Nyuma y’imyaka 30 muri Gereza, Danny Duchene wari ufunze azira kwica abantu babiri yiteguye gutangira umurimo w’ubushumba mu itorero rya Saddle Back Church ryo muri leta Zunze ubumwe z’Amerika.Uyu mugabo Danny yimitswe na Dr.Rick Warren washinze akaba ahagarariye iri torero.
Uyu mushumba mushya azaba ashinzwe ibikorwa by’impuhwe mu itorero Saddle Back Church rya California ho muri Amerika nyuma yo kurekurwa. Amakuru yemeza ko Dr.Rick Warren ari we wagize uruhare rukomeye mu irekurwa rya (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Uwari umwicanyi yarakijijwe maze yimikirwa gukora umurimo w’ Imana
6 April 2016, by Nicodem -
Wari uzi ko abagore bagira ibyago byo kuribwa mu nda kurusha abagabo
10 July 2012, by UbwanditsiNk’uko byanditswe mu nkuru y’ikinyamakuru le Point.fr yo ku wagatanu tariki 29 Nyakanga, impumuguke Pr Nurdan Tözün, wo mu ishuri rikuru ryigisha iby’ubuvuzi (Acibadem University School of Medicine) ro muriTurukiya, yagize ati : "Biteye impungenge kuba 60 % by’abarwayi bose ba gastro-entérologie baba ari abagore". Mu izina ry’ishyirahamwe ry’ gastro-entérologie ku mugabane w’i Burayi, ahamagarira abantu kugira ubumenyi buhagije ku bijyanye n’ubuzima, kwihatira gufata imiti no kwisuzumisha no kumenya (...)
-
Ebola: Kugeza uyu munsi, mu Rwanda nta muntu urafatwa na Ebola
6 August 2012, by UbwanditsiIshami rishinzwe indwara z’ibyorezo rikorera mu kigo cy’igihugu cy’ubuzima (RBC) rirahumuriza abanyarwanda rivuga ko icyorezo cya Ebola nta kiragera mu Rwanda. Ushinzwe ishami ry’ibyorezo mu kigo k’igihugu cy’ubuzima Nyatanyi Thierry avuga ko nubwo nta wifuza ko icyo cyorezo kigera mu Rwanda, ngo ingamba zo kugihashya zarafashwe zirimo guhugura abaganga kuriyo ndwara ya Ebola.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y’ubuzima Dr. Uzziel Ndagijimana, yavuze ko (...) -
Umuhanzikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana Sherry yasohoye indirimbo ye ya mbere yise “Mbikesha Uwiteka”
2 November 2013, by Patrick KanyamibwaIndirimbo “Mbikesha Uwiteka” ni yo uyu muhanzikazi mushya mu njyana ya gospel Sherry yatangiriyeho ashyira ahagaragara amajwi yayo.
Sherry Dad’s w’imyaka 21 yahimbye iyi ndirimbo akurikije uburyo abantu bajya bigereranya ku bandi kandi abantu bose dufite umugisha umwe wo kuba twararemwe n’Imana imwe.
Ubwo twaganiraga na Sherry, yatubwiyeko ngo kuri we iyi ndirimbo isobanuye ko nyuma y’ibindi byose uko abantu batandukanye ntibakigereranye n’abandi cyangwa ngo basenye abandi kuko abantu turi umwe (...) -
Kwemerwa n’Imana/Ev.Vumiliya
14 October 2015, by Innocent KubwimanaPetero aterura amagambo ati “Ni ukuri menye yuko Imana itarobanura ku butoni, ahubwo mu mahanga yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera. Ibyakozwe n’intumwa 10:34-25
Muri aya magambo twifuza kuganiraho tugamije kugaruka cyane ku ijambo kwemerwa n’Imana, turifashisha urugero rw’umugabo witwa Koruneliyo. Uyu mugabo yari umunyedini ariko akubaha Imana we n’abo mu rugo rwe bose, agakunda gusenga, ikindi nacyo ngo yagiraga ubuntu bwinshi. Ibyo bintu nibyo byatumye Imana imwitegereza (...) -
Nyuma y’imyaka 35 imaze ivutse, korali Hoziyana ya ADEPR igiye gushyira ahagaragara album yayo ya 10
1 February 2013, by Patrick KanyamibwaKorali Hoziyana, n’ubwo hari abagiye bayibazaho byinshi nyuma y’imyaka 35 imaze ishinzwe ariko ubu ikiba itagaragaraga cyane, kuri ubu ije ku nshuro yayo ya mbere mu kumurika umuzingo wa audio Vol 10 n’ubwo rwose mu bihe bishize ibyo kuzishyira ahagaragara batabikozwaga.
