Imana ntabwo yemera ko umuntu ababarira ubusa
‘’Kandi tuzi yuko ku bakunda Imana byose bifataniriza hamwe kubazanira ibyiza, ari bo bahamagawe nkuko yabigambiriye’’. Abaroma 8 :28
Niba mwarasobanukiwe ko muri ibisubizo by’amasengesho ya bamwe basengera mw ‘isi, mugomba no gusobanukirwa ko mbere yuko Imana ibashyiraho, Ibanza gufata umwanya wo kubategura.
‘’Muri Kristu, habaho ubuzima nyuma y’imibabaro!’’ Nubwo yari izi neza ko yatoranirije Mose kubohora ubwoko bwayo, Imana yohereje Mose mu butayu (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Imana ntabwo yemera ko umuntu ababarira ubusa
4 March 2016, by Isabelle Gahongayire -
Gukora akazi k’ijoro igihe kirekire bishobora gutera kanseri ya Prostate
25 October 2012, by UbwanditsiUbushashatsi bwakorewe mu gihugu cya Canada, bwagaragaje ko abagabo bakora akazi k’ijoro baba bafite ibyago byinshi byo kuzarwara kanseri ya Prostate, iyi kanseri ikaba ifata imyanya myibarukiro y’abagabo igatuma bitera ubugumba.
Kubura k’umusemburo witwa mélatonine bakunze kwita umusemburo w’ibitotsi mu mubiri, ngo bishobora gutera kanseri zitandukanye cyane cyane kanseri ya Prostate nk’uko urubuga rwa topsanté rubigaragaza.
Ubushakashatsi bwakorewe muri Kaminuza ya Québec mu gihugu cya Canada, (...) -
Bamwe mu bayoboke b’amadini barambiwe gutanga amaturo adasobanutse
17 July 2012, by UbwanditsiAbakirisitu bo mu madini atandukanye hano mu Rwanda bakomeje kwinubira uburyo bakwa amaturo n’abapasiteri, ntibahabwe n’ubusobanuro bufatika bwicyo ayo maturo azakora.
Nkuko bimenyerewe mu nsengero zitandukanye buri cyumweru abaje gusenga batanga amaturo, ndetse ngo hari n’abayatanga mu materaniro yo mu mibyizi.
Abakristo bamwe baganiriye na IGIHE, batangaje ko ngo ujya kumva barababwiye ngo nibatange ituro ryo gukodesha inzu ya Pasiteri, barangiza ngo nibatange ituro ryo kugura amazi ya (...) -
Twirinde mu byo tuvuga! Marcelle Kpan
22 May 2016, by Isabelle Gahongayire“Ufashe ururimi rwe aba arinze ubugingo bwe” (Imigani 13:3). Imana yifuza ko mu kanwa kacu havamo amagambo meza, y’ubwenge, akomeza abandi, y’amahoro, ahumuriza, yubaka abandi, ahesha abandi umugisha, yuje ibyishimo ndetse agusha neza. “Ururimi nirwo rwica kandi nirwo rukiza, abarukunda bazatungwa n’icyo ruzana” (Imigani 18:21).
Amagambo yacu ashobora kubaka, kuzura, gukiza cyangwa kwica, guhagarika cyangwa kuzimya. Tugomba rero kuba maso mu magambo tuvuga, tugatekereza mbere yo kuvuga. Tugomba (...) -
Miss Isimbi Deborah n’umukunzi we basabye imbabazi Itorero
12 March 2013, by UbwanditsiNyampinga wa Kaminuza Nkuru y’u Rwanda wa 2012 Isimbi Deborah nyuma yo gutwara inda we n’umukunzi we Safari Bryan; bafashe umwanya wo kwihana imbere y’Imana mu rusengero rw’Abangirikani ruri i Remera.
Bamwe mu basengera mu itorero ry’Abangirikani ry’i Remera bavuga ko kuri iki cyumweru tariki 10 Werurwe 2013; ari bwo nyampinga Isimbi Deborah ari kumwe n’umukunzi we Safari Bryan bagiye bagiye mu rusengero bagasaba abakirisitu imbabazi.
