Yesu yambwiye ko abantu benshi bakomeye bamanuka bagana ikuzimu, abakomeye n’ibirangirire. Urugero ni Michael Jackson. Uyu mugabo yari ikirangirire ku isi yose, ariko yasengaga satani. N’ubwo abantu benshi atari ko babibona, ariko ni ko kuri. Uyu mugabo yasinyanye amasezerano na satani: Yasinyanye na satani kugira ngo amuhe ubushobozi bwo kuba ikirangirire, no kugira abafana benshi.
Uko yageze kuri ibyo byose, ni ko nabonye abadayimoni bababaza abantu ikuzimu. barabazunguzaga, bakabazunguza (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Igihano Michael Jackson yaherewe IKUZIMU - Angelica Zambrano
8 April 2013, by Simeon Ngezahayo -
Irari nari mfite ryaratwise ribyara ibyaha nabyo bigiye kubyara urupfu mbona gutabarwa.
8 June 2012, by UbwanditsiIRARI RIRATWITA RIKABYARA IBYAHA NABYO BIGATWITA BIKABYARA URUPFU
Ndashimira cyane Nyagasani wankijije icyaha cy’ubusambanyi cyari cyarangize imbata yacyo. Kuva cyera nkiri umwana muto nakundaga kureba cyane Firime ya Porno, nyuma aho mariye gukura nsanga byangiye mu mutwe, Biranyangiza cyane.
Maze kugira imyaka 16 nemeye ko Yesu ambera umwami n’umukiza ariko sinamenya ibyo ngomba kwirinda.Uko niko nakomeje kujya nirebera Firime za Porno bigatuma nikinisha (Mensturbation).
Nubwo najyaga (...) -
Umuhanzi Ndatimana Olivier ahishiye byinshi abakunzi be!
17 June 2013, by UbwanditsiNdi umuhanzi mfite umugore n’abana babiri b’impanga, navutse ubwakabiri ndakijijwe, ubuhanzi bwanjye nabutangiye ahagana mumpera z’umwaka wa bibiri na cumi, indirimbo imwe muzo nasohoye icyo gihe izwi ni indirimbo yitwa URUGENDO, yanakunzwe n’abantu batari bake, indi ndirimbo nakoze muricyo gihe n’indirimbo yitwa YESU YARATWISHYURIYE iyi yo ikaba ifite amajwi n’amashusho n’izindi nke zitamenyekanye cyane, nyuma yicyo gihe ntabwo gukomeza gukora uyu murimo byanyoroheye nari ngihanganye n’ubuzima (...)
-
Rubavu: Amafaranga y’amanyarwanda 815.000 niyo yavuye mu gitaramo Bahati Alphonse yakoze cyo gufasha impfubyi
3 September 2012, by Patrick Kanyamibwa, UbwanditsiKu cyumweru tariki 2/09/2012 ku itorero rya ADEPR Gisenyi, mu gitaramo cyo gufasha abana icyenda basigaye nyuma y’uko se wari n’umwalimu mu itorero rya ADEPR Paroisse Gisenyi yitabye Imana Luka Ngarukiye, igikorwa cyateguwe n’umuhanzi Bahati Alphonse usanzwe umenyerewe mu ndirimbo zo guhimbaza Imana (Gospel) ndetse no mu bikorwa byo gufasha impfubyi yateguye igitaramo, habonetse byose hamwe ari ibyatanzwe n’amafaranga afatika inkunga ikaba yabaye amafaranga y’amanyarwanda 815.000.
Nkuko (...) -
Patient Bizimana na Gahongayire Aline berekeje Kampala kuri uyu wa gatatu
29 November 2012, by Patrick KanyamibwaUmuhanzi Patient Bizimana wamenyekanye cyane ku indirimbo « Menye neza » hamwe na Gahongayire Aline ku munsi wejo tariki ya 28/11/2012 mu masaha y’umugoroba nibwo berekeje Kampala Uganda aho batumiwe na East Africa Gospel mu kuririmba mu bitaramo bitandukanye ndetse n’amahugurwa azabera muri cyo gihugu.
