Ikicyegeranyo cyakozwe n’umuhanga witwa Katherine Russel , ibi n’ibintu bikunze kugaragara munsengero mugihe cy’amateraniro bishobora nogutuma bamwe babangamirwa ntibazanagaruke murusengero bakimukira murundi bitewe niyo myitwarire,ibyo dukunda kwita ikigusha kubandi ,uyu munsi twahisemo kubagezaho ibyo bintu 10 bizira abantu bakunze gukora murusengero nimba nawe hari ikindi wumva yibagiwe gushyiramo wagishyira muri Comment yawe.
1. Gusakuza mugihe cy’amateraniro Talking during a service. 2. (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ibintu 10 bizira abakristo bakunze gukorera murusengero mu gihe cy’amateraniro
29 September 2013, by Ubwanditsi -
Imana yandutiye abantu bose nabonye!
20 April 2013, by Simeon NgezahayoNavukiye mu muryango wa Gikristo. Mu mutima wanjye naburanyaga Imana, cyangwa se nkayirakarira kubera ubuzima bwari bungoye. Naje guhura n’Umukristo duhuje agahinda, amfasha kumenya Imana. Ariko nakomeje kuzerera mu isi ntarahumuka, simbashe kubona Imana. Numvaga ntashaka kwizxera ko ibaho kugeza igihe izansangira ikanyiyereka.
Nujuje imyaka 24 ni bwo narwaye kanseri, ariko mu by’ukuri byari mu bushake bw’Imana kugira ngo inyiyereke. Muri ubwo burwayi ni ho nahuriye n’Imana. Yabanye nanjye (...) -
Alexis Dusabe yahereye muri ADEPR Gakinjiro amenyekanisha album ye nshya
11 March 2013, by UbwanditsiKu mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2013, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Alexis Dusabe yakoreye igitaramo cy’ivugabutumwa mu rusengero rwa ADEPR Gakinjiro cyashimishije abakristu bari bahakoraniye ariko anamenyekanisha umuzingo w’indirimbo we mushya yise “Njyana i Gologota”.
Alexis Dusabe yabwiye IGIHE ko iki gitaramo kidakwiye kwitiranywa n’ibindi bitaramo byo kumurika album abahanzi basanzwe bakora
Ati “Ibitaramo byo kumurika album ntabwo ari intego zanjye, (...) -
Ese koko birashoboka kubaho umuntu anyuzwe ?
14 January 2016, by Innocent KubwimanaIbyo simbivugiye yuko nakenaga, kuko uko ndi kose nize kunyurwa n’ibyo mfite. Nzi gucishwa bugufi nzi no kugira ibisaga.( Abefeso 4 :11,12)
Isi ituwe n’abantu iteka bifuza kubaho ubuzima butandukanye n’ubwo barimo. Akenshi umuntu aba atekereza ko aramutse abonye ibya mugenzi we aribwo yanyurwa. Igitangaje nuko uwo yifuza kuba nkawe nawe afite undi ashaka kumera nkawe, ushobora no gusanga uriya ushaka kugera ku rwego rw’abandi nawe afite abashaka kumera nkawe kuburyo bitoroshe kubona umuntu (...) -
Abantu bakwiye gutanga icyacumi nk’uko Imana yabitegetse – Apôtre Masasu
27 December 2015, by Pastor Desire HabyarimanaAbantu benshi ntibavuga rumwe mu gutanga icyacumi mu nzu y’Imana, kuko benshi badasobanukiwe akamaro k’iryo turo ndetse bamwe bakanga gutura Imana yabo ibyo yabakoreye ndetse banayishimira.
Iyo umuntu rero atuye icyacumi usanga haba harimo no gushimira Imana ye yamukoreye ibitangaza ndetse igatuma abasha no kubona ibimutunga niyo mpamvu hakwiye ko hatangwa icyacumi mu nzu y’Imana kuko gikubiyemo imigisha myinshi.
