Yajyaga arwanisha inkoko ebyiri ngo arebe iyanesha indi! Aramusubiza ati : “Handitswe ngo umuntu ntatungwa n’umutsima gusa, ahubwo atungwa n’amagambo yose ava mu kanwa k’Imana” Matayo 4 :4
Umugabo umwe ngo yafashe inkoko ebyiri: iy’umweru n’iy’umukara, nuko ngo abaza abantu bamurebaga ngo mbese muri izo nkoko ebyiri, n’iyihe iza kunesha indi!
Ubwa mbere ngo baravuze ngo inkoko y’umweru , niyo iza kunesha, arataha ayima ibyo kurya, ayima amazi, ahubwo agaburira iy’umukara. Bukeye baje aho zagombaga (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
ikitaweho nicyo kigira imbaraga! Alice Rugerindinda
11 November 2013, by Alice Rugerindinda -
I Rubavu itorero Restauration Church rikomeje kubyara abahanzi.
15 October 2012, by Frere ManuUyu muhanzikazi yaramaze igihe kitarigito atagaragana ubu ngo yaba agiye gusubira murugando rwa muzika!
Nitwa Cadeau UMUHOZA
Navukiye DR Congo ku wa 26/8 aho bita Goma nyuma twimukira i Masisi arinaho twavuye tuza mu Rwanda muri 1994. Amazina y’ababyeyi ni Mahinga Dieudonné na Therese Umutoni, nkaba mvuka ndi impanga y’uwitwa Umulisa Esperance (Cadette). Turi abakabiri mu bana batandatu ba Mahinga na Therese. Ubu ariko dusigaranye Maman gusa kuko Papa yitabye Imana muri 2004.
Ndubatse, (...) -
Ese uwo mwashakanye umusengera ute iyo hagize ibyo mutumvikana?
9 April 2016, by Isaro Marie Ange“Iyaba naribwiraga ibyo gukiranirwa mum’umutima wanjye, Uwiteka ntaba anyumviye!” Zaburi 66: 18
Ikibazo gikuru abashakanye bifuza gusengera urugo rwabo bahura nacyo, havuyeho icyo kubura umwanya, n’ukujya imbere y’Imana batunganye, bejejwe. Umuntu agomba kujya imbere y’Imana afite umutima utamucira urubanza kugira ngo abe yategereza ibisubizo bizima kandi byuzuye.
Ubaye ufite inzika k’umutima, umujinya, umushiha, kutababarira n’izindi kamere zitanezeza Imana harimo kutihana, gusenga kwawe (...) -
Muri byose hitamo kunamba kuri Yesu
20 October 2015, by Innocent KubwimanaRusi aramubwira ati winyinginga kugusiga, no gusubirayo ngo ne kugukurikira kuko aho uzajya ari ho nzajya kandi aho uzarara niho nzarara, ubwoko bwawe nibwo buzaba ubwoko bwanjye,m Imana yawe niyo izaba Imana yanjye…….. Rusi 1:16 Aya magambo Rusi yayabwiraga nyirabuke Nawome, ubwo Nawomi yari yarasuhukiye i Mowabu we n’umugabo we Elimeleki ndetse n’abahungu be babiri , bageze i Mowabu rero ba bahungu babiri baza gushaka abagore bo muri icyo gihugu, umwe yitwaga Orupa undi yitwa Rusi. (...)
-
Dukwiye koroha tukemerera Imana kudukoresha icyo ishaka
28 July 2015, by Innocent KubwimanaDore uko ibumba rimeze mu ntoki z’umubumbyi, ni ko namwe mumeze mu ntoki zanjye, mwa ab’inzu ya Isirayeli mwe. Yeremiya 18 :6
Umushwi w’inkoko ntiwabasha guhinduka isake nziza ibika nk’uko mubizi iramutse itemeye kumena igi ngo isohokemo, ibindi bikurikire hanyuma. Akanyugunyugu ntabwo kahinduka agasimba keza nk’uko mukabona harurguru n’amabara meza karamutse gashatse kuguma muri cya kindi kigenda gikururuka hasi ku butaka.
