Buri wese akunda inkuru z’ubutwari. Twari dusanzwe dusanga izi nkuru mu bitabo byagenewe abana, ariko hari izindi ntwari dusanga muri Bibiliya. Reka turebe intwari 7 dusanga muri Bibiliya, abantu bera b’Imana bari bayobowe n’Umwuka Wera w’Imana:
Nowa – Intwari yagendanye n’Imana
Iyi tuyisanga mu gitabo cy’Itangiriro. “Nowa yari umukiranutsi, yatunganaga rwose mu gihe cye. Nowa yagendanaga n’Imana” (Itang. 6:9).
Nowa yabayeho igihe isi yarushagaho kuba mbi. Ibi byababaje Uwiteka, yiyemeza kongera (...)
Home > Keywords > MainKeywords > izindiNyandiko
izindiNyandiko
Articles
-
Intwari 7 zo kwizera dusanga muri Bibiliya - Pamela Rose Williams
4 July 2013, by Simeon Ngezahayo -
Menya kubaho mu migisha y’Imana (Inyigisho ya Past.Antoine RUTAYISIRE)
18 August 2015, by Pastor Desire HabyarimanaKUBAHO MU MIGISHA Y’IMANA ( TO LIVE IN FAVOR OF GOD
Zaburi 15, 1-5 : Uwiteka ni nde uzahagarara mu ihema ryawe ? ....
Zaburi 1, 1 : Hahirwa umuntu udakurikiza imigambi y’ababi, ntahagarare mu nzira y’abanyabyaha kandi ntiyicarane n’abakobanyi...
Imirongo myinshi muri Bibliya ikunda kugaragaza imigisha Imana igenera umwana w’ umuntu. Mu gitabo cyo Gutegeka kwa 2 hatubwira Imigisha yose Imana igenera abantu bayo ariko ikabaha condition ngo :" Nugira umwete wo kumvira Amategeko nguhaye". Ibi (...) -
Imana ishaka ko twitandukanya n’isi nubwo tukiyituyemo?
26 August 2015, by Innocent KubwimanaNiba dushaka guhuza ibyo dukora no kwizera Kristo, tukaba dushaka kubaho ubuzima bwubaha Imana, tugomba kwiga kubaho uburyo butandukanye n’ubw’isi idusaba, twenyine tugatandukana nayo kandi tukiyituyemo.
Iyo utemeye kubaho gutya uba wiyemeje kuvanga agakiza n’isi, bigatuma uba muri ba bandi ngo bavuga ko bazi Imana ariko bakayihakanisha ibyo bakora. Bibiliya ivuga ngo ‘’Bavuga yuko bazi Imana, ariko bayihakanisha ibyo bakora. Bene abo ni abo kwangwa urunuka, ni abatumvira Imana, no ku mirimo (...) -
Kugona bishobora kongera ibyago byo kurwara kanseri
4 July 2012, by Emmanuel NTAKIRUTIMANAAmakuru dukesha urubuga rwa Atlantico.fr avugako abantu bagira ibibazo mu myanya y’ubuhumekero cyane cyane igihe basinziriye, aho bamwe bibaviramo no kugona ngo baba bafite inshuro 5 z’ibyango byo kurwara kanseri kurenza abandi.
Ubu bushakashatsi bwakozwe n’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Wisconsin-Madison ho muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bwagaragaje ko ibi biterwa n’uko abagira ibibazo mu myanya yabo y’ubuhumekero igihe basinziriye batabasha kwinjiza umwuka mwiza (oxygene) uhagije. Aba (...) -
Twubakire ku mbaraga zacu (Points forts)
20 August 2013, by Umugiraneza Edith"Ndababwira umuntu wese muri mwe, mbibwirijwe n’ubuntu nahawe, mwe kwifata uko mutari, ahubwo mutekereze mwitonze nkuko Imana yagereye umuntu wese kwizera". Abaroma 12:3 Mbere yuko ijambo ryo gushimangira ububasha bw’ igikorwa (action) bugerwaho umushakashatsi Peter Drucker yavugaga ko kugirango ugire icyo ugeraho, ugomba kwibanda ku mbaraga zawe niza bagenzi bawe, ( se concenter sur ses forces et celles de ses collaborateurs) aho kugirango duhe umwanya intenge nke zacu. Twese tugizwe n’ (...)
-
IBANGA RYAGUFASHA KWEZA INZIRA YAWE NO KUVA MU UBUSORE UNESHEJE.