Isimbi yagiye imbere yitorero agira ati “ ndashima Imana ko (...) -
Umuhanzikazi Gerardine Muhido amaze kugera ku bikorwa byinshi.Vuba aha araza mu Rwanda!
10 June 2012, by Peter Ntigurirwa/isange.comMu gihe kingana n’imyaka hafi 2 umuhanzi Geraldine Muhindo amaze atagaragara mu ruhando rw’abahanzi ba gospel mu Rwanda mu ma concert ndetse n’ibiterane bitandukanye nkuko benshi bari babimenyereye bakaba baribazaga amakuru ye, ubu noneho igihe kirageze ngo abakunzi be ndetse n’abakunzi ba gospel bose muri rusange kuri ubu amaze kugera ku rwego ashimirwa n’abaturage ba Kenya.
Nk’uko abitangaza , Gerardine Muhindo kuri ubu atuye mu mujyi Nairobi mu gihugu cya Kenya ku mpamvu z’amasomo (...) -
“Imana yumva amasengesho” Katy Perry
23 January 2014, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika uririmba injyana ya pop, Katy Perry, aherutse kwerura avuga yuko Imana yamushubije ku byifuzo yasengeye. Perry yavukiye mu muryango w’Abakristo, kandi ahamya yuko atigeze atandukira ngo areke kwizera Imana. Kugeza ubu rero, Perry amaze iminsi asengera gushira amanga.
Singer Katy Perry performs at the 2010 MuchMusic Video Awards in Toronto, Canada on June 20, 2010.
Amaze kwibuka ko "Imana yumvise gusenga kwe" ubwo yasengeraga ubuzima (...) -
Umuryango CYOPSD mu gikorwa cyo guhugura urubyiruko rwa Gikiristu
7 January 2014, by UbwanditsiKuva tariki ya 10 kugeza tariki ya 12 Mutarama 2014, ku rusengero rw’Itorero ry’Inkuru Nziza mu mujyi wa Kigali hateganijwe igiterane cy’iminsi 3 kizahuza urubyiruko ruturutse mu matorero atandukanye yo mu Rwanda cyane cyane urubarizwa mu mugi wa Kigali. Icyo giterane cyateguwe na CYOPSD (Christian Youth Organization for Physical and Spiritual Development), ihuriro ry’urubyiruko rwa Gikiristu ku isi rikaba n’umuryango utegamiye kuri Leta ugamije guteza imbere urubyiruko mu mibereho y’umwuka (...)
-
Iyo nzira Imana ikunyuzamo nimara kukugerageza uzavamo umeze nk’izahabu
30 July 2015, by Innocent Kubwimana‘’Ariko izi nzira nyuramo, nimara kungerageza nzavamo meze nk’izahabu’’ Yobu23:10
Yesu yuzuzwa umwuka Wera, ava kuri Yorodani ajyanwa mu butayu, amarayo iminsi mirongo ine ageragezwa n’Umwanzi. Muri iyo minsi ntiyagira icyo arya, nuko arasonza. (Luka 4:1-2)
Abantu benshi bakunda kugira amazina akomeye, kuba mu mashimwe, gukomera, kubaka amazina n’ibindi ariko ibi byose biva mu kwihanganira inzira zose Imana ikunyuzamo. Zishobora kuba ubutayu, ibigeragezo by’uburyo butari bumwe ariko nyuma yabyo (...) -
Korali Abatoranijwe ADEPR-Murambi (Gatenga) yahinduye izina yitwa ’Besalel’
9 January 2014, by Simeon NgezahayoKorari yahoze yitwa ABATORANIJWE ni imwe mu makorali akorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR, umudugudu wa Murambi, Paruwasi ya Gatenga. Iyi korali imaze kumenyekana mu bikorwa bitandukanye kubera imiririmbire yayo igezweho n’ibicurangisho bihagije ku buryo benshi bemeza ko kugeza ubu ibarizwa mu makorali ahagaze neza muri iki gihe.
Agakiza.org imaze kumenya amakuru y’uko iyo korali yahinduye izina itacyitwa Abatoranijwe, twegereye Umuyobozi w’iyo korali Bwana NIZEYIMANA J.Paul atubwira (...)
0 | ... | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | 1710 | 1720 | ... | 1850