Ibyanditswe Byera byerekana uko Imana yategetse ko abantu bakwiye kuyiha (...) -
"UMUNTU UTABYAWE N’AMAZI N’UMWUKA NTAZINJIRA MU BWAMI BWO MU IJURU!" NI YO NTEGO Y’IGITERANE CY’IMINSI 7 MU ITORERO DCI - Rev. Pst Papias SINDAMBIWE
22 April 2014, by Simeon NgezahayoNyuma y’igiterane cy’iminsi 7 cyabaye muri Werurwe uyu mwaka cyari gifite intego yo “Kwinjira mu masezerano (Itang. 12:1-9), cyarimo abigisha nka Pst RWIBASIRA Vicent ukorera umurimo w’Imana mu Itorero BETESIDA HOLY CHURCH n’abandi, Itorero DORMITION CHURCH INTERNATIONAL ryateguye igiterane ngarukamwaka kimara amezi ane biga Ijambo ry’Imana iminsi 7 mu kwezi, kizatangira kuri uyu wa Kabiri taliki 22 Mata 2014.
Muri uku kwezi, iki giterane gifite intego yo “Kuvuka ubwa kabiri” iboneka muri Yohana (...) -
Ibintu bitatu biranga urugo rwiza
23 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaKubana neza kugira aho guturuka bigereranywa n’igiti gifite imizi miremire .iyo habaye ibibazo cyo kiguma gikomeye kuko kiba gifashwe na ya mizi. Ni nako urugo rwiza ruba rutanyeganyezwa n ,ikintu icyo ari cyo yose iyo rufite nibura ibi bintu bitatu bikurikira.
Andre Letzel yavuze ko ibyo bintu ari ingenzi cyane mu myubakire y’urugo rwiza bikaba ari byo:
Umubano w’umuntu n’Imana ni ikintu kiranga urugo rwiza kuko iyo buri muntu ku giti cye yubashye,akunze ndetse yumviye ijwi ry’Imana ibyo (...) -
Urashaka ko Imana igutuma?
23 October 2015, by Innocent KubwimanaYesaya 6:1-12
Abantu benshi bakunda gusenga bakoresha ijambo ngo Mana ntuma aho ushaka hose ndajyayo,Kandi rwose baba bamaramaje bumva koko bakeneye gutumwa, n’Imana nayo ikeneye abo gutuma ariko hari icyo bisaba kugira ngo uhinduke intumwa.
Uyu mugabo Yesaya yari umuhanuzi ukomeye cyane yahanuye ibintu byinshi bitandukanye kandi biranasohora, ariko mu mwaka umwami Uziya yatanzemo nicyo gihe Yesaya yabonye Imana ngo yari yicaye ku ntebe y’ubwami ndende ishyizwe hejuru,igishura cyayo gikwira (...) -
Isengesho ryo kwihana - Moise Uwizeye
22 June 2016, by Simeon NgezahayoIntangiriro
Yesu ashimwe, amazina yanjye nitwa Uwizeye Moise (PhD). Ndashima Imana kubw’uyu mwanya mbonye kugira ngo dusangire ku ijambo ry’Imana rivuga ku “GUSENGA”.
Iyo dusomye muri Yeremiya 33:3, dusanga ko GUSENGA ari ikiganiro ugirana n’Imana kiyihesha uburenganzira bwo kwinjira mu buzima bwawe. “Ntabaza ndagutabara, nkwereke ibikomeye biruhije utamenya.” Umuntu ni umuyobozi w’ubuzima bwe. Niyo mpamvu Imana ikenera uburenganzira bwo kwinjiza mu buzima bw’umuntu binyuze mu MASENGESHO. Niba (...) -
Ubuhamya bwa Yvonne: “Imana yankuye mu mwijima, inshyira mu mucyo!”
15 November 2013, by Simeon NgezahayoNakiriye Yesu Kristo kubera ibibazo nari ndimo. Yego nari nsanzwe muzi, ariko muzi nabi. Navukiye mu muryango w’abanyedini cyane, nanjye nkomeza imigenzo y’idini kuva mu bwana. Namaze imyaka 30 muri icyo kigare cy’idini, nyamara yari imigenzo itabasha kuziba icyuho cyari mu bugingo bwanjye. Ariko Imana ishimwe yabaye Umwungeri w’ubugingo bwanjye kuva mvutse! Nashatse umugabo mu w’1964, mbyara abahungu babiri. Hashize imyaka 8, natandukanye n’uwo twashakanye mu buryo bukomeye kandi bubabaje. Je (...)
0 | ... | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | ... | 1850