Mu buzima busanzwe tubamo iri jambo rikunda gukoreshwa cyane, hari igihe ujya nk’ahantu ushaka umuntu bakakubwira ngo tegereza gato arahuze, cyangwa byaba ibintu wenda ukumva ngo ni ugutegereza kuko ntibirava mu mahanga, hari n’igihe ashobora kuba ari umuntu mwahanye gahunda.
No mu Mana bijya gusa nibyo tubona kuko akenshi iyo dusenga tuba dusaba Imana, hanyuma yaho habaho igihe cyo gutegereza. Bibiliya hari icyo ibivugaho ku muntu wategereje Imana.
‘’Abami bazakubera ba so bakurera (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Nta mpamvu n’imwe yakumvikana yo kuva mu masezerano
18 August 2015, by Ubwanditsi -
Yesu afite ubushobozi. (Igice cya 1). Pasteur Patrice Mortorano
27 August 2015, by Kiyange Adda-Darlene"Yesu arababwira ati : Mwizeye ko mbishobora ? »Matayo 9 :28
Abagabo babiri babaga mu mw’ icuraburindi, babanaga n’ubumuga bwo kutabona. Noneho igihe kimwe Yesu abanyuraho, batangira gutaka bati : « Tubabarire mwene Dawidi ! »
Yesu yababajije niba bizeye ko yashobora kubakiza. Noneho bo bamusubiza beruye bati « Yego ». Kubera kwatura kwizera kwabo, abo bagabo babiri bakijijwe ubumuga bari bafite. Dore igitangaza rero! Mbega impano nziza Umwami yabahaye !! Iyi nkuru ntisanzwe rwose.
Mbese (...) -
Kuva navuka ntabwo ndakundana n’umukobwa-Dominic Nic
13 February 2013, by UbwanditsiMu gihe hari abasore n’inkumi bashyushye imitwe bitegura kwizihiza umunsi w’abakundana, Dominic Nic we nta kintu na kimwe mimubwiye. Kuva yavuka ntabwo rakundana n’umukobwa na rimwe.
Mu kiganiro n’uyu muhanzi mu ndirimbo zihimbaza Imana, yadutangarije ko atazi neza ibijyanye n’umunsi wa Saint Valentin. Kuva yava mu nda ya nyina ,Dominic Nic ntarizihiza uyu munsi na rimwe.
Ati: “Njye saint valentine nyifata nk’iyi minsi yose. Kuva navuka ntabwo ndakundana n’umukobwa biri serieux keretse kera (...) -
CEP-KIE ikomeje guhindura ubuzima bw’abanyeshuli mu buryo bukomeye!
29 November 2012, by UbwanditsiAbanyeshuri bo muri KIE, mu giterane cy’iminsi ine cyo gushima Imana bishimira ko kuva mu 2001 batahwemye kubwiriza aho ngo mu bwabwirijwe ubutumwa harimo abavuye mu ngeso mbi nk’ubujura, ubusambanyi, gukora nkana ibikorwa byangiza n’izindi ngeso.
Mu giterane cy’iminsi ine cyo kuva kuwa 27 kugera kuwa 30 Ugushyingo cyateguwe n’itsinda “Schilo” ryo kuramya no guhimbaza Imana ku bufatanye n’Umuryango w’Abanyeshuri b’Abapantekote biga mu Ishuri Rikuru Nderabarezi rya Kigali (CEP-KIE), aba banyeshuri (...) -
Chorale Evangelique Cyarwa yakoreye ivugabutumwa muri ADEPR Kamembe
18 June 2013, by UbwanditsiMu mpera z’icyumweru dusoje nibwo chorale Evangelique yo muri ADEPR Paruwase ya Cyarwa yagiye mu giterane mu Karere ka Rusizi muri ADEPR Kamembe ku mudugudu wa Bethel ahahoze hitwa mu Burunga. Icyo giterane cyari gifite intego iri mu Abefeso 5.15 “Nuko mwirinde uko mugenda mutagenda nk’abatagira ubwenge ahubwo mugende nk’abanyabwenge” Mu ijambo umuyobozi wa Paruwase ya Kamembe yavuze afungura igiterane kumugaragaro yavuze ko mugihe turikugera mu iterambere ryihuse ari ngombwa ko umukiristo (...)