Bimwe mubyo badutangarije harimo ko baje mu itangazamakuru kubera ko igihe cyose babayeho batigeze bakorana naryo, ariko kuri ubu igihe ni iki kugira ngo bakorane naryo muri byose. Ngo bafite igikorwa gikomeye cyo gushyira (...) -
ADEPR Rukurazo: Hakozwe igiterane cy’ivugabutumwa cy’iminsi 2 gisoza amasengesho y’iminsi 7
18 February 2014, by Simeon NgezahayoKuva kuri uyu wa Gatandatu taliki 15-16, kuri ADEPR Rukurazo yakoze igiterane cy’iminsi ibiri, aho basozaga amasengesho yari amaze iminsi 7 abera kuri iyi paroisse. Iki gitaramo cyitabiriwe n’amakorali atandukanye hamwe n’abavugabutumwa nka Masengesho na Rachel.
Nk’uko twabitangarijwe na Fidele Kwizera, umuyobozi wa Korale Penuel akaba ari na we watugejejeho aya makuru, ngo bashimye Imana ko nyuma y’aho bashyiriye hanze album yabo ya mbere bise “Agira ubuntu” nk’imwe mu makorali yitabiriye iki (...) -
Uganda : Pasitori yafashwe akekwaho kunyereza Amashilingi miliyoni 100
28 October 2012, by UbwanditsiKu wa Gatatu w’icyumweru dusoza, Pasitori John Ofumbi, Umuyobozi nshingwabikorwa w’itorero Nagongera Gospel Centre ryo mu gace ka Budama mu Majyaruguru y’Akarere ka Tororo muri Uganda yafashwe n’inzego za Polisi akekwaho kunyereza amashilingi ya Uganda miliyoni 100 yari agenewe ikigo cy’imfubyi.
Ifungwa rya Pasitori John Ofumbi w’imyaka 56 nk’uko tubikesha urubuga rwa interineti rwa www.monitor.co.uk, ryemejwe na Robert Katuramu umuyobozi w’igipolisi cy’Akarere Tororo.
Katuramu yagize ati (...) -
HUYE : Chorale IRIBA mu gitaramo gikomeye cyo kumurika Album DVD yitwa Nzabana nawe !!
17 February 2014, by UbwanditsiNyuma yo gushyira ahagaragara Album ya mbere y’amashusho igakundwa na benshi cyane mu gihugu no hanze,Chorale IRIBA ikorera umurimo w’Imana muri ADEPR Paruwasi ya Taba mu karere ka Huye muri Butare iri mu myiteguro y’igitaramo gikomeye cyo kumurikamo Album ya kabiri y’amashusho ikaba n’iya gatatu muz’amajwi ikaba yitwa NZABANA NAWE.
Mu kiganiro twagiranye na Neema Marie Jeanne umuyobozi muri Chorale IRIBA ushinzwe gutoza amajwi, yadutangarije ko icyo gitaramo giteganijwe taliki ya 16 Werurwe uyu (...) -
Umukongomani akurikiranyweho kuvuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda bukorana n’imyuka ya Shitani
6 September 2012, by UbwanditsiRusizi : Pasitori witwa Kimanuka Juvenal w’Umukongomani kuwa 04 Nzeri 2012 yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano, azira gutera imvururu n’imidugararo mu baturage akoresheje imvugo zisebya ubuyobozi bw’igihugu, aho avuga ko bukoreshwa n’imyuka ya sekibi ubu akaba ari kuri Sitatio ya Polisi y’i Kamembe.
Amwe mumagambo uyu Mupasiteri yakoreshaga, ngo yabwiraga abaturage ko ubuyobozi bw’igihugu cy’u Rwanda bukorana n’imyuka ya shitani.
Nyuma y’umwanya munini imbaga y’abaturage yaje kumwumva (...)
0 | ... | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | 1710 | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | ... | 1850