‘’Nzakujya imbere ahataringaniye mparinganize, nzamenagura inzugi z’imiringa, n’ibihindizo by’ibyuma nzabicamo kabiri.’’ Yesaya 45:2
Harubwo umuntu yibwira ko kuba Imana iri kumwe nawe ari uko gusa iri gukora ibintu uko abyifuza, ibintu byagenze neza, ariko burya no mu bibazo urebye neza wabona Imana itagusize.
Abantu benshi bataka bicitse mu buzima ko yabasize ariko iyo bageze imbere ikabereka intambara yabarwaniriye barihana. Imana ntiyagusiga kuko wahura n’akaga muri iyi, ahubwo mu byo ukora (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Humura ntabwo Imana yagutaye
19 October 2015, by Innocent Kubwimana -
Miliyoni zikabakaba 20 nizo zitanzwe mu giterane cyaberaga kuri ADEPR Muhima.
20 June 2013, by UbwanditsiNtibyari bisanzwe kuri icyi cyumweru kuwa 16/06/2013 kuri ADEPR Muhima ,uyu ukaba ari umwe mu midugudu igize paruwasi ya Nyarugenge ariko uruta paruwasi nyinshi zo mu yandi matorero usanga muri uyu mujyi wa Kigali, nk’uko twabyiboneye,haba ku bwinshi bw’abantu ndetse no mu bikorwa,kuko urusengero bagiye kuzuza kandi hashize amezi abiri gusa barutangiye,rutanga ikizere cy’uko iri Torero rifite icyerekezo n’imiyoborere iri ku rwego rwo hejuru ku buryo abandi bayobozi bamwe mu matorero tuzi (...)
-
Brazil : Umupasiteri yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya abakirisitu be 6 barimo 3 bakiri abana
9 May 2013, by UbwanditsiUmuyobozi w’itorero “Assemble de Dieu” yatawe muri yombi mu gace kamwe ko mu mujyi wa Rio, akurikiranyweho gusambanya abakirisitu be batandatu barimo abana b’abakobwa 3 batarageza imyaka y’ubukure, n’abakobwa 3 bakuru, nk’uko bitangazwa n’inzego za Polisi kuwa gatatu w’iki cyumweru tariki ya 8 Gicurasi.
Marcos Pereira umuyobozi w’itorero Assemble de Dieu muri iyi minsi ya nyuma mu myaka 20 iri torero rimaze, yatawe muri yombi ku mugoroba wo kuwa kabiri tariki ya 7 Gicurasi.
Marcio Mendonca (...) -
Ubuhamya bwa Trudy: Yesu yankijije ubumuga bwo kutumva [Tinnitus]
2 June 2013, by Simeon NgezahayoNzakomeza gutanga ubuhamya bwanjye kugira ngo nkomeze ababana n’ubumuga bwo kutumva [abarwaye indwara ya tinnitus]. Namaze imyaka isaga 3 ugutwi kwanjye kw’ibumoso kutumva. Ndi Umukristo wavutse ubwa kabiri. Nakomeje kwibaza igituma uburwayi bwanjye burushaho gufata indi ntera, simbashe gusinzira niziguye, umutwe wanjye nkawinjiza mu musego maze nkasenga Imana nyisaba kunkiza.
Nagerageje ibyatsi byose n’amavitamine bambwiraga ko bishobora kunkiza, ntegeka uburwayi bwanjye kumvaho mu izina rya (...) -
Abavuga bati “Aragapfa!” - Sharmion
17 May 2013, by Simeon NgezahayoNarababaye ubwo numvaga radio, umunyamakuru akavuga uburyo abantu ibihumbi bafashe icyemezo cyo kwishimira urupfu rw’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Margaret Thatcher. Niba nibuka neza, hashize imyaka nka 50 abayobozi b’ibihugu byinshi bishimiye n’urupfu rwa John Kennedy wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Ibyo bintera ubwoba iyo mbonye abantu bitwara batya. Hari umurongo umwe wo muri Bibiliya nibutse ubwo natekerezaga ibyo, uvuga uti ’...uwishimira ibyago bya mugenzi (...) -
Dufite inyubako ituruka ku Mana. Ev. KIYANGE Adda-Darlene
30 November 2015, by Kiyange Adda-DarleneDUFITE INYUBAKO ITURUKA KU MANA.
Tuzi yuko niba inzu y’ingando yacu yo mw’isi izasenywa, dufite inyubako ituruka ku Mana, inzu itubatswe n’intoki, itazashira yo mw’ijuru (2 abakorinto 5:1).