Umuntu aramutse agumanye imyumvire yo guhora mu bya kera ntabwo (...) -
Dukeneye kwambara ingofero y’agakiza (Casque)
6 October 2015, by Innocent Kubwimana‘’Mwakire agakiza kabe ingofero,…’’ Abefeso 6:17
Mu kurwana intambara y’Umwuka, Pawulo yandikira Abefeso, ikintu cya gatanu yababwiye ni ukwambara ingofero y’agakiza nkimwe mu ntwaro z’Imana. Ubundi ingofero yambawe neza igaragarira umuntu wese, ikindi irinda amaso. Nuko hano mu Kinyarwanda bimeze nk’ibyumvikana ukundi mu zindi ndimi bavuga kwambara icyo twita casque (kaske), imwe abamotari bamabara.
Iyi kaske igufasha kugenda mu muyaga, imikungugu n’ibindi nta kindi cyabikurinda keretse yo. (...) -
Abacuranzi b’Abadage basuye ishuri ryigisha umuziki mu Rwanda
13 August 2012, by UbwanditsiKuri uyu wa Gatanu tariki ya 9 Kanama, ishuri ryigisha umuziki riherereye mu Kiyovu i Kigali “Oakdale Kigali Music School”, ryasuwe n’itsinda ry’abacuranzi ba muziki riturutse mu Budage ariryo Crescendo International, abagize iri tsinda,mugihe bazamara mu Rwanda, bakaba bazatanga ubumenyi butandukanye ku gucuranga muri iri shuri.
Iri shuri ryigwamo n’abafite guhera ku myaka itanu kuzamura, rigamije kwigisha umuziki mu buryo bwa gihanga kuko biga gucuranga cyangwa kuririmba banasoma amanota. (...) -
Wari uzi ko muri wowe harimo ubutunzi buhishe?
18 March 2016, by Isabelle GahongayireAriko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe." 2 abakorinto 4 : 7. « Spindletop », icyobo cyacukuwemo peteroli nyinshi mu mateka ya Amerika kiri muri Texas mu mujyi, hafi ya Beaumont. Icyo cyobo cyamenyekanye gute ?
Iyo Imana ikurebye , ibona ubutunzi buhishe. Mu mpera z’ikinyejana gishize, nyiraho hantu icyo cyobo kiri, kubera impamvu z’ibibazo yari afite bijyanye n’amafaranga, yifuje kugurisha ubutaka bwe kugira ngo (...) -
Ibyiringiro biri mu Mana honyine - Ben Edgington (igice cya 1)
29 April 2013, by Simeon NgezahayoBishobora kugutangaza, ariko Bibiliya yemeranya na Samuel Beckett cyane cyangwa buhoro. Ibyo twasomye bivuga mu magambo make igitabo cy’Umubwiriza muri aya magambo ngo "Umubwiriza aravuga ati “Ubusa gusa! Nta kamaro! Byose ni ubusa!" Umubwiriza 1:2.
Mbese urabyumva? Ijambo “ubusa” risobanura "umwuka" (waba uwo duhumeka cyangwa usanzwe). Ubusa ntibugira ubuzima. Ni uw’igihe gito, mu kanya gato urahera. Nguko uko ubuzima bwacu buri nk’uko Umubwiriza abivuga. Ariko hari ikintu kimwe cy’ingenzi (...) -
Ujye uba ikitegererezo cy’abizera.
29 July 2015, by Pastor Desire HabyarimanaIyo usomye Bibiliya mu rwandiko Pawulo yandikiye Timoteyo 4:12, Yabwiraga Timoteyo ibikwiriye imyitwarire y’umukristo nyawe.
Aha yaramwihanangirizaga amubwira ati “Ntihakagire uhinyura ubusore bwawe ahubwo ube icyitegererezo cy’abizera kubyo uvuga, no kungeso zawe no k’urukundo, no kwizera no kumutima uboneye” yakomeje amusaba kandi kugira umwete wo gusoma no kwigisha ndetse no guhugura.
Ikindi yamwihanangirije kugira ngo yirinde we ubwe ndetse no kubw’inyigisho yigisha kugirango abashe (...)
0 | ... | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | ... | 1850