Nk’uko twabibwiwe na Perezida wa Chorale EBENEZER, iyi Chorale ikorera umurimo w’Imana mu Rurembo rwa BUTARE, Paroisse ya CYARWA, Chapelle ya TUMBA ikaba igizwe n’abaririmbyi bahamagariwe gukora Umurimo w’Imana basaga mirongo itanu (50).
Iyi Chorale EBENEZER kugeza ubu yasohoye alubumu (audio) enye, iya mbere yasohotse muri 1997, iya kabili mu 2000, iya gatatu muri 2006 naho iya kane muri 2009, kandi banasohoye Alubumu Visuel imwe muri 2010 yitwa « hari igihe iceceka ».
Umurimo w’Imana muri (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Chorale Ebenezer yakoze igiterane mu rurembo rwa Kibungo
22 October 2012, by JOST Uwase -
Irinde gucogorera gukorera neza, uzahembwa
21 July 2015, by Innocent KubwimanaGucogora mu isi ni ibisanzwe cyane ko ibyo umuntu ashatse atari byo biba igihe cyose. Iyo umuntu agihamagarwa gukorera Imana aba agifite umuhati mwinshi, ariko kubera ukuntu isi yuzuyemo ibimeze nka do dani (twa tuntu dutuma imodoka zigabanya umuvuduko mu muhanda), ibi bituma umuntu acogora.
Ni kenshi abantu bahura n’imbogamizi zitandukanye zishobora kubabuza kuba muhamagaro wo gukorera Imana neza. Umuririmbyi yaravuze ngo ntiducogore gusenga kugeza ubwo Yesu azaza. Twe turi abagaragu (...) -
Ruhango : Umukobwa w’imyaka 15 yapfiriye mu rusengero ari gusengerwa
31 July 2012, by UbwanditsiPasiteri Francoise Mukamurenzi uyobora urusengero rw’idini rya Redeemed Church ruzwi nka Horeb Church, yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’aho umukobwa w’imyaka 15 apfiriye mu rusengero ayobora.
Nk’uko byanditswe na The New Times dukesha iyi nkuru, uyu mukobwa wapfuye yitwaga Ariette Tuyisingize, akomoka mu kagari ka Butare, Umurenge wa Kabacuzi ho mu karere ka Muhanga. Polisi yatangaje ko yavanywe iwabo n’ababyeyi be bavugaga ko yafashwe n’amadayimoni, basaba ko Pasiteri yamukiza.
Ubwo uyu (...) -
Igiterane cy’ ububyutse mu itorero rya ADEPR, Paruwasi ya Bibare, umudugudu wa Rukurazo
16 July 2012, by Alice RugerindindaKuri iki cyumweru tariki ya 15/7/2012, Ubuyobozi bw’umudugudu wa Rukurazo bufatanyije n’amakorari atandukanye ahakorera umurimo ariyo: Chorale Urumuri, Chorale Abakorera Yesu na Chorale Penueli, bwateguye igiterane cy’ububyutse no gushima Imana kubyo imaze kubakorera; muri icyo giterane hari hatumiwemo kandi na Chorale Ukuboko kw’iburyo yo mu itorero rya ADEPR Paruwasi ya Gatenga ndetse n’abavugabutumwa batandukanye.
Icyo giterane cyari cyararitswemo abantu benshi ku buryo urusengero rwari (...) -
Ibintu 3 abari mu marushanwa bazi
2 February 2016, by Ubwanditsi1 Abakorinto 9:24 - Ntimuzi yuko mu birori abasiganwa biruka bose, ariko ugororerwa akaba umwe? Namwe abe ari ko mwiruka kugira ngo mugororerwe.
Nk’uko nabibaseranije ku wa Gatandatu nkomeje kuvuga ku marushanwa turimo nk’abagenzi bajya mu ijuru ndetse n’ibikombe tubikiwe.
Iyo tureba amarushanwa abera mu isi, by’umwihariko amarushanwa tumaze iminsi twakira mu Rwanda harimo ay’amagare, ndetse n’aya ya CHAN, numva ari ngombwa ko nibutsa abantu andi marushanwa akomeye buri wese arimo. Buri mu (...) -
Choral Betiphage yagabiwe inka 7 ihabwa n’amafranga miriyoni imwe n’amaganabiri y’u Rwanda.