Imana yagize neza mu kurema umuntu nta kintu na kimwe yigeze ikora nabi ngo ibe yagisubiramo, cyangwa ngo yicuze ko hari urugingo yashyize ahatari ho. Imana yaremye ibintu byose ibona ko ari byiza.
Iyi mibiri twambaye niyo nzu y’ingando yacu bibiriya ivuga. Umubiri ni mwiza iyo utarwaye, iyo tuwurimo (...) -
Gukora ibyananiye abandi/Ev.Donath
4 November 2015, by Innocent KubwimanaBenedata, bashiki bacu, bantu mwese mudukurikiye, ndabashuhuje mu izina ry’Umwami wacu Yesu. Ndagira ngo dusangire iri jambo rigira riti” Gukora ibyananiye abandi.’’
Itangiriro 5:22-24 “Amaze kubyara Metusela, Henoki agendana n’Imana imyaka Magana atatu, ayibyaramo abahungu n’abakobwa. Iminsi yose Henoki yaramye ni imyaka magana atatu na mirongo itandatu n’itanu. Kandi Henoki yagendanaga n’Imana, ntiyaboneka, kuko Imana yamwimuye.‘’
Iyo ushaka kumva neza iki kigisho wasoma itangiriro igice cya (...) -
Igitaramo Rubavu Shima Imana
8 February 2013, by UbwanditsiNyuma y’igihe kitari gito i Rubavu hadategurwa igitaramo gikomeye ngo cyitabirwe n’abantu b’ingeri zose ubu noneho ngo haba harimo gutegurwa icy’imbaturamugabo kizaba ku itariki 24 /02/2013.
Iki gitaramo cyiswe Rubavu Shima Imana kikaba gitegurwa ku urwego rw’impuzamatorero,n’imiryango ya gikristo mu Rwanda nka A E E,Campuss pour Christ… igitekerezo cy’ikigitaramo cyazanywe n’umucuranzi akaba n’umunyamakuru ubarizwa i Rubavu mu mujyi wa Gisenyi FRERE Manu.
Tuganira n’abategura iki gitaramo (...) -
Ubuhamya: Imana yankuye mu rupfu nongera kubaho
29 February 2016, by Pastor Desire HabyarimanaNitwa Ntakirutimana Francois navutse taliki ya 27 Gicurasi 1990 mvukira mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kicukiro nkaba nsengera mu itorero rya E.P.R (Remera Kicukiro). Mfite ubuhamya bwinshi ariko reka mbabwire uburyo Imana yankuye mu rupfu ikanyongera iminsi yo kubaho.
Burya iyo Imana igufiteho umugambi irakurinda n’ ubwo wanyura mu rupfu. Aho mariye kuvuka banyise “Ntakirutimana” ariko sinari nzi ko byari mu mugambi w’Imana kuko no mu kuvuka kwanjye Imana yahakoze (...) -
Isengesho ryo kwihana - Moise Uwizeye
22 June 2016, by Simeon NgezahayoIntangiriro
Yesu ashimwe, amazina yanjye nitwa Uwizeye Moise (PhD). Ndashima Imana kubw’uyu mwanya mbonye kugira ngo dusangire ku ijambo ry’Imana rivuga ku “GUSENGA”.
Iyo dusomye muri Yeremiya 33:3, dusanga ko GUSENGA ari ikiganiro ugirana n’Imana kiyihesha uburenganzira bwo kwinjira mu buzima bwawe. “Ntabaza ndagutabara, nkwereke ibikomeye biruhije utamenya.” Umuntu ni umuyobozi w’ubuzima bwe. Niyo mpamvu Imana ikenera uburenganzira bwo kwinjiza mu buzima bw’umuntu binyuze mu MASENGESHO. Niba (...)
0 | ... | 1700 | 1710 | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | ... | 1850