Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aremeza ko intumwa Dr. Muhirwa Paul Gitwaza agiye kwimukira mu gihugu cy’u Burundi ndetse ko ariho agiye gukomereza umurimo we w’ivugabutumwa.
Mu kiganiro uyu muvugabutumwa yagiranye na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu harimo REMA TV, yavuze ko igihe cye cyigeze kugira ngo abe mu mutima w’Afurika. Aha umutima w’Afurika yavugaga akaba ari igihugu cy’u Burundi.
Apôtre Dr. Paul Gitwaza ubusanzwe akunze gutumirwa cyane na Perezida w’iki gihugu dore (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Apotre Paul Gitwaza ngo yaba agiye kwimukira I Burundi
15 April 2013, by Ubwanditsi -
Dukwiye kumenya igihe cyo gukora kw’ Imana!
24 December 2015, by Kiyange Adda-DarleneDusome Luka 10:40-42 haravuga ngo:” Ariko Marita yari yahagaritswe umutima n’imirimo myinshi yo kuzimana.Aho bigeze aramwegera aramubaza ati ”Databuja, ntibikubabaje yuko mwene Data yampariye imirimo? Wamubwiye akamfasha?”
Wongeye ugasoma muri Yohana 11:21 haravuga ngo: “Marita abwira Yesu ati :Databuja, iyaba wari hano, musaza wanjye ntaba yarapfuye.”
Igihe Yesu yasuraga umuryango wa Mariya na Marita, birashoboka ko yari afite akanya gato ko kubaganiriza gusa. Nubwo yari abasuye mu masaha yo (...) -
UMUHANZIKAZI GAGA GRACE MU GIKORWA CYO GUSURA ABARWAYI MURI CHUK
28 October 2013, by Simeon NgezahayoMu kiganiro na UWAMBAJE Marie Grace usanzwe azwi ku izina ry’ubuhanzi nka Gaga Grace, ndetse akaba azwi ku ndirimbo nka UMPE AKANYA na ARANYUZE yadutangarije ko nyuma yo kuririmba hari igikorwa we n’itsinda ayoboye ari ryo GIRA IMPUHWE barimo gitegura cyo gusura abarwayi bo muri CHUK.
Gaga Grace
Iki gikorwa kije gikurikira ibindi byagiye bibanza birimo gufasha imwe mu miryango 2 yo mu murenge wa Ndera. Ubu noneho kuri iki cyumweru taliki ya 27/10/2013 itsinda Gira Impuhwe ryerekeje muri (...) -
Igitaramo Rubavu Shima Imana
8 February 2013, by UbwanditsiNyuma y’igihe kitari gito i Rubavu hadategurwa igitaramo gikomeye ngo cyitabirwe n’abantu b’ingeri zose ubu noneho ngo haba harimo gutegurwa icy’imbaturamugabo kizaba ku itariki 24 /02/2013.
Iki gitaramo cyiswe Rubavu Shima Imana kikaba gitegurwa ku urwego rw’impuzamatorero,n’imiryango ya gikristo mu Rwanda nka A E E,Campuss pour Christ… igitekerezo cy’ikigitaramo cyazanywe n’umucuranzi akaba n’umunyamakuru ubarizwa i Rubavu mu mujyi wa Gisenyi FRERE Manu.
Tuganira n’abategura iki gitaramo (...) -
Umujinya n’amarangamutima biratugwa agatoki mukuba intandaro y’uburwayi bw’umutima
21 August 2012, by UbwanditsiUmujinya kimwe n’amarangamutima (emotions) bituma habaho itera ry’umutima ridasanzwe, bikaba bishobora kuba nyirabayazana w’imfu zitunguranye ku bantu basanganywe uburwayi bw’umutima.
