Ubundi iyo umuntu ari imbata y’ikintu nicyo kiba kimutegeka, urugero umuntu ashobora kuba imbata y’ibiyobyabwenge, aho hakaba ariho umutima we wibera, nubwo yashaka kubireka kuko biba byaramubase ntabwo bimworohera ahubwo agengwa nabyo.
‘’Babasezeranya umudendezo nyamara ubwabo ari imbata z’ibiboze, kuko icyanesheje umuntu kiba kimuhinduye imbata yacyo.’’ 2Petero 2:16
Yesu rero yabonye ko ubwo bubata bumereye nabi umwana w’umuntu nicyo cyamuteye kuza mu isi kugira ngo adukure mu bubata bw’icyaha (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Ntitukiri imbata z’icyaha ahubwo turi iza Kristo
9 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Ukwiye gukomera ku gakiza kawe!
28 March 2016, by Ngarambe Damascene“…Biragatsindwa n’Uwiteka kuguha gakondo yaba sogokuruza banjye.”(1 Abami: 21:3)
Aya ni amagambo Naboti w’i Yezereri yashubije umwami Ahabu ubwo yamusabanaga umuhati uruzabibu rwe kuko rwari hafi y’Ibwami. Nk’umwami, yarafite byose; bityo ahitishamo Naboti kumuguranira akamuha urundi ruzabibu rururuta ubwiza cyangwa akamuha ibiguzi byarwo nk’ ifeza (n’ukuvuga amafaranga yose yakwifuza. 1 Abami 21:2)
Aha natangajwe cyane n’igisubizo Naboti nk’umuntu wohasi cyane, yatinyutse gusubiza Umwami (...) -
Umuhanzi Musabe Dieudonne akomeje gahunda yo gutaramira abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye
2 November 2012, by Patrick KanyamibwaUbwo twahuraga mu mugi wa Kigali, ava ku kazi dore ko ubu ari gukora ibijyanye n’ubugeni, umuhanzi Musabe yadutangarije ko kuwa gatanu tariki 2/11/2012 azatarami abanyeshuri bo mu Academy Secodary school, ku cyumweru tariki 4/11/2012 ataramire abanyeshuri bo muri LDK hanyuma tariki 8/11/2012 azataramire abanyeshuri bo muri Agahozo Shalom Rwamagana icyigo cy’abana b’imfubyi. Nkuko yakomeje abidutangari, ngo kuriwe abona Imana yaramuhaye umuhamagara wo gukorana n’abanyeshuri cyane ko abiyumvamo (...)
-
Umusalaba ni iki ?
31 March 2016, by Kiyange Adda-DarleneIjambo ry’umusaraba ku barimbuka ni ubupfu, ariko kuri twebwe abakizwa ni imbaraga z’Imana. (1 abakointo 1 : 18) Kera mu ba Isiraheri, kubambwa cyari igihano cy’inkozi z’ibibi cyangwa se cy’abagome. Iyo umuntu yahamwaga n’icyaha cy’ubugome yarabambwaga.
Yesu Kristo yaciriwe urubanza rwo kubambwa ku musaraba atari uko ari umunyabyaha ahubwo ari ukugira ngo ibyanditswe bisohore, apfe, amaraso ye acungure umwana w’umuntu.Yarasuzuguwe, abambanwa n’ibisambo kimwe i buryo ikindi i bumoso bwe kugira ngo (...) -
Ese waruzi icyo Bibiliya ivuga k’Ubutinganyi ?
28 October 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIsi igeze ku ndunduro yayo aho ibizira byinjiye ahera ha hera; Itorero rya Kristo murusheho kuba maso; ibyo turi kubona n’ibimenyetso byanyuma byo gukora ku mugaragaro kwa Anti Kristo no kugaruka kwa Yesu Kristo; Abasoma neza Bibiliya; ibi byose byarahanuwe kandi bigomba gusohora.
Ubutinganyi Imana yagiye iburwanya yivuye inyuma; nawe soma iki cyanditse wiyumvire; kandi aha byari kubafata gusa baryamanye; noneho ibaze bibaye kubana bihoraho?
” Umugabo naryamana n’undi mugabo bazaba bakoze (...) -
Nyuma yo kugerwaho na gahunda ya hanga umurimo Techware Solustions Rwanda LTD irashimira Imana inishimira ibikorwa imaze kugeraho ari.
