"Ntukavuge uti: Ni iki cyatumye ibihe bya kera biruta iby’ubu?" (Umubwiriza 7:10) Umuntu umwe yabonye inshuti isa n’iyihebye, arayibaza ati «Kuki wihebye?» Na yo irasubiza iti «Ejo hazaza hanjye ndabona ari habi». Atangaye cyane, wa muntu yongera kumubaza ati «Ni iki kikubwira ko ejo hazaza hawe ari habi?» Arongera ati «Uburyo nabayeho kera burabingaragariza.»
Muri iyi si ya none usanga abantu benshi bababajwe n’ubuzima bwa bo bwa kera. Ibi turabisanga no mu mateka y’isi nk’uko tubisoma mu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Mbese iminsi ya kera iruta iy’ubu?... - Emmanuel Diafwila
12 April 2013, by Isabelle Gahongayire -
Ndashima Imana yandokoye muri Jenoside - Umugiraneza
17 April 2013, by UbwanditsiNdifuza kubagezaho mu ncamake uko narokotse Jenocide yakorewe Abatutsi. Mu w’1994 ubwo Jenocide yakorwaga ku mugaragaro nari mfite imyaka 18, ndi umukobwa w’ inkumi wiga mu mashuli yisumbuye. Icyo gihe nasengeraga mu idini Gatolika, ndi Umukarisimatike. Nize mu ishuri ry’Ababikira ryari ku Kibuye ho mu ntara y’Uburengerazuba, mpabonera uburere bwiza bwangiriye umumaro mu buzima kugeza uyu munsi.
Nakundaga gusenga cyane, ariko bimwe by’ idini bisanzwe n’ubwo muri jye harimo gukunda Imana. Mu (...) -
Indiana, USA: Pastor yatesheje igisambo akoresheje imbunda ye!
25 October 2013, by Simeon NgezahayoNk’uko bitangazwa na NBC dukesha aya makuru, mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu Pastor yasuye inzu y’ububiko bw’Amadorali ‘Dollar General Store’ iherereye mu mujyi wa Evansville, atesha igisambo cyagenzwaga no kwiba ayo madorali ubwo yasohoraga imbunda ye agendana.
Police iratangaza ko iki gisambo cyitwa Jermaine Dewayne Marshall cy’imyaka 25 cyari cyitwikiriye bandanna mu maso, cyasabye ukora kuri guichet kugiha amadorali kikamutera ubwoba kizunguza igipupe kizingiye mu mwenda.
Pastor Carl (...) -
Intagondwa z’Abisilamu zishe Umukristo muri Somalia
20 June 2013, by Simeon NgezahayoIntagondwa zo mu karere ka Jamaame ho mu majyepfo ya Somalia zakomeje kugenza umusore w’imyaka 28 witwa Hassan Hurshe uhereye igihe yagereye mu gihugu cya Somalia aturutse muri Kenya mu mwaka w’2010.
Nk’uko byatangajwe n’Umusilamu umwe tutavuze amazina kubera impamvu y’umutekano we, guhiga Hassan ngo byaba byaratewe n’uko yahamyaga ko kuva yagera muri Kenya yakijijwe akaba Umukristo.
Abayoboke ba Al Shabaab ngo bataye muri yombi uyu musore Hurshe ku wa 7 Kamena 7 uyu mwaka, bamushyira mu (...) -
NIMUZE TWUBAKE INKIKE Y’IYERUSALEMU TUTAGUMYA KUBA IGITUTSI”NEHEMIYA 2:17-18″
25 March 2014, by Kwizera EmmanuelKu Kicukiro hari kubera umwiherero wahuje Abarimu, Abapasiteri, Abashumba, Abayobozi b’Amatorero y’Uturere n’Abayobozi b’Ururembo rw’Umujyi wa Kigali.
Muri uyu mwiherero wafunguwe n’Umuvugizi w’itorero ry’ADEPR, Rev Pastor Jean SIBOMANA wagarutse cyane ku nsanganyamatsiko iri muri Nehemiya 2:17-18 igira iti: “NIMUZE TWUBAKE INKIKE Y’IYERUSALEMU TUTAGUMYA KUBA IGITUTSI”.