Ibi bikaba byarashyizwe ahagaragara, n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Yale iherereye i New Haven muri Leta ya Connecticut mu gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ubu bushakashatsi bwayobowe na Doctor Rachel Lampert ku barwayi b’umutima bagera kuri 62, basuzumwe hakoreshejwe icyuma gipima ibibazo bituruka ku (...) -
Ibyiza byo guhuza kw’abavandimwe - Rev. Jean Baptiste Mugiraneza
7 July 2016, by Simeon Ngezahayo“Dorere, erega ni byiza n’iby’igikundiro, ko abavandimwe baturana bahuje!” Zaburi 133:1-3
Muri iyi isi hahora intambara hagati y’ibintu 2: ikibi n’ikiza, umwijima n’umucyo. Iyi Zaburi itubwira aho imbaraga z’ikiza zihishe, ko ari mu kubana abavandimwe bahuje, ndetse irabishimagiza ikavuga ko ari byiza bikaba n’iby’igikundiro.
Ijambo "bahuje" Bibliya y’Igiswahili ikoresha ijambo "umoja" naho iy’Icyongereza igakoresha ijambo "unity". Ibi bisobanuye ijambo bahuje bivuze ubumwe cg gushyira hamwe (...) -
Kigali: Itsinda HOH rikorera kuri facebook ryafashije imiryango itifashije
7 January 2014, by UbwanditsiNyuma y’aho abagize Itsinda HOH (Heaven is our Home) ubusanzwe rigizwe n’abantu bahuriye ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, batangije gahunda yo kuganira no gusangira ijambo ry’Imana kuri uru rubuga, noneho kuri ubu bateguye ndetse banakora igikorwa cyo gufasha imwe mu miryango itishoboye.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Mutarama 2014, nibwo abagize itsinda HOH (Heaven is our Home) bari mu murenge wa Muhima, akagari ka Rugenge umudugudu w’Impala mu gikorwa cyo gufasha bamwe mu batishoboye (...) -
Chorale Abatoranijwe (ADEPR Murambi), Gatenga mu giterane cy’iminsi 2 gifite intego yo “Guhembuka”
3 August 2013, by Simeon NgezahayoKuva kuri uyu wa 6 taliki 3 Kanama 2013, Chorale Abatoranijwe ikorera umurimo w’Imana muri Paruwasi ya Gatenga, Umudugudu wa Murambi yateguye igiterane kizamara iminsi ibiri. Iki giterane kizaba ku wa 3-4 Kanama 2013 gifite intego igira iti “Guhembuka…” Ibyak. 3:19.
Chorale Abatoranijwe
Muri iki giterane, Chorale Abatoranijwe ntizaba iri yonyine kuko izaba iri kumwe n’andi makorali yo muri ADEPR Gatenga n’ahandi. Ayo ni nka Chorale Sinapi yo muri ADEPR Mumena, Nyamirambo, na Betifague yo muri (...) -
Imbaraga z’ amasengesho.
14 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIMBARAGA Z’AMASENGESHO
AMASENGESHO NTABORA
Gushima Imana twibuka aho yadukuye ari ukuzirikana ko byose tubikesha Yo, igahabwa icyubahiro. Amasengesho ni urufunguzo rukinga kandi rugakingura kandi Imana yumva amasengesho. Uwasenze yasaza akavaho akanibagirana ariko amasengesho ye agumaho.
1. IYO AMASENGESHO ABAYE MENSHI, IJURU RIRATWISHAKIRA
Ibyak.10:1-3 Hariho umuntu w’i Kayisariya witwaga Koruneliyo, umutware utwara umutwe w’abasirikare wo mu ngabo zitwa Italiyana. Yari umuntu (...) -
Concert yabereye Fawe yagaragaje uburyo abanyeshuri baho bakunda Gospel music
16 October 2012, by Patrick KanyamibwaKu mugoroba w’ejo hashize taliki ya 14/10/2012 ahagana mu ma saa kumi mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya Fawe ibintu byari ibicika aho byagaragaye ko abanyeshuri bakunze cyane umuzika wa Gospel, ibyo bikaba byaragaragaye cyane mu buryo babaga bizihiwe iyo hagiraga itsinda cyangwa umuhanzi ugiye kubasusurutsa.
Iki gitaramo cyaje gusozwa nisengesho rya Pastor Aron aho yagize ati” amagambo navuga ntaruta ayo Imana yo ubwayo yavuga ati kandi turifuza ko iki kigo cya Fawe kiba icyambere muri (...)
0 | ... | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | ... | 1850