Nkuko Patient yabidutangarije mbere gato yuko ahaguruka, ngo bazamarayo iminsi ine kuko bazagaruka i Kigali ku cyumweru, bakaba baratumiwe muri ibi bikorwa bitandukanye biba ari ngarukamwaka, (...) -
Amasezerano y’Imana arinda uyafite, nawe akayarinda (Ni Garanti)
28 September 2015, by Innocent KubwimanaKu babyemera ko Imana ivuga bakwemera ko ishobora no gutanga amasezerano. Ubundi wenda umuntu yanavuga ko dukwiye kwemera ko Imana ivuga kuko mu byo ishoboye byose ntiyananirwa kuvugisha ubwoko yaremye. Ese iyaremye iminwa yananirwa no kuvuga?
Amasezerano Imana itanga ni uburinzi, muyandi magambo ni ubwiteganyirize (Assurance). Iyo uguze ikintu ugahabwa ikitwa garanti iyo kigize ikibazo muri icyo gihe baguhaye ugisubizayo, iyi garanti niyo turimo kugereranya hano n’amasezerano Imana (...) -
Waruzi ko hariho itorero rya Satani rikorera kw’isi k’umugaragaro?
20 October 2012, by UbwanditsiMu mujyi wa San Francisco, muri Leta ya California habarizwa itorero rya Satani (Church of Satan). Iri torero rimaze imyaka itari mike rikorera k’umugaragaro nk’ayandi yose abantu basanzwe bamenyereye. Ryatangijwe n’umugabo witwa Anton Szandor LaVey mu mwaka wa 1966. Uyu mugabo ni nawe waje kwandika bibiliya ya Satani bifashisha muri iryo torero; akaba yarayanditse mu mwaka wa 1969. Uyu mugabo yaje gupfa mu mwaka wa 1997. gushyingurwa kwe kukaba kwarakozwe mw’ibanga n’abantu bararitswe gusa. (...)
-
Burundi: Seraphim’s Songs iya mbere mu matsinda ya Gospel y’Afurika muri Kora Music Awards 2012
10 January 2013, by Patrick KanyamibwaInkuta, intebe, ameza tapi….umuriri w’ibi byose ntiwari woroshye mu ngoro ya hotel ya cote d’Ivoire ahaberaga festival. Abamambre batatu ba Seraphim’s Songs bakoze urugendo rwerekeza muri Côte d’Ivoire , Seraphim’s Songs yaje kuba iya mbere ku izina ry’impundu (Louange). Mu yandi matsinda atanu yari mu byiciro bya gospel ni Joyous Choir, Soweto Gospel (Afrique du Sud), DMK (Zambie), Gael (DRC), Infinity (Nigeria).
Ibi byabaye mu mpera z’umwaka dusoje ku itari ya 30 Ukuboza, aho imihango (...) -
Kuki abapasiteri batinya kubwiriza ku bwami bwo mu ijuru?
8 July 2013, by Simeon NgezahayoAbanyeshuri n’abanditsi bavuga ko itorero ridakunze kwigisha abantu iby’ijuru, bakibaza impamvu.
N’ubwo hariho ibitabo byinshi bivuga iby’urupfu nka Proof of Heaven cyihariye ibyumweru bigera kuri 27 ari icya mbere ku rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru The New York Times, na 90 Minutes in Heaven cyagurishijweho ibigera kuri miliyoni 5, abanyeshuri na bamwe mu bapasiteri batangarije urubuga CNN Belief Blog ko amatorero adakunze kwigisha ku ijuru. Bamwe bavuze ko ijuru ritakivugwa mu mahugurwa, ubu (...) -
Niyo gusa ibasha guhindura umubabaro wawe mo ishimwe
8 April 2016, by Ernest RutagungiraUmunsi Elukana yatambaga ibitambo, yendaga imigabane akayiha umugore we Penina, n’abahungu be n’abakobwa be, ariko Hana yamuhaga ibiri kuko yamukundaga, ariko rero Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara. Kandi mukeba we yajyaga amubabaza cyane akamutera agahinda, kuko Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara……… Bukeye bazinduka kare mu gitondo bajya imbere y’Uwiteka barasenga, barangije basubira iwabo basohora mu rugo rwabo i Rama. Maze Elukana aryamana n’umugore we Hana, Uwiteka aramwibuka. Igihe gisohoye (...)
0 | ... | 1720 | 1730 | 1740 | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | ... | 1850