Nakuriye mu muryango w’abakristo, numvaga nkunze Imana ariko maze kujya ku ishuri ntangira kwikurikiriza ibyo inshuti zanjye zakoraga, iby’Imana mbishyira ku ruhande.
Numvise ijambo ry’Imana kuva mu buto bwanjye nkahora nshaka gukurikira Yesu, ariko simenye uburyo nabyinjiramo mbese simbone itangiriro ry’uko natangirana urugendo na Kristo.
Umugoroba umwe nari ndyamye, nkangutse mfata bibiliya ntangira kuyisoma, numva ko ari cyo gihe cyanjye cyo kureka kugendera mu by’isi, numva ko ngomba (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
BuryaYesu yaza ahindura bushyashya, soma ubuhamya....
4 September 2015, by Umumararungu Claire -
Kuki abapasiteri batinya kubwiriza ku bwami bwo mu ijuru?
8 July 2013, by Simeon NgezahayoAbanyeshuri n’abanditsi bavuga ko itorero ridakunze kwigisha abantu iby’ijuru, bakibaza impamvu.
N’ubwo hariho ibitabo byinshi bivuga iby’urupfu nka Proof of Heaven cyihariye ibyumweru bigera kuri 27 ari icya mbere ku rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru The New York Times, na 90 Minutes in Heaven cyagurishijweho ibigera kuri miliyoni 5, abanyeshuri na bamwe mu bapasiteri batangarije urubuga CNN Belief Blog ko amatorero adakunze kwigisha ku ijuru. Bamwe bavuze ko ijuru ritakivugwa mu mahugurwa, ubu (...) -
Niyo gusa ibasha guhindura umubabaro wawe mo ishimwe
8 April 2016, by Ernest RutagungiraUmunsi Elukana yatambaga ibitambo, yendaga imigabane akayiha umugore we Penina, n’abahungu be n’abakobwa be, ariko Hana yamuhaga ibiri kuko yamukundaga, ariko rero Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara. Kandi mukeba we yajyaga amubabaza cyane akamutera agahinda, kuko Uwiteka yari yamuzibye inda ibyara……… Bukeye bazinduka kare mu gitondo bajya imbere y’Uwiteka barasenga, barangije basubira iwabo basohora mu rugo rwabo i Rama. Maze Elukana aryamana n’umugore we Hana, Uwiteka aramwibuka. Igihe gisohoye (...)
-
Itorero "The Richmond Outreach Center (ROC)" ryahagaritse Abapasiteri baryo 4 bakurikiranyweho ibyaha byo gufata Abakristo ku ngufu
17 June 2013, by Simeon NgezahayoItorero “The Richmond Outreach Center (ROC)” ryo muri Leta ya Virginia ryemeye icyemezo Abapasiteri 4 bafashe cyo kwegura mu mirimo yabo. Muri bo harimo Pasiteri washinze iri torero, na bagenzi be batatu. Mu bindi aba bapasiteri baregwa harimo guhakana ibyaha byabahamye mu minsi yashize.
Nyuma y’inama yagutse yakozwe mu cyumweru gishize, ubuyobozi bw’itorero bwatangaje ibikurikira: “dushingiye ku cyemezo cyumvikanyweho n’ubuyobozi… twemeje ko Pastor Geronimo Aguilar, Pastor Jason Helmlinger, (...) -
Nigeria : Abakirisitu batandatu bambuwe ubuzima kuri Noheli
26 December 2012, by UbwanditsiAbantu bitwaje imbunda muri Leta ya Yobe mu Majyaruguru ya Nigeria, kuri Noheli tariki ya 25 Ukuboza 2012 barashe ku bakirisitu abantu batandatu bahasiga ubuzima.
Aya makuru atangazwa n’igisirikare hamwe n’abayobozi bo muri aka gace, avuga ko urusengero rwo mu giturage cy’ahitwa Peri rwarashweho mu gihe cya kare kuri Noheli.
Kugeza ubu nta muntu urigamba iki gitero.