-
Umukristo yatandukana ate n’ umupagani? Ernest
26 October 2015, by Ernest RutagungiraUwiteka Imana yawe nimara kukujyana mu gihugu ugiye guhindura ikirukana amahanga menshi imbere yawe, Abaheti n’Abagirugashi …..kandi Uwiteka Imana yawe nimara kuyakugabiza ukayatsinda , uzabarimbure rwose. ntuzagira isezerano usezerana nabo ….kuko bahindura Umuhungu wawe ntayoborwe nanjye,ahubwo agakorera izindi mana ibyo bigatuma wikongereza uburakari bw’Uwiteka, akakurimbura vuba.( gutegek 7:1-4)
Uyu ni umuburo wahawe ubwoko bw’Abisilayeli, Imana ibihanangiriza ko nibamara kugirirwa neza nayo (...) -
Igiterane mpuzamahanga cyari gitegerejwe na benshi mu gihugu cy’ Ubuhinde cyatangiye.
12 July 2013, by UbwanditsiNkuko benshi bari babimenye ko hagiye kuba igiterane mpuzamahanga mu gihugu cy’ ubuhinde mu mujyi wa Salemu Iki giterane cyatangiye saa kumi ku isaha y’ Ubuhinde. Iki giterane cyitabiriwe n’abakozi b’ Imana batandukanye kuva mu Rwanda aha twavuga nka Pastor Desire wavuye mu itorero rya ADEPR Gatare, Pastor Muyango Jimmy wavuye mu itorero rya Rwanda for Jesus, Mandy Zondo Johanna kuva Africa yepfo n’ abahinde barimo Pastor Benjamin Reynold nabanyeshuri babanyarwanda bavuye mu mpande zose z’ (...)
-
Imvugo wumve ibyo mvuga nturebe ibyo nkora ikwiye gucika ku bakozi b’Imana
24 January 2016, by Ernest RutagungiraAya ni amwe mu magambo ashushanya ubuzima bwa bamwe mu bigisha b’ijambo ry’Imana, nyuma yo gusohoka mu nsengero no hirya no hino mu matorero ya gikirisitu, aho usanga ibikorwa bya bamwe bihabanye cyane n’ibyo bigisha nyamara ugasanga ba nyir’ ukubikora birengagiza ko ibyo babwiye abandi nabo bibareba ndetse hari igihe kizagera bakabibazwa n’undi mucamanza utabera ndetse udasengera mu nsengero bayobora.
Ubuzima nk’ubu bwo kubeshyesha ururimi abakumva nyamara ukagaragarira mu mirimo ukora ni bumwe (...) -
Umuhanzi Niyonsaba Elissa yashyize ku mugaragaro indirimbo yise “ni Yesu wanyikundiye”
11 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaUmuhanzi Niyonsaba Elissa uzwi cyane ku ndirimbo “Nkwiye kubabarira” kuri ubu amaze gushyira ku mugaragaro indirimbo yise “ Ni Yesu wanyikundiye”.Ubusanzwe uyu muhanzi akorera umurimo w’Imana muri CEP KIST-KHI akaba amaze gushyira ku mugaragaro indirimbo zigera kuri 4, arizo: Ubwoba nibushire, Iyo atabaYesu, Nkwiye kubabarira na Ni Yesu wanyikundiye.
Mu kiganiro twagiranye n’uyu muhanzi yadutangarije ko mu murimo w’Imana harimo impano zitandukanye iye ikaba ari iyo kuririmba. Uyu muhanzi (...) -
Urubyiruko rukora Drama na Dance ya gospel twasuye abarwayi bo muri CHUK
20 August 2012, by Patrick KanyamibwaKuwa Gatanu tariki 17/08/2012, saa sita z’amanwa, urubyiruko rurenga 100 rwa za Drama team 8 zitandukanye ruyobowe na Shining Stars Drama team ya Evangelical Restoration Church Remera, rwasuye abarwayi bo mu bitaro bya CHUK, ruganira nabo rubashira n’ibintu bitandukanye birimo amasabune, imitobe (Juice), imbuto zitandukanye, ndetse n’ijambo ry’Imana.
Nkuko twabitangarijwe na Uwera Phanny umuyobozi wa Shining Stars Drama Team ERC Remera, itsinda rimaze imyaka 8 rikora, yadutangarijeko atari (...)
0 | ... | 1620 | 1630 | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | ... | 1850