Abantu barenga ibihumbi bitanu (5, 000) bihurije hamwe ku munsi bahariye gusengera igihugu cyabo cya Esipanye bavuga ubutumwa bwiza bwa Kristo iki gikorwa kikaba cyarakorewe mu mijyi 15 igize iki gihugu.
Nk’uko tubikesha urubuga Evangeliques.info, iki ni igikorwa cyahuje umubare munini w’abantu, kikaba cyabimburiwe n’urugendo rwatangiye saa moya z’umugoroba (19h) hafi na gare abagenzi bategeramo imodoka berekeza mu mujyi rwa gati. Abakoze uru rugendo bari bafite ibyapa byinshi biriho ubutumwa (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
ESIPANYE: Abarenga 5,000 bahuriye hamwe basengera igihugu cyabo
16 June 2016, by Pastor Desire Habyarimana -
CEP INILAK yategute igiterane cyo gushima Imana kuri icyi cyumweru
30 June 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko bigaragara kuri affiche abo abanyeshuri biga muri INILAK basengera mu itorero ry’ADEPR bahuriye mu murwango CEP INILAK bateguye igiterane cyo gushima Imana mu cyumweru gitaha tariki ya 06-08/07/2012, ku rusengero rwa ADEPR kicukiro Shell.
Intego yacyino gikorwa nkutwa twabitangarijwe n’umuyobozi wa CEP INILAK ni ugushima Iama ibyo ibakorera kandi bagashishikariza n’abandi banyeshuri bagenzi babo kuza mri CEP kuko hari byinshi bahungukira kuva ku Mana.
Icyi gitaramo kizatangira saa tanu (...) -
Abategarugori ba New Life Bible Church bateguye igitaramo cy’imideri
27 May 2012, by Patrick KanyamibwaNew Life Bible Church nyuma yo gutoza no gufasha abari n’abategarugori basengera kuri urwo rusengero kwihangira imirimo no kugira ikintu bakora cyabatunga, kuwa gatandatu tariki ya 2/06/2012 abari n’abategarugori bateguye umunsi wo kwerekana imwenda n’ibindi bikorwa bitandukanye bakora harimo byinshi by’ubugeni.
Uyu munsi wose uzarangwa n’imurikabikorwa ku buryo abazabibasha bazagura ibyo bikoresho bitandukanye bimurikwa, hakazaba n’ibyakozwe n’umunyabugeni w’icyamamare Jonathah Ojara. Iyi (...) -
Umuhanzikazi uririmba indirimbo zihimbaza Imana Sherry yasohoye indirimbo ye ya mbere yise “Mbikesha Uwiteka”
2 November 2013, by Patrick KanyamibwaIndirimbo “Mbikesha Uwiteka” ni yo uyu muhanzikazi mushya mu njyana ya gospel Sherry yatangiriyeho ashyira ahagaragara amajwi yayo.
Sherry Dad’s w’imyaka 21 yahimbye iyi ndirimbo akurikije uburyo abantu bajya bigereranya ku bandi kandi abantu bose dufite umugisha umwe wo kuba twararemwe n’Imana imwe.
Ubwo twaganiraga na Sherry, yatubwiyeko ngo kuri we iyi ndirimbo isobanuye ko nyuma y’ibindi byose uko abantu batandukanye ntibakigereranye n’abandi cyangwa ngo basenye abandi kuko abantu turi umwe (...) -
USA: Ubushakashatsi bwakoze urutonde rw’imijyi ituwe n’Abakristo benshi
2 May 2013, by Simeon NgezahayoMuri ubu bushakashatsi bwakozwe n’itsinda Barna, umujyi wa Albany wo muri New York ni wo waje ku mwanya wa mbere mu mijyi ituwe n’Abakristo benshi.
Itsinda Barna rikora ubu bushakashatsi ryibanze ku batuye uwo mujyi, rigendera ku mpamvu 15 zirinmo “ntibizera Imana”, “ntibazi ko Imana ibaho”, “bahakana ko kwizera nta mumaro kubafitiye”, “ntibigeze basenga mu myaka ishize”, “ntibigeze bakurikira Yesu” n’ibindi. Imijyi ituwe n’Abakristo yagaragaje byibura 60% by’izi mpamvu zagenderwagaho bayishyira ku (...) -
Abakozi b’Imana 10 bakunzwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
18 April 2013, by Simeon NgezahayoMu bushakashatsi buherutse gukorwa ku bakozi b’Imana bo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, inzobere TracyMcClellan ikomoka muri Leta ya Florida yashyize ahagaragara urutonde rw’abantu 10 baza ku mwanya wa mbere. Aha yibanze ku bintu bitandukanye, yibanda ku bakunze kugaragara kuri televiziyo cyangwa se bagiraho ibiganiro bihoraho. Yakoze urutonde rukurikira (uhereye ku mwanya wa 1).