Ibitero byibasira abakirisitu byari bisanzwe byigambwa n’umutwe wa Boko Haram, aho kuva mu mwaka wa 2010 wibasiye insengero (...) -
Dore icyatumye Dominic Nic atitabira igiterane cyo gushima Imana i Rubavu
28 February 2013, by UbwanditsiUmuhanzi Dominic Nic umenyerewe nk’umuvugabutumwa mu ndirimbo zihimbaza Imana, yasohoye inyandiko isobanura impamvu atagaragaye mu gitaramo cyo gushima Imana giherutse gutegurwa kuwa 24 Gashyantare n’umuhanzi w’i Rubavu witwa Frère Manu.
Nyuma y’uko Diminic atagaragayemo, ngo hari amajwi menshi yamugezeho amunenga kuko yagaragaraga ku mpapuro zikangurira abantu kuza mu gitaramo (Affiche) ariko ntakibonekemo, yahisemo kugaragaza ukuri kwe kwatumye ataza gutaramira ab’iwabo ku ivuko.
Uko (...) -
Dore ibintu 10 byagaragaye mu gitaramo cy’umuhanzi FRERE Manu ubwo yari I Musanze.
7 June 2013, by UbwanditsiFRERE Manu ni umuhanzi akaba umucuranzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana. Yamenyekanye cyane kubera zimwe mu indirimbo yakoze mu giswahiili NYIMBO ZA WOKOVU Ubu akaba ari gukora ibitaramo bikomeye hirya no hino mu turere tugize intara z’igihugu cy’u Rwanda. Mu igitaramo yakoreye i Musanze ku icyumweru gishize tariki 02/06 dore ibintu 10 byakiranze.
1. Niwe muhanzi wambere wagerageje guhuza imbaga y’abantu benshi muri aka karere ,doreko ibitaramo bikomeye bisanzwe bikorerwa mu matorero (...) -
Kolari Guershom nyuma y’alubumu ebyiri, irifuza kuzenguruka u Rwanda iririmba
12 September 2012, by Patrick Kanyamibwa“Nkuko agace ka Gacurabwenge gafite amateka mu gihugu cy’u Rwanda, niko natwe twifuza kuzenguruka u Rwanda rwose turirimba indirimboz ziri kuri alubumu yacu mu ivugabutumwa kandi tubereka ibyiza Imana yadukoreye” aya ni amagambo y’ umuyobozi wa Kolari Guershom. Nkuko twabitanagrijwe na Ufitumufasha Elimerch, umuyobozi wa Kolari Guershom ibarizwa mu ntara y’amajyepfo, akarere ka Kamonyi, itorero Peresibiteriyeni mu Rwanda (EPR) region Remera Rukoma, Paroisse Gacurabwenge, Guershom yatangijwe (...)
-
Nyuma y’imyaka itanu Gonzague nibwo bwa mbere yateguye igitaramo azaririmbamo live
21 September 2013, by UbwanditsiKu cyumweru tariki ya 29/09/2013 kuri ADEPR Rukiri ya kabiri kuri Good year hafi ya Sonatube, kuva saa munani z’umugoroba nibwo mu mateka ye umuhanzi Abigenzi Gonzague azakora igitaramo aho azaririmba uburyo bwa live mu buryo bw’umwimerere afite abacuranzi anakoresha amajwi ye y’ukuri, ibi bikaba ari nyuma y’imyaka igera kuri itanu ari mubuhanzi.
Gonzague yamenyekanye cyane ku indirimbo “Dawidi abuze uko abigenza aravugango Imana ni Ya” muriyi minsi indirimbo ye ikunzwe akaba ari “Ijya yemerako (...) -
Ibyo twakora kugira ngo turinde umuriro wa Pentekote utazima|Ev. Adda Darlene
29 July 2015, by UbwanditsiYesu ajya gusubira mu ijuru yasezeranije kutadusiga nk’imfubyi ahubwo ko azohereza umufasha, uzagumana natwe. Uyu mwuka wera turamukeneye kuko dufite intambara ikomeye mu isi turwana. Mu by’ukuri dukeneye umuriro w’Umwuka wera kandi tukawurinda kugira ngo utazima. Hari rero ibintu twakora kugira ngo tubashe kuwurinda.
1. Kwambara umwambaro wera
Bidushushanyiriza kubaho ubuzima bwera tutaba mu byaha tugahora twejejwe.
2. Kuguma ku gicaniro
Umutambyi iyo yageraga ku gicaniro yagumaga aho (...)
0 | ... | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | ... | 1850