18 October 2012, by VitalKuruyu wa gatanu wo kuwa 12/10/2012 i Remera kuri Alpha Palace Hôtel habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda ya Techware Solutions Rwanda LTD yo gukoresha mudasobwa [computer (ordinateur)] imwe ku bantu benshi icyarimwe ndetse no gukangurira abandi kurushaho kuyitabira ngo kuko ifite inyungu nyinshi mu buryo butandukanye haba mu gukoresha amafaranga make ndetse n’umuriro w’amashanyarazi muke.
Ibi rero bikaba bishobotse nyuma yaho gahunda ya hanga umurimo iziye ku ikubitiro iyi (...) -
Chorale Louange CEP/KIE ikomeje ingendo z’ivugabutumwa
20 December 2012, by BYABEZA Levis PasteurNyuma y’aho ishyiriye ahagaragara umuzingo wayo ugizwe n’indirimbo zigaragaraza amashusho, Korali LOUANGE yo muri KIE ikomeje gukora ingendo hirya ni hino.
Kuri iki cyumweru taliki ya 23/12/2012 izaba iri mu ntara y’iburasirazuba, umudugudu wa RWIKUBO muri paruwasi ya RWIKUBO aho bazafatanya n’aba Kiristu baho guhimbaza Imana guhera saa tatu kugera saa kumi n’ebyiri.
Twegereye umuyobozi w’iyo korali HABINEZA Theogene adutangariza ko intego bafite ari ukugeza ubutumwa bwiza bwumvikana mu (...) -
Ibintu 3 Imana igirira abantu bikwiye gutuma bayubaha uko umutima uteye/ Ev. Jotham
10 July 2015, by Ubwanditsi1.URUKUNDO: Abaroma 5:8 ariko Imana yerekanye urukundo rwayo idukunda,ubwo Kristo yadupfiraga tukiri abanyabyaha.
Paul we yavuze ko uru rukondo rw’Imana rurenze uko rwamenywa kuko Imana yakunze isi kandi ari mbi kubw’icyaha yari yakiriye muri Adamu. Urukundo nirwo rwayiteye kwiyunga natwe muri Kristo tutabisabye ahubwo kuko idukunda (2 Abakorinto5:19).
Ntabwo Imana idukunda kuko twakiranutse kuko nta nuko tugira ahubwo urwo rukundo rusumba ububi bwacu, kuko iyo umwana wumuntu yananiranye (...) -
Dukwiye kumenya igihe cyo gukora kw’ Imana!
24 December 2015, by Kiyange Adda-DarleneDusome Luka 10:40-42 haravuga ngo:” Ariko Marita yari yahagaritswe umutima n’imirimo myinshi yo kuzimana.Aho bigeze aramwegera aramubaza ati ”Databuja, ntibikubabaje yuko mwene Data yampariye imirimo? Wamubwiye akamfasha?”
Wongeye ugasoma muri Yohana 11:21 haravuga ngo: “Marita abwira Yesu ati :Databuja, iyaba wari hano, musaza wanjye ntaba yarapfuye.”
Igihe Yesu yasuraga umuryango wa Mariya na Marita, birashoboka ko yari afite akanya gato ko kubaganiriza gusa. Nubwo yari abasuye mu masaha yo (...) -
Women Foundation Ministries yateguye igiterane cy’abari n’abategarugori ku nshuro ya kabiri yise « All women together, Women’s conference 2012”
19 July 2012, by Patrick KanyamibwaWomen Foundation Ministries yateguye ku nshuro ya kabiri igiterane ngarukamwaka cyitwa “All Women together” gihuza abari n’abategarugori benshi baturutse mu ntara zose z’u Rwanda ndetse no mu mahanga. Nk’uko twabitangarijwe n’ubuyobozi bwa Women Foundation Minitries na Noble Family Church, igiterane “All women together” cy’uyu mwaka wa 2012, gifite insanganyamatsiko igira iti: “Kuva mu gutsikamirwa tujya mu butsinzi” aribyo mu magambo y’icyongereza “From Victims to champions”, ibi bikaba (...)
0 | ... | 1640 | 1650 | 1660 | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | 1710 | 1720 | ... | 1850