20 May 2016, by Ernest Rutagungira"Umusore azeza inzira ye ate? Azayejesha kuyitondera nk’uko ijambo ry’Imana ritegeka (Zaburi 119:9)"
Tugiye kwiga ijambo nahaye intego ivuga ngo: IBANGA RYAGUFASHA KUVA MU UBUSORE UNESHEJE.
Ubusore ni igihe cy’imbaraga, igihe cy’ibitecyerezo byinshi kandi bishya, ni igihe isi iba igucyeneye ngo umusanzu wawe ufashe benshi mu kubaka iterambere, n’ibindi bikorwa birambye, hari bamwe bagiye batsindwa mu busore bwaho ariko hari n’abandi bagiye banesha, uyu munsi rero nkufitiye ijambo ry’ihumure ko (...) -
Mu Rwanda hagiye gufungurwa ikigo cy’icyitegererezo mu kuvura kanseri
15 July 2012, by UbwanditsiMinisiteri y’Ubuzima igiye gutangiza ikigo cy’icyitegererezo cyo kuvura no kurinda indwara za kanseri. Ikigo kizaba icyerekezo muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu gufasha ibyaro.
Iki kigo gifatwa nk’igitangaza muri aka karere u Rwanda ruherereymo, kizafungurwa tariki 18/07/2012 i Butaro mu karere ka Burera. Kuba mu Rwanda nta muganga wari uhari wo kuvura indwara zerekeranye na kanseri byateraga impfu nyinshi mu bana.
Paul Farmer, umwe mu bashinze Partners In Health yafatanyije na (...) -
Kwemerwa n’Imana/Ev.Vumiliya
14 October 2015, by Innocent KubwimanaPetero aterura amagambo ati “Ni ukuri menye yuko Imana itarobanura ku butoni, ahubwo mu mahanga yose uyubaha agakora ibyo gukiranuka iramwemera. Ibyakozwe n’intumwa 10:34-25
Muri aya magambo twifuza kuganiraho tugamije kugaruka cyane ku ijambo kwemerwa n’Imana, turifashisha urugero rw’umugabo witwa Koruneliyo. Uyu mugabo yari umunyedini ariko akubaha Imana we n’abo mu rugo rwe bose, agakunda gusenga, ikindi nacyo ngo yagiraga ubuntu bwinshi. Ibyo bintu nibyo byatumye Imana imwitegereza (...) -
Kenya: Umuhanzikazi Sarah Kiarie aravuga uburyo Imana yamurinze abanzi mu ndirimbo ye yise “Hakuna Silaha”
28 October 2013, by Simeon NgezahayoUmuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya Sarah Kiarie, wamenyekanye cyane ku ndirimbo ye yise ”Nasema Asante” ndetse akaza no gutsindira igihembo cy’umuhanzi akesha indirimbo yise “Liseme,” ubu noneho yasohoye video yise Hakuna Silaha.
“Hakuna Silaha” ni video ifite ubutumwa bukomeye buboneka mu buhanuzi bwa Yesaya, bugira buti “Nta ntwaro bacuriye kukurwanya izagira icyo igutwara.” Uyu muhanzikazi avuga Imana n’uburinzi bwayo bukomeye kuri twe mu buzima bwacu bwa buri munsi.
“Ariko nta ntwaro (...) -
Ni gute wagira umutima uboneye? (igice cya 2)
7 January 2016, by Pastor Desire HabyarimanaII. KUKI TUGOMBA KUGIRA UMUTIMA UBONEYE?
Intego nkuru nukugira ngo tuzabane n’Imana mu ijuru kuko nayo iboneye
(Abah.12:14)”Mugire umwete wo kubana n’abantu bose amahoro n’uwo kweza,kuko utejejwe atazareba Umwami Imana”
III.BIRASHOBOKA KO UMUNTU YATUNGA UMUTIMA UBONEYE ARI UMUSORE?
“…Ndabandikiye basore,kuko mufite imbaraga kandi ijambo ry’Imana rikaguma muri mwe,mukaba mwaranesheje wa mubi”(1Yohana2:14)
Luka:1:80”Uwo mwana arakura,agwiza imbaraga z’umutima,aguma mu butayu kugeza umunsi (...)
0 | ... | 1750 | 1760 | 1770 | 1780 | 1790 | 1800 | 1810 | 1820 | 1830 | ... | 1850