1. Billy Graham
Billy Graham wavutse ku wa 7 Ugushyingo w’1918 ni we washyizwe ku mwanya wa 1. Azwi cyane ku (...) -
Icyubahiro cye cyamwemeje ko ntawamusuzugura ngo aramukiza ibibembe bye!
16 May 2016, by Ernest RutagungiraMu nkuru dusanga mu gitabo cy’ 2 Abami 5, Bibiliya itubwira mo umugaba w’ingabo z’ isiriya witwaga Naamani wari intwari cyane, umunyacyubahiro, umutoni kuri shebuja ( ariwe umwami w’I Siliya) ndetse ngo Uwiteka niwe yahesherezaga mo abasiriya kunesha, gusa n’ubwo igihugu cye n’amahanga bamwemeraga, bakanamwubaha, uyu mugabo yari umubembe, ndetse yifuzaga gukira ariko habuze gato icyubahiro cye cyari gitumye yibanira n’ibibembe ubuzira herezo.
Usomye “2 Abami 5:10” Hagira hati: Elisa aherako (...) -
Rubavu: Byari agahebuzo mu Umugoroba wo kuramya no Guhimbaza Imana wateguwena Korali Evangelique
6 April 2016, by Ernest RutagungiraByari umunezero ku umugoroba wo kuri iki cyumweru tarikiya 3 Mata 2016, muri salle “Umucyo Christian Center (IGB) I Rubavu, ubwo haberaga igitaramo cyiswe umugoroba wo kuramya no Guhimbaza Imana, cyateguwe na Korali Evangelique ikorera umurimo w’Imana mu itorero rya ADEPR Rubavu, Paroisse ya Gisenyi umududugu wa Bethfague.
Iki gitaramo cyateguwe mu rwego rwo gusabana n’abakunzi b’iyi korari baturutse mu mpande zitandukanye, uretse kwizihirwa n’indirimbo z’iyi korali abitabiriye iki gitaramo (...) -
Naphtal Hategekimana aramurika alubumu ye ya kabiri kuri icyi cyumweru
29 November 2012, by Patrick KanyamibwaNaphtal wamenyekanye kundirimbo zitandukanye zirimo “Ntugira uko usa”, “Tabara”, “Turagukunda” na “Yabihindura” kuri icyi cyumweru tariki ya 2/12/2012, muri Salle ya St Paul kuva saa cyenda z’umugoroba, nibwo aramurika alubumu ye ya kabiri y’amajwi.
Muri icyi gitarama nkuko Naphtal yabidutangarije azakorana n’abandi batandukanye barimo Emile Nzeyimana kuva Nairobi Kenya, Rugema Emmanuel, Papa Maurice umuyobozi wa Radiyo Umucyo, Bobo, Goreth, Serge na Ndabara John.
Mu rwego rwo gufata neza bakunzi be (...) -
Abahanzi Goreth na Rachel bateguye igitaramo cyo gufasha imfubyi.
25 July 2012, by Patrick KanyamibwaNkuko twabitangarijwe na Goreth, nyuma yo kumurika alubumu ye, ubu afatanyije n’umuhanzi mugenzi Rachel bari gutegura igitaramo cyo gufasha imfubyi kuri icyi cyumweru tariki ya 29/07/2012, ku rusengero rwa Bethesaida Holy Church, kuva saa munani kugeza saa kumi n’ebyiri zumugoroba.
Goreth yatubwiyeko batekereje bakareba ku bana b’imfubyi bajya baza mu biruhuko by’amasomo, ubuzima bukabakomerera, yewe no gusubira ku ishuri ntibyorohe kubera ubushobozi n’ibikoresho, bo nk’abahanzi baririmba (...)
0 | ... | 1670 | 1680 | 1690 | 1700 | 1710 | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | ... | 1850