwami bw’Imana. »
Yesu aganiriza abigishwa be, yibanze ku bantu babiri akurikije uko yari amaze kuganira n’umutunzi. Uwambere yavuzeho (...) -
‘Outreach Magazine’ yasohoye urutonde rw’amatorero 100 manini kandi arimo gukura vuba - Michael Gryboski
26 September 2013, by Simeon NgezahayoIkinyamakuru cya Gikristo ‘Outreach Magazine’ gikorera muri Leta ya California gisohora ibitekerezo, inyigisho n’ibiganiro n’abapasiteri cyasohoye intonde ebyiri muri uku kwezi.
Itorero Lakewood Church of Houston (Texas) riyobowe na Pastor Joel Osteen, risengeramo Abakristo bagera kuri 43,500 ni ryo ryaje ku mwanya wa mbere ku rutonde rw’amatorero manini. Itorero ryaje ku mwakya wa kabiri kuri uru rutinde ni Triumph Church of Detroit, Mich. Iri torero ni ryo ryagaragaje gukura vuba, kuko (...) -
Abantu Bibiliya yita “Abakristo gito” ni bantu ki?
17 November 2013, by UbwanditsiIbyo kwitandukanya n’abakristo gito
“Nabandikiye muri rwa rwandiko ko mutifatanya n’abasambanyi. Ariko sinavuze yuko mudaterana rwose n’abasambanyi bo mu b’iy’isi, cyangwa abifuza ibibi cyangwa abanyazi cyangwa abasenga ibishushanyo, kuko iyo biba bityo mwari mukwiriye kuva mu isi. Ahubwo none nabandikiye ko mutifatanya n’uwitwa mwene Data, niba ari umusambanyi cyangwa uwifuza ibibi,cyangwa usenga ibishushanyo cyangwa utukana cyangwa umusinzi cyangwa umunyazi, umeze atyo ntimugasangire nawe” 1 (...) -
Waba uzi impamvu zitera abantu kugwa ?
23 May 2016, by Pastor Rukundo Octavea) Bubaka inyubako zitagira urufatiro (1Abakorinto 3 :10)
Akenshi abantu birengagiza ko dukizwa kubwo kwizera Kristo no kwihana ibyaha, arirwo rufatiro nyakuri rw’ubukristo kandi rukaba ari narwo twubakiraho imirimo yose dukora.
Bityo rero bamwe bagwa mu byaha ariko kubwo gutinya gutakaza icyubahiro,titres z’akazi bakishimira gukomeza gukora imirimo y’Imana nyamara nta ngororano kuko bayikorera hejuru y’umutima ubacira urubanza ariko ntibemere kwihana ngo basubire kurufatiro. Umurimo wose (...) -
Imbuto z’ Umwuka Wera Dr Fidèle MASENGO
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMBUTO N’IMPANO BY’UMWUKA WERA (Igice cya 1)
Abagalatiya 5 : 22-23 Ariko rero imbuto z’Umwuka ni urukundo n’ibyishimo n’amahoro, no kwihangana no kugira neza, n’ingeso nziza no gukiranuka, no kugwa neza no kwirinda. Ibimeze bityo nta mategeko abihana.
1Kor. 12:8-10 Umwe aheshwa ijambo ry’ubwenge n’Umwuka, undi agaheshwa n’uwo Mwuka ijambo ryo kumenya, undi agaheshwa n’uwo Mwuka kwizera, undi agaheshwa n’uwo Mwuka impano yo gukiza indwara. Undi agahabwa gukora ibitangaza, undi agahabwa guhanura, (...) -
Wari uzi ko kudamarara bizana akaga?
24 March 2016, by Umugiraneza EdithLuka 16: 19-30 Tuhasanga inkuru y’ Umutunzi n’umukene. Umurongo wa 19 uravuga uti" hariho umutunzi wambaraga imyenda y’imuhengeri niy’ibitare byiza, iminsi yose agahora adamaraye". Bigaragara ko uyu mutunzi nta gihe cyo gushaka Imana yagiraga, nta gihe cyo gusenga yagiraga, nta gihe cyo gusoma ijambo ry’ Imana yagiraga habe no kwita ku bakene. Twakwibaza ko icyo yatekerezaga, yarotaga, yahaga umwanya, yitagaho cyangwa yahaga agaciro, ari affaires cyangwa imishinga ye, gushaka amafaranga, (...)
-
Wari ukwiriye gupfa, ariko ntugipfuye ,kuko wajyaga uheka isanduku y’Uwiteka Imana!
4 October 2015, by Alice Rugerindinda“ Hoshi, igendere wigire Anatoti mu gikingi cyawe, kuko wari ukwiriye gupfa, ariko sindi bukwice muri iki gihe, kuko wajyaga uheka isanduku y’uwiteka Imana imbere y’umukambwe wanjye Dawidi, kandi kuko wababaranaga nawe mu byamubabaje byose” 1 Abami 2: 26
Hariho ibyo Imana yakwibukaho! Imana ishimwe cyane. Aya magambo yavuzwe na Salomo ubwo yari amaze kwima ingoma ayabwira Umutambyi Abiyatari .
Nkuko abantu bagira igihe cyo kwibuka abantu babagiriye neza, ababagiriye umumaro mu gihe runaka, (...) -
Imana ikora ibingana n’ imbaraga ziturimo Pastor Emmanuel
8 April 2016, by Pastor Desire HabyarimanaIMANA IKORA IBINGANA N’IMBARAGA ZITURIMO
Abefeso 3:20 Nuko Ibasha gukora ibiruta cyane ibyo dusaba, ndetse n’ibyo twibwira byose nk’uko imbaraga zayo ziri zidukoreramo.
Iri jambo riratwereka ko Imana ishoboye gukora ibirenze, ariko imbaraga zidukoreramo, nizo ziduhesha iby’Imana. Ikibazo suko Imana itaduha ibyo twasabye, ahubwo imbaraga dufite, nizo ziduha gusingira ibyo twahawe.
Dushaka kuzana ibintu ngo bitugereho, ariko tukabura imbaraga zibikurura ; turi imbere y’Imana, dusabe iduhe (...)
0 | ... | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | ... | 1850