28 August 2013, by UbwanditsiKuri cyumeru gishize Choral betiphage ibarizwa ku umudugudu wa Betifague mu itorero rya ADEPR Gisenyi mu karere ka rubavu yashyize ahagaragara Album yayo y’amashusho mu igiterane cyahuje abantu beshi maze nyuma y’ijambo ry’Imana ryigishijwe na Pastor Jean Claude Iyakaremye habaho gahunda yo guhesha umurimo w’Imana agaciro hagurwa DVD maze bamwe mu baterankunga b’iyi korari bayigabira inka abandi batanga amafranga mu rwego rwo gukomeza gushyigikira iyi korari ndetse no gushesha agaciro umurimo (...)
-
Las Vegas: Umujura yagaruje Laptop 2 yibye mu rusengero ziri kumwe n’ibaruwa isaba imbabazi
25 October 2013, by Simeon NgezahayoUmujura utashatse kwivuga amazina yibye Laptops 2 mu rusengero rw’itorero ‘Central Christian’ mu mujyi wa Las Vegas, nyuma aza kuzigarura ku bushake bwe ziherekejwe n’ibaruwa isaba imbabazi ko yibye.
Laptop 2 zizingiye mu mupira, gigeretseho ibaruwa isaba imbabazi
Ubuyobozi bw’itorero buratangaza ko izo computers ngendanwa zibwe mu gitondo cyo ku cyumweru, ubwo Pastor Jud Wilhite yigishaga ijambo ry’Imana ku ntego yo gusaba imbabazi. Nyuma izo machine zaje kuboneka zizingiye mu mupira (...) -
Dudu Niyukuri yataramiye abitabiriye ijoro ryo gukesha ryabereye kuri Healing Centre
28 July 2012, by Patrick KanyamibwaMu giterane cy’urubyiruko “Youth in Revival time” ku nshuro ya kane kibaye muri uyu mwaka, kiri kubera kuri Healing Centre Church Remera, aho cyatangiye ku cyumweru tariki ya 22/07/2012 cyikazasozwe ejo ku cyumweru tariki ya 29/07/2012, umuhanzi Dudu Niyukuri Theophile ubarizwa mu gihugu cy’u Burundi yaraye ataramiye abantu benshi bari baje mu ijoro ryo kuramya no guhimbaza Imana ryagejeje mu gitondo ibyo abarokore bakunda kwita “Gukesha”, ibi bikaba byabaye mu ijoro ryo kuwa 27 kugeza mu gitondo (...)
-
Ese koko Imbyino za Drama zaba zimaze guta intego yazo ?
5 June 2013, by UbwanditsiIzi mbyino zikunzwe cyane mu nsengero zitandukanye , zitangiye kwibazwaho na bamwe mu bayoboke b’Amadini aho usanga iyo izi mbyino zizwi kw’izina rya Drama zigiye kubyinwa , abenshi bahitamo kurangarira mu bindi cg bagasohoka naho abandi bakareba ariko banegura abazibyina kubera imibyinire itandukanye isigaye igaragaramo .
Mubantu benshi bamaze kuduha ibitekerezo binyuranye , bemeza ko abakuru b’Insengero benshi badakunda izi mbyino cyane kuko babona ko ari ugushyigikira ya mico y’abantu (...) -
Sinteganya gucuranga cd ( play back), mu kumurika indirimbo zanjye « umuhanzi Ntirugirimbabazi Jean Pierre ».
9 August 2012, by Ernest Rutagungira« Mu kumurika indirimbo zanjye sinteganya gucuranga CD ( Play back), ngo mbeshye abazaza ko arinjye urimo kuririmba ahubwo nariteguye bihagije kuburyo nzaririmba imbona nkubone ( live), ikindi yaba ari ku ruhande rwanjye cyangwa se ku rw’abazamfasha gucuranga nta kibazo na kimwe » Aya ni amagambo twatangarijwe n’umuhanzi NTIRUGIRIMBABAZI Jean Pierre umwe mu bahanzi b’indirimbo z’Imana akaba asanzwe ari n’umurirrimbyi muri Korali Sion yo mu itorero rya ADEPR KICUKIRO umudugudu wa NYAKABANDA (...)
0 | ... | 1600 | 1610 | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | ... | 1850