Rev. Pastor Jean SIBOMANA yavuze ko Umubwiriza butumwa ndetse n’Umushumba bakwiye kuba ikitegererezo haba mu murimo ndetse no hanze (...) -
Gasabo: ADEPR Mukuyu hatashywe urusengero rufite agaciro ka 50,616,700 frws
1 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaItorero rya ADEPR-Paruwase ya Mukuyu ni rimwe mu matorero agize itorero ry’ADEPR Akarere ka Gasabo, kuri uyu wa Kabiri bakaba batashye ku mugaragaro urusengero rwubatswe ku bufatanye n’amatorero ya Koreya y’epfo, urusengero rwuzuye rutwaye akayabo ka Miliyoni mirongo itanu, ibihumbi Magana atandatu na cumi na birindwi n’amafaranga Magana arindwi y’u Rwanda (50,616,700 frws).
Ibi birori byitabiriwe n’itsinda ry’abashumba baturutse muri Korea y’epfo, abagize nyobozi y’ururembo, abashumba b’ama (...) -
Nice: Urugendo rwo kwamagana inzara!
5 April 2013, by Simeon NgezahayoKuwa 26 Gicurasi 2013, mu mujyi wa Nice hateganijwe urugendo rwo kwamagana inzara. Uru rugendo ruzatangirira ahitwa Garibaldi, ku muhanda wa 06300. Uru rugendo rwateguwe n’umuryango Action Contre la Faim, kandi buri wese ashobora gutanga inkunga guhera kuri €10 kuzamura, agahabwa inyemezabwishyu.
Uru rugendo ruzakorwa ku ntera ya kilometero 10 rwateguwe mu rweogo rwo gukangurira Abakristo bose kwita ku kibazo cy’inzara yugarije abatuye isi. Biteganyijwe ko abazitabira urwo rugendo (...) -
Abategarugori ba New Life Bible Church bateguye igitaramo cy’imideri
27 May 2012, by Patrick KanyamibwaNew Life Bible Church nyuma yo gutoza no gufasha abari n’abategarugori basengera kuri urwo rusengero kwihangira imirimo no kugira ikintu bakora cyabatunga, kuwa gatandatu tariki ya 2/06/2012 abari n’abategarugori bateguye umunsi wo kwerekana imwenda n’ibindi bikorwa bitandukanye bakora harimo byinshi by’ubugeni.
Uyu munsi wose uzarangwa n’imurikabikorwa ku buryo abazabibasha bazagura ibyo bikoresho bitandukanye bimurikwa, hakazaba n’ibyakozwe n’umunyabugeni w’icyamamare Jonathah Ojara. Iyi (...) -
Dukwiye koroha tukemerera Imana kudukoresha icyo ishaka
28 July 2015, by Innocent KubwimanaDore uko ibumba rimeze mu ntoki z’umubumbyi, ni ko namwe mumeze mu ntoki zanjye, mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe. Yeremiya 18 :6
Umushwi w’inkoko ntiwabasha guhinduka isake nziza ibika nk’uko mubizi iramutse itemeye kumena igi ngo isohokemo, ibindi bikurikire hanyuma. Akanyugunyugu ntabwo kahinduka agasimba keza nk’uko mukabona harurguru n’amabara meza karamutse gashatse kuguma muri cya kindi kigenda gikururuka hasi ku butaka.
Umuntu aramutse agumanye imyumvire yo guhora mu bya kera ntabwo (...) -
Hollywood: Umukinnyi wa film ‘Meagan Good’ yanze gukina ku myanya avuga yuko itubahisha Imana!
28 February 2014, by Simeon NgezahayoMeagan Good ni umukinnyi wa film, ariko w’Umukristo. Uyu mukinnyi aherutse gutangaza yuko amafilime atajyanye n’imyizerere ye nk’Umukristo atagomba kuyakinamo.
Meagan uyu yashakanye na n’umunyamabanga nshingwabikorwa wa Hollywood akaba n’umuvugabutumwa DeVon Franklin, atangaza yuko imyizerere ye nk’Umukristo ishobora guhuza na bimwe bikorerwamo n’ubwo hari n’ibindi yirinda.
Inkuru dukesha The Christian Post yaganiriye n’uyu mukinnyi iravuga yuko uyu mugore ngo yanze gukina role zambika abakinnyi (...)
0 | ... | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | ... | 1850