Ubu buhamya ni ubw’umuntu utarashatse kugaragaza amazina ye, ariko buragaraza imirimo itangaje y’Imana. Hari igihe abantu bashakira ibisubizo by’ibibazo byabo ahantu hatari ho, ariko Imana igira neza, ibyo yamukoreye byakubera ibihamya ko n’ibyawe yabikora.
Umva uko atangira avuga ati ’’Sinemeraga Imana ariko icyo Imana yankoreye cyanteye kuyizera!!’’
Ndi umunyeshuri wahuye n’ibikomeye cyane cyane mu ishuri kuko nagize ikigeragezo cyo gutsindwa cyane mu ishuri, ikizami cyose twakoraga (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ndi umugabo wo guhamya ko Imana iha ubwenge uwari umuswa, soma ubuhamya……
14 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Dominic Nic yateguye ibitaramo yise “Glory to Glory Tour 2014”
19 February 2014, by UbwanditsiUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Dominic Nic Ashimwe yateguye ibitaramo byo kuzenguruka mu bice bitandukanye by’intara z’igihugu yise “Glory to Glory Tour 2014”, ku ikubitiro azataramira i Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru tariki 09 Werurwe, dore ko ngo muri uyu mwaka nta gitaramo na kimwe azateganya gutegurira mu Mujyi wa Kigali.
Dominic Nic avuga ko agiye gukorera ibitaramo mu bice by’Intara kuko yasanze ngo abahanzi bakunda kwibanda cyane i Kigali, bityo ugasanga hari ikindi (...) -
Rick Warren aragenda yongera kugaragara imbere y’imbaga buhoro buhoro!
18 September 2013, by Simeon NgezahayoPastor uyoboye itorero rinini muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika akaba n’umwanditsi Rick Warren aragenda yongera kugaragara imbere y’imbaga buhoro buhoro.
Nyuma y’amezi atanu umuhungu w’umuhererezi wa Pastor Rick witwaga Matthew Warren yirasiye agahita yitaba Imana, ubu noneho Rick n’umufasha we bagaragaye kuri CNN mu kiganiro yagiranye na Piers Morgan kuri uyu wa kabiri taliki 17 Nzeli guhera saa tatu z’ijoro, avuga ku bwicanyi bukoreshwa imbunda. Muri iki kiganiro, Rick yibanze ku bwicanyi (...) -
Hari impamvu yatuma Imana yanga kugendana nawe
24 May 2016, by Alice Rugerindinda“ Nuko Uwiteka abwira Yosuwa ati: Byuka. Ni iki gitumye ugwa wubamye? Abisirayeli baracumuye kuko baciye ku itegeko ryanjye nabategetse, bagatwara kubintu byashinganywe, bakabyiba bakirengagiza ndetse bakabishyira mubintu byabo. Icyo nicyo cyatumye Abisirayeli batabasha guhagarara imbere y’ababisha babo bakabaha ibitugu, kuko bahindutse ibivume. Ndetse sinzongera kubana namwe ukundi, keretse murimbuye ikivume mukagikura muri mwe” Yosuwa 7: 10-12
Ubusanzwe abakristo babeshwaho no kumva ko (...) -
Korali Nehiroti ya ADEPR Ntora –Gasave yakoze igiterane mu itorero rya ADEPR Kicukiro
25 June 2012, by Ernest RutagungiraKorali NEHIROTI ni imwe mu makorari akorera umurimo w’Imana mu itorero rya Gasave ku mudugudu wa Ntore, iri zina “NEHIROTI” rikaba risobanura ngo “IBIVUZWA N”UMWUKA” rikaba riboneka muri zaburi 5:1, ikaba yaratangiye umurimo w’Imana mu mwaka wa 1997 ari abantu 8 ( ababyeyi 7 hamwe n’umugabo 1), kuri ubu bakaba bafite ishimwe rikomeye kuko ubu ba n’amaze kugera ku baririmbyi 51.
Ubwo twabasanganga mu itorero rya ADEPR kicukiro ku mudugudu wa Nyakabanda kuri iki cyumweru tariki ya 24 Kanama 2012, (...) -
Kuba abapasitori benshi batinya kuvugana n’ itangazamakuru, birushaho gutera impungenge - Bish.John Rucyahana.
28 November 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comIbi ni ibyavugiwe mu mahugurwa y’iminsi 3 aherutse gukorwa n’abanyamakuru b’abakristo mu Rwanda ku bufatanye bw’umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, aho bahugurwaga ku bintu bitandukanye birimo kureba uburyo ki itangazamkuru rya gikristo ryabeshaho abarikora kandi bakiranutse, kureba uburyo bakora umwuga wabo mu buryo bunoze, gukumira ndetse no gukemura amakimbirane, ndetse no kurebera hamwe uburyo bakomeza gukorera hamwe biteza imbere.
Abanyamakuru barebeye hamwe uburyo bashobora kuba umusemburo (...) -
Itsinda “The Blessing” mu myiteguro y‘igitaramo cyo kubyinira Imana: Ibintu bitamenyerewe mu Rwanda
5 July 2013, by Patrick KanyamibwaN’ubwo bitamenyerewe cyane inaha mu Rwanda, ku cyumweru tariki ya 4/08/2013 itsinda ribyina Kinyarwanda no ku buryo bugezweho “The Blessing Family” yateguye igitaramo cyo kubyina ibyino zitandukanye yaba iza Kinyarwanda n’izigezweho. iki gitaramo kizaba kirimo abahanzi batandukanye.
Nk’uko twabitangarijwe na Octave umuyobozi w’iri tsinda, ubu ngo imyiteguro igeze kure aho iki gitaramo kizabera akaba ari ku gicumbi cy’umuco i Remera, naho amasaha kizatangirira akaba ari saa cyenda z’umugoroba (...) -
Bwa mbere mu mateka y’u Rwanda, hateguwe Gospel Night Mix
11 September 2012, by Patrick KanyamibwaAbahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana, kuri uyu wa gatanu tariki ya 14/09/2012 baratamira abakunzi babo muri Restaurant Amani, kuva saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ibi bikaba ari mu rwego rwo gufasha abakunda ubuhanzi bw’ibintu byerekeranye n’Imana, kubona aho baruhukira kandi bishimana n’abahanzi babo.
Nkuko twabitangarije na Kwizera Ayabba Paulin umuyobozi wa Gospel Talent Promotion yateguye kino gikorwa, ubwo twaganiraga mu magambo ye yagize ati “Nyuma yo kubona ko umuziki wa Gospel mu (...) -
Mfite ibihamya by’ibyo Yesu yankoreye
21 August 2015, by UbwanditsiMbere yuko nkizwa ngo mpereze Yesu ubuzima bwanjye, ubusanzwe nizeraga ko Imana iriho ariko njye n’umuryango wanjye ntitwajyaga tujya mu rusengero.
Murugo habaga Bibiliya, ubundi najyaga mbona Papa akunda gusenga buri mugoroba, rimwe na rimwe akanaduha ubuhamya njye n’abavandimwe banjye ni mugoroba, kugira ngo adusinzirize neza.
Numvaga avuga Yesu, akamuvuga byinshi ariko ntabwo yigeraga ajya mu rusengero.
Inshuro 1 cyangwa 2 nibwo nigeze kujyana na nyogokuru gusenga. Umunsi umwe, nari (...) -
Urukundo rurusha byose kubaka umurimo w’Imana igice cya 1 CONSTANT Mahame
12 July 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUbusanzwe iyo dukurikiranye mu mibanire hagati ya yesu n’intumwa ze za mbere usanga yarakundaga kubamenera amwe mu mabanga y’ibizababaho mu bihe byari imbere nyuma namara gutandukana nabo, mubyo rero yakundaga kubabwira usanga akenshi yarabateguzaga ko bazangwa bagatotezwa yaba ari ubutegetsi bwariho icyo gihe cyangwa se bagenzi babo kandi babahora izina rye (Matayo 10,16-23).
Iyo urebye rero usanga muri izo ntambara zose bari kuzahura nazo baragombaga kugira izindi ngamba (strategies) (...)
0 | ... | 1450 | 1460 | 1470 | 1480 | 1490 | 1500 | 1510 | 1520 | 1530 